• Latest
Umurenge wa Kanombe wizihije Umunsi Mukuru w’Intwari uremera umubyeyi w’Abana bane wari ubayeho mu buzima bugoye

Umurenge wa Kanombe wizihije Umunsi Mukuru w’Intwari uremera umubyeyi w’Abana bane wari ubayeho mu buzima bugoye

February 1, 2023
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Umurenge wa Kanombe wizihije Umunsi Mukuru w’Intwari uremera umubyeyi w’Abana bane wari ubayeho mu buzima bugoye

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
February 1, 2023
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imiyoborere
0
Umurenge wa Kanombe wizihije Umunsi Mukuru w’Intwari uremera umubyeyi w’Abana bane wari ubayeho mu buzima bugoye
0
SHARES
578
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwo hizihizwaga umunsi Mukuru wahariwe Intwari z’igihugu kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 01 Gashyantare 2023, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro, bufatanyije n’abaturage bo mu mudugudu wa Gasabo, Akagari ka Kabeza bahaye Mukanzima Diyani inkunga y’ibihumbi magana ane (400,000Frw) azamufasha gukora ubucuruzi buciriritse, kugira ngo abashe kwivana mu buzima bugoranye yari arimo we n’abana be bane.

Ni mu gikorwa cyo kwizihiza Umunsi Mukuru w’Intwari cyahurije hamwe imidugudu 8,  muri 13 igize Akagari ka kabeza, bari bahurijwe hamwe kuri Hotel Tech, iherereye mu mudugudu w’Akagera, ahatanzwe ibiganiro bitandukanye birebana n’Amateka yaranze Intwari z’Igihugu cy’u Rwanda, bityo hifuzwa ko buri munyawanda yakagombye kurangwa n’Ubutwari, akagera ikirenge mu cy’Intwari zitangiye igihugu,  bakarangwa n’ukuri, ubwitange, n’ubunyangamugayo, umuhango wabayemo no kuremera utishoboye nk’uko byavuzwe haruguru.

Mukanzima Dianne wafashijwe n’abaturage bo mu mudugudu we wa Gasabo kwivana mu bukene, avuga ko ashimira Imana cyane yakoresheje ubuyobozi n’abaturage bagenzi be, akaba abonye inkunga igiye kumufasha kwifasha.

  • Mukanzima Dianne waremewe n’abaturage ku munsi w’Intwari

Agira ati “Nari mbayeho nabi jye n’abana bane mfite, nkaba nari ntunzwe no guca inshuro ncumbitse mu icumbi Umurenge wantije. Ngiye gushyiraho akange ncuruze kandi n’unguke, nkizera ko nzabasha no kugera ku nzu yanjye bwite.”

Bwana Gadi Karangwa Niyonzima, Umuyobozi w’Umudugudu wa Gasabo, avuga ko ashima abaturage ahagarariye, uburyo bumvise vuba igitekerezo cyo kurengera uriya mubyeyi utari ubayeho neza, bagakusanya inkunga y’ibihumbi 400 bamushyikirije kuri uyu munsi w’Intwari z’igihugu, bikaba nabyo ari ikimenyetso cy’Ubutwari.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kanombe Idrissa Nkurunziza, ashima cyane Ubutwari bwakozwe n’abaturanyi ba Mukanzima Dianne, bicaye bagasanga bidakwiriye ko yakomeza kubaho mu buzima bugoranye barebera bahitamo kumufasha.

  • Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kanombe Idrissa Nkurunziza

Avuga ko n’Ubuyobozi bw’Umurenge buzamuha inzu acururizamo kandi akore adatanga umusoro, kugira ngo abashe kunguka uko bikwiriye, abashe kwiteza imbere uko abishaka.

Agira ati “Tugiye kumushakira abajyanama bamwigira umushinga  w’ubucuruzi neza, tumuhe icyumba munzu zagenewe abakurwa mu bucuruzi bw’akajagari, anasonerwe imisoro kugeza ubwo azabasha kuyiyishyurira,  ibyo twizera ko bizamuteza imbere abasha kurera abana be uko bikwiriye, cyane ko yabaga mu icumbi yatijwe n’umurenge, tuzakomeza kumuba hafi, kugira ngo azabashe no kubona  icumbi rye bwite.”

Ku bigendanye n’Umunsi mukuru w’Intwari Bwana Idrissa Nkurunziza, avuga ko ari byiza ko abanyarwanda bose bamaze gusobanukirwa byimbitse Ubutwari bwaranze bamwe mu banyarwanda mu bihe bitandukanye, bitanze batizigama bakanamenera amaraso igihugu cyababyaye.

Agira ati “Kuri uyu munsi mukuru, waranzwe no gusobanurira abaturage, ibikorwa by’ubutwari byaranze Intwari z’igihugu, bityo tubasaba gukomeza kurangwa n’indagaciro zikunda igihgu n’abagituye, ari nako baharanira kugiteza imbere, cyane ko arirwo rugamba ruriho muri  kino gihe rwo guharanira iterambere.”

Iyo umuturage yiteje imbere, agakurikiza gahunda zose agirwamo inama n’Ubuyobozi, nta kabuza ko abasha kugera kuri byinshi bizamura igihugu, bityo akaba ateye ikirenge mu bagiharaniye kuva cyera,  bagambiriye ko umunyarwanda abaho mu mahoro.

Avuga kandi ko Abaturage b’umurenge wa Kanombe bakunda gushyira hamwe, cyane iyo bahamagariwe igikorwa runaka, bakaba ngo bitabira ntawusigaye inyuma, nko kubakira abatishoboye, guteza imbere aho batuye, isuku n’isukura byose bakabikora batiganda.

Urugero atanga  rwa hafi ni uburyo imihamda ihuza imidugudu yabo, imyinshi yamaze kushyirwamo kaburimbo babigizemo uruhare nta nkunga y’indi ivuye hanze. Bityo nabyo akabibonamo ubutwari, ari nayo mpamvu abasaba gukomeza kurangwa n’Indagagaciro zo gukunda igihugu, guharanira iterambere ryacyo, kuba Inyangamugayo kandi buri gihe.

  • Abaturage bari babukereye mu kwizihiza umunsi mukuru w’Intwari z’Igihugu

Kuvuga Intwari ntuvuge Paul Kagame waba uhemutse

Ni ibigarukwaho na Bwana Rutayisire Wilson, umwe mu baturage bo mu Kagari ka Kabeza wari mu ngabo za FPR Inkotanyi, ubwo yaganirizaga bagenzi be ibyerekeranye n’ibohorwa ry’igihugu cy’u Rwanda byatangijwe n’Intwari y’igihugu Fred Gisa Rwigema, waje gutabaruka atageze ku ntego yari yiyemeje yo gucyura abari baraheze Ishyanga, akaza gukorewa mu ngata na Nyakubahwa Paul Kagame ngo wasubije Morale ingabo zarwaga, bikarangira batsinze urugamba barwanga n’abari bamaze guhekura igihugu, bityo akaba ngo akwiriye kuba Intwari iruta izindi n’ubwo bwose akiriho.

  • Bwana Rutayisire Wilson(ibumoso) uvuga ko Perezida Paul Kagame ari Intwari isumba izindi

Agira ati “sinabona uburyo nsobanura ubutwari bwa Nyakubahwa Paul Kagame, wemeye guhagarika amasomo ye muri Amerika, agasanga ingabo ku rugamba zari zimaze gutakaza Umuyobozi wazo, akagaruka  ataje gutembera kuko byari nko gusanga urupfu rw’amasasu. Ni Intwari ikomeye cyane, kuko yayoboye ingabo neza za FPR Inkotanyi agatsinda abiyitaga Inzirabwoba, akimakaza Ubumwe mu banyarwanda imyaka 29 ikaba ishize.”

Bwana Rutayisire, avuga ko Ubutwari bwa Perezida Kagame, bugomba gushingirwa no mu buryo yahise ahuza za ngabo barwanaga,  amashyaka yakoreraga mu gihugu atarijanditse muri Jenoside,  bagafatanya kubaka igihugu n’Umuryango wa FPR Inkotanyi, abishe abantu bagasaba imbabazi nabo bakababarirwa, hagashyirwaho Gacaca, Ubumwe n’Ubwiyunge bikimakazwa.

Uretse Bwana Rutayise washimagije ubutwari bwaranze Intwari z’Igihugu Gisa Fred Rwigema, Uwiringiyimana Agatha, Umubikira Mama Felisita, wanze kumvira musaza we w’umu coloneri, akemera gupfana n’abari bamuhungiyeho ndetse n’abana b’Inyange, hari abandi bafashije abaturage b’Akagari ka Kabeza, gusobanukirwa kurushaho amateka y’u Rwanda n’Intwari zarwo zaruharaniye, kuva Gihanga kugeza uyu munsi.

Umusaza Ruzindana Anaclet, uyobora Njyanama y’Akagari, ashimangira ko, abanyarwanda bazahora bahanira ishema ry’igihugu cyabo.

  • Bwana Ruzindana Anaclet (ibumoso) yasobanuye birambuye amateka yaranze Intwari z’Igihugu

 Yamagana amwe mu mahanga ashaka guca intege abanyarwanda.

Avuga ko abarwanya u Rwanda badashobora kubigeraho na gato, cyane ko abanyarwanda bunze ubumwe budashobora kuburizwamo n’uwari we wese.

Uwihirwe Regine, wo mu mudugudu wa Muhabura nawe yasabye urubyiruko rwo mbaraga z’igihugu, kutarangazwa n’ibibakururira mu ngeso mbi nk’ibiyobyabwenge n’ubusinzi kandi aribo bagomba kubaka no guharanira iterambere ry’igihugu mu bihe biri imbere.

  • Uwihirwe Regine (hagati) yagiriye inama urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge n’izindi ngeso mbi

Umurenge wa Kanombe wizihije umunsi w’Intwari, unaremera umubyeyi wari ubayeho mu buryo bugoranye. Ni umwe mu mirenge  10 igize Akarere ka Kicukiro.

Umunsi mukuru wabereye mu tugari tune tuwugize aritwo Busanza, Karama, Rubirizi na Kabeza.

Ku Urwego rw’Akagari ka Kabeza, abaturage bahurijwe mu byiciro bitatu: Igice kigizwe n’imidugudu ya Giporoso ya 1 n’iya 2 n’uwa Nyenyeri, bahuriye ku Urusengero rwa EAR ku Giporoso.

Icyiciro cya kabiri cyahuje imidugudu ya Nyarurembo na Bwiza bahurira ku Urusengero rwa Holyness, mugihe indi midugudu 8 ariyo: Gasabo, Murindi, Rebero, Akagera, Karisimbi, Muhabura, Juru na Kabeza bahuriye kuri Hotel Tech mu mudugudu w’Akagera, igikorwa cyasojwe n’ubusabane bw’abaturage bishimiraga hamwe Umunsi mukuru w’Intwari z’Igihugu.

  • Abaturage baranzwe n’ubusabane bwo kwishimira umunsi w’Intwari
Previous Post

TI yashyize u Rwanda ku mwanya wa 54

Next Post

Isomwa ry’urubanza rwa Dr Kayumba Christophe ryimuriwe indi tariki

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Isomwa ry’urubanza rwa Dr Kayumba Christophe ryimuriwe indi tariki

Isomwa ry'urubanza rwa Dr Kayumba Christophe ryimuriwe indi tariki

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA