• Latest
Impano z’abiga muri East African Universty Rwanda zatumye abana basoje ayisumbuye bahitamo kuzaza kuhiga ari benshi

Impano z’abiga muri East African Universty Rwanda zatumye abana basoje ayisumbuye bahitamo kuzaza kuhiga ari benshi

October 29, 2024
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025
Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

May 9, 2025
NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

May 1, 2025
Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

April 29, 2025
Amateka y’umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije ndetse n’icyumweru cy’ibidukikije mu Rwanda

Amateka y’umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije ndetse n’icyumweru cy’ibidukikije mu Rwanda

April 25, 2025
Samuel Gueulette w’Amavubi mu bahataniye igihembo cy’umukinnyi mwiza wa Mata

Samuel Gueulette w’Amavubi mu bahataniye igihembo cy’umukinnyi mwiza wa Mata

April 25, 2025
Gisagara: 54% by’abarwaye Malaria bavuwe n’Abajyanama b’Ubuzima

Gisagara: 54% by’abarwaye Malaria bavuwe n’Abajyanama b’Ubuzima

April 25, 2025
Jenoside ntabwo ari ikiza cyangwa indwara itungurana – Madamu Jeannette Kagame

Jenoside ntabwo ari ikiza cyangwa indwara itungurana – Madamu Jeannette Kagame

April 25, 2025
Chriss Eazy agiye gutaramira i Burayi

Chriss Eazy agiye gutaramira i Burayi

April 25, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Impano z’abiga muri East African Universty Rwanda zatumye abana basoje ayisumbuye bahitamo kuzaza kuhiga ari benshi

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
October 29, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imibereho ya buri munsi, Uburezi
0
Impano z’abiga muri East African Universty Rwanda zatumye abana basoje ayisumbuye bahitamo kuzaza kuhiga ari benshi
0
SHARES
346
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ku munsi wahariwe Impano “Carrier day” wabereye muri Kaminuza ya East Africa University Rwanda kuri uyu wa 25 Ukwakira 2024 ukanitabirwa na bimwe mu bigo byo mu mashuri yisumbuye byo mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara zitandukjanye, abitabiriye icyo gikorwa banyuzwe n’ubuhanga n’udushya turanga abiga, abayobozi n’abigisha kuri iyi Kaminuza, byatumye benshi mu banyeshuri bitabiriye igikorwa bafata ingamba zo kujya gusaba ababyeyi kuzabajyana kwiga muri East African Universty Rwanda igihe cyose bazaba basoje amashuri yisumbuye.

Ni igikorwa cyabereye i Kigali ku ishami rya East African University Rwanda, hagamije ahanini gufasha abanyeshuri kumenya guhitamo icyo bazaba cyo akurikije impano zimurimo n’uburyo yiyumvamo ibyo yiga adahatirije ngo ajye mu bitazamugirira akamaro mu gihe yaba yisunze inama z’abashaka kumwangisha ibyo yiyumvamo kandi yakagombye gukunda.

Umuyobozi wa Kaminuza ya East African University Rwanda, Prof. Kabera Callixte avuga ko bahisemo gutegura umunsi w’impano bagendeye ahanini ko Kaminuza yabo ari mpuzamahanga ikaba yigwamo n’abaturutse mu bihugu bitandukanye byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo bakaba buri wese yibitsemo ubushobozi ku giti cye bwo gukora ibyamugirira akamaro mu buzima bwe bwose yisunze na none ubushobozi n’ubuhanga yakuye ku ntebe y’ishuri.

Umuyobozi wa Kaminuza ya East African University Rwanda, Prof. Kabera Callixte avuga ko bahisemo gutegura umunsi w’impano bagendeye ahanini ko Kaminuza yabo ari mpuzamahanga ikaba yigwamo n’abaturutse mu bihugu bitandukanye.

Agira ati “Kuba Kaminuza yacu ifite amashami yibanda cyane ku myuga, abana benshi bafite impano ku buryo baza kwiga bifuza kuzakora akazi runaka bagendeye ku byo bakunda. Uyu munsi rero ugamije kubafasha muri rusange gukangura impano zabo bagendeye ku byiyumviro bamaranye igihe kugira ngo batazafatafata bakamera nka ya suri isambira byinshi ntigezeyo na kimwe.”

Prof. Kabera Callixte, Umuyobozi wa Kaminuza ya East African University Rwanda avuga ko igikorwa cyo gufasha urubyiruko kumenya impano zabo bagifashijwemo n’abafatanyabikorwa bo mu ngeri zitandukanye baba abo mu burezi, abikorera, amahoteli, inzego za Leta n’abandi, aho buri mufatanyabikorwa aganirira urubyiruko uko yabayeho, inzira yaciyemo kugeza uyu munsi ariko byose abikesha impano n’ibyifuzo by’umutima we byagiye bimuyobora kugeza ubu.

Abayobozi, abanyeshuri n’abarimu barasabanye.

Avuga ko kugira ngo batisangiza uwo munsi w’ingirakamaro banahisemo ko uzajya uba buri mwaka banatumiye abanyeshuri n’abayobozi bo mu bigo by’amashuri abanza kugira ngo bigire kuri bakuru babo bo muri Kaminuza ku bumenyi bafite n’uburyo bashobora kubyaza umusaruro izo mpano.

Ku rundi ruhande avuga ko umunsi wahariwe impano kuri Kaminuza yabo wagaragaje ubumenyi n’impano abana bafite hakaba hari abanyeshuri bahise bakora ibihangano by’ibishushanyo byanyuze cyane abafatanyabikorwa bituma kimwe muri byo kigurwa amadorari 600 ikindi bakishyura ibihumbi 500 byatumye abana bo mu mashuri yisumbuye bari bitabiriye igikorwa bifuza ko bazaza kwiga muri Kaminuza ya East African University Rwanda.

Umwe mu bafatanyabikorwa ni Sam Baregye asangiza abitabiriye igikorwa cy’ubuzima bwe avuga ko iyo ushaka gusigasira impano yawe bigusaba kuticara cyangwa ngo uryame.

Avuga ko iyi ufite Hotel, Bar cyangwa Resitora ngo bigusaba kuba hafi y’akazi kawe ugafata neza abakiliya bawe baba baje bakugana kuko mbere yo kukugeraho baba baciye n’ahandi bityo icyatumye bakugana ukakibubahira.

Agira ati “Gukora akazi kose bisaba impano. Urugero ufite Hotel, Bar cyangwa Resitora niba umuntu aje akugana si uko iwe badateka cyangwa se byeri agusaba nazo ziba ziri muri Butike baturanye, ariko rero kubera ko Business yawe wayigiyemo uyikinze yikundishe n’abakugana ejo bazagaruke bakurangire n’abandi. Ni byiza guha agaciro impano wifitemo ukayibyaza umusaruro ukorera neza abakugana bityo n’abagukomokaho bazakurana imico bagusanganye nabo bizabafashe gusigasira impano bazisanga bafite.

Sam Baregye, umwe mu bafatanyabikorwa ba East Africa University Rwanda asangiza abitabiriye iki gikorwa ubuzima bwe.

Ashimira cyane East African University Rwanda yahisemo guha abanyeshuri rugari kugira ngo bagaragarize impano bafite banafashwe kuzishimangira. Asaba kandi urubyiruko ruri gusoza amashuri yisumbuye gufata urugero rwiza ku banyeshuri ba Kaminuza ya East African University Rwanda urugero rwiza bagaragaje bazarugendereho kugira ngo amasomo y’imyuga biga azabagirire akamaro mu buzima bwabo bwose.

Uhagarariye abikorera mu Rwanda PSF Leo Pierre Rusanganwa avuga ko urugaga rw’abikorera mu Rwanda rufatanya na Minisiteri y’Abakozi ba Leta na RDB kongerera ubumenyi abasoza mu mashami y’imyuga babafasha kwihugura kugira ngo bazatangire gushyira mu bikorwa ibyo bize babizi neza.

Agira ati “Muri PSF dufite intego yo gufasha abana kudatinda mu rugo basoje amasomo yabo bagahita bajya ku murimo ariyo mpamvu tubafasha kubona aho bimenyerereza umwuga mu byo bize kugira ngo baticara bakitekerezaho ari naho havuka abanebwe bishora mu biyobyabwenge bakabura imbaraga zo gukora.”

Bwana Rusanganwa Leo Pierre uhagarariye PSF Rwanda avuga ko bafite intego yo gufasha abana kudatinda mu rugo basoje amasomo yabo.

Avuga ko baje gushyigikira ‘East African  University Rwanda’ kubera ko bagaragaje ko Kaminuza yabo iri kurerera u Rwanda abanyamwuga bafite impano z’igihe kirekire ari nabyo muri PSF bashinzwe bafatanyije na Minisiteri y’abakozi ba Leta gushyigikira abafite impano bikorera cyane ko abikorera mu Rwanda bagize 90% bakaba ari abo gushyigikirwa cyane.

Uhagarariye Minisiteri y’abakozi ba Leta Harelimana Bernard ashima cyane East African University Rwanda ikomeje kugaragaza ubushake bwo gufasha abayigamo kuzaba abagabo n’abagore bakunda umurimo bagendeye ku mpano bifitemo.

Avuga ko nka Ministeri ishinzwe Umurimo bafite inshingano zo gushyikira no kongerera ubumenyi abarangiza za Kaminuza n’amashuri y’isumbuye kugira ngo ibyo bize babishyire mu bikorwa bidatinze bubake igihugu bagendeye ku bumenyi n’impano zo gukunda ibyo bifitemo.

Agira ati “Dufatanyije n’abikorera bo mu Rwanda tuzakomeza gushyigikira ko urubyiruko rurangiza kwiga rubasha kwihangira imirimo no kunoza ibyo bakora. Iki gikorwa cyateguwe n’iyi Kaminuza kigamije gushyikira impano z’abanyeshuri ni icyo gushyikirwa cyane. Turishimira ko batumiye na barumuna babo bo mu mashuri y’isumbuye kugira ngo nabo bagirwe inama banungurane ibitekerezo na bakuru babo, tukizera ko bahakuye impanuro n’imigambi yabafasha gukunda umurimo bagendeye ku mpano zibarimo.”

East African University Rwanda ni imwe muri Kaminuza mpuzamahanga zikomeye zikorera mu Rwanda.

Bimwe mu bishushanyo by’ubugeni byakozwe n’abanyeshuri mu gihe cy’isaha imwe byahise byishyu kimwe ibihumbi 500 y’u Rwanda ikindi $500.

Ni Kaminuza ikunzwe n’abantu benshi bitewe ahanini no kwigisha amasomo y’ingirakamaro akenewe ku isoko ry’umurimo ariyo: Business Administration and Management Studies, Education, Film Making&Film Production, Industrial, Art& Design, Leisure, Tourism and Hotel Management Mass Communication 8 Various Short Courses.

Ni Kaminuza yatangiye ibikorwa byayo muri 2015 ikaba ikorera i Nyagatare no m’Umujyi wa Kigali.

Igikorwa cyateguwe n’iyi Kaminuza kuwa 25 Ukwakira cyahariwe Umunsi w’impano “Carrier Day” cyanyuze benshi bari bitabiriye ndetse bamwe munyeshuri bo mu mashuri yisumbuye bari batumiwe bagaragaza kwifuza kuzakomereza amasomo muri Kaminuza ya East African University Rwanda nibasoza icyiciro barimo.

Bamwe mu banyeshuri bari baturutse mu bigo by’amashuri yisumbuye batashye bahamya ko bazakomereza amasomo yabo muri East African Universty Rwanda
Bamwe mu banyeshuri bari baturutse mu bigo by’amashuri yisumbuye batashye bahamya ko bazakomereza amasomo yabo muri East African Universty Rwanda
Abanyeshuri ubwabo barimo n’Intorenzo zihamiriza ivumbi rigatumuka
Abanyeshuri basoza ayisumbuye bitabiriye ari benshi
Habayeho gusangira no kungurana ibitekerezo
Igihangano cy’umunyeshuri yakoze mu isaha imwe kishyuwe na PSF Amadorari 600
Itorero ry’abanyeshuri ba East African University Rwanda ryasusurukije abashyitsi.
Aba banyamideri biga nabo kuri East African University Rwanda.

Amwe mu yandi mafoto:

Previous Post

A youth founded an Anti- Mines club in Kigali

Next Post

TRANSAFARI AGENCY LTD ifite ikinyuranyo n’udushya yazaniye abanyarwanda

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
TRANSAFARI AGENCY LTD ifite ikinyuranyo n’udushya yazaniye abanyarwanda

TRANSAFARI AGENCY LTD ifite ikinyuranyo n’udushya yazaniye abanyarwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

0
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025

Recent News

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA