• Latest
Abagize Ihuriro ry’Abavuzi Gakondo mu Rwanda ntibumva uwaba akomeje koshya Nyirahabineza Geretrude wanze kuva ku izima

Abagize Ihuriro ry’Abavuzi Gakondo mu Rwanda ntibumva uwaba akomeje koshya Nyirahabineza Geretrude wanze kuva ku izima

July 8, 2022
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Imibereho ya buri munsi Ubuzima

Abagize Ihuriro ry’Abavuzi Gakondo mu Rwanda ntibumva uwaba akomeje koshya Nyirahabineza Geretrude wanze kuva ku izima

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
July 8, 2022
in Ubuzima
0
Abagize Ihuriro ry’Abavuzi Gakondo mu Rwanda ntibumva uwaba akomeje koshya Nyirahabineza Geretrude wanze kuva ku izima
0
SHARES
329
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni ibikomeje kwibazwa n’abibumbiye mu Ihuriro ry’abavuzi gakondo mu Rwanda “AGA Rwanda Network” nyamara bakabiburira igisubizo bashingiye ku myanzuro y’inteko rusange  yateranye kuwa 08 Werurwe 2022 ikirukana uwari Umuyobozi wabo Madame Nyirahabineza Geretrude,  kubera imyitwarire idahwitse no gucunga umutungo nabi  w’Ihuriro, nyamara amezi ngo akaba ashize ari ane yose,  akibwira abantu ko ariwe uyobora iryo huriro bigatuma hari n’inshingano yaba asigaye  yiha imbere y’ubuyobozi bwite bwa Leta n’ubw’abikorera. 

Mu nteko rusange idasanzwe y’abagize iri huriro yateraniye I Kigali kuri iki cyumweru Tariki ya 06 nyakanga 2022, abanyamuryango bagera kuri 80, bari bahuriye hamwe ngo bategurire hamwe Umunsi nyafurika w’abavuzi gakondo uba kuri 31 kanama buri mwaka, bagejejweho impungenge z’abavuzi gakongo bo mu bice bitandukanye by’igihugu,  bakomeje ngo guterwa ubwoba na Nyirahabineza Geretrude wirukanwe ku buyobozi bw’Ihuriro, avuga ko nibatamuha amafaranga y’imisanzu ngo abahe n’imyenda mishya y’Ihuriro azabirukana mu mwuga nta nteguza bahawe, Ibyarakaje abagize Inteko bose, bityo bakomeza kwibaza uwaba amwoshya cyangwa akamushuka kwiyitirira ibintu yirukanwemo cyera babiburira igisubizo.

Nyirarugari Venantia, umuvuzi gakondo wo mu Karere ka Musanze

Nyirarugari Venantia, umuvuzi gakondo wo mu Karere ka Musanze yagejeje ku nteko rusange impungenge afite y’abantu ngo bamaze iminsi bamutera ubwoba,  bavuga ko batumwe na Nyirahabineza Geretrude  umuyobozi w’ihuriro, bamusaba ko yatanga amafaranga ibihumbi 10 (10,000 Frw) y’umusanzu w’Umuryango wa  FPR, ibihumbi 16 (16,000 Frw) by’umupira mushya w’ihuriro, hamwe ngo n’ibihumbi 100 (100,000 Frw)  byo gukomeza ngo kuba  umunyamuryango yaramuka atabitanze agahita yirukanwa ntazongere kuba mu ihuriro.

Agira ati “ nahamagawe n’abantu bambwira ko umuyobozi abatumye amafaranga y’umupira, aya FPR nayo gukomeza kuba umunyamuryango w’ihuriro.

Nagiye kubona mbona bageze mu rugo mbabwira ko nta mafaranga mfite bahita babwira Gereturuda ko  nabaciriye amazi, bahita bamumpa  turavugana anyuka inabi cyane,  avuga ko nintatanga ibyo nsabwa byose azaza akamfungira ibyo nkora byose.

 Umwana wanjye wari uri aho, amaze kumva  ko ngiye gufungirwa ibikorwa, yahise anyishyurira umupira ngo w’Ihuriro ibihumbi 16 (16,000Frw),  ariko mbabwira ko nta yandi mfite.”

Uyu mukecuru uri mu kigero cy’imyaka 70 watekewe umutwe,  n’abo avuga ko ari abakozi ba Nyirahabineza,  avuga ko nyuma yah ngo yabajije amakuru neza asanga Nyirahabineza yarirukanwe ahubwo ko ari imitwe n’ubujura arigukorerwa, ahamagaye ubuyobozi bushya bw’ihuriro, bumusaba  kuzana uwo mupira bakareba ibyawo.

Asoza asaba kurenganurwa n’inzego zibishinzwe bagakurikirana uwo muntu ukomeje kumutera ubwoba amusaba amafaranga atagira icyo ashingiyeho.

Bwana Mukire Jean Damascene ukuriye Komisiyo y’imyitwrire y’abanyamuryango mu Ihuriro,

Bwana Mukire Jean Damascene ukuriye Komisiyo y’imyitwrire y’abanyamuryango mu Ihuriro,  avuga ko bitangaje kubona umuntu uzi ubwenge nka Nyirahabineza,  yirukanwa n’abanyamuryango kubera amakosa agaragara yakoze , nyamara ngo akaguma gutera imigeri abeshya ko nta wamwirukanye, akaba ageze aho atekera imitwe n’abakecuru abaka imisanzu idafite ishingiro.

Agira ati “ uriya muntu mu nteko rusange y’Ihuriro yo kuwa 08 Werurwe 2022,  yamushinje gucunga nabi umutungo no kuwunyereza, gusuzura abagize komite batoranywe akiha ububasha bwo kubirukana, guhindura ibirango by’ihuriro ntawabimutumye, gutegura ibarura ry’abanyamuryango abeshyako ko yabisabwe na MINISANTE n’ikigo cy’igihugu cy’Irangamuntu n’iibndi byinshi, nyamara kugeza a na n’uyu munsi,  ntituramenya uwaba umushuka ngo akomeze yiyite umuyobozi kandi   hashize amezi ana yirukanwe.

Bwana Mukire avuga bongeye gutungurwa n’ibyo akora,  ubwo bateguraga iyo nteko rusange yo kuwa 06 Nyakanga 2022, bakabona   ibaruwa ivanze n’ubujiji n’ubuswa bukabije ngo yandikiye ubuyobozi bwa Hotel iherereye mu murenge wa Nyakabanda bari gukoreramo inama, abasaba kutakira iyo naama ngo abazayikoresha ntibazwi mu ihuriro.

Agira ati “iyo baruwa iteye agahinda kuko yanditse abuza Hotel kutwakira, aho yakwandikiye byibura inzego z’ibanze n’ubwo bwose bose bari babizi twabamenyesheje  ndetse na Minisante.

Igitangaje muri iyo baruwa, agenera Kopi  Akarere ka Kicukiro kandi inama iri muri Nyarugenge.  Agenera kandi Kopi Ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango wa FPR Inkotanyi , MINISANTE, RIB na Police bya Kicukiro. Ngaho nyumvira nawe abo bose yahaye Kopi y’ibintu bitabareba,  icyo yari agamije.

Ikindi kibabaje muri iyo baruwa ni uko itari umwimerere na gato, yari Fotokopi agamije ngira ngo kuzabyigarika, avuga ko atariwe wabyanditse.”

Bwana Aimable Tuyisenge Sandro,  Umuvugizi w’ihuriro AGA Rwand aNetwork (ibumoso)

Ibyo uyu Mukire avuga kandi bishimangirwa na Bwana Aimable Tuyisenge Sandro,  Umuvugizi w’ihuriro AGA Rwanda Network, uvuga ko aho bigeze bafashe umwanzuro wo kurega Nyirahabineza   mu buryo bweruye,  kugira ngo ibyaha  byose yakoreye urugaga n’ibyo akomeje gukora arwiyitirira,  kugeza n’ubwo ari kwaka ngo imisanzu   akanongeraho ko ari  iy’Umuryango wa FPR Inkotanyi kandi ntawabimutumye.

Bwana Aimable, avuga ko Nyirahabimana amaze igihe ategura ama murikagurisha, Akaka imisanzu yo kurahiza abanyamuryango ba FPR Inkotanyi, ibikorwa nk’akajagari akorera urugaga yirukanwemo.

Gapasi SERUSHAGO Umunyamabanga wa Komisiyo ishinzwe imyitwarire mu ihuriro

Uwitwa Gapasi SERUSHAGO, avuga ko bitumvikana na gato,  uburyo Nyirahabineza akomeje gutesha agaciro Ihuriro ry’abavuzi gakondo yirukanywe ku buyobozi ku manywa y’ihangu, ubuyobozi bwose bireba bugahabwa imyanzuro y’inama yamwirukanye, ariko kugeza ku itariki ya 06 Nyakanga akaba atarava ku izima bigeze naho akoresha imyambaro ye bwite akayitirira Ihuriro.

Bwana Dukuzimana Theoneste Umuvuzi gakondo uhagarariye abavuzi gakondo bibumbiye mu muryango wa FPR Inkotanyi mu Karere ka Rulindo, avuga ko ibiri gukorwa na Nyirahabineza Geretrude ari nko kwiyahura kuko atumva na gato uburyo umuntu muzima uzi ubwenge yirukanwa ku buyobozi agakomeza kurashya imigeri yiyitirira icyo ataricyo.

Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro AGA Rwanda Netork Bwana Murengerantwali Jean Bosco wari uyoboye Inteko rusange mu izina ry’Umuyobozi mukuru w’ihuriro madame uwimana beatha urwaye, yavuze ko bamaze kurambirwa ibikorwa bya Nyirahabineza byo gutesha agaciro urugaga arwiyitirira,  akaba asigaye atera n’abantu ubwoba ko azabirukana mu rugaga,  bityo hakaba hafashwe icyemezo cyo kwitabaza ubutabera ngo buhagarike ibikorwa bye bisa n’ubutekamutwe.

Agira ati “ nyuma y’uko afungishije Umunyamabanga mukuru w’ihuriro n’umuyobozi waryo wahoze ariwe umwungirije Uwimana Beatha bikaza gufata ubusa ubutabera bukabarenganura, twamusabye gukora iherekanyabubasha ry’umutungo n’ibikoresho by’urugaga ngo abihe abamusimbuye,  hifashishijwe  Umuhesha w’inkiko w’umwuga,  byose yarabyanze  ahitamo gushyira ibiro bye ku Kicukiro  mu marembo ya MINISANTE, akaba anakomeje kugenda akoresha inama zitazwi  anasaba imisanzu itabaho, duhisemo gusaba inzego zibishinzwe gukurikirana uyu muntu.

Ikinyamkuru igisabo cyavuganye n’abandi bavuzi gakondo benshi  bari bitabiriye inteko rusange, bose bahuriza ku kintu cy’uko Nyirahabineza Geretrude akwiriye gufatwa agafungwa nta kindi, maze ngo akaryozwa umutungo w’urugaga yanyereje yirirwa akiniramo,  by’umwihariko akabazwa ngo  n’impamvu yaba  akomeje kugenda atekera imitwe abantu,  abasaba amafaranga yo gushyigikira urugaga yirukanwemo cyera.

Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ubuzima Dr Lt Col.  MPUNGA Tharcisse

Ikinyamakuru igisabo kivugana n’Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ubuzima Dr Lt Col.  MPUNGA Tharcisse kuri ibi bibazo biri muri AGA Rwanda Network, bivugwa ko byaba bishingiye ku wahoze ari Umuyobozi wirukanwe amezi ane akaba ashize, avuga ko bwaba  ari ubwa mbere yumvise ko hari Umuntu waba warirukanwe muri Koperative cyangwa igisa nayo, bikaba byakozwe  n’inteko y’abanyamuryango  babifitiye ububasha, we  akaguma kwinangira

Agira ati “icyo kibazo twaracyumvise kirazwi muri MINISANTE,  ariko ntabwo nari nzi y’uko uwo muntu akiyitirira ubuyobozi yasezereweho. Murakoze kuduha ayo makuru turabikurikirana kandi bizakemuka vuba.”

Amakuru akomeje kugera ku kinyamakuru igisabo, ni ay’uko hari umwe mu bavuzi gakondo, wanabaye mu buyobozi bw’Ihuriro, waba ariwe wahaye Nyirahabineza Miliyoni 20(20,000,000 Frw) kugira ngo ayifashishe akomeze asenye Ihuriro, ari nayo   yaba ngo yaragabanyije abamukingira ikibaba mu bikorwa yirirwamo byose byo kwiyitirira Ubuyobozi yirukanwemo, amazina yabo bose, akaba azwi n’ikinyamakuru igisabo.

Nyirahabineza Geretrude,wigometse ku buyobozi bwa AGA Rwanda Network

Ni benshi bagaye cyane imyitwarire igayitse ya Nyirahabineza Geretrude, Komite iriho ikavuga ko yamaze kumenya n’andi makuru y’uko ari  kugenda yaka amafaranga abavuzi gakondo asanzwe akorana nabo, cyane bamwe mu batanga ibiganiro ku ma Radio, ababeshya ko ari ayo  gutegura umunsi nyafurika w’abavuzi gakondo uba kuwa 31 kanama, we ngo akazawukoresha kuwa 30 Nyakanga, bagasaba abantu kwirinda kugwa mu mutego w’uwo muntu wirukanwe kuwa 08 Werurwe 2022 agasimburwa, amezi ane yose akaba arangiye.

icyemezo cya MINISANTE cyahaye Uburenganzira AGA Rwanda Network bwo gutangira gukora mu 2011
Ubutumire bw’Inteko rusange y’Abanyamuryango bagize ihuriro
  • Urwandiko rwuzuye amakosa uwirukanwe yandikiye Hotel ahagarika inteko rusange ya AGA Rwanda Network
Previous Post

Ikinyamakuru IGISABO vol 20 cyasohotse: Special Kwibohora 28

Next Post

Kicukiro-Niboyi : Bizihije imyaka 28 yo kwibohora haremerwa uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 utishoboye

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Kicukiro-Niboyi : Bizihije imyaka 28 yo kwibohora haremerwa uwarokotse  Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 utishoboye

Kicukiro-Niboyi : Bizihije imyaka 28 yo kwibohora haremerwa uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 utishoboye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA