• Latest
Bugesera:Urubyiruko rwasabwe kutadohoka ku ngamba zo kwirinda COVID-19

Bugesera:Urubyiruko rwasabwe kutadohoka ku ngamba zo kwirinda COVID-19

June 21, 2022
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Bugesera:Urubyiruko rwasabwe kutadohoka ku ngamba zo kwirinda COVID-19

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
June 21, 2022
in izindi nkuru, Ubuzima
0
Bugesera:Urubyiruko rwasabwe kutadohoka ku ngamba zo kwirinda COVID-19
0
SHARES
126
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Urubyiruko rukora imirimo itandukanye iruhuza n’abantu benshi mu Karere ka Bugesera rurasaba bagenzi babo kutadohoka ku ngamba zo kwirinda COVID-19 kuko nubwo ingamba zo gukumira ikwirakwira ryayo zorohejwe, icyorezo ntaho cyagiye.

Urubyiruko rwibumbiye mu ma Koperative atandukanye rwo mu Karere Ka Bugesera, rurimo abatwara abagenzi kuri za Moto no ku magare, abakora umwuga wo kogosha n’abandi batandukanye, baganiriye na IGISABO, bavuze ko bahangayikishijwe na bagenzi babo badohotse ku ngamba zo kwirinda COVID-19 kuburyo bikomeje uko biri byatuma hafatwa ingamba zikomeye.

Mutangana Elia, ukora akazi ko gutwara abagenzi kuri Moto mu mujyi wa Nyamata

Mutangana Elia, ukora akazi ko gutwara abagenzi kuri Moto mu mujyi wa Nyamata, avuga ko abantu bakwiye kuzirikana gukomeza guhana intera no gukaraba intoki kenshi cyane muri gare, mu masoko n’igihe bagiye kugenda na moto.

Agira ati “Jyewe birambabaza cyane iyo mbona abantu batubahiriza amabwiriza yo gukumira no kwirinda COVID-19 uko bikwiriye, binyereka ko hari abantu bibagirwa vuba. None se wambwira ukuntu abantu basigaye binjira muri gare no mu masoko uko bishakiye badakarabye, bakegerana uko bishakiye nk’aho nta cyabaye? Maze iminsi numva radio, uzi ko  amezi ashize arenga abiri,  humvikana byibura abantu 30 bagaragayeho ubwandu  bwa Coronavirus. Uwo mubare ni mwinshi, ni ukuri  buri wese nabigiremo uruhare yirinde,  kandi arinde na mugenzi.

Mugenzi we Musabeyezu Cyprien,  ukora akazi ko gutwara abagenzi ku igare,  yishimira ko ingamba zorohejwe bagakomeza akazi agasanga hakiri kare ko abantu badohoka ku mabwiriza yo kwirinda.

Musabeyezu Cyprien,  ukora akazi ko gutwara abagenzi ku igare

Agira ati: “Nubwo  havuzwe ko agapfukamunwa katakiri ngombwa iyo umuntu agenda mu nzira, birakwiye ko  abantu bamenye y’uko kuba  mu ruhame, bigusaba kukambara igihe cyose mwaba muhuriye ahari abantu benshi.”

Musabeyezu avuga kandi ko hari bagenzi be batarabasha kwikingiza byuzuye n’abatarabasha kwishimangiza. Gusa ashimira abayobozi bo mu nzego z’ibanze n’urubyiriuko rw’abakorerabushake, uburyo  bashishikariza abantu kubyitabira.

Mutaganda Jean Paul  w’imyaka 20 ukora akazi ko kogosha mu Murenge wa Mayange,  avuga ko bakigerageza kwicaza abantu bahanye intera igihe babagannye bagiye kwiyogoshehsha.

Mutaganda Jean Paul  w’imyaka 20 ukora akazi ko kogosha mu Murenge wa Mayange

Umuganga ku bitaro bya Nyamata  mu Karere ka Bugesera, Dr. Ntahompagaze Cyrille, avuga ko guhindura imyumvire y’urubyiruko bidakunze koroha ariko akishimira ko  inzego z’ibanze zifatanyije n’abaganga barabigishije bakumva. Abayumvise kurusha abandi bagahinduka abafashamyumvire.

Umuganga ku bitaro bya Nyamata  mu Karere ka Bugesera, Dr. Ntahompagaze Cyrille

Umumuyobozi w’agashami ko gakurikirana ubwandu bwa COVID 19 mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima  RBC, Nkeshimana Menelas, avuga ko abatarikingiza babiterwa n’ibihuha bitandukanye.

Umumuyobozi w’agashami ko gakurikirana ubwandu bwa COVID 19 mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima  RBC, Nkeshimana Menelas

Ati “Mu bihe bya COVID-19, twahanganye cyane n’abakwizaga ibihuha byacaga intege  bagenzi babo babaga bashaka kwikingiza, aho bavugaga ko ukingiwe  ari umugore ashobora gukuramo inda akabyara uwapfuye,  cyangwa se bigatera uburemba n’ubugumba. Ubu nabwo rero wasanga hari abatarabyumva ariko ni ukubigisha kandi hagenda habaho iminduka abantu barikingiza.”

Mu Karere ka Bugesra abantu 354, 061 bamaze guhabwa urukingo rwa mbere, 192, 634 bamaze kwikingiza byuzuye naho 342, 810 bamaze gufata urwo gushimangira. 

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 18 Kanama 2022 iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame,  yongeye  kugumishaho ingamba zose zo gukumira ikwirakwira rya COVID 19.

E.Niyonkuru

Previous Post

Icyo Ubumwe Bw’u Burayi Buvuga Ku Mugambi W’u Rwanda Wo Kwakira Abazava Mu Bwongereza

Next Post

Guhagarika Imvugo Y’Urwango K’u Rwanda, Gushyiraho Umutwe W’Ingabo…Ibyavuye Mu Nama Yiga Ku Mutekano Muke Muri DRC

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Guhagarika Imvugo Y’Urwango K’u Rwanda, Gushyiraho Umutwe W’Ingabo…Ibyavuye Mu Nama Yiga Ku Mutekano Muke Muri DRC

Guhagarika Imvugo Y’Urwango K’u Rwanda, Gushyiraho Umutwe W’Ingabo…Ibyavuye Mu Nama Yiga Ku Mutekano Muke Muri DRC

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

0
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026

Recent News

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA