• Latest
Royal Security Consult Ltd yungutse abakozi 41 bashinzwe Umutekano w’abantu n’ibyabo

Royal Security Consult Ltd yungutse abakozi 41 bashinzwe Umutekano w’abantu n’ibyabo

March 6, 2025
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Royal Security Consult Ltd yungutse abakozi 41 bashinzwe Umutekano w’abantu n’ibyabo

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
March 6, 2025
in Amakuru
0
Royal Security Consult Ltd yungutse abakozi 41 bashinzwe Umutekano w’abantu n’ibyabo
0
SHARES
153
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ikigo kigenga gishinzwe gucunga Umutekano w’abantu n’ibyabo Royal security Consult Ltd kuri uyu wa 06 Werurwe 2025 ku bufatanye na Polisi y’igihugu,  basoje amahugurwa y’abasore n’inkumi 41 bagiye gutangira akazi, banahabwa  Impamyabumenyi zigaragaza ubushobozi bw’amasomo bize kandi batsinze neza.

Ni igikorwa cyayobowe kinasozwa n’Intumwa ihagarariye Polisi y’igihugu, Polisi ikaba ari nayo ifite Inshingano zo gukurikiranira hafi ibikorawa by’ibigo byigenga bishinzwe gucunga Umutekano w’abantu n’ibyabo. Abasoje amahugurwa bakaba bahawe Ubutumwa bwo kuzakora neza imirimo bashinzwe barangwa n’ikinyabupfura, kumvira no gukorana umurava akazi bashinzwe.

Uwari uhagarariye Ubuyobozi bukuru bwa Royal Security Consult Manzi Rene claude, avuga ko Ikigo cyabo kimaze kuba Ubukombe no kuba Inzobere ku bigendanye no gucunga Umutekano w’Abantu n’ibyabo, cyane ko batangiye imirimo mu mwaka wa 2013 bakemerwa ku mugaragaro muri 2017.

Ahamagarira abashaka abakozi kubagana ari benshi, ndetse n’Urubyiruko rwifuza akazi kuza muri Royal security consult bisanga, maze bagahugurwa mu gihe gito mbere yo gutangira imirimo uko babyifuza.

Uwari uhagarariye Ubuyobozi bukuru bwa Royal Security Consult Manzi Rene claude,

Agira ati “Iki ni ikigo gicunga Umutekano kimaze kugira uburambe. Aba basoje bakaba ari icyiciro cya kabiri, nyuma y’aho dutangiriye guhugura abakozi tugendeye ku Itegeko rishya rigenga ibigo byigenga bicunga Umutekano, na nyuma kandi y’uko ibi bigo bishyizwe  mu bugenzuzi bwa Polisi y’igihugu. Muri kino gihe tukaba dufite abakozi basaga 600 mu gihugu hose barimo abakobwa 150 n’abagabo bagera 450 bose bakora akazi neza kandi bakishimirwa n’abakiliya bacu.”

Avuga ko  bahaye ubutumwa abasoje amasomo yo kuzakora neza akazi batanga urugero rwiza bagendeye ku nyigisho nziza bahawe.

Umuyobozi w’Amasomo mu kigo cy’imyitozo n’amahugurwa cya Royal Security Consult Ltd CIP RTD Nyamwigema BUGINGO, avuga ko abasoje amasomo bahawe imyitozo n’inyigisho nyinshi zibafasha kuzakora neza akazi kabo bagiyemo, akizera adashidikanya ko bohereje ku isoko ry’umurimo abasore n’abakobwa bashoboye koko.

Umuyobozi w’Amasomo mu kigo cy’imyitozo n’amahugurwa cya Royal Security Consult Ltd CIP RTD Nyamwigema BUGINGO

Agira ati “abasore n’Inkumi bacu 41 bamaze gusoza amasomo no guhabwa Impamyabumenyi zibemerera kujya mu kazi ko gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo bya kinyamwuga. Bize gusaka, Gucunga Umutekano bya kinyamwuga hifashishijwe igikoresho icyari cyose, biga uburere mboneragihugu, amateka y’u Rwanda, imyiyereko y’abashinzwe gucunga umutekano, Kurwanya Inkongi y’umuriro n’ibindi byinshi.”

Avuga ko amasomo bayahabwaga n’Inzobere mu by’Umutekano za Royal Security,  n’iza Polisi y’igihugu bashimira cyane.

Ku urundi ruhande avuga ko bizera badashidikanya ko boherereje abakiliya babo abakozi beza bahuguwe mu buryo buhagije, bityo asaba n’abandi bose bifuza akazi ko gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo muri Royal Security Consult kubagana ari benshi cyane ko amarembo akinguriwe buri wese ubyifuza kandi ubishoboye.

ABASOJE AMASOMO BARAVUGA KO BAZAKORANA UMURAVA AKAZI BAGIYEMO

Abasoje amasomo bagaragaje akanyamuneza no kwishimira ko bagiye mu kazi kazabafasha kwiteza imbere no kuzamura imiryango yabo  mu gihe kizaza.

Igiraneza Bonheur, yabaye uwa mbere ari mu bashimiwe kwitwara neza mu masomo. Avuga ko yaje gusaba akazi muri Royal Secutity Ltd agakeneye, ariyo mpamvu yakurikiye neza amasomo akayatsinda  akarangiza ari uwa mbere.

ABASOJE AMASOMO BARAVUGA KO BAZAKORANA UMURAVA AKAZI BAGIYEMO

Agira ati «  Ubu niteguye kujya gushyira mu bikorwa ibyo nize, kandi nzakorana umurava mbanira neza bagenzi banjye, ngendera ku nama n’amabwiriza y’abankuriye.

Asaba urubyiruko bagenzi be bifuza akazi, kutibuza amahirwe bakagana Royal Security Consult Ltd, bakaza ikabahugura bakabona kwinjizwa mu kazi uko babyfuza.

Ange Mugorewimanzi, ni umukobwa  wagaragaje cyane ko ashoboye. Kimwe na mugenzi we Bonheur, yishimira cyane imirimo agiye gutangira nyuma yo gutsinda amasomo neza.

Agira ati « Byari byiza cyane. Twize neza kandi dukora imyitozo ihagije, tukaba twiteguye kujya gushyira mu bikorwa ibyo twize tudategwa.

Ahamagarira abakobwa bagenzi be, kutitinya bagakura amaboko mu mufuka bakaza bagafatanya mu kazi ko gucunga umutekano cyane ko nabo bashoboye, bikagaragazwa n’ubuyo yaje mu myanya itatu ya mbere.

Niyomukunzi Eric, kimwe na bagenzi be bahembewe hamwe, yishimira ko agiye kwinjira mukazi abishaka. Bityo imyitozo n’amasomo asoje abitura Ababyeyi n’abavandimwe, Ubuyobozi bwa Royal Security bwabigishije neza, Polisi y’igihugu yabahaye inyigisho zitandukanye, by’umwihariko ashimira Nyakubahwa President Paul Kagame uyoboye igihugu neza mu mu mahoro n’Umutekano.

Uwari uhagarariye Polisi y’igihugu ari nayo ifite ibigo byigenga bishinzwe gucunga Umutekano SSP Marc Kayinamura MUVUNYI, ashimira cyane Royal Security Consult Ltd  uburyo bakomeje guteza imbere akazi ko mu bigo byigenga bicunga umutekano.

Uwari uhagarariye Polisi y’igihugu ari nayo ifite ibigo byigenga bishinzwe gucunga Umutekano SSP Marc Kayinamura MUVUNYI

Agira ati « Polisi y’Igihugu izakomeza gukorana no kunganira ibigo byigenga bicunga umutekano nk’uko itegeko rishyiraho ibyo bigo ribiteganya, ko Polisi y’igihugu ifite inshingano yo kugenzura no gukurikiranira hafi ibi bigo. Mukomeze rero gufasha abakozi banyu kugira ngo bahore barangwa n’ikinyabupfura mukazi kabo ka buri munsi, ibyo bikazatuma ikigo cyanyu  gikomeze gushimwa na benshi nk’uko bisanzwe. »

Asaba abasoje amasomo kutazatesha agaciro amasomo bahawe n’impamyabumenyi zishimangira ubushobozi bafite, bityo abasaba kuzakora neza bahesha ishema ikigo cyabo  n’igihugu muri rusange.

Royal Security Consult Ltd yashyize ahagaragara kuri 41 ku Isoko ry’umurimo ku bigendanye no gucunga Umutekano. Ni kimwe mu bigo byigenga bicunga umutekano mu Rwanda.

Ni ikigo  gifite Uburambe kandi kimaze gukundwa na benshi kubera ahanini kugira abakozi bashoboye kandi b’abananyamwuga barangwa n’ikinyabupfura.

Ni ikigo kigenga gicunga Umutekano kuva muri 2013. Ubuyobozi bwacyo bugashimangira ko bakorera mu gihugu hose, bityo bagasaba ababifuzaho Serivisi, kubagana ari benshi kugira ngo bahabwe abakozi babigize umwuga bo kubarinda ubwabo hamwe n’ibyabo bikozwe Kinyamwuga.

E.Niyonkuru

Previous Post

Abatoza ba Rayon Sports y’Abagore beguye mbere ya ‘derby’

Next Post

Ruhango: Big Mining Company Ltd irashimangira uburyo u Rwanda rufite umusaruro w’amabuye y’agaciro ahagije

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Ruhango: Big Mining Company Ltd irashimangira uburyo u Rwanda rufite umusaruro w’amabuye y’agaciro ahagije

Ruhango: Big Mining Company Ltd irashimangira uburyo u Rwanda rufite umusaruro w’amabuye y’agaciro ahagije

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA