• Latest
Rwanda-Burundi imipaka yafunguwe

Rwanda-Burundi imipaka yafunguwe

November 9, 2022
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Rwanda-Burundi imipaka yafunguwe

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
November 9, 2022
in Amakuru, IMYIDAGADURO, POLITIKE
0
Rwanda-Burundi imipaka yafunguwe
0
SHARES
259
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni Karibu Mutama! Murakaza neza! Iyi ni yo ntero n’inyikirizo mu Kayanza no mu Kirundo, ugikandagiza ikirenge mu Burundi, igihugu cyatuwe intwari Ntare I Kivimira Savuyimba Semunganzashamba Rushatsi Cambarantama. Urukumbuzi n’akanyamuneza ni byose hagati y’Abanyarwanda n’Abarundi bari bamaze imyaka irindwi badasurana kubera imipaka yari ifunze.

Urujya n’uruza rw’abanya-Kigali bajyaga gusoreza icyumweru ku mucanga wa Tanganyika rwari rumaze igihe rwarabangamiwe bikomeye n’ibibazo bya politike byari byaratumye imipaka y’u Rwanda n’u Burundi ifungwa kuva mu 2015.

Inshuti n’abavandimwe bari baratanye batanganye. Icyakora, nyuma y’ibiganiro hagati y’abayobozi b’ibihugu byombi ndetse n’ubu bigikomeje, mu minsi ishize imipaka yarongeye iba nyabagendwa, ab’inkwakuzi bongeye kuryoherwa n’ubuzima mu bihugu byombi.

Mu mpera z’Ukwakira 2022 nibwo Leta y’u Burundi yatangaje ko yafunguye imipaka yose iyihuza n’ibindi bihugu harimo n’iyihuza n’u Rwanda, yari imaze igihe ifunze nyuma y’agatotsi kaje mu mubano w’ibihugu byombi.

Ni inkuru yanyuze amatwi ya benshi mu Barundi n’Abanyarwanda bari banyotewe no gusubukura imigenderanire, nyuma y’uko ibihugu byombi birebanye ay’ingwe guhera mu 2015.

Ibintu byatangiye kujya mu buryo nyuma y’aho Perezida Evariste Ndayishimiye agiriye ku butegetsi mu 2020, hagatangira ibiganiro bigamije kunagura umubano.

Muri Werurwe 2020 ubwo icyorezo cya Covid-19 cyakazaga umurego, u Rwanda rwahise ruhagarika urujya n’uruza hagati y’impande zombi.

Ku wa 7 Werurwe 2022, Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo gukomorera urujya n’uruza rw’abantu ku mipaka yarwo yo ku butaka, ariko u Burundi ntabwo bwahise bufungura uruhande rwabwo.

Mu rwego rwo kureba uko imigenderanire ihagaze hagati y’ibihugu byombi, umunyamakuru wa IGIHE yakoze urugendo ruva i Kigali rwerekeza i Bujumbura.

Ni urugendo ubusanzwe unyuze ku mupaka wa Nemba i Bugesera, bigutwara amasaha atanu ngo ube ugeze i Bujumbura.

Ukigera ku mupaka, ntabwo ari nk’ibisanzwe kuko ubona ko gahunda zitarasubira ku murongo neza. Abatanga serivise zo kuvunja biracyabagora, si ibintu byagutungura kugerayo ukeneye umubare runaka w’amafaranga ugasanga ntayo bafite.

Ibijyanye na Mobile Money nabyo ku mupaka ntibyagutungura gusanga umukozi ushinzwe kubitsa cyangwa kubikuriza abantu amafaranga atakoze bikagusubiza i Nyamata kuyashaka.

Ku rundi ruhande ni ko inzego zishinzwe umutekano ziba zicunga buri ntambwe y’ushaka kujya i Burundi ngo barebe ko yujuje ibisabwa, yambuke nta kibazo afite.

Uko ab’i Rwanda baba bacunga ko wambuka wujuje ibisabwa niko n’ab’i Burundi bigenda. Ikindi ni uko mbere yo kwerekeza ku mupaka usabwa kuba ufite 15$ yo kwipimisha Covid-19 utari bwishyure mu mafaranga y’u Rwanda [Frw] cyangwa amafaranga y’u Burundi [FBu].

Ucyambuka werekeza i Bujumbura, ubwoba buba ari bwinshi bitewe n’umwuka wari umaze igihe utameze neza. Usanga abaturage b’u Burundi batangarira kuba hari imodoka yambaye ibirango byo mu Rwanda iri kugenda.

Gusa nta mugambi mubisha ubirimo kuko usanga bafitiye urugwiro abanyarwanda ndetse n’iyo ugize aho uhagarara usanga bashaka ko muganira ngo bakumare ubwoba.

Ibi niko byangendekeye ubwo nari ngeze mu Kayanza, mva mu modoka ninjira muri kamwe mu kabari kaho, icyaka cyari kinyishe numva nshaka kugotomera ku cyengwa cya BRARUDI.

Mu gihe ninjiraga mu kabari n’abo twari kumwe, nahasanze abagabo batatu bari gusangira bahita batera intambwe yo kundamutsa bambwira ko bishimiye kongera kubona Abanyarwanda bagenderera igihugu cyabo.

Umwe muri bo yagize ati “Nubwo ibibazo bimaze iminsi hagati y’ibihugu byombi, mwumve nta kibazo mufite, mwumve mutekanye. Muhumure rwose nta we uri bubakoreho.”

Nubwo nta wari wankozeho kuva nava i Kigali, aba bagabo babaye nk’abandema agatima kuko numvaga ntatuje, nahoraga nibaza ko wasanga hari ikiri bumbeho wenda ntazi.

Mu muhanda nahuye na bariyeri nyinshi ariko nta n’imwe yigeze iduhagarika ngo wenda banatubaze ibyangombwa.

Bitewe nuko nari nahagurutse ku mupaka hafi saa cyenda z’amanywa, amasaha y’ijoro yaje kumfatira mu nzira, ubwoba bwongera kuzamuka.

Aha nibazaga ko wenda noneho mu ijoro biba bigoye, gusa nasanze atariko biri kuko isaha hafi n’igice nagenze ari mu ijoro ntaragera i Bujumbura nta wigeze ampagarika mu nzira.

Nkigera i Bujumbura, nahise ntangira gushaka aho kurara, mu buryo bw’umutekano usesuye nazengurutse hoteli eshatu ku mahitamo yanjye mbona imwe yo kuraramo.

Ahagana saa tatu zishyira saa yine z’ijoro nibwo nari maze gushyira ibikapu muri hoteli, icyakora nk’umunyamujyi sinari kuryama ntarebye uko Bujumbura ya nijoro iba imeze.

Si henshi baba bari gukora mu masaha y’ijoro, icyakora uwo twari kumwe uhamenyereye yambwiye ko ahitwa Beirut ariho haba hakubise huzuye ku wa Kabiri.

Ninjiye Beirut, aka ni akabari, mpicira icyaka naniyumvira umuziki mwiza. Nyuma y’iminota nka 45 umuriro waje kugenda muri Bujumbura hafi ya yose bambwira ko bigoye ko hongera kwaka.

Ikibazo cy’ibura ry’umuriro i Bujumbura kimaze kumenyerwa muri iyi minsi ku buryo no mu gufata hoteli babanza kukubwira guhitamo igira moteli, ku buryo biborohera gucana iyo umuriro wagiye.

Ijoro ryanjye rya mbere i Bujumbura ni uko ryije ariko mu nkuru zacu zitaha turakomeza kugenda tuganira ku buzima bw’i Burundi.Ku mupaka twasanzeyo ibiganiro by’abayobozi bo mu bihugu byombiKu mupaka ukigera mu BugeseraImipaka yongeye gufunguka

Abarundi bari kugenderera u Rwanda nta nkomyi

Abanyarwanda bari bakumburanye n’Abarundi

Urujya n’uruza rwongeye kuvuka ku mupakaI Burundi ni amahoro umutekano waragarutseUbucuruzi bwo gutwara abantu mu modoka rusange burakomejeTwerekeje mu Kirundo mu MujyiAbaturage b’i Burundi ku mugoroba baba bari kunyuranamo buri wese ashakisha imiberehoAbabyeyi b’i Burundi ku mugoroba bavuye gushaka imiberehoSosiyete ya Lumitel iri mu z’itumanaho zikomeye i BurundiImihanda y’i Burundi bari kuyikora, bihabanye no mu myaka ishize umuhanda ugera i Bujumbura usigaye uri nyabagendwaKu muhanda abaturage ubona ko bitabiriye ubuhinzi cyane cyane ubw’ibitokiU Burundi nabwo bugizwe n’imisozi itari mike

Mu nzira werekeza i Bujumbura uca ku dusanteri twinshiUtuzu tuberamo inama z’ishyaka rya CNDD-FDD ku muhanda tuba ari twinshiAbashinzwe umutekano ubanyuraho wigendera, ntawe ugira icyo akubazaAmadarapo y’u Burundi ni menshi ku muhanda werekeza i BujumburaRimwe na rimwe bagusaba kubasunikira urugendoUrwenya rw’abamotari ni urwa hoseU Burundi buri gukora umuhanda ugera Bujumbura, ku buryo n’aho wangiritse usanga bari kuwusubiramo nezaUbuhinzi n’ubucuruzi ni ibintu abaturage b’i Burundi bumva cyaneUburyo bwo gutwara imizigo bwifashishwa harimo n’amagareTaxis zitwara abagenzi ziba zinyuranamo mu muhanda uva ku mupaka werekeza i BujumburaKaribu i NgoziAbamotari batera urwenya i NgoziI Ngozi ni umujyi ushyushyeAbakaraza b’i Burundi baba batumiwe mu birori binyuranye

Izi moto zifashishwa cyane mu gutwara abagenzi i Ngozi

Abaturage baba ari benshi ku muhanda no mu dusanteri tunyuranye

Abanyeshuri bavuye ku ishuriUrubyiruko rurangwa no guhura bagatera urwenyaAbanyonzi ni bamwe mu biyambazwa mu gutwara abantu n’ibintu mu Burundi

Kirundo ni umwe mu mijyi ishyushye

Abamotari bashakisha ubuzima i Kirundo

I Bujumbura twahageze bwije, aha ni ku cyicaro cya CNDD FDD ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi

Ntiwagera i Bujumbura ngo ubure kujya kwica icyaka, aha twari twasohokeye ahitwa Beirut twumva umuziki wa Chance na Bravo bazwiho ubuhanga mu gusubiramo indirimbo z’abandi

Photo: Igihe

Previous Post

Umutangabuhamya yavuze uko Kabuga Felicien yaguze intwaro zo kwica abatutsi

Next Post

Uburezi : Hari byinshi Sainte Anne Primary school ryakwigirwaho na benshi nyuma yo kwegukana umwarimu w’Indashyikirwa mu gihugu

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Uburezi : Hari byinshi Sainte Anne Primary school ryakwigirwaho na benshi nyuma yo kwegukana umwarimu w’Indashyikirwa mu gihugu

Uburezi : Hari byinshi Sainte Anne Primary school ryakwigirwaho na benshi nyuma yo kwegukana umwarimu w’Indashyikirwa mu gihugu

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

0
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026

Recent News

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA