• Latest
Gasabo: Master Beauty Products Ltd yamaze kuba igisubizo cy’isuku y’umubiri n’iyibikoresho byo mu rugo

Gasabo: Master Beauty Products Ltd yamaze kuba igisubizo cy’isuku y’umubiri n’iyibikoresho byo mu rugo

November 23, 2021
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Gasabo: Master Beauty Products Ltd yamaze kuba igisubizo cy’isuku y’umubiri n’iyibikoresho byo mu rugo

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
November 23, 2021
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Ubukungu
0
Gasabo: Master Beauty Products Ltd yamaze kuba igisubizo cy’isuku y’umubiri n’iyibikoresho byo mu rugo
0
SHARES
622
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu murenge wa Ndera, Akagari ka Masoro mu Karere ka Gasabo niho uruganda rwashyiriweho gufasha abanyarwanda kubona ibikoresho by’isuku birimo amavuta  n’amasabune y’ubwoko bwose bikoreshwa ku mubiri ndetse n’akoreshwa mu isuku yo mu rugo ruherereye,  ibi ni ibyishimirwa na benshi kubera ko bitakiri ngombwa ko hambukwa imipaka y’ibihugu byo hanze hashakishwa amavuta n’amasabune y’isuku kandi Master Beauty Products ari cyo yaziye.

Bwana Kagabo Jackson Umuyobozi Mukuru wa Master Beauty Products avuga ko Uruganda ahagarariye rwashingiwe abanyarwanda bose kugira ngo ikibazo cy’isuku kirusheho kuvugutirwa umuti ukwiriye bityo abantu babona amavuta yo kwisiga y’amoko yose, amasabune yaba ay’ifu ndetse n’ay’amazi ari akoreshwa ku ruhu rw’umubiri w’umuntu n’isuku y’ibikoresho byo mu rugo, mu mazu, mu gikoni n’ahandi.

Avuga ko Master Beauty Products yakirijwe na yombi na benshi bitewe ahanini n’uko abanyarwanda basigaye bishimira gukoresha iby’iwabo bizwi nka Made in Rwanda na cyane ko biba byasuzumanywe ubuhanga n’ababishinzwe bo  mu kigo cy’igihugu cy’ubuziranenge RSB mbere yuko bigezwa ku isoko.

Agira ati « Uru ni Uruganda rutunganya amavuta n’amasabune bikenerwa na benshi kugira ngo duharanire ko u Rwanda rwacu rukomeza kurangwa n’abanyarwanda beza bakeye ku mubiri, aho batuye, ibyo bakoresha ku kazi no mu rugo iwabo,  bityo buri wese agakomeza kurangwa n’umucyo kuri byose kandi ntituzatezuka tuzakomeza kubatunganyiriza ibyiza. 

  • Isabune ikorwa n’uruganda Master Beauty Products

Bwana Kagabo Jackson, avuga ko uruganda rwabo rumaze imyaka umunani rukora akazi karwo neza kuko rwashinzwe mu 2013, hagamijwe ahanini guteza imbere bene rwo, kuzamura agace ka Masoro uruganda ruherereyemo n’abahatuye bahabwa akazi ndetse no gushyira mu bikorwa ibyo yize mu ishuri kuko mu masomo yize harimo n’ibigendanye n’iterambere.

Avuga ko muri Master Beauty Products Ltd  bafite ubwoko butandukanye bw’amavuta n’amasabune bakora,  ku buryo kino gihe ubwoko buri ku isoko kandi bukunzwe na benshi bugera kui 18, hakaba hari n’andi moko menshi ari mu igeragezwa kugira ngo nayo ashakirwe ibyangombwa by’ubuziranenge bityo nayo ashyirwe ku isoko.

Amwe mu moko atandukanye ari ku isoko kandi akunzwe na benshi muri kino gihe akorwa na Master Beauty Products  ni Liquidy Detergent, Gelycerine, Hair Shampoo, Hair Conditioner, Petroleum Jelly, Hair Gel, Disinfectant, Glass Cleaner, Hand Washing Soap, Tilecleaner n’andi moko menshi kubera ko bafite amoko agera kuri 18 ari ku isoko muri bino bihe.

Ku bigendanye n’isoko bagurishirizamo umusaruro wabo kandi, Bwana Kagabo avuga ko bafite isoko rihagije mu gihugu hose bitewe ahanini n’uburyo amavuta n’amasabune bakora akunzwe na benshi ku isoko ku buryo mbere y’icyorezo cya Covid-19 bari bafite n’isoko rinini ryo mu bihugu by’abaturanyi.

Gusa bakizera ko igihe icyo cyorezo cyaramuka gitsinzwe burundu nta kabuza abakunzi b’ibyo bakora baziyongera ndetse hanongerwe n’ingano n’agaciro y’ibyo bakora kurushaho.

Ku bigendanye n’abakozi uruganda rukoresha, avuga ko bafite abakozi bagera kuri 20 kandi bose bahembwa neza, nabo ubwabo bakaba ngo bashimishwa no kuba barabonye akazi kabafasha mu mibereho ya buri munsi n’imiryango yabo.

Uruganda kandi ngo ruri no guhugura urubyiruko bahawe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe TVTs, kugira ngo nabo bige bazabashe kwihangira imirimo bamaze kwiyungura ubumenyi.

Ikindi avuga cy’akarusho karimo muri abo bana ngo harimo ab’impunzi nabo bari kwihugura bakaba ngo bishimiye kumenya umwuga uzabafasha mu buzima bwabo buri imbere.

Uretse guhembwa neza kandi  no guhabwa ibyo abakozi bagenerwa n’amategeko, abakozi bakoresha ngo bahabwa ifunguro ku kazi ryaba irya mu gitondo n’irya saa sita ndetse n’umukozi uhuye n’ikibazo agafashwa kugikemura mu buryo bworoheje. 

Ruzindana Emmy ni umukozi ushinzwe umusaruro muri Master Beauty Products, avuga ko yishimiye kuba akora mu ruganda rufata neza abakozi rukoresha kandi akishimira umusaruro uva mu byo bakora cyane ko biba bikoranywe ubuhanga byujuje n’ubuziranenge busabwa.

  • Bimwe mu bikoresho bikorwa n’uruganda Master Beauty Products

Avuga ko ibanga bakoresha kugira ngo bakore ibitunganye kandi bikunzwe birimo amavuta, amasabune n’ibindi,  ari ugukorana umurava no gukunda akazi badatezuka kugira ngo abakiriya babagana basange umusaruro w’ibyo bifuza byose uhari kandi ari mwinshi. 

Ni muri urwo rwego asaba bagenzi be bakorana, gukora batikoresheje kugira ngo ubuyobozi bwabo busanzwe bukora ibishoboka byose kugira ngo babeho neza, haba ku mishahara n’ibindi byinshi bagenerwa, bakaba bagomba kwerekana umusaruro ushyitse w’ibyo bakora kandi buri munsi.

Ku bigendanye n’imikorere n’imyungukire y’uruganda Master Beauty Products, Bwana Kagabo Jackson avuga ko n’ubwo uruganda rwabo  rukora neza ndetse n’umusaruro w’ibyo bakora ukaba ukunzwe ku isoko,   mu by’ukuri ngo  hari n’ikibazo cy’uko umusaruro ukorwa atari ko wose bawubonera isoko,  bitewe ahanini n’icyorezo cya Covid-19 cyagiye gica intege bimwe mu bikorwa by’ishoramari muri rusange.

Ni muri urwo rwego, asaba ndetse akanahamagarira abantu benshi gukunda no gukoresha amavuta n’amasabune by’ubwoko butandukanye bikorerwa  muri Masters Beauty Products kubera ko ari meza kandi yujuje ubuziranenge busabwa bwose.

Akomeza asaba abanyarwanda bose gukomeza kurushaho gukunda ibikorerwa mu Rwanda kubera ko bitakiri ngombwa gutega indege n’amamodoka n’ubwato ngo bambuke imipaka y’u Rwanda  bajya gushaka amavuta meza n’amasabune kandi muri Master Beauty Products barabikemuye, cyane ko ariho aboneka kandi mu buryo bwiza  bunahendutse. 

Indi ngorane Bwana Kagabo avuga isa nibangamiye ishoramari ryabo mu buryo bugaragara,  ni iby’uko Ibikoresho by’ibanze bakoresha kugira ngo umusaruro ube mwiza kandi unyure abaguzi,  biva byose mu bihugu bya kure nk’Ubushinwa, mu Buhinde no mu bindi bihugu byo hanze,  ibiciro byabyo muri kino gihe bikaba byarahenze mu buryo buri hejuru cyane.

Avuga ko kubera iryo zamuka ry’ibiciro by’ibyo bikoresho byibanze bituma nabo ubwabo ibyo bakora bisohoka bifite agaciro kari hejuru kabangamira umuguzi ugitekereza ko ibiciro bya mbere ya Covid 19 ari byo bikiriho kandi byarazamutse,  bikaba ngo ari mbogamizi mu byukuri zagombye gukemurwa n’inzego zibishinzwe cyane ko izo mbogamizi  ziyongeraho n’imisoro iri hejuru.

Bwana Kagabo Jakson,  asoza ashimira Leta y’ u Rwanda ikomeje gushyigikira no guteza imbere abikorera muri rusange.

Ashimira kandi abakiliya bose bakorana bo mu bice bitandukanye by’igihugu, bityo agasaba n’abandi bose bifuza kurangura no gucuruza ibikorwa n’uruganda rwa Master Beauty Products kubagana ari benshi kugira ngo babashe kugeza ku banyarwanda amavuta, amasabune n’ibindi birimo amasabune  yifashishwa mu masuku atandukanye mu buryo buhendutse kandi ngo muri Master Beauty Products, Umukiliya akaba ari Umwami.

Uruganda rukora amavuta n’amasabune by’ubwoko butandukanye rwa Master Beauty Products Ltd,  ni Uruganda ruherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera, Akagari ka Masoro, Umudugudu wa Mubuga hafi neza yo mu Cyanya cyahariwe Inganda,  winjiriye ku gahanda ko kwa Nayinzira kajya mu nganda.

Ni Uruganda rukora amasaha 24 kuri 24.  Abifuza bose kurangura no gucuruza ibihakorerwa  cyangwa se bakeneye n’ibindi bisobanuro bashobora guhamagara kuri Telefoni  0788309691 maze mukaba muzakirwa neza n’ababishinzwe.

Previous Post

Gasabo : Umurenge wa Jali ukomeje gushegeshwa no kutagira imihanda

Next Post

U Rwanda rugiye kwakira inama y’inteko z’abahagarariye ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza muri Afurika

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
U Rwanda rugiye kwakira inama y’inteko z’abahagarariye ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza muri Afurika

U Rwanda rugiye kwakira inama y'inteko z'abahagarariye ibihugu bikoresha ururimi rw'icyongereza muri Afurika

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA