Bidasubirwa ho Ishyaka PDI rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w’Igihugu
Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI ryatangaje ko rizashyigikira Umukandida Paul Kagame watanzwe n'Umuryango RPF Inkotanyi mu matora ya Perezida wa...
Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI ryatangaje ko rizashyigikira Umukandida Paul Kagame watanzwe n'Umuryango RPF Inkotanyi mu matora ya Perezida wa...
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko yishimira kuba Inteko y’u Bwongereza yashimangiye ko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, nta gikwiye...
Abagize icyiciro cya mbere cy’Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza batoye bwa nyuma gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, bagaragaza ko...
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko yanyuzwe n’intsinzi ishimishije Ikipe ya Arsenal FC yihebeye yakuye kuri Chelsea FC nyuma yo kuyinyagira...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, General Mubarakh Muganga yagiriye uruzinduko muri Jordan, yakirwa na mgenzi we ukuriye Ingabo z’iki Gihugu,...
Perezida Paul Kagame yagiranye ikganiro kuri telefone na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macon, cyagarutse ku ngingo zinyuranye zirimo umuti w’ibibazo...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko kuri Kiliziya ya Ste Famille, bavuga ko banyuze mu nzira y’umusaraba ariko ko nyuma y’imyaka 30...
Mu Rwanda indwara ya Malariya yagabanutse ho 90% kuva mu mwaka wa 2017 kugeza 2023,dore ko mu myaka 6 ishize...
Umuyobozi Umukuru w’Urwego rw’Ubutasi bw’Igisirikare cya Israel, Maj Gen Aharon Haliva yeguye ku mirimo ye, bimugira umuyobozi wa mbere, mu...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Mayaga ya Ntongwe batangaje ko inzu izubakwa ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kinazi bifuza ko...
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA










