Abaganga bavura bakoresheje imiti y’umwimerere ndetse n’inyongeramirire batangaza ko ubu hari indwara zari zarananiranye ariko ubu zishobora kuvurwa n’imiti y’umwimerere zigakira burundu, ndetse hakwiyambazwa inyongeramirire mu gukumira indwara zitandukanye.
Muganga Nyirashumbusho Assia ukorera mu karere ka Huye yagize ati’’abantu benshi bagira uruhare mu kurwara indwara zitandukanye bitewe nuko hari abadaha agaciro ibyo barya, gukora siporo, kunywa ibifasha umubiri n’ibindi, ubu Asia yemeza ko imiti y’umwimerere ivura kurusha indi miti yose kuko ivura n’indwara imiti ya kizungu idapfa kuvura.
Uyu muganga atangaza ko afite ubushobozi bwo kuvura indwara zikurikira:
Impyiko,umuvuduko w’amaraso,kuribwa cg kuvunika umugongo,bavura uburemba, bavura abagabo bacika intege mu gihe cyo gutera akabariro no kongera ubushake,bavura indwara zo mumyanya myibarukiro ku bagabo n’abagore, bavura ubugumba ku bitsina byombi.
Ibi kandi Assia abihuriyeho na Muganga Eric Issa Mbyayingabo ukorera mu mugi wa Kigali aho nawe yemeza ko babasha kuvura indwara zikunze kuzonga abantu, kandi barazivura zigakira burundu ndetse bagakumira n’izindi bakoresheje inyongeramirire.
Ushobora gukira umubyibuho ukabije,wakira indwara y’imitsi, igifu,amibe,teniya, kujojoba ku bagore, diabete,kanseri, umutima, kwibagirwa,indwara z’uruhu,umutwe ukabije,indwara z’ubwonko, kubura apetit, indwara z’ubuhumekero, bongerera ubudahangarwa umubiri, imiti igabanya ubukana bw’agakoko gatera sida,angine, sinuzite, kurwanya uruhara rw’imburagihe, kurinda uruhu gusaza imburagihe n’ibindi bibazo byose waba ufite.
Ukeneye ubufasha wahamagara kuri 0782511443 cyangwa ukatwandikira kuri Email: ndayisabaeric501@gmail.com tukaguhuza nabano baganga b’inzobere.
Inkuru ya : Ndayisaba Eric
umunyamakuru wa Igisabo.rw
Contact : 0782511443/0729913413