• Latest
Aba banyamakuru barasabirwa n’abakunzi babo guhabwa imyanya yihariye mu butegetsi bwite bwa Leta

Aba banyamakuru barasabirwa n’abakunzi babo guhabwa imyanya yihariye mu butegetsi bwite bwa Leta

October 1, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Aba banyamakuru barasabirwa n’abakunzi babo guhabwa imyanya yihariye mu butegetsi bwite bwa Leta

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
October 1, 2021
in izindi nkuru
0
Aba banyamakuru barasabirwa n’abakunzi babo guhabwa imyanya yihariye mu butegetsi bwite bwa Leta
0
SHARES
774
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe Umwuga w’Itangazamakuru mu Rwanda ukomeje gukundwa n’abantu bo mu ngeri zitandukanye baba abawukora n’abatega amatwi ibiganiro binyuranye ku ma Radio, Television no mu binyamakuru byandika, hari benshi bibaza impamvu bamwe mu banyamakuru bakunze kugaragaza gukorera abaturage mu buryo bugaragara, batajya bazamurwa mu ntera kugira ngo bashyirwe nabo mu myanya yo muri za Ministeri no mu bigo byayo bifata ibyemezo kugira ngo impano n’ubuhanga bakunze kugaragaza bikomeze bibyazwe umusaruro n’igihugu cyose muri rusange.


Buri wese aba afite uko yumva n’uko ayobora amarangamutima ye. Niyo mpamvu ntawagombye gutangazwa n’ibyo abanywanyi b’itangazamakuru bashobora kuba babona mu ndorerwamo yabo, bikaba ari n’uburenganzira ku bitekerezo byabo by’uko bifuza ko abanyamakuru batajya baguma ahantu hamwe kugeza ubwo bavuye mu mwuga bashaje, ahubwo nabo ko Leta yajya ibatekerezaho mu bundi buzima busanzwe bw’igihugu cyane ko bamwe ngo bakomeje kugaragaza ubushobozi n’ubuhanga mu byo bakora n’ibyo bavuga nk’uko bakomeje no kubigaragaza mu biganiro byabo bigamije kwigisha no kujijura abanyarwanda.


Ibitekerezo byakusanyijwe byatanze Urutonde rw’abanyamakuru benshi ariko hatoranywamo abantu 10 bakurikira :


Oswald Mutuyeyezu.

Umunyamakuru akaba n’Umusesenguzi ukunzwe na benshi ahanini kubera ibiganiro mpaka akunze kuyobora no gutumirwamo, akabikorana ubwenge n’ubushishozi ndetse kenshi akumvikana atabariza abantu bo mu ngeri zitandukanye bagaragaza ku girirwa akarengane.

Uyu munyamakuru akaba akunze gutabaza inzego bireba ngo azisaba gukurikirana no gufasha abafite ibibazo bibabangamiye, kugira ngo bibonerwe umuti ubikwiriye yifashishije Radio, Television n’imbuga Nkoranyambaga kandi ibyinshi bikabonerwa umuti uko bikwiriye. Bene kumutangaho amamakuru bakaba baramusabiye umwanya w’Ubuyobozi ku Urwego rw’umuvunyi aho yaba ashinzwe ishami rirwanya akarengane.

Oswald Mutuyeyezu


Bisangwa Nganji Benjamin uzwi nka Ben Nganji.

Umunyamakuru w’umuhanga mu gutegura ibitaramo no gushyigikira ibihangano by’abahanzi ba kera ngo batazima. Nganji Benjamin akaba yarahindutse ikigega gishobora kubarizwaho abahanzi bo kuva mu 1950 n’ibihangano byabo igikorwa akorana ubwitange no gushirika ubute. Bene gutanga amakuru bakaba bamusabira umwanya w’Ubuyobozi muri Ministeri y’Urubyiruko n’Umuco aho yaba akuriye ishami ry’umuco n’amateka by’igihugu.

Bisangwa Nganji Benjamin uzwi nka Ben Nganji


Regis Muramira.

Umunyamakuru w’imikino ufite ubuhanga yisangije mu gusesengura umukino no kuwusoma adategwa. Ashimirwa kuba agerageza gukebura no kubwiza ukuri abashaka kugoreka nkana imikino itandukanye ya hano mu Rwanda ndetse benshi bakabyumva bakanabikosora hagafatwa n’ingamba zihamye. Abamutanzeho ibitkerezo bamusabiye kuba Umuyobozi muri Ministeri ya Siporo, aho yaba Umujyanama wa Ministiri ushinzwe Politike ya Sports no kuyiteza imbere.

Regis Muramira


Theodore Ntarindwa.

Umunyamakuru umaze igihe mu mwuga kandi w’umuhanga kuva mu INGABO Mangazine kugeza ubwo ageze ku urwego rwo gushinga Radio yahise ikomera mu gihe gito, bitewe ahanini no kumenyera akazi kagendanye n’ubucuruzi no gushaka amasoko. Ni umugabo umenyereye kuvuga ukuri no kugira inama abamugannye igihe cyose.
Abamutanzeho amakuru bamusabira umwanya w’Ubuyobozi mu kigo cy’igihugu cy’iterambere RDB, aho yashingwa ibigendanye n’ubucuruzi n’ishoramari rigezweho.

Theodore Ntarindwa


Jean Lambert Gatare.

Umunyamakuru umaze kwandika amateka mu Rwanda no mu mahanga, ahanini bishingiye ku buhanga n’impano yo kwamamariza abamugana bose.
Ni umunyamakuru umaze igihe mu mwuga kandi uwukorana n’impano yo gukunda igihugu cye yamaganira kure abaruvuga nabi bazwi ku izina ry’Ibigarasha bagahita bacika intege bityo n’abifuzaga kubashyigikira bagasigaho.

Abamutanzeho amakuru bamusabira Ubuyobozi muri Ministeri y’Ubucuruzi n’Inganda aho yaba ashinzwe ihami ryo gushyigikira kwamamaza no gukundisha abantu ibikorerwa mu gihugu Made in Rwanda.

Jean Lambert Gatare

Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC.

Umunyamakuru akaba na Rwiyemezamirimo uzi uburyo bwo buhamye mu kwiyubaka. Uretse kuba ayoboye Radio na Television zikunzwe cyane yanashinze ikipe y’Umupira w’amaguru imufasha kwamamaza kurushaho ibikorwa bye cyane iby’itangazamakuru. Abamutangaho amakuru bashingiye ko bamubonamo umukozi bamusabira umwanya w,umuyobozi muri RGB Aho yashingwa ishami ryo kongerera abanyamakuru ubushobozi no kubafasha kwihangira Indi mirimo yabunganira.


Ismael Mwanafunzi.

Umunyamakuru w’ubuhanga butangaje mugusesengura no gusobanurira abantu imbereho n’imiterey’ibinyabuzima byose biboneka ku isi. Abantu benshi bakomeje gushimira uyu munyamakuru bavuga ko afite impano mu byo avuga n’ibyo atangariza abantu, bigaragara ko atari ibyo yasaruye mu ishuri honyine maze bakamusabira nawe kugirirwa ikizere agahabwa Ubuyobozi muri Ministeri y’ubuzima aho yaba shinzwe ishami ryo kumenya indwara z’ibyaduka cyagwa ibyorezo, kubikumira, kubisobanukirwa no kubyirinda burundu.

Ismael Mwanafinzi


Alphonse Muhire Munana

Umunyamakuru w’umuhanga mu gusesengura no kumenya kuvuga amateka n’ubumenyi bw’isi, ahereye ku mateka y’iremwa ry’isi, ubutegetsi bw’ Abaromani, umwaduko w’abazungu, impinduramatwara zo mu Burayi no muri Afurika, Demokarasi, Ubukungu, ubuzima n’ibindi byinshi akomeje kugaragaza ko akenewe na benshi ngo abahugure. Bene kumutangaho amakuru bakamusabira kuba Umuyobozi muri Ministeri y’uburezi ushinzwe inyigisho z’amateka n’ubumenyi bwisi muri rusange

Alphonse Muhire Munana


Alphonse Twahirwa.

Umunyamakuru umaze kugaragaza ubuhanga nawe mu kuvugira abaturage ahereye m’Uturere n’Imirenge bigize igihugu, agamije ahanini kumvikanisha ibibazo by’abaturage babangamiwe no kutagira imihanda itunganyije, abataragerwaho n’amashanyarazi n’amazi, abamburwa na ba Rwiyemezamirimo bambura abaturage n’ibindi byinshi bikunze gukemuka, bivuye ku buvugizi bwimbitse bw’uyu mugabo.
Bene gutnga amkuru bakaba bamusabira umwanya w’Ubuyobozi muri Ministeri y’Ubutegetsi bw’igihugu aho yaba ashinzwe guhuza abaturage n’abo bayobora.

Twahirwa Alphonse


Niwemwiza Anne Marie.

Kuba ari rukumbi mu bagabo benshi batanzweho amakuru y’ubushobozi bafite bwo kuvugira abaturage, yashimwe na benshi ko azi gukoresha imbuga nkoranyambuga kandi akazibyaza umusaruro avugira abanya ntege nke, barimo abana n’abagore bafatwa ku ngufu, abata amashuri kubera ahanini kubura ubushobozi bityo akaka batabariza ndetse harimo n’abandi bafite ibibazo bitinda gukemurwa n’ababifitiye ububasha, we ubwe akagira uruhare rwo ku bigaragaza atakambira abo bireba ngo bikubite agashyi. Bene kumutangaho amakuru bakamusabira umwanya w’Ubuyoobzi muri Ministeri y’Umuryango ishami rshinzwe imyororokere y’urubyiruko no kurinda ihohoterwa.

Niwemwiza Anne Marie

Hagendewe ku bitekerezo by’abaturage, ni benshi bifurije ko bazamurwa mu ntera bagakomeza gutanga umusanzu wabo wo kwigisha, gucukumbura no kuvugira abaturage babifitiye ububasha n’ubushobzi kugira ngo ijwi ryabo ryumvikane kurushaho rive ku ma Radio no mu bindi binyamakuru.

Previous Post

Dr Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe wakatiwe imyaka 3 yasubikiwemo umwe n’amezi 3

Next Post

Mu Iyobokamana : Centrale ya Kimihurura imaze guhinduka Paruwasi nshya ya Kimihurura “Bikiramariya Umubyeyi utabara Abakristu”

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Mu Iyobokamana : Centrale ya Kimihurura imaze guhinduka Paruwasi nshya ya Kimihurura “Bikiramariya Umubyeyi utabara Abakristu”

Mu Iyobokamana : Centrale ya Kimihurura imaze guhinduka Paruwasi nshya ya Kimihurura "Bikiramariya Umubyeyi utabara Abakristu"

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA