• Latest
Gasabo : Ubuyobozi bw’umurenge wa kacyiru n’ubw’Akagari ka Kibaza barashinjwa kwanga gutabara umuturage

Gasabo : Ubuyobozi bw’umurenge wa kacyiru n’ubw’Akagari ka Kibaza barashinjwa kwanga gutabara umuturage

April 20, 2022
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Gasabo : Ubuyobozi bw’umurenge wa kacyiru n’ubw’Akagari ka Kibaza barashinjwa kwanga gutabara umuturage

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
April 20, 2022
in izindi nkuru
0
Gasabo : Ubuyobozi bw’umurenge wa kacyiru n’ubw’Akagari ka Kibaza barashinjwa kwanga gutabara umuturage
0
SHARES
627
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Uwitwa Mukantwari Bonifirida, utuye mu mudugudu w’IHURIRO, Akagari ka KIBAZA, umurenge wa Kacyiru, Akarere ka Gasabo, arashinja ubuyobozi bw’umurenge wa Kacyiru bwose,  kumusiragiza  no kumuteragirana,  ubwo yabasabaga  kumusinyira kuri Raporo, kugira ngo   abashe kugeza  ikirego cy’ihohoterwa yagiriwe n’uwitwa Beatrice,   ku rwego rw’Ubugenzacyaha  “RIB”.

Uyu mugore uri mu kigero cy’imyaka 37,  atuye mu Kagari ka Kibaza, Umudugudu w’IHURIRO,   arashinja bikomeye Ubuyobozi bwose bw’umurenge wa Kacyiru kuva ku  muyobozi w’umudugudu MPIRANO Francois  bahimba BISARO, Umuyobozi w’Akagari Madame Emelyse Bukuru ndetse n’uw’u murenge Madame URUJENI Geretrude,  kuba baranze gusinya kuri Raporo yakozwe n’ushinzwe Umutekano mu  mu dugudu w’IHURIRO Bwana Mukunzi ngo ayijyane kuri RIB yari yayimutumye,  nyuma y’uko   Madamu  Beatrice ucuruza akabari, amukubise akamuvuna akaboko n’izindi ngingo z’umubiri,  amuhora ubusa.

UKO IKIBAZO GITEYE :

Mukantwari Bonifirida, avuga ko kuwa gatanu Tariki ya 15 Mata 2022 I saa yine za nimugoroba,  ubwo yari anyuze ku kabari kuwitwa Beatrice  agiye kunywayo  Fanta, yatunguwe no kwakirizwa ibitutsi  na Nyiri akabari, avuga ko yaba ngo yaramushinje kugira uruhare mu urupfu rw’Umudamu uherutse kwitaba Imana.

Bonifrida,  avuga ko yirinze kugira icyo yamusubiza na kimwe,  ariko bidatinze ngo yumva   akubiswe urushyi n’uwo mugore agize ngo arataka, abakozi be bakuriwe n’uwitwa IYABIGABO, baraza  nabo barahondagura kugeza ubwo ataye ubwenge.

Agira ati “Muri uko guhondagurwa n’abakozi be,  Beatrice yari ankandagiye   munda aho  ngaramye , bagakubita aho bashaka hose imigeri n’ibikoni bari bitwaje.

 Gusa  nakijijwe  n’abantu bahanyuze babasha  kuntabara,  nahaguruka mvirirana mu kanwa n’amazuru, akaboko n’imbavu zose bavunaguye.

Madamu Mukantwali Bonifirida wahohotewe akabura umutabara

Avuga ko yahise yiyambaza ushinzwe Umutekano mu mudugudu wabo witwa Mukunzi, na cyane ko ariwe ubafasha muri byinshi bitewe n’uko uyobora Umudugudu MPIRANO Francois  bakunze kwita BISARO atajya aboneka na rimwe.

Mukunzi uwo nguwo, yahise ngo amukorera Raporo y’Akarengane yagiriwe, ayigejeje kuri RIB, bamusaba ko yashyira Umuyobozi w’Agari akayisinyaho,  yamara kuyemeza ngo  akayigarura.

 Gusa MUKANTWARI ngo yababajwe n’uko Madame  Emelyse BUKURU Uyobora akagari kabo ka Kibaza, yahise amwohereza kwa Mudugudu, Mudugudu akamutera utwatsi, avuga ko  atasinya kuri Raporo yakozwe n’utabifitiye ububasha.

Avuga ko umuyobozi w’Akagari n’uyobora umudugudu banze kumusinyira kugeza ubwo asubiye kuri RIB, nabo bamubwira ko yajyana ikibazo ku Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kacyiru nawe wahise amushwishuriza avuga ko ntacyo yamufasha ko n’ubusanzwe ngo yabwiwe ko atari inyangamugayo, bityo abura uwamurenganura n’umwe atyo, nk’uko abyitangariza ubwe.

Mu gushaka kumenya impamvu uyu muturage atereranwa n’Abakamurenganuye aribo bayobozi be, Ikinyamakuru  Igisabo cyavuganye n’Umuyobozi w’Umudugudu w’Ihuriro kuri uyu wa gatatu Tariki ya 20 Mata 2022 Bwana Bisaro,  nyuma y’iminsi Itandatu umuntu akubiswe atararenganurwa.

MPIRANO Francois mu mpaka nyinshi adashaka kumva icyo Umunyamakuru amubaza, avuga ko adashobora na rimwe kwemeza na gato Raporo yakozwe  n’ushinzwe Umutekano,  kubera ko  yasanze ngo yuzuyemo amarangamutima.

Abajijwe icyo yakoze ngo akore raporo y’ukuri nk’umuyobozi, bityo nyiri ugukubitwa abone icyo atanga kuri RIB, avuga ko amasaha yahaye uwaregaga atayubahirije ngo yamugezeho  saa tatu z’ijoro.

Abajijwe niba isaha yose yatabarizwa n’umuturage urengana  atakwihangana ngo amwakire, avuga ko kubwe abona uvuga ko yakubiswe,  nta gihamya agaragaza cy’uko ari Beatrice wamukubise. Bityo akaba agiye kwikorera irye perereza,  abaze impande zombi ngo n’abatangabuhamya babibonye.

 Gusa uyu muyobozi  ntavuga igihe yabikoreraho, na cyane ko ashinjwa kutajya yita kubibazo by’abaturage ashinzwe.

Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kibaza Madame Emelyse BUKURU, abajijwe icyo avuga ku kibazo cy’umuturage watumwe na RIB Raporo igendanye n’urugomo yakorewe na mugenzi we icyumweru kikaba gishize ntacyo arakorerwa,  kimwe n’Umuyobozi w’Umudugudu w’IHURIRO, avuga ko iyo Raporo adashobora kuyemeza na gato, mu gihe ngo nta gihamya cy’uko uregwa ariwe wakubise koko  Bonifirida.

Agira ati :”Ntitwanze kumusinyira , ariko nasabye Umuyobozi w’umudugudu we,  gukurikirana icyo kibazo akazana raporo yuzuye yabajijwe impande zombi.

Abajijwe impamvu badaha agaciro Raporo yakozwe n’ushinzwe umutekano wageze aho icyaha cyaberereye ndete mu mwanzuro we akaba asaba inzego zimukuriye gukurikirana icyo kibazo, Umuyobozi w’Akagari,  yahise akupa Telefoni ye ngo nitumureke yiyakirire abantu.

Bwana Mukunzi, ushinzwe umutekano mu mudugudu w’IHURIRO, wakoze Raporo ikinyamakuru Igisabo gifitiye Kopi,  avuga ko ubwe yageze aho Bonifirida yakubitiwe.

Ushinzwe umutekano yakoze raporo igaragaza akarengane ka Mukantwari, iteshwa agaciro n’ubuyobozi

Avuga ko yakoze Raporo nk’umuntu ushinzwe umutekano,  bityo akaba atumva impamvu abamukuriye batayiha agaciro ngo uwarenganye arenganurwe.

Agira ati “ nk’umuntu wari wansabye ko agiye gutanga ikirago cy’urugomo yakorewe, nakoze raporo nshingiye  ku byo yambwiraga n’ibyo niboneye mpageze. Byongeye kandi nabonaga n’inguma yatewe n’abamukubise, nsobanura uko ikibazo giteye, ibindi sinabibazwa.

Ikindi nababwira ni uko ubu tuvugana,  namaze gusabwa n’Umuyobozi w’Umudugudu MPIRANO Francois bahimba  Bisaro, ko nahindura Raporo nakoze, nkabaza ngo  impande zombi, mugihe nari nzi ko  atari uru rubanza, byakagombye kuba amakuru yakorohereza inzego z’ubutagera zizakurikirana ikibazo mu mizi. Gusa ngiye kubikora nk’uko nabisabwe,  ariko jye numvaga kurenganura uwahohotewe byari mu nshingano zanjye.

Umuyobozi  w’Umurenge wa Kacyiru Madame URUJENI Geretrude,  n’ubwo bwose yavugiraga kuri Telefoni ye igendanwa igihe kirekire, Umunyamakuru yamuhamagaye inshuro eshanu,  mu bihe bitandukane ariko ntiyabasha kutwitaba.

Mu butumwa bugufi yandikiwe ngo avuge icyo yafasha umuturage uri kurengana, akaba atari guhabwa ubutabera bivuye ku umwete muke w’Abayobozi be, mu butumwa bugufi yanditse  agira

 ati “ Sorry twagize ibyago sindiho mboneka ariko namufashije”

Madame Urujeni Geretrude uyobora umurenge wa Kacyiru arashinjwa gutererana umuturage we

Ngibyo ibyo twatangarijwe n’uwo Muyobozi byonyine , mu gihe nyiri kumugana ariwe Madame MUKANTWARI, avuga ko yatutswe n’uwo muyobozi w’Umurenge,  amwita umuntu udashobotse n’andi magambo y’urukozasoni ngo agambiriye kumutesha agaciro no kumubwira ko yareka kubeshyera abantu.

Amakuru yageze ku Kinyamakuru Igisabo ubwo hategurwaga iyi nkuru, ni avuga ko wa Muyobozi w’Umudugudu bita MPIRANO Francois bahimba  BISARO, yaba ngo yiriwe kwa Beatrice wakubise MUKANTWARI,  amusaba ko yakumvikana n’umurega ngo ntibikomeze gukururana.

Ibyo gusaba kwiyunga kandi yaba ngo   yaje no kubibwira Madame Mukantwari  yanze guha ubutabera.

Bivugwa ko Mukantwari yamubwiye ko kuba icyumweru cyose gishize yaramwimye ubutabera , yumva atari cyo gihe yasabirwaho ubwiyunge,  mu gihe bavugaga ko nta gihamya cy’uko yakubiswe n’uwo basabira kwiyunga.

Andi makuru yatanzwe n’abatuye mu mudugudu w’IHURIRO ni uko umuyobozi wabo MPIRANO Francois bakunze kwita BISARO, yaba ngo atajya aboneka na rimwe ngo afashe abaturage bamugiriye icyizere. Bityo bakibaza impamvu adasimburwa, ngo hajyeho umuntu ushoboye na cyane ko yaba  anakunze ngo kugaragaraho ingeso mbi zirimo ubusinzi na Ruswa.

Ni kenshi bamwe mu bayobozi b’Inzego z’ibanze bakunze kunengwa kudakorera abaturage bashinzwe ibyo babifuzaho,  mugihe nyamara babwirwa n’ababakuriye ku urwego rw’igihugu,  guha  umuturage Serivise uko ayishaka, na cyane ko baba barahawe ako kazi kubera n’ubundi uwo muturage birengagiza nkana.

Previous Post

Kimisagara: Abatutsi barishwe baribwa ku mishito muri Genocide yakorewe Abatusi mu 1994

Next Post

Itsinda ry’Abarimu ryaje kwigisha abandi mu Rwanda Igifaransa

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Itsinda ry’Abarimu ryaje kwigisha abandi mu Rwanda Igifaransa

Itsinda ry'Abarimu ryaje kwigisha abandi mu Rwanda Igifaransa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA