• Latest
Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu mu byishimo byo kuba imaze imyaka 111 ibayeho ikaba iya 10 yashinzwe mu Rwanda

Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu mu byishimo byo kuba imaze imyaka 111 ibayeho ikaba iya 10 yashinzwe mu Rwanda

December 31, 2024
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

August 22, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu mu byishimo byo kuba imaze imyaka 111 ibayeho ikaba iya 10 yashinzwe mu Rwanda

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
December 31, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imibereho ya buri munsi
0
Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu mu byishimo byo kuba imaze imyaka 111 ibayeho ikaba iya 10 yashinzwe mu Rwanda
0
SHARES
70
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gitambo cya Misa cyo kwizihiza umunsi mukuru w’Urugo rutagatifu rw’i Nazareti cyo kuri uyu wa 29 Ukuboza 2024, Paruwasi yitiriwe urwo rugo rutagatifu “Ste Famille” yo muri Archidiocese ya Kigali, yawizihije banibuka imyaka 111 yose  paruwasi ishinzwe, Abakristu bakaba bishimira ibyagezweho muri iyo myaka irenga ikinyejana cyose.

Ni mu gitambo cya Misa cyatuwe na Musenyeri Casimir igisonga cya Arkiyepiskopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda, wagarutse ku butumwa bw’Umushumba wa Archdiocese yaje ahagarariye bwifuriza abakristu muri rusange mu munsi mukuru mwiza w’Umuryango mutagatifu, Ubutumwa bunagaruka ku gusaba abantu ko bagomba gukomeza kubana neza mu miryango.

Ni ubutumwa kandi busaba kurushaho guha abana uburere bwiza no kubabanira neza bafatiye ku rugero rwiza rwa Yosefu Umurinzi wa Yezu ndetse na Mariya umubyeyi we, bareze neza umwana agakurana imico myiza kugeza ubwo ageze igihe cyo gusohoza ubutumwa bwiza yatumwe n’Imana Data wa twese uri mu Ijuru.

Musenyeri Casimir Uwumukiza igisonga cy’Umushumba wa Archidiyosezi ya Kigali

Padiri Mukuru wa Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu Ezekiyeri Rukimbiri, avuga ko bari mu byishimo byinshi byo kuba Paruwasi yabo imaze imyaka 111 ibonye izuba, cyane ko yashinzwe mu 1913 mu gace ku Mujyi Mukuru w’u Rwanda kitwaga Ubwanacyambwe.

Agira ati “Turi muri Yubile y’Impurirane twishimira imyaka 125 Ivanjiri ya Yezu Kristu imaze igeze mu Rwanda, ndetse n’imyaka 2025 Yezu Kristu yigize Umuntu akaza kuducungura.”

Muri iyo myaka 125 Ivanjiri imaze igeze mu Rwanda izanywe n’Abapadiri b’aba Misiyoneri ba Afurika, bazwi nk’Abapadiri bera, dufitemo imyaka yacu 111  nka Kiliziya y’Umuryango Mutagatifu tunahimbaza uyu munsi, byumvikane ko Paruwasi yacu yavutse, hashize imyaka 13 yonyine Ivanjiri igeze mu Rwanda.

Padiri mukuru wa Paruwasi St Famille Ezekiyeri Rukimbiri n’Igisonga cya Musenyeri Casmir

Avuga ko Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu yashinzwe, ubusanzwe ari iya 10 yashinzwe mu Rwanda, aho zitwaga Misiyoni, ikaba ari n’imfura muri za Paruwasi z’i Kigali, muri icyo gihe gishize ibyagezweho nabyo bikaba ari byinshi byo kwishimirwa na buri wese.

Mu byagezweho Padiri Ezekiyeri yishimira, harimo nk’amashuri atandukanye yubatswe, imiryango y’Abihayimamana yagiye ivuka, ama Paruwasi yavutse abyawe na Paruwasi St. Famille nka  Kagugu na Kimihurura.

Ku rundi ruhande ashimangiza uburyo Paruwasi yabo yabashije kwibaruka Abapadiri 23, Abafurere n’Ababikira benshi ndetse n’indi miryango itandukanye nk’iy’urubyiruko, yose igamije kumenyekanisha kurushaho Ivanjiri ya Yezu Kristu.

Abakristu bakurikiranye igitambo cya Misa ari benshi

Ikindi agarukaho ni uko mu bapadiri bagiye bayobora Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu,  harimo babiri baje kuba Abepiskopi aribo, Nyakwigendera Musenyeri Aloys Bigirumwami na Musenyeri Mwumvaneza Anaclet Umushumba wa Diyosezi ya Nyundo muri kino gihe.

Hari kandi Abasaseridoti babiri bavuka muri Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu bazamutse ku Rwego rw’Ubw’Episkopi aribo, Musenyeri Celestin Hakizimana, Umushumba wa Diyosezi ya Gikongoro na Musenyeri Ntagungira Jean Bosco Umushumba wa Diyosezi ya Butare.

Padiri Mukuru Ezekiyari Rukimbiri, ashimira cyane Abakristu ba Paruwasi abereye Umuyobozi ubwitange bukomeje kubaranga bugamije ahanini kuzamura Paruwasi yabo, bityo abasaba kubikomeza kandi bagaharanira kubaho mu miryango irangwa n’amahoro n’Ubukristu bw’Intangarugero aho bari hose.

Igitambo cya Misa cyo kwizihiza Umunsi Mukuru w’Urugo rutagatifu rw’i Nazareti wabaye kuri uyu wa 29 ukuboza 2024, waranzwe muri rusange  n’ibikorwa byinshi birimo no guha Isakaramentu rya Batisimu abana no gusubira mu masezerano kw’Abagabuzi b’Ukaristiya.

Bamwe mu babatirishije abana bakaba bishimira ko abana babo babatijwe mu gihe cya Noheli, mu gihe kandi cy’ibyishimo byo kuba Umukiza w’Isi yabavukiye, bityo bakaba bagiye nabo guharanira kurera abana babo neza, kugira ngo bazakurane Imico myiza nk’iya Yezu Kristu we wumviye kugeza ubwo asubiye mu ijuru.

Francois Dushimimana ni umubyeyi wa Batisimu w’umwe mu bana babatijwe, yishimira ko ari ubwa mbere abyaye umwana muri Batisimu akaba amubyaye mu gihe cya Noheli, bityo akaba ngo agiye kuzamukurikiranira hafi  kugira ngo azabe Umukristu uhamye.

Dushimimana yunganirwa na Uwingabire Alice umubyeyi w’umwana ku ubw’umubiri, ushimangira ko kubatirisha umwana ku munsi w’Urugo rutagatifu rw’i Nazareti ari umugisha ukomeye bahawe, bityo ayo mahirwe bakaba bazayasigasira barushaho kurera umwana wabo mu buryo bwa gikristu.

Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu yizihije Umunsi Mukuru w’Urugo rutagatifu rw’i Nazareti “Ste Famille” ari nawo yitiriwe.

Ste Famille ni imwe mu ma Paruwasi agize Archidiyosezi ya Kigali, ikaba yubatse mu masangano y’Umujyi rwa gati.

Ni Paruwasi kandi imaze imyaka 111 ishinzwe, Abakristu bayo bakaba bishimira byinshi bagezeho birimo no kuba baribarutse Abepiskopi babiri.

IGISABO

Previous Post

Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

Next Post

Itangazo ry’Akazi muri NEW VISION SACCO GACACA-MUSANZE

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Itangazo ry’Akazi muri  NEW VISION SACCO GACACA-MUSANZE

Itangazo ry'Akazi muri NEW VISION SACCO GACACA-MUSANZE

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

0
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026

Recent News

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA