• Latest
Nyirahabineza Gereturde yasabiwe imyaka 5 y’igifungo abeshyera MINISANTE

Nyirahabineza Gereturde yasabiwe imyaka 5 y’igifungo abeshyera MINISANTE

September 10, 2024
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Nyirahabineza Gereturde yasabiwe imyaka 5 y’igifungo abeshyera MINISANTE

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
September 10, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Ubutabera, Ubuzima
0
Nyirahabineza Gereturde yasabiwe imyaka 5 y’igifungo abeshyera MINISANTE
0
SHARES
598
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Iyi ni myanzuro y’Ubushinjacyaha bwo mu rukiko rw’ibanze rwa Nyamata bwashyikirije umucamanza mu kirego  bukurikiranyeho Madame Nyirahabineza Gereturde wahoze uyobora Urugaga rw’abavuzi Gakondo mu Rwanda cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya n’icyo kwitwaza ibikangisho.

Ibi byaha uregwa, ubushinjacyaha buvuga ko yakoreye mu Murenge wa Mayange mu Karere Ka Bugesera, ubwo yakaga Madame Manirafasha Phelomene ibihumbi 500 by’Amande atagira ibisobanuro, abwirwa ko atayatanze yamuteza Itangazamakuru naryo rikamenyekanisha uburyo avurira mu rugo abafite indwara zo mu mutwe   abanje kubaboha.

Ni Urubanza rwagombaga gutangira i Saa tatu za mu gitondo kuri uyu wa 10 Nzeri 2024, nyamara ruza gutangira i Saa sita na 21 bitewe ahanini  n’ icyererwa ry’Abunganizi mu by’Amategeko  b’ababuranyi bombi.

Ubushinjacyaha bushinja Nyirahabineza Kwaka Umuvuzi gakondo Manirafasha Phelomene ibihumbi 500 (500,000 Frw) ngo atamushyirisha mu Itangazamakuru, nyuma y’aho we na ekipe bari kumwe basanze uwo Phelomene aho avurira bakamutera ubwoba.

Ubushinjacyaha buvuga ko ayo mafaranga nta nyemezabwishyu (facture) yatangiwe, bityo agashimangira ko ibyakozwe bigize icyaha cyo Kwihesha ikintu cy’undi mu buryo bw’uburiganya no kwitwaza ibikangisho, ubwo yabwiraga uwo yayatse  ko atayatanze yashyirwa mu itangazamakuru rikavuga ibibera mu rugo rwe, icyaha gihanishwa ingingo y’128 na 174 yo mu gitabo cy’Amategeko ahana ibyaha.

Nyuma yo gusobanura mu buryo burambuye ibigize icyaha, Umushinjacyaha yanzuye ko Nyirahabineza yahanishwa imyaka itatu ku cyaha cyo Kwihesha ikintu cy’undi mu buryo bw’uburiganya, imyaka ibiri ku cyaha cyo kwitwaza ibikangisho, bityo  yose hamwe ikaba itanu  akanatanga Ihazabu ya miliyoni eshanu y’amafaranga y’u Rwanda (5,000,000Frw) ahawe ijambo Nyirahabineza yahakanye ibyaha byose aregwa, avuga ko yagiye i Mayange ahurujwe n’abahagarariye abavuzi gakondo mu Karere ka Bugesera, barimo Uwihanganye Etienne, wavugaga ko hari umuntu uvura abantu abanje kubaboha.

Agira ati “Ntabwo nemera icyaha n’ay’amande nta shingiro bifite kuko amande yaciwe yemewe n’amabwiiriza ya MINISANTE ashyiraho Urugaga rw’abavuzi gakondo.”

Nyirahabineza avuga ko ntacyo yicuza, ko amafaranga koko yayahawe kuri Telefoni ngo saa tanu z’ijoro, abajijwe niba yaratanze Gitansi yemera ko ntayo yatanze.

Abajijwe Konti yayashyizeho, avuga ko ntayo ngo mu rugaga hari harimo ibibazo Konti zidakora. Gusa ngo amafarranga yayashyize mu isanduku y’urugaga.

Abajijwe niba yarakoze inyandiko mvugo yayo, avuga ko ntayo. 

Uwunganira mu mategeko Madame Nyirahabineza  Me Nkusi, avuga ko umukiliya we arengana, ko ibihano asabirwa nta shingiro bifite ko ibyo  yakoze byo guca amande byari munshingano ze nk’Umuyobozi.

N’ubwo bwose ariko Nyirahabineza n’umwunganizi we bahakana ibyo baregwa, Umucamanza yababwiye ko ibyo bavuga ari nk’ibihuha kuko ntabyo bigeze bashyira mu ikoranabuhanga ryifashishwa mu kuburana.

Icyagaragaye mu rukiko n’uburyo Nyirahabineza yaburanaga nk’aho ayobora Urugaga rw’abavuzi gakondo, nyamara hashize imyaka igera kuri ine asezerewe n’abanyamuryango.

Umurega ariwe Manirafasha, agasaba urukiko ko impapuro zerekanwe n’uwo arega, zasuzumanwa ubushishozi, kugira ngo Nyirahabineza aregwe n’icyaha cy’inyandiko mpimbano, cyane ko ibyo yerekanaga byose ngo ari ibyo yihimbiye, agamije kuyobya Urukiko.

Agira ati “Jyewe ndi umuvuzi gakondo kuva mfite imyaka 8 ubu ngeze kuri 46. Nyirahabineza yansabye kumwereka imwe mumiti nkoresha, ngo nawe ajye ayifashisha ndamwangira. Byatumye angirira ishyari ariyo mpamvu yampururije itangazamakuru rigafotora abarwayi bari baje bangana, cyane ko nabavuraga bagakira. Sinababoshye nk’uko abivuga, ni abarwaza babo babazirikagaho gato kugirango be kubarwanya, kandi nta bitaro nagiraga, narabavuraga bagataha cyangwa bagacumbika ahandi”.

Uwunganira mu mategeko Manirafasha,  Me Salah Uzamukunda, avuga ko Umukiliya we yahohotewe na Nyirahabineza mu buryo bukabije, cyane ko yamukangishije kumuteza itangaza makuru, akamuca amafaranga atagira inyemezabwishyu , akagerekaho no kumufungisha ku bw’ibyo asaba Umucamanza ko azategeka Madamu Nyirahabineza kwishyura indishyi z’akababaro madame Manifasha Phelomene, zihwanye na  Miliyoni enye n’ibihumbi icumi (4,010,000 Frw) kubera uburyo yamutesheshe agaciro, ikurikiranarubanza, igihembo cy’Abavoka babiri, Gusubiza amafaranga ibihumbi 500 yatwaye mu buryo butemewe n’ibindi.

Ikindi ni uko Madame Manirafasha yasabye urukiko gukora iperereza mu buryo bwimbitse bukazatesha agaciro ibimenyetso Nyirabineza yagiye agaragaza bitari no muri System, akavuga ko  ari ibihimbano cyane ko abo ngo bakoranga muri Komite yayoboraga,  basobanuriye RIB ko m’Urugaga rw’abavuzi gakondo nta mande bajya baca,  cyane ko n’abavuzi gakondo, abenshi  ari abakene.

Nyuma y’uko Umucamanza yumvise impande zombi ibyo zasobanuye byose bigendanye n’Ibyaha Nyirahabineza yakoreye Madame Manirafasha, yanzuye ko imyanzuro y’urubanza izasomwa kuwa 30 Nzeri 2024.

Madame Manirafasha Phelomene yizeye kurenganurwa n’Ubutabera

Ubwo hasozwaga imirimo y’iburanisha Madame  Manirafasha yabwiye ikinyaamkuru igisabo, ko yizeye ko Urukiko mu bushishozi bwarwo, ruzamurenganura agahabwa indishyi asaba, cyane ko yahohotewe n’umuntu wamutesheje agaciro, ubwo yamucaga amande y’ibihumbi 500,000 nayo yarinze kuguza inshuti nyinshi, akayamuhera ku Gahembe ngo yari yakomeje kumuhamagara cyane, akayamuha atagira fagitire, nyuma y’ibyo akamufungisha, akavanwamo n’inzego z’ibanze zizi neza ko ari Inyangamugayo, none   Nyirahabineza ngo akaba ari kuzana impapuro mpimbano mu rukirko by’amatankirangoyi.

Umwe mubahoze bayoborana na Nyirahabineza Gereturde muri Komite, waganiriye n’ikinyamakuru IGISABO, cyakora akadusaba kutavuga amazina ye, yavuze ko Nyirahabineza yahohoteye cyane Manirafasha, Umuvuzi gakondo wo mu Bugesera wari ukunzwe na benshi, ubwo yamucaga amande akanatesha agaciro imiti ye amunyuza mu itangazamakuru kandi ntabyo yamusabye. 

Agira ati ”Urugaga rw’abavuzi gakondo nta amande ruca umuvuzi uwari we wese. Nta buzima gatozi tugira, twari turi gushaka uburyo twabona ibyangombwa ariko ntibyakunze. Rero nkubwiye ko Ibyo Nyirahabineza yakoreye uriya muvuzi gakondo ni ubujura ntakindi, nabikurikiranweho kandi abihanirwe, cyane ko na MINISANTE abeshyera, ariyo yahagaritse ibikorwa byose by’abavuzi gakondo mu minsi ishize, bitewe ahanini  n’akajagari yari akomeje guteza yaka abantu bose amafaranga akavuga ko yayatumwe na MINISANTE.”

Urubanza Nyirahabineza Gereturde aregwamo ibyaha bibiri, akaba yasabiwe igihano cy’imyaka itanu n’amande ya Miliyoni 5 n’indishyi za Miliyoni 4, rwari rumaze igihe rusubikwa, bitewe ahanini n’amananiza uwaregewaga yazananga kenshi  yo kuvuga ko yabuze umwunganira cyangwa akavuga ko yawaye.

 Isubikwa riheruka ryaryo, ryari ryabaye kuwa 30 Nyakanga 2024. Urega Nyirahabineza Gereturde ariwe Manirafasha Phelomene, avuga kandi ko hari ibimenyetso byinshi yashyikirije RIB, byerekanaga ko Nyirahabineza yaje mu rugo rwe kumuca amande, mu gihe yari amaze igihe yarirukanwe ku buyobozi bw’Urugaga, gusa ngo akaba  yatunguwe no kubona bitarageze m’Urukiko.

IGISABO 

Previous Post

Abanyeshuri batangiye umwaka w’amashuri 2024-2025 muri IMANI PARENTS SCHOOL barifuza kuzaba Abaganga

Next Post

Remera-Gasabo: Ni iki kihishe inyuma yo gushaka gufunga ubucuruzi bwa Umulisa Sandrine amaranye imyaka irenga 10

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Remera-Gasabo: Ni iki kihishe inyuma yo gushaka gufunga ubucuruzi bwa Umulisa Sandrine amaranye imyaka irenga 10

Remera-Gasabo: Ni iki kihishe inyuma yo gushaka gufunga ubucuruzi bwa Umulisa Sandrine amaranye imyaka irenga 10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA