• Latest
Ikipe ya Patriots BBC yimanye u Rwanda imbere ya perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Emmanuel Macron w’ubufaransa

Ikipe ya Patriots BBC yimanye u Rwanda imbere ya perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Emmanuel Macron w’ubufaransa

May 28, 2021
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026
Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

July 11, 2026
Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

July 11, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

July 13, 2026
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO Siporo

Ikipe ya Patriots BBC yimanye u Rwanda imbere ya perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Emmanuel Macron w’ubufaransa

admin by admin
May 28, 2021
in Siporo
0
Ikipe ya Patriots BBC yimanye u Rwanda imbere ya perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Emmanuel Macron w’ubufaransa
0
SHARES
372
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni kuri uyu wa kane ubwo hari hategerejwe umukino wa ¼ cy’irangiza mu irushanwa rya Basketbal African League (BAL) riri kubera mu Rwanda (Kigali Arena), aho ikipe ya Patriots bbc ihagarariye u Rwanda yagombaga gukina na Ferroviário de Maputo yo muri Mozambique uyu mukino ukaba waje kurangira ikipe ya Patriots BBC itsinze Ferroviário de Maputo ku manota 73 kuri 71ya Ferroviário de Maputo.

Keneth Gasana wa patriots niwe watsinze amanota menshi muri uno mukino

Uyu mukino wagaragayemo guhangana kuri ku rwego rwo hejuru, waje kuba injyana muntu ubwo nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda yinjiraga muri Kigali Arena ari kumwe na perezida w’ubufaransa Emmanuel Macron ndetse n’abandi banyacyubahiro batandukanye, maze abakinnyi ba patriots BBC bahita bamera nkabariye amavubi.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Emmanuel Macron w’ubufaransa bihereye ijisho uno mukino w’indyankurye

Umukinnyi GASANA Keneth na kapiteni we Mugabe Aristide bombi ba Patriots BBC ni bamwe mu bakinnyi bigaragaje maze bafasha ikipe yabo kwimana u Rwanda imbere ya perezida wa repubulika.

Kapiteni wa Patriots BBC Mugabe Aristide yitwaye neza muri uno mukino afasha ikipe ye kubona itsinzi ku munota wanyuma

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri kuva kuri uyu wa Kane, yitabiriye uyu mukino wa ¼ cya Basketball Africa League ari kumwe na Perezida Kagame.

Nyuma yo kugera muri Kigali Arena mu gace ka mbere k’umukino, Perezida Kagame na Macron, bombi bicaye mu myanya isanzwe yicarwamo n’abafana hafi y’ikibuga, bari kumwe na Masai Ujiri uyobora Toronto Raptors yo muri NBA.

Masai Ujilii uyobora Toronto Raptors yo muri NBA. aganira na perezi Paul Kagame

Nk’uko bimeze kuri VISIT RWANDA, Ikigo cy’Abafaransa gishinzwe Iterambere (Agence Française de Développement, AFD) ni kimwe mu bafatanyabikorwa icyenda b’irushanwa rya Basketbal Africa League riri kuba ku nshuro ya mbere.

Patriots BBC yari imbere y’abafana bagera ku 1700 bitabiriye uyu mukino muri Kigali Arena, yatsinze agace ka mbere ku manota 24-15 ibifashijwemo n’abarimo Kenneth Gasana wakinnye neza uyu munsi.

Patriots BBC yarifite abafana bari bayishyigikiye, bakayitera ingabo mu bitugu

Ferroviário de Maputo ifite abakinnyi igenderaho bakomeye barimo Álvaro Masa, Demarcus Holland na Myck Kabongo, n’ubundi bongeye kuyifasha mu mukino wo kuri uyu wa Kane, itsinda agace ka kabiri ku manota 24-18, amakipe yombi ajya kuruhuka harimo ikinyuranyo cy’amanota atatu (42-39).

Nubwo Patriots BBC yigeze gushyiramo ikinyuranyo cy’amanota 11 (51-40) mu minota ya mbere y’agace ka gatatu, Ferroviário de Maputo yayoboye umukino habura iminota ibiri ngo karangire (54-55) mu gihe iminota 10 ya nyuma yatangiye harimo ikinyuranyo cy’amanota atatu (54-57).

Myck Kabongo wa Ferroviário de Maputo na Sagamba Sedar wa Patriots BBC

Nk’uko byagenze ku mukino wa GNBC wahesheje Patriots BBC kurenga icyiciro cy’amatsinda, iyi kipe ihagarariye u Rwanda yitwaye neza mu gace ka nyuma.

Amanota icyenda ya Mugabe Aristide watsinze atatu inshuro eshatu yikurikiranya, yafashije Patriots BBC kongera kuyobora umukino (66-61) habura iminota itanu ngo umukino urangire.

Patriots BBC yongeye gutanga ibyishimo ku banyarwanda ndetse no kuri Perezida wa Repubulika y’u Rwanda nabo bari barikumwe

Álvaro Masa wa Ferroviário de Maputo, Aristide Mugabe na Kenneth Gasana ba Patriots BBC, bagize uruhare mu gutuma amakipe yombi ajya mu minota ibiri ya nyuma anganya amanota 70-70.

Byarinze bigera mu minota yanyuma nta kipe n’imwe irizera intsinzi

Habura amasegonda atatu ngo umukino urangire, Adjehi Baru wa Ferroviário de Maputo yahawe lancer franc ebyiri, ahushamo imwe, byatumye ikipe ye inanirwa gukuramo amanota abiri yarushwaga na Patriots BBC mbere y’uko Kenneth Gasana yongeramo irindi nota kuri lancer franc, umukino urangira ari 73-71.

Masai Ujili wabaye umukinnyi ukomeye ku rwego rw’isi yanyuzagamo agasobanurira abayobozi bakuru uko umukino wifashe

Kenneth Gasana watsinze amanota 23 muri uyu mukino, ni we winjije menshi, akurikiwe na kapiteni we, Mugabe Aristide, watsinze 18.

Gutsinda uyu mukino byatumye Patriots BBC igera muri ½ cya BAL 2021, aho izahura na US Monastir yo muri Tunisia, yo yatsinze AS Douanes yo muri Sénégal amanota 86-62 mu mukino wabanje kuri uyu wa Kane.

Perezida wa repubulika Paul kagame yitegereza aho amanota ageze n’iminota isigaye ngo umukino urangire

Patriots na US Monastir zari kumwe mu itsinda A, aho iyi kipe yo muri Tunisia yatsinze iyo mu Rwanda.

Undi mukino wa ½ na wo uzakinwa ku wa Gatandatu, uzahuza Zamalek yo mu Misiri na Petro de Luanda yo muri Angola, zombi zatsinze imikino yazo ya ¼ ku wa Gatatu.

Abanyacyubahiro bari benshi kuri uno mukino

Umukino wa nyuma w’iri rushanwa ryitabiriwe n’amakipe 12 yo mu bihugu 12 bya Afurika, uzakinwa ku Cyumweru tariki ya 30 Gicurasi 2021.

Gasana wa Patriots BBC yagoye cyane ikipe ya Ferroviário de Maputo
Feroviario de Maputo yanyuzagamo ikazonga ikipe ya Patriots BBC

Dore uko umukino wose wagenze n’uburyo abayobozi bari bafite akanyamuneza

Inkuru ya : NDAYISABA Eric

src: igihe.com

Previous Post

REASONS WHY YOU SHOULD CHOOSE FINEX PRODUCTS

Next Post

Umuhanzi Rango King uzwi cyane mu ndirimbo zo kwibuka yanejejwe n’ijambo rya Perezida Emmanuel Macron w’ubufaransa kuko risubiza indirimbo yahimbye yitwa Musabe Imbabazi

admin

admin

Next Post
Umuhanzi Rango King uzwi cyane mu ndirimbo zo kwibuka yanejejwe n’ijambo rya Perezida Emmanuel Macron w’ubufaransa kuko risubiza indirimbo yahimbye yitwa Musabe Imbabazi

Umuhanzi Rango King uzwi cyane mu ndirimbo zo kwibuka yanejejwe n’ijambo rya Perezida Emmanuel Macron w’ubufaransa kuko risubiza indirimbo yahimbye yitwa Musabe Imbabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

0
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026

Recent News

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA