• Latest
Bugesera : Aborozi bahawe urwuri na Perezida wa Repubulika  ku ishyamba rya Gako baramutabaza ngo arubagarurize  nyuma y’uko rubohojwe n’abifite

Bugesera : Aborozi bahawe urwuri na Perezida wa Repubulika ku ishyamba rya Gako baramutabaza ngo arubagarurize nyuma y’uko rubohojwe n’abifite

September 21, 2021
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubukungu

Bugesera : Aborozi bahawe urwuri na Perezida wa Repubulika ku ishyamba rya Gako baramutabaza ngo arubagarurize nyuma y’uko rubohojwe n’abifite

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
September 21, 2021
in Ubukungu
0
Bugesera : Aborozi bahawe urwuri na Perezida wa Repubulika  ku ishyamba rya Gako baramutabaza ngo arubagarurize  nyuma y’uko rubohojwe n’abifite
0
SHARES
474
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Aborozi bagera kuri 90 bo mu Karere ka Bugesera baragiraga inka ku gasozi no mu Ishyamba rya Gisirikari rya Gako, bakaza guhurizwa muri Koperative bagahabwa igice cy’urwuri kuri iryo shyamba baratabaza Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame ngo arubagarurize nyuma y’uko bamwe mubakire  bashyize ngo imigabane muri iyo Koperative bahise barwigarurira barwaka  burundu abari barugenewe.

Ibi ni ibigarukwaho n’abamwe mu borozi bashoye imigabane muri Koperative Horaninka Bugesera,  bamaze kugirwa inama yo kutaragira ku gasozi no mu Ishyamba rya gisirikari bihishe, bakaba bari bitabiriye inama rusange idasanzwe ya Koperative yabo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Nzeri 2021,  bagira ngo barebe uko basaba kugarurizwa umutungo wanyerejwe n’abayobozi ari nabo ngo banababohoreje Koperative, bikarangira inama itabaye kubera ko uwayitumije Bwana Kwizera Jean Bosco,  unayiyoboye by’agateganyo ahageze isaa kumi za nimugoroba ari ntacyo yishisha  mu gihe nyamara ngo yari yatanze isaha ya saa tatu ku butumire yatanze.

Ibisobanurwa n’abanyamuryango ba Koperative Horaninka Bugesera : Nyuma y’uko mu Karere ka Bugesera hatangiye kubakwa ikibuga  cy’indege mpuzamahanga, aborozi bari basanzwe baragira inka ku gasozi ndetse hakaba hari n’abinjiraga mu ishyamba ry’ikigo cy’abasirikari i Gako bakariragiramo rwihishwa bahora bacengana n’abashinzwe kuririnda, bagiriwe inama yo kwibumbira muri Koperative kugira ngo bahurize imbaraga hamwe maze Perezida wa Repubulika ngo aza kubafasha kubona urwuri ku ishyamba rya gisirikari rya Gako aho bahawe hegitari zigera kuri 520 ku gice  cy’ishyamba kegereye Umurenge wa Kamabuye muri 2016 hanashyirwaho Komite y’iyo Koperative na Ngenzuzi n’ishinzwe gutanga amasoko yayo.

Gusa bamwe mu banyamuryango bavuga ko muri uko kwisuganya ngo bashinge iyo Koperative bamwe mu bakire bifite bakomoka mu Karere ka Bugesera,  bamaze kubona inyungu Koperative ishobora kuzavana muri urwo rwuri rwari rugizwe n’ishyamba ryinshi babifashijwemo n’Ubuyobozi bw’Akarere,  bihutira ngo kujya mu buyobozi bw’iyo Koperative ari nabo kugeza ubu ngo bayigejeje ku ndunduro bayihezamo abo yashingiwe,   bakayizaniramo abakire benshi  b’i Kigali,  magingo aya bakaba  barayihinduye Company itazwi n’abo borozi ubwabo yashingiwe mu gihe kandi n’umutungo usaga  Miliyoni 130 zose, hatazwi irengero ryawo nkuko byagaragajwe n’igenzura ry’ikigo cy’igihugu gishinzwe Amakoperative RCA.

Abanyamuryango bavuga ko bijya gutangira hashyizweho Komite iyobowe n’umukire Ndayambaje Samuel yungirijwe n’uwitwa Johna Asimwe na Karangwa umunyambanga aba ngo bakaba baravugaga ko abo baturage ntacyo bari kwigezaho mu mizamukire myiza y’iyo Koperative ku buryo bitangiraga amasoko ubwabo uko bashatse ntibahe agaciro Komisiyo ishinzwe amasoko kandi agatangwa mu kenewabo gikabije.

Mu ntangiriro hakusanyijwe imisanzu ya 250,000  kuri buri munyamuryango, hatangira gutemwa ishyamba bagurisha inkwi ku buryo Hegitari imwe yavagamo Fuso 5,  byerekana ko hegitari zigera kuri 500 zagurishijwe havuyemo Fuso 2500 ku mafaranga ibihumbi 90  byagurwaga ifuso 1 bakaba barasaruyemo 2,25000,000 hiyongereyeho n’imisanzu yose.

 Aya yose ngo haje gukorwa igenzurwa basanga asaga miliyoni 130 zose yaramaze kunyerezwa na Komite ya Samuel Ndayambaje afatanyije ngo na Ngenzuzi yari ikuriwe na Karangwa Vedaste bose kandi ngo bakaba bafite ibisanira mu miryango yabo.

 Bavuga ko nyuma y’uko Komite yari imaze kubarigisiriza umutungo bahise bahagarikwa na RCA kugira ngo bategure andi matora yo kubasimbura ariko iyo Komite ya Ndayambaje Samuel ikora ibishoboka byose hashyirwaho Komite y’agateganyo y’abantu batatu b’inshuti zabo,  aribo Kwizera Jean Bosco abanyamuryango batabyumvikanyeho kugira ngo babakingire ikibaba be kuzakurikiranwa mu nkiko bikaba ngo byaragezweho kubera ko  imyaka 2 igiye gushira igenzura ribaye na n’ubu iyo Komite yacyuye igihe imaze kurigisa umutugo ntibarabasha gukurikiranwa mu gihe na none ngo banasize icyari Kopertive Horaninka Bugesera bayisenye bakayihera ngo Company y’abakire kugira ngo izabe ariyo icunga umutungo w’abanyamuryango itazi aho wakomotse.

Ubwo ikinyamakuru igisabo.rw cyaganiraga na bamwe mu banyamuryango ba Koperative Horaninka Bugesera bari bitabiriye inama rusange idasanzwe ngo yagombaga kubafasha kubaza iby’umutungo wabo n’igihe bagomba gutorera Komite nshya isimbura ababaririye umutungo nyamara ntize kuba,  kubera ko  uwayitumije ariwe Kwizera Jean Bosco washyizweho by’agateganyo na Ndayambaje Samuel ngo amukingire ikibaba yatumije inama avuga ko iraba isaa tatu za mu gitondo nyamara agera kuri Cafe de Nyamata aho inama yagombaga kubera isaa kumi zuzuye,  aza ntacyo yishisha adasaba imbabazi z’icyatumye yiriza abantu ku zuba umunsi wose.

Mu biganiro bitandukanye bamwe mubari bitabirye iyo nama rusange bagize,  barakariye cyane uwari wabatumiye uburyo yabasuzuguye akabiriza ku zuba bamutegereje bakicwa n’inzara, bamuhamagara bamubaza uko gahunda imeze ntafate telefoni yaramuka aje  saa kumi akabahatira gukora inama batipimishije mu gihe nyamara bagombaga gupimwa saa tatu inama igatangira mu masa sita.

Umwe muri abo banyamuryango agira ati “ibi ni agasuzuguro, umuntu yashyizweho na Komite yacyuye igihe imaze kuturigisiriza umutungo hashizeimyaka igera kuri ibiri ntarabasha kuduhuza ngo aduhe amakuru ku umutungo wacu, cyangwa hatorwe Komite nshya twishyiriyeho, ahubwo yaraturyamishije na cyane  ko ashyigikiye Komite ya Ndayambaje yaduhombeje nta n’icyo we ayivugaho.

 Turifuza ko Leta yadufasha tukabona uko dutegura amatora yaduha Komite nshya ikora inaharanira inyungu z’abanyamuryango b’umwimerere bahawe ruriya rwuri naho ubundi abakire bo bajemo ba bagambiriye inyungu nta kindi. uyu kwizera Jean Bosco na bagenzi be babiri bashyizweho n’abaduhombeje nta cyo bamaze ntitubashaka.”

Abanyamuryango bavuga ko ikibazo cyabo ntaho kitari cyagezwa kuva kuri RIB, Akarere ka Bugesera, RDB, RCA, MINALOC hose bahageze, ariko kubera ko bakeka ko abashinjwa bafite abo mu miryango yabo bakomeye mu butegetsi bwite bwa Leta no mu gisirikari  bene kunyereza ngo umutungo no gusenya Koperative Horaninka Bugesera  bakingiwe ikibaba ntihagira n’umwe uryozwa umutungo.

Ikinyamakuru igisabo cyahawe urutonde rw’abayobozi n’abasirikari bakuru bafitanye isano na Ndayambaje Samuel, Johna Asimwe wari umwungirije, Karangwa Vedaste wari Perezida wa ngenzuzi, Bayingana  wari umunyamabanga wa Ngenzuzi, Karangwa wari Umunyamabanga wa Komite,  bikekwa ko aribo bitwaza bakaba badakurikiranwa ngo hagaruzwe umutungo w’abanyamuryango wanyerejwe kuva muri 2017, bakaba bahisemo gutakambira Nyakubahwa Perezida Paul Kagame wabafashije kubona urwuri bashyiramo amatungo yabo bityo anabafashe kurusubizwa kubera ko  abakire ngo barwigaruriye bakarwirukanamo bene rwo.

 Mu minsi yashize cyakora,  ubwo ikinyamakuru igisabo cyamenyaga iby’inyerezwa ry’umutungo wa Kopertive Horaninka Bugesera , uwari umuyobozi wayo ushinjwa cyane kunyereza umutungo, bivugwa  yanagiye mu nama hanze y’igihugu akiha ububasha bwo kubikuza amatike y’indege nyamara abanyamuryango nta cyo babiziho, yahakanye cyane ibyo ashinjwa n’abanyamuryango, ahubwo avuga ko yakoze yitanze kugira ngo Koperative yari abereye Umuyobozi itere imbere, akaba atumva icyo bagenzi be bashingiraho bamurega inyerezwa ry’umutungo.

Avuga ko igenzura ryakozwe na RCA ataryemera kuko ngo hari ibyo bagiye birengagiza nkana kandi bifitiwe ibisobanuro.

Mugenzi we Johna Asimwe wari wungirije Samuel, avuga ko nawe ntacyo yishinja mu miyoborerwe ya Komite yari arimo kandi ngo no kuba barashyize Koperative mu ma boko ya Company ngo nta kibazo abibonamo ngo kwari ukwagura ibikorwa bya Koperative, nawe akavuga ko ababashinja guhombya Koperative ngo ari amarangamutima nta kindi yabivugaho.

Bwana Kwizera Jean Bosco, bivugwa ko yagabiwe kuba ayoboye by’agateganyo na Komite yasize ihombeje Koperative, ubwo yageraga kuri Cafe ya Nyamata ahagombaga kubera inama, akahagera i saa kumi kandi yari yayitumije saa tatu, yarakajwe cyane no kuba ahasanze umunyamakuru, avuga ko niyo inama yaba bwose atayikoresha hari itangazamakuru ngo ibya Koperative bireba abanyamuryango bonyine.

Bwana Kwizera Jean Bosco,  n’ubwo atari yapimishije abitabiriye inama nk’uko amategeko ateganya ko abitabiriye inama batagomba kurenza 1/2 cy’abagombaga kwitabira inama, yahisemo kuyikoresha batipimishije, ayikoreshereza hanze, ariko aza kuyisubika avuga ko abayigize batageze kuri 2/3 mu gihe abenshi bari barambiwe bagataha nyamara kandi  abanyamuryango bari bahari bakaba bo baramusabaga ko inama yakomeza ikaba kubera ko abitabiriye barengaga 60 kuri 90 bayigize ndetse banarenze 1/2 cy’abateganywa muri kino gihe cya Covid 19.

Mu gihe  Kwizera yari yemeye kuvugana n’Umunyamakuru,  yavuze ko gukererwa inama kwe byatewe n’indi yari arimo. Gusa hakibazwa impamvu atumiza inama aribuyobore, nyamara akigira mu yindi atabwiye abo yatumiye banamuhamagara ntiyitabe ngo abasobanurire ikibazo uko giteye.

Bwana Kwizera, avuga ko ubusanzwe bashyizweho ari abantu batatu b’abasigire ngo ntabwo ari Komite kandi ngo bari bafite inshingano zo gutegura amatora no kureba utundi tubazo ngo ibya raporo y’inyerezwa ry’umutungo ntibibareba.

Abajijwe impamvu yakereje abanyamuryango,  avuga ko ari bamwe mu banyamuryango bamubwiye ko nta bushobozi bwo kwipimisha bafite ariyo mpamvu bashyize inama  ku isaha ya  saa munani ngo babanze bipimishe.

Ibi arabivuga atyo ariko, Bwana Kwizera ntiyigeze abapimisha kubera ko isaha yaziyeho ya saa kumi, yahise atangiza inama nta kwipimisha kubaye inama yamaze hafi isaha yose uwanduye yagombye kuba yari yanduye.

Kubirebana n’inshingano za Komite ayoboye Bwana Kwizera avuga ko we na bagenzi be batagize Komite ahubwo ko bashyiriweho kuziba icyuho.

Agira ati “ntabwo turi Komite, twashyiriweho kuziba icyuho cya Komite yari imaze guhagarikwa. Dufite inshingano yo gutegura amatora no kureba utundi tubazo twihutirwa ibindi  byo gukurikirana abanyereje umutungo nta bushobozi tubifitiye bizakorwa na Komite nshya izatorwa.

Gusa uyu muyobozi akavuga ko Koperative yabo itagizwe Company ahubwo ari  ishoramari yinjijwejmo kandi ngo RDB na MINAGRI barabizi ngo babibagiriyemo inama.

Abajijwe abashinzwe umutungo muri kino gihe wa Koperative , avuga ko aribo ubwabo hamwe n’abandi atigeze asobanura.

Ikinyamakuru Igisabo kibaza Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera Richard Mutabazi ku kibazo cy’aba baturage ba Horana inka Bugesera bahejejwe mu gihirahiro ntibagarurizwe umutungo wabo, yatubwiye ko ari muri Konji kandi ko nta kintu kiriya Koperative yamenya, adusaba ko tubaza abashinzwe Amakoperative.

Gusa ubwo twamagaraga  Bwana  Gabriel Nzungize, ushinzwe ama Koperative mu Karere ka Bugesera, yirinze kugira icyo atangaza na gito adusaba ko tubaza Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera ngo niwe ubizi. Ngayo nguko.

Ikinyamakuru igisabo kibaza kandi Umuyobozi wa RCA Prof Harelimana Jean Bosco,  avuga ko nyuma y’igenzura bakoze bagasanga Komite ya Koperative Horaninka Bugesera yaragize uruhare mu icungwa nabi ry’umutungo ariko ko ikibazo kiri muri RIB nta cyo bakivugaho.

Abajijwe niba kuba imyaka 2 yashira abaturage batarahabwa ubutabera,  bo nk’abashinzwe amakoperative niba ntacyo bakora, avuga ko bakomeje gutegereza RIB icyo izabikoraho.

Ku kibazo cya Komite imaze imyaka 2 ivuyeho,  hakaba hatarajyaho iyisimbura izwi na bose kubera ko  iriho yashyizweho na Komite ishinjwa guhombya Koperative,  Prof.  Harerimana Jean Bosco,  avuga ko bari kubikurikirana nabyo kandi ngo bizakemuka vuba.

 Cyakora nawe yemeye ko Koperative na Company ari ibintu bibiri bitandukanye ibyakozwe ngo bakomeje kubikurikirana

Ikinyamakuru igisabo kandi cyahamagaye Umuvugizi wa RIB Dr Murangira  Thierry ngo atubwire icyaba cyaratumye Dosiye y’abantu banyereje umutungo w’aborozi ba Horaninka Bugesera imara iwabo imyaka 2 yose itarakorwa telefoni ye igendanwa ntiyabasha kuyifata.

 Ni nako byagenze ubwo twahamagaraga kuri RDB ngo batubwire uko Koperative baje kuyihindura Company abagenerwabikorwa batabizi nabo ntibabasha kwitaba telefoni.

Ikigaragara ni uko akababaro kabasaba ko Prezida Paul Kagame ariwe wabakemurira ikibazo bagasubizwa urwuri rwabo bambuwe bafite ishingiro.

Bavuga ko bageze mu nzego zose zinanirwa kubagaruriza umutungo ndetse na RIB ikaba imaranye Dosiye y’abahombeje imyaka igera kuri 2 nta gisubizo.

Ikigaragara ni uko Abayobozi b’Akarere ka Bugesera nabo ntacyo bashaka kuvuga kuri iyo Koperative, Abanyamuryango bakavuga ko harimo ikimenyane, ikenewabo no gukingirana ikibaba. Bityo bakizera ko ijambo ry’Umukuru w’igihugu wenyine ari ryo bategereje kugira ngo barenganurwe.

Bategereje uwabatumije bararambirwa
Nyuma yo gutegereza Perezida wa Koperative Kwizera Jean Bosco amasaha 7 bemeye gukoreshwa inama badapimwe COVID19
Previous Post

Kamonyi : Uruhare rw’Abafatanyabikorwa Mu Kuziba Icyuho Cyari Kigiye Guterwa Na Covid 19

Next Post

Kamonyi : Ibikorwa by’Iterambere by’Umurenge wa Runda birahesha ishema abatuye Intara y’Amajyepfo bose

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Kamonyi : Ibikorwa by’Iterambere by’Umurenge wa Runda birahesha ishema abatuye Intara y’Amajyepfo bose

Kamonyi : Ibikorwa by'Iterambere by'Umurenge wa Runda birahesha ishema abatuye Intara y'Amajyepfo bose

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA