• Latest
Mu Iyobokamana : Centrale ya Kimihurura imaze guhinduka Paruwasi nshya ya Kimihurura “Bikiramariya Umubyeyi utabara Abakristu”

Mu Iyobokamana : Centrale ya Kimihurura imaze guhinduka Paruwasi nshya ya Kimihurura “Bikiramariya Umubyeyi utabara Abakristu”

October 8, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Mu Iyobokamana : Centrale ya Kimihurura imaze guhinduka Paruwasi nshya ya Kimihurura “Bikiramariya Umubyeyi utabara Abakristu”

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
October 8, 2021
in izindi nkuru
0
Mu Iyobokamana : Centrale ya Kimihurura imaze guhinduka Paruwasi nshya ya Kimihurura “Bikiramariya Umubyeyi utabara Abakristu”
0
SHARES
562
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’imyaka irenga 55 Abakristu Gatulika batuye mu gace ka Kimihurura mu mujyi wa Kigali batagira Paroisse basengeramo bateranira aho bitaga mu Gisariziyane Santarare ya Kimihurura, bamaze guhabwa Paroisse nshya ya Kimihurura Bikiramariya Umubyeyi utabara Abakristu izakomeza gucungwa n’Umuryango w’Abasaleziyani mu Rwanda,  Umuhango wayobowe na Nyiricyubahiro Cardinal Antoine Kambanda kuri uyu wa GatandatuTariki ya 02 Ukwakira 2021.

Umushumba wa Archidiyosezi ya Kigali Nyiricyubahiro Cardinal Antoine Kambanda, atangiza ku mugaragaro ibikorwa by’iyo Paruwasi nshya ya Kimihurura akanaha Ubusaseridoti Umudiyakoni wo mu muri uwo muryango w’Abasaleziyani baragijwe iyo Paroisse,  yashimiye cyane  abagize uruhare mu ishingwa n,iyubakwa rya Paruwasi yari isanzwe ari Santarari ya Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu (Ste Famille),  maze abizeza kuzakomeza kubaba hafi igihe cyose kugira ngo binjizwe neza mu mikorere n’uburyo bw’imiyoborere ya Paruwasi bityo  Abakristu nabo barusheho kunogerwa n’ibizajya bibakorerwa buri gihe   babigizemo uruhare rugaragara, kuva mu miryango remezo yabo, Ama Santarare na Paruwasi muri rusange.

Avuga ko muri rusange ari intego muri  Kiliziya Gatolika yihaye y’uko Abakristu basengera hafi yaho batuye Kandi bakanabona Umusaserodoti ubafasha kwitagatifuza mu mibereho ya buri munsi ari no muri urwo rwego hatangijwe Paruwasi nshya ya Kimihurura ije ari igisubizo kigamije gufasha Abakristu basaga ibihumbi 3 barushywaga no kujya gusengera mu ma Paruwasi abakikije nka  Ste Famille na Kacyiru.

Avuga ko igihe cya Covid, ubwo icyorezo cyari gikabije ubukana Kiliziya yimukiye mu muryango. Abantu basengera mu ngo basaba Imana ngo ibakize Sekibi bikaba bishimangira ko gusengera hafi y’aho Abakristu batuye bakegerezwa Paruwasi n’Abasaseridoti hafi nk’uko byakorewe abatuyeku  Kimihurura ari uburyo bwiza bugomba gushyikirwa nab uri wese,  ari nayo mpamvu hakomeje no kuvuka  ngo Paruwai nyinshi mu minsi  mike ishize hakaba harafunguwe iya Karama mu Murenge wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge, byose ari ukugira ngo  boroherereza Abakristu gusenga bitabagoye.

Asoza asaba Abakristu gufata neza Kiliziya bahawe kugira ngo igere ku ntego yo kugira Abakristu b,intangarugero mu bukristu nyabwo bahabwa Amasakramentu uko bikwiriye cyane cyane hatozwa abana n,urubyiriko kwera imbuto zibaganisha gukunda no kumenya Kristu wabacunguye wigaragariza kenshi mu Isakramentu ry’Ukaristiya.

 Padiri Augustin Cezar Habanabakize, wahise ahabwa kuyobora Paruwasi nshya ya Kimihurura, ashima cyane Nyiricyubahiro Cardinal Antoine Kambanda wabatangirije ku mugaragaro Paruwasi nshya,  yizeza Ubuyobozi bw,umuryango we w’Abasareziyani akomokamo kuzakora neza inshingano ahawe afasha Abakristu guhabwa Amasakramentu yose uko agenwe,  anarushaho kandi gukorana n’urubyiruko ahereye mu miryango remezo kubera ko n’ubwo mu nshingano zabo harimo gukorana no kurera urubyiruko bagendeye ku ihame rya Mutagatifu Don Bosco inshuti y’urubyiruko byabagoraga, kubera ko nka Santarare ubwabo,  batari bafite ububasha ku miryango remezo  bakaba bamaze kubihererwa ububasha,  kuva ubwo  icyari Santarare bakoreragamo  gihindutse Paruwasi ifite ubuzimagatozi. Bityo ibyakorwewaga kuri Paruwasi ya Ste Famille babarizwagamo bikaba byose bigiye kujya bikorerwa kuri Paruwasi nshya ibikorera Abakristu bayo  mu buryo bugaragara kandi busesuye.

 Ibyo gushima Nyiricyubahiro Cardinal Antoine Kambanda bishimangirwa Kandi na Padiri Ngoboka Pierre Celestin  Umukuru w’umuryango w,Abasaleziyani mu Karere k’ibiyaga bigari, uvuga ko bagize igitekerezo cyo guhabwa Paruwasi ya Kimihurura kuva mu 1964, bakaba bishimiye ko inzozi zabo zibonewe igisubizo, zigasozwa n’Umushumba wabo,  ubatangirije Paruwasi nshya bitezeho umusaruro mwinshi cyane.

Agira ai “Biradushimishije cyane kandi ni ngombwa kuba tubonye Paruwasi twifuje kuva cyera, ikazadufasha m’uburyo bw’Iyogezabutumwa rigezweho.

Ubusanzwe Imiryango y’Abapadiri nk’Abasaleziyani iba yigenga ariko iba ifite ubutumwa bwa Kiliziya. N’ubwo bwose tuba duhawe kuyobora Paruwasi nk’iyi,   inshingano tugenderaho tuzihabwa n’Umwepiskopi udukuriye muri Diyosezi.

Uyu munsi rero  tukaba dufite inshingano zo gufasha Abakristu mu mihango yose ya Kiliziya duhereye mu muryango. Mu by’ukuri  Izi nshingano duhawe turazishimiye na cyane  ko twari dusanzwe n’ubundi mu bihe byashize,  hari andi ma Paruwai twagiye duhabwamo inshingano zo kuyayobora ubutumwa bukaza kurangira Diyosezi igakomezanya nayo.

Twavuga rero ko iyi Paruwasi nayo duhawe ya Kimihurura  tuzakomeza gukorana n’Abakristu  bacu  uko bisanzwebo mu buryo bw’Iyogezabutumwa ndetse  no gukomeza ibikobwa byo kurerera igihugu urubyiruko rufite ubwenge runaharanira buri gihe kugira impano  mu byo rwigishwa. Bityo agashimira ababateye Inkunga ngo Kiliziya yubakwe,  barimo Umuryango wabo w’Abasaleziyani ku isi ufite ikicaro gikuru i Roma n’abandi batera nkunga bari bayobowe na Padiri Danco.

Padiri Ngoboka Pierre Celestin, avuga kandi ko n’ubundi  muri kino  gihe bari basanganywe Paruwai imwe bayoboraga nk’Umuryango w’Abasaleziyani, ikaba ari Paruwasi ya Rango muri Diyosezi ya Burare, ije ikurikirwa na Paruwasi nshya ya kimihurura.

Avuga ko mu ma  Paruwasi bahoranye nk’Abasaleziyani,  ubutumwa bwo kuyayobora no kuyahagararira bukaba bwarashubijwe mu maboko ya Archidiyosezi ya Kigali ngo  ni Kucukiro na Musha iherereye mu Karere ka Rwamagana.

Padiri Ngoboka P. Celestin Umuyobozi w’Umuryango w’Abasareziyani mu Karere k’Ibiyaga bigari

Padiri Mukuru wa Paruwasi y’Umuryango Mutagatifu Ezechiel Rukimbiri, avuga ko kuba Paruwasi ya Kimihurura yavutse kuri Paruwasi yabo ikaba iretse kuba Centrale, bivuze  ko  bazakomeza no kubaba hafi mu buryo bw’ubujyanama kugira ngo babasangize ku bunararibonye bw’imiyoborere n’imicungire ya Paruwasi bahereye mu miryangoremezo.

Avuga ko mu by’ukuri  iyo ubyaye umwana uba ugomba no gukomeza kumukurikirana muri byose kugira ngo akure neza nawe abe umugabo, ariyo mpamvu bazabafasha kubaka amakomisiyo anyuranye y’Abakristu, muri make bakazakomeza kubafasha  kwiyubaka m’ubuzima bwa Roho,  kugira ngo umuco w’Ubukristu ukomeze ugende neza uko bisanzwe.

Ubwo yaganiraga kandi  n’Itangazamakuru nyuma y’Uwo muhango wo guha umugisha Paruwasi nshya ya Kimihurura no gutanga Isakaramentu ry’Ubusaseridoti,  Umushumba wa Archidiyosezi ya Kigali Cardinal Antoine Kambanda yagarutse ku butumwa bushya aherutse guhabwa na Nyirubutungane Papa Fancis bwo gukurira ibikorwa by’uburezi mu mashuri ya Kiliziya Gatolika ku isi.

Avuga ko yishimiye cyane  ubutumwa bushya yahawe bwiyongera ku nshingano z’indi  byose ngo akazabikorana umwete n’umutima mwiza yisunze imbaraga za Roho Mutagatifu ndetse afatanyije n’abandi bihaye Imana bagenzi be  akizera adashidikanya ko izo nshingano zizasozwa neza.

Gusa avuga ko atizera ko azajya aboneka kenshi mubikorwa bya Archidiyosezi ashinzwe,  ariko kandi  ngo ku  bufatanye n’Abapadiri n’abandi bafasha be bakorana igihe cyose,  nabyo ngo akomeje kwizera ko inshingano zose zizajya zigerwaho neza uko bikwiriye

Umushumba wa Archidiyosezi ya Kigali, Cardinal Antoine Kambanda

Ku kibazo kigendanye no gukuramo inda aherutse gutangaho ibitekerezo benshi bakabishyigikira hakabamo n’abanyuranya nawe, avuga ko uko byagenda kose,  umuntu ari ubuzima bukomoka ku Mana ubwayo bityo ko ari nta muntu  n’umwe ufite uburenganzira bwo kubuhungabanya yitwaje icyo yaba ari cyo cyose.

Agira ati “ubuzima ni Impano y’Imana bugomba gusigasirwa, bukarindwakandi icyabuhungabanya icyo ari cyo cyose. Turiho ku isi ngo dusegasire iyo mpano y’ubuzima Imana yaduhaye tuburinda indwara n’icyabwangiza cyose, gukuramo inda rero ntibyemewe na gato uba wishe ubuzima Imana yashyize mu muntu uba ukoze icyaha gikomeye.”

 Paruwai ya Kimihurura yatashywe ku mugaragaro ikanahabwa  umugusha n’Umushumba wa Archidiyosezi Gatolika ya Kigali Nyiricyubahiro Carcdinal Antoine Kambanda, ihererereye mu Murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo aho bakundaga kwita ku Gisaliziyani cyangwa kuri IFAK.

 Ni Paruwasi itangiranye Abakristu basaga ibihumbi 3, ikaba iyobowe n’Abapadiri bo mu muryango w’Abasaliziyani biragije Mutagatifu Don Bosco Inshuti y’urubyiruko.  

Padiri Ngoboka P. Celestin Umuyobozi w’Umuryango w’Abasareziyani mu Karere k’Ibiyaga bigari
Padiri mukuru wa Paroisse Ste Famille yari ifite Kimihurura nka Centrale ikaba iyicukije
Cardinal Antoine Kambanda n’Abapadiri bakata Umutsima wo kugaburira Abakristu n’Abashyitsi
Paruwasi ya Bikiramariya Umubyeyi utabara Abakristu ya Kimihurura
Cardinal Antoine Kambanda ageza ubutumwa ku bakristu
Previous Post

Aba banyamakuru barasabirwa n’abakunzi babo guhabwa imyanya yihariye mu butegetsi bwite bwa Leta

Next Post

Zuckerberg yahombye miliyari 6$ kubera amasaha Facebook, WhatsApp na Instagram byamaze bidakora

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Zuckerberg yahombye miliyari 6$ kubera amasaha Facebook, WhatsApp na Instagram byamaze bidakora

Zuckerberg yahombye miliyari 6$ kubera amasaha Facebook, WhatsApp na Instagram byamaze bidakora

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA