• Latest
Impano z’abiga muri East African Universty Rwanda zatumye abana basoje ayisumbuye bahitamo kuzaza kuhiga ari benshi

Impano z’abiga muri East African Universty Rwanda zatumye abana basoje ayisumbuye bahitamo kuzaza kuhiga ari benshi

October 29, 2024
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

August 22, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Impano z’abiga muri East African Universty Rwanda zatumye abana basoje ayisumbuye bahitamo kuzaza kuhiga ari benshi

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
October 29, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imibereho ya buri munsi, Uburezi
0
Impano z’abiga muri East African Universty Rwanda zatumye abana basoje ayisumbuye bahitamo kuzaza kuhiga ari benshi
0
SHARES
361
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ku munsi wahariwe Impano “Carrier day” wabereye muri Kaminuza ya East Africa University Rwanda kuri uyu wa 25 Ukwakira 2024 ukanitabirwa na bimwe mu bigo byo mu mashuri yisumbuye byo mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara zitandukjanye, abitabiriye icyo gikorwa banyuzwe n’ubuhanga n’udushya turanga abiga, abayobozi n’abigisha kuri iyi Kaminuza, byatumye benshi mu banyeshuri bitabiriye igikorwa bafata ingamba zo kujya gusaba ababyeyi kuzabajyana kwiga muri East African Universty Rwanda igihe cyose bazaba basoje amashuri yisumbuye.

Ni igikorwa cyabereye i Kigali ku ishami rya East African University Rwanda, hagamije ahanini gufasha abanyeshuri kumenya guhitamo icyo bazaba cyo akurikije impano zimurimo n’uburyo yiyumvamo ibyo yiga adahatirije ngo ajye mu bitazamugirira akamaro mu gihe yaba yisunze inama z’abashaka kumwangisha ibyo yiyumvamo kandi yakagombye gukunda.

Umuyobozi wa Kaminuza ya East African University Rwanda, Prof. Kabera Callixte avuga ko bahisemo gutegura umunsi w’impano bagendeye ahanini ko Kaminuza yabo ari mpuzamahanga ikaba yigwamo n’abaturutse mu bihugu bitandukanye byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo bakaba buri wese yibitsemo ubushobozi ku giti cye bwo gukora ibyamugirira akamaro mu buzima bwe bwose yisunze na none ubushobozi n’ubuhanga yakuye ku ntebe y’ishuri.

Umuyobozi wa Kaminuza ya East African University Rwanda, Prof. Kabera Callixte avuga ko bahisemo gutegura umunsi w’impano bagendeye ahanini ko Kaminuza yabo ari mpuzamahanga ikaba yigwamo n’abaturutse mu bihugu bitandukanye.

Agira ati “Kuba Kaminuza yacu ifite amashami yibanda cyane ku myuga, abana benshi bafite impano ku buryo baza kwiga bifuza kuzakora akazi runaka bagendeye ku byo bakunda. Uyu munsi rero ugamije kubafasha muri rusange gukangura impano zabo bagendeye ku byiyumviro bamaranye igihe kugira ngo batazafatafata bakamera nka ya suri isambira byinshi ntigezeyo na kimwe.”

Prof. Kabera Callixte, Umuyobozi wa Kaminuza ya East African University Rwanda avuga ko igikorwa cyo gufasha urubyiruko kumenya impano zabo bagifashijwemo n’abafatanyabikorwa bo mu ngeri zitandukanye baba abo mu burezi, abikorera, amahoteli, inzego za Leta n’abandi, aho buri mufatanyabikorwa aganirira urubyiruko uko yabayeho, inzira yaciyemo kugeza uyu munsi ariko byose abikesha impano n’ibyifuzo by’umutima we byagiye bimuyobora kugeza ubu.

Abayobozi, abanyeshuri n’abarimu barasabanye.

Avuga ko kugira ngo batisangiza uwo munsi w’ingirakamaro banahisemo ko uzajya uba buri mwaka banatumiye abanyeshuri n’abayobozi bo mu bigo by’amashuri abanza kugira ngo bigire kuri bakuru babo bo muri Kaminuza ku bumenyi bafite n’uburyo bashobora kubyaza umusaruro izo mpano.

Ku rundi ruhande avuga ko umunsi wahariwe impano kuri Kaminuza yabo wagaragaje ubumenyi n’impano abana bafite hakaba hari abanyeshuri bahise bakora ibihangano by’ibishushanyo byanyuze cyane abafatanyabikorwa bituma kimwe muri byo kigurwa amadorari 600 ikindi bakishyura ibihumbi 500 byatumye abana bo mu mashuri yisumbuye bari bitabiriye igikorwa bifuza ko bazaza kwiga muri Kaminuza ya East African University Rwanda.

Umwe mu bafatanyabikorwa ni Sam Baregye asangiza abitabiriye igikorwa cy’ubuzima bwe avuga ko iyo ushaka gusigasira impano yawe bigusaba kuticara cyangwa ngo uryame.

Avuga ko iyi ufite Hotel, Bar cyangwa Resitora ngo bigusaba kuba hafi y’akazi kawe ugafata neza abakiliya bawe baba baje bakugana kuko mbere yo kukugeraho baba baciye n’ahandi bityo icyatumye bakugana ukakibubahira.

Agira ati “Gukora akazi kose bisaba impano. Urugero ufite Hotel, Bar cyangwa Resitora niba umuntu aje akugana si uko iwe badateka cyangwa se byeri agusaba nazo ziba ziri muri Butike baturanye, ariko rero kubera ko Business yawe wayigiyemo uyikinze yikundishe n’abakugana ejo bazagaruke bakurangire n’abandi. Ni byiza guha agaciro impano wifitemo ukayibyaza umusaruro ukorera neza abakugana bityo n’abagukomokaho bazakurana imico bagusanganye nabo bizabafashe gusigasira impano bazisanga bafite.

Sam Baregye, umwe mu bafatanyabikorwa ba East Africa University Rwanda asangiza abitabiriye iki gikorwa ubuzima bwe.

Ashimira cyane East African University Rwanda yahisemo guha abanyeshuri rugari kugira ngo bagaragarize impano bafite banafashwe kuzishimangira. Asaba kandi urubyiruko ruri gusoza amashuri yisumbuye gufata urugero rwiza ku banyeshuri ba Kaminuza ya East African University Rwanda urugero rwiza bagaragaje bazarugendereho kugira ngo amasomo y’imyuga biga azabagirire akamaro mu buzima bwabo bwose.

Uhagarariye abikorera mu Rwanda PSF Leo Pierre Rusanganwa avuga ko urugaga rw’abikorera mu Rwanda rufatanya na Minisiteri y’Abakozi ba Leta na RDB kongerera ubumenyi abasoza mu mashami y’imyuga babafasha kwihugura kugira ngo bazatangire gushyira mu bikorwa ibyo bize babizi neza.

Agira ati “Muri PSF dufite intego yo gufasha abana kudatinda mu rugo basoje amasomo yabo bagahita bajya ku murimo ariyo mpamvu tubafasha kubona aho bimenyerereza umwuga mu byo bize kugira ngo baticara bakitekerezaho ari naho havuka abanebwe bishora mu biyobyabwenge bakabura imbaraga zo gukora.”

Bwana Rusanganwa Leo Pierre uhagarariye PSF Rwanda avuga ko bafite intego yo gufasha abana kudatinda mu rugo basoje amasomo yabo.

Avuga ko baje gushyigikira ‘East African  University Rwanda’ kubera ko bagaragaje ko Kaminuza yabo iri kurerera u Rwanda abanyamwuga bafite impano z’igihe kirekire ari nabyo muri PSF bashinzwe bafatanyije na Minisiteri y’abakozi ba Leta gushyigikira abafite impano bikorera cyane ko abikorera mu Rwanda bagize 90% bakaba ari abo gushyigikirwa cyane.

Uhagarariye Minisiteri y’abakozi ba Leta Harelimana Bernard ashima cyane East African University Rwanda ikomeje kugaragaza ubushake bwo gufasha abayigamo kuzaba abagabo n’abagore bakunda umurimo bagendeye ku mpano bifitemo.

Avuga ko nka Ministeri ishinzwe Umurimo bafite inshingano zo gushyikira no kongerera ubumenyi abarangiza za Kaminuza n’amashuri y’isumbuye kugira ngo ibyo bize babishyire mu bikorwa bidatinze bubake igihugu bagendeye ku bumenyi n’impano zo gukunda ibyo bifitemo.

Agira ati “Dufatanyije n’abikorera bo mu Rwanda tuzakomeza gushyigikira ko urubyiruko rurangiza kwiga rubasha kwihangira imirimo no kunoza ibyo bakora. Iki gikorwa cyateguwe n’iyi Kaminuza kigamije gushyikira impano z’abanyeshuri ni icyo gushyikirwa cyane. Turishimira ko batumiye na barumuna babo bo mu mashuri y’isumbuye kugira ngo nabo bagirwe inama banungurane ibitekerezo na bakuru babo, tukizera ko bahakuye impanuro n’imigambi yabafasha gukunda umurimo bagendeye ku mpano zibarimo.”

East African University Rwanda ni imwe muri Kaminuza mpuzamahanga zikomeye zikorera mu Rwanda.

Bimwe mu bishushanyo by’ubugeni byakozwe n’abanyeshuri mu gihe cy’isaha imwe byahise byishyu kimwe ibihumbi 500 y’u Rwanda ikindi $500.

Ni Kaminuza ikunzwe n’abantu benshi bitewe ahanini no kwigisha amasomo y’ingirakamaro akenewe ku isoko ry’umurimo ariyo: Business Administration and Management Studies, Education, Film Making&Film Production, Industrial, Art& Design, Leisure, Tourism and Hotel Management Mass Communication 8 Various Short Courses.

Ni Kaminuza yatangiye ibikorwa byayo muri 2015 ikaba ikorera i Nyagatare no m’Umujyi wa Kigali.

Igikorwa cyateguwe n’iyi Kaminuza kuwa 25 Ukwakira cyahariwe Umunsi w’impano “Carrier Day” cyanyuze benshi bari bitabiriye ndetse bamwe munyeshuri bo mu mashuri yisumbuye bari batumiwe bagaragaza kwifuza kuzakomereza amasomo muri Kaminuza ya East African University Rwanda nibasoza icyiciro barimo.

Bamwe mu banyeshuri bari baturutse mu bigo by’amashuri yisumbuye batashye bahamya ko bazakomereza amasomo yabo muri East African Universty Rwanda
Bamwe mu banyeshuri bari baturutse mu bigo by’amashuri yisumbuye batashye bahamya ko bazakomereza amasomo yabo muri East African Universty Rwanda
Abanyeshuri ubwabo barimo n’Intorenzo zihamiriza ivumbi rigatumuka
Abanyeshuri basoza ayisumbuye bitabiriye ari benshi
Habayeho gusangira no kungurana ibitekerezo
Igihangano cy’umunyeshuri yakoze mu isaha imwe kishyuwe na PSF Amadorari 600
Itorero ry’abanyeshuri ba East African University Rwanda ryasusurukije abashyitsi.
Aba banyamideri biga nabo kuri East African University Rwanda.

Amwe mu yandi mafoto:

Previous Post

A youth founded an Anti- Mines club in Kigali

Next Post

TRANSAFARI AGENCY LTD ifite ikinyuranyo n’udushya yazaniye abanyarwanda

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
TRANSAFARI AGENCY LTD ifite ikinyuranyo n’udushya yazaniye abanyarwanda

TRANSAFARI AGENCY LTD ifite ikinyuranyo n’udushya yazaniye abanyarwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

0
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026

Recent News

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA