• Latest
Bugesera : babiri bakubiswe n’inkuba nta mvura iri kugwa

Bugesera : babiri bakubiswe n’inkuba nta mvura iri kugwa

February 8, 2021
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026
RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

September 5, 2026
Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

September 1, 2026
Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

August 28, 2026
NAEB irahemba ikawa zahize izindi

NAEB irahemba ikawa zahize izindi

August 28, 2026
Ibitaro bya Masaka byatashywe

Ibitaro bya Masaka byatashywe

August 28, 2026
Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

August 28, 2026
Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

August 28, 2026
Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

August 28, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Bugesera : babiri bakubiswe n’inkuba nta mvura iri kugwa

admin by admin
February 8, 2021
in Amakuru
0
Bugesera : babiri bakubiswe n’inkuba nta mvura iri kugwa
0
SHARES
314
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni m’umurenge wa Rilima akagari ka Kimaranzara, umudugudu wa Kimaranzara n’uwa Byimana, aho inkuba yakubise abantu babiri mu ngo ebyiri mu munsi ibiri .

Mu ijoro ryo kuwa 04 Gashyantare 2021 I saa mbiri z’ijoro nta mvura na nke iri kugwa inkuba yakubise igiti cya Greveria cy’uwitwa Bahati hafi ya centre ya Kimaranzara kiza guhinduka imyase .  Umuturage ucumbitse mu nzu y,uwo Bahati Kawera Marie Chantal avuga ko yumvise ikintu gikubise bose bagwa igihumura.

Agira ati”ikintu cyarakubise kandi nta mvura iri kugwa uretse imirabyo Micye yarabyaga, umwana wari uri hanze twikanze ko ariwe inkuba ikubise   yiruka ahumeka insigane tuzanzamutse nibwo twasanze ari igiti cya Greveria kitwegereye yakubise, ariko cyahindutse imyase amababi yumagaye abantu nabo bamaze kuhagera kureba ibyabaye.”

 Avuga ko mu by’ukuri byabatwaye  iminota nk’10 ngo babashe kugarura ubwenge. Umwana bivugwa ko yari hafi y’igiti cyakubiswe n’inkuba muri metro 3 gusa avuga ko kubwe yabaye umurame kubera ko yagushijwe n,iyi nkuba.  Agira ati “nari mvuye hanze gato ikintu kirakubita nitura hasi ngenda niruka ntazi iyi ngana, mpita nicara ariko nzi ko napfuye ubwo byarangiye ndi umurame kuba yarasije igiti nkasigara.”

Abaturanyi b,uyu muryango washwe n,inkuba nk,uko babyita nabo ntiyabarebeye izuba kuko imyase yavuye kuri icyo giti ngo yagendaga ivuza ubuhuha ikikubita hejuru y,ibisenge by,amazu yabo umwe muri bo arakomereka ndetse ngo na Television zimwe zarahiye.

Uwitwa Mutimukeye Claudine avuga ko yari ari kwiga amaze koga ari muri Salon yumva ikintu kimwituyeho gishyushye ahita yikubita hasi yubamye.  Agira ati”sinamenya ibyabaye kuko cyankubiswe amaboko ndarabirana mbyutswa n,abaje gutabara. Aho nzanzamukiye nasanze ari umwase munini wamennye igisenge ungwaho wari ufite umuvuduko ukabije.”

Mutimukeye Claudine wakomerekejwe n’umwase wavuye ku giti cya kubiswe n’inkuba

Ntabwo ari izi ngo ebyiri gusa zahuye n’iri sanganya  kuko izirenga eshanu nazo zahuye n,ingaruka z,iyi nkuba nkuko umunyamabanga nshingwabikorwa w,Akagari ka Kimaranzara Bwana Mugenzi Innocent abivuga.

Agira ati” twarumiwe natwe n,ibi bintu byabaye mu gace kacu aho inkuba kubita ibintu n,abantu mugiye bitari bimenyerewe mu Bugesera. Abakomeretse ni abantu babiri umwe wa Kimaranzara n,undi w.ahitwa mu Byimana bajyanwe kwa muganga. Amazu amwe nayo yagiye agubwaho n,ibiti inkuba yasaga ariko    ntiyasenyutse bikabije” Bwana  Mugenzi Innocent Avuga ko igikenewe ari uko abaturage batakwirara ngo mu misozi migufi nta nkuba zihaba bakajya birinda kujya hanze mu gihe   Hari imirabyo bakanirinda gucana ibyuma bikurura inkuba byoroheje nka Radio,  amatelevision, Filigo n,ibindi.

Burya Koko ibyago ntibisigana. Mugihe bene kwangirizwa n,inkuba yabakubise mu ijoro ryo kuwa 05 Gashyantare, umunsi wakurikiyeho I saa kumi za nimugoroba, mu birometero bitarenze bitanu mu mudugudu wa Byimana mu kagari kamwe, mu kavura gake katagira imirabyo, umukecuru Mukaneza Laurence  nawe ngo yahise akubitwa n,inkuba ubwo yinjiraga mu nzu avuye kwanura imyenda. Bivugwa ko iyi nkuba yakubitiye mu kirahure itakimennye itwika Rideau yari imbere yaryo izimywa n,umwuzukuru we umukecuru akumbagurika hasi.

Mukaneza Laurence nawe inkuba yari imuhitanye imana ikinga akaboko
Indi nkuba yakubitiye mu kirahure itwika Rideau yari imbere

Ikinyamakuri igisabo kugera murugo rw,uwo mukecuru mu gitondo cyo kuwa 07 Gashyantare, twasanze avuye kwivuza ibisare yasigiwe no kwikubita hasi ubwo yikangaga iyi nkuba yinjiye mu rugo aruhagaze iruhande akinga.

Agira ati”nari maze kwanura imyenda kuko nabonaga imvura Isa mugiye kugwa ndigushyiramo Ivero y,urugi ikintu kirakubita ngwa jason ibyakurikiyeho simbizi.”

Uyu mukecuru uri mukigero cy,imyaka 75 irenga, avuga ko yazanzamutse arikuva amaraso mu mazuru amaboko n,imbavu biri guhinda umuriro ari nayo mpamvu yazindutse ajyanwa kwa muganga nk,uko bishimangirwa n,umwuzukuru we Dushimimana Moise umurwaje.

Kubirebana niba umuhango wa kinyarwanda bita kugangahira ibyakubiswe n,inkuba, abahuye n,iki kibazo bavuga ko babonye umuvuzi wa Gihanga wabavugutiye umuti babona kwiruhutsa ari nabwo ngo bahawe uburenganzira bwo gucana imyase yashijwe n,inkuba ubwayo nta shoka ikozeho namba.

nyuma y’umuhango wo kugangahura, imyase y’igiti cya kubiswe n’inkuba abaturage bayicanye

Ikinyamakuru igisabo kifuje kumenya icyo abashinzwe iteganyagihe babivugaho kuba inkuba yakubise ibintu nta mvura igwa cyangwa se niba Hari ubutumwa bagenera abatuye mu duce tw,imisozi migufi cyane nko mu Ntara y,I Burasirazuba bibeshyaga ko nta kibazo cy,inkuba gihari, ariko Umuyobozi mukuru ari nawe ngo usigaye yitangira amakuru atubwira ko muri week end ntaburyo bwo kuyatanga buhari. Twagerageje no kwandikira ushinzwe itangazamakuru tumuha ibyo yatubariza ariko kugeza dusohora iyi nkuru twari tutarasubizwa.

Inkuba yakubise igiti ikigira imyase

 Ibyo ari byose ikibazo cy,inkuba zikubita abantu zikangiza na byinshi kimaze kuvugwa inshuro nyinshi mu Rwanda, abaturage bagasaba abashinzwe ubumenyi bw,ikirere kujya bababurira hakiri kare ndetse bamwe bakanifuza ko hajyaho ikigega cyihariye cyajya gifasha abagizweho ingaruka Zituruka ku nkuba cyane ko Iza bitunguranye.

Umwase wavuye ku giti cyakubiswe n’inkuba wasenye igisenge cy’inzu y’umuturage, ibati rigwa mu nzu imbere

E. Niyonkuru

Previous Post

Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

Next Post

Bugesera: hashyizweho ingamba yo gukomeza gukumira ikwirakwira rya covid 19

admin

admin

Next Post
Bugesera: hashyizweho ingamba yo gukomeza gukumira ikwirakwira rya covid 19

Bugesera: hashyizweho ingamba yo gukomeza gukumira ikwirakwira rya covid 19

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

0
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026

Recent News

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA