• Latest
Mu murenge wa Kicukiro bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 abayirokotse bavuga Inzira y’Umusaraba banyuzemo

Mu murenge wa Kicukiro bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 abayirokotse bavuga Inzira y’Umusaraba banyuzemo

April 10, 2025
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Mu murenge wa Kicukiro bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 abayirokotse bavuga Inzira y’Umusaraba banyuzemo

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
April 10, 2025
in Amakuru
0
Mu murenge wa Kicukiro bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 abayirokotse bavuga Inzira y’Umusaraba banyuzemo
0
SHARES
113
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Kimwe no mu yindi mirenge igize u Rwanda, Umurenge wa Kicukiro wibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, maze bagaruka  ku bwicanyi bukomeye bwakorewe Abatutsi bari batuye Kicukiro no mu yindi mirenge byegeranye bajyanwe n’Interahamwe n’Abasirikari muri ETO bakicirwa yo, abandi benshi bajya kubarangiriza ku musozi wa Nyanza.

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa 09 Mata 2025 gihuza abaturage benshi bo mumurenge wa Kicukiro n’inshuti zabo, bose baje kunamira no Kwibuka Ababo bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

 Abafashe ijambo bose  bagaye abicanyi bari bazi ko nta mututsi uzarokoka, maze bashimira Ingabo zari iza RPF Inkotanyi zabavanye mu maboko y’abo bicanyi.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kicukiro Madame MUKANDAHIRO Hydayat avuga ko ubwicanyi bwabereye mu murenge wa Kicukiro ari agahomamunwa, aho Abicanyi bo mu mirenge itandukanye bose bahuriye muri ETO ya Kicukiro kugira ngo batsembe abari bahahungiye bose, abo basigaje bakabashorera kubicira I Nyanza, abarokotse bakaba aribo bari kwibuka ababo, igikorwa kibaye ku nshuro ya 31 hibukwa izo nzirakarengane zazize uko zavutse.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kicukiro Madame MUKANDAHIRO Hydayat

Agira ati “ Ku umunsi nkuyu, ni umunsi ukomeye mu mateka yacu kuko twibuka abacu batuvuyemo mu 1994 bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bakicwa urwagashinyaguro, bazira ubwoko bwabo batahisemo. Hishwe benshi abatariciwe muri ETO  Nyanza babiciye mu ngo zabo, abandi bicwa bahunga. Gusa turishimira ko twarokotse turiho, turibuka abacu kandi tuzahora tubibuka.”

Avuga ko Abarokotse Jenoside bakomeje kwiteza imbere muri byinshi, ku buryo n’ubwo batangiriye kuri Zeru, hari bamwe bamaze kugera ku urwego rwo hejuru rusumbye kure n’abari basanzwe bakora batanahigwaga.

Ku bigendanye n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye, avuga ko hari benshi bize amashuri bararangiza, abadafite amacumbi barubakiwe, abandi barasanirwa, abagiye bakora imishinga bafashijwe kuyinoza no kuyibonera inkunga. Muri rusange Iterambere rikaba rimaze kugera kuri benshi imyaka 31 ikaba ishize Abanyawanda bakomeza kubana mu mahoro baharanira Kwibuka biyubaka.

Ku bigendanye n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye badafite amacumbi n’abafite amazu ashaje, avuga ko ku ubufatanye bwa MINUBUMWE, Akarere ka Kicukiro n’Umujyi wa Kigali n’abandi bafatanyabikorwa ngo hari gushakwa uko bafashwa.

Asaba Urubyiruko gufata iya mbere bakigira ku mateka yaranze u Rwanda, kugira ngo mu gihe gitaha u Rwanda ruzabe rufite Abagabo n’abagore barangwa n’Ishyaka ryo gukunda igihugu bya nyabyo barinda uwagihungabanya, bakarwanya buri gihe n’ababiba amacakubiri  n’Ingengabitekerzo ya Jenoside.

Madame Atwihoreze Marie Fidele utuye mu murenge wa Kicukiro ariko warokokeye mu Karere ka Nyamagabe, avuga rugendo rw’amezi atatu yagenze kugira ngo abashe kurokoka, avuga ko nawe atiyumvisha uburyo yaba agihumeka, mu gihe mu muryango w’abantu barenga 10 yarokotse wenyine.

Avuga ko we na bagenzi bagenzi be bahigwaga, bivanze mu bahungishwaga n’imodoka z’imishinga zakoreraga mu kitwa Gikongoro, bagera kuri za Bariyeri bamwe bakavanwamo bakicwa, abakomeje gato bage kuzi ndi hagakurwamo abandi,  ku buryo hasigaye ngerere Croix rouge yabashije guhungishiriza mu Burundi, bakaza kugarurwa mu Rwanda Ingabo za RPF Inkotanyi zimaze guhagarika Jenoside.

Madame Atwihoreze Marie Fidele utuye mu murenge wa Kicukiro ariko warokokeye mu Karere ka Nyamagabe

Agira ati “ Ntibyari byoroshye. Twarahizwe, turihishahisha, cyakora benshi bo mu muryango wanjye bose barishwe nsigara mpagaze jyenyine. Ndashima Ingabo zari iza FPR Inkotanyi zarokoye benshi bahigwaga bagacika ku icumu ry’abicanyi, tukaba tumaze imyaka 31 turi mu mahoro twazaniwe na Leta y’Ubumwe idushakira ibyiza buri gihe.

Asaba abanyarwanda guharanira Ubumwe n’Ubudahemuka bakirinda icyabatanya. Asaba bagenzi be bacitse ku Icumu kudapfusha ubusa amahirwe yo kugira Leta ibakunda, bagaharanira iteka kwiteza imbere kugira ngo abari bagambiriye kubatsemba burundu bakarokoka bazakorwe n’isoni.

Uwatanze ikiganiro cy’amateka Emmanuel Bizumuremyi, avuga ko kuva na cyera Abanyarwanda bari bunze Ubumwe, baza gutanywa n’Abakoroni babaciyemo ibice bavuga ko hari abavukiye gutegeka n’abagomba gutegekwa.

Avuga ko Amateka yakomeje kugorekwa kuva kuri Repubulika ya Mbere kugera kuya 2 yateguye Jenoside ikanayishyira mu bikorwa. Asaba Abanyarwanda gukomeza kuba umwe, no kwamagana abashaka gukurura amacakubiri no kurangwa n’Ingengabitekerezo ya Jenoside.

Uwatanze ikiganiro cy’amateka Emmanuel Bizumuremyi,

Agaya cyane bimwe mu bihugu bitiza umurindi abashaka guhungabanya ubusugire bw’igihugu cy’u Rwanda ndetse bakarangwa n’imvugo zihembera urwango n’ingengabitekerezo ya Jenoside.

Uhagarariye Ibuka Rusekampunzi Rini, avuga ko kimwe na bagenzi be barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994,  yapfushije Abantu benshi barenga 10. Asaba bagenzi be gukomezanya ishyaka ryo kubaho, baharanira kwiteza imbere.

Ku urundi ruhande avuga ko n’ubwo barokotse ari bake, Imana yabafashije kubyara, bakaba bamaze kugira abana bagomba kuzabahagarara mu cyuho cy’ababo babuze.

Umushyitsi Mukuru akaba na Visi Perezida wa Njyanama y’Umurenge Bwana Manirakiza Bonaventure, Ashimira abaturage b’Umurenge wa Kicukiro Uburyo bitabiriye Igikorwa cyo Kwibuka Kunshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, ari benshi.

Avuga  bigaragaza ko abanyarwanda bakomeje gushyira hamwe kugira ngo barusheho kumenya Amateka y’ibyaranze u Rwanda birimo Jenoside yatwaye umubare utabarika w’Abatutsi. Avuga ko ari byiza ko abanyarwanda bakomeza gufatanyiriza hamwe, kugira ngo bamagane buri wese ushaka gusubiza inyuma ibyo u Rwanda rumaze kugeraho.

Umushyitsi Mukuru akaba na Visi Perezida wa Njyanama y’Umurenge Bwana Manirakiza Bonaventure,

 Asaba urubyiruko kuba maso bakamagana uwo wese wifuriza inabi u Rwanda, agambiriye ahanini kuvuga ko ko ibimaze kugerwaho mu myaka 31 ishize hahagaritswe Jenoside yakorewe Abatutsi byakwibagirana.

 Umurenge wa Kicukiro wibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abtutsi 1994, ni umwe mu mirenge igize Akarere ka Kicukiro. Ni Umurenge wapfushije Abatutsi benshi muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.

 Beshi bakaba bariciwe mu cyahoze ari ETO kicukiro no ku musozi wa Nyanza, abandi nabo bagwa mu ngo no mumayira bahunga. Cyakora abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bishimira ko batapfiriye gushira, bavuga ko babyaye Abacunguzi bo kuzaziba Icyuho cy’ababo bagiye bagikunze.

N. Edouard

Previous Post

Ikinyamakuru Igisabo Nomero ya 29 Cyasohotse Special Kwibuka 31

Next Post

Kwibuka 31: Urubyiruko rwa Kanombe rwasabwe kwamagana abagoreka amateka bihishe mu bihugu by’amahanga

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Kwibuka 31: Urubyiruko rwa Kanombe  rwasabwe kwamagana abagoreka amateka bihishe mu bihugu  by’amahanga

Kwibuka 31: Urubyiruko rwa Kanombe rwasabwe kwamagana abagoreka amateka bihishe mu bihugu by’amahanga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA