• Latest
Kamonyi : Uruhare  rw’Abafatanyabikorwa Mu Kuziba Icyuho Cyari Kigiye Guterwa Na Covid 19

Kamonyi : Uruhare rw’Abafatanyabikorwa Mu Kuziba Icyuho Cyari Kigiye Guterwa Na Covid 19

September 18, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Kamonyi : Uruhare rw’Abafatanyabikorwa Mu Kuziba Icyuho Cyari Kigiye Guterwa Na Covid 19

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
September 18, 2021
in izindi nkuru
0
Kamonyi : Uruhare  rw’Abafatanyabikorwa Mu Kuziba Icyuho Cyari Kigiye Guterwa Na Covid 19
0
SHARES
392
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni ibitangazwa n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bukuriwe n’Umuyobozi w’agateganyo wako Tuyizere Thadee ushimira cyane uruhare rw’Abafatanyabikorwa mu gutuma Akarere gakomeza kwesa imihigo mu bikorwa by’amajyambere, imibereho myiza y’abaturage, mu miyoborere, ubukungu n’amajyambere muri
rusange.

‘Bwana Tuyizere Thadee, avuga ko n’ubwo icyorezo cya Covid 19 cyaje kigamije gusubiza inyuma imibereho y’abantu n’ibikorwa byabo muri rusange, abafatanyabikorwa b’Akarere ka Kamonyi biyemeje gufata iya mbere maze bakomeza gukora neza ibikorwa uko bisanzwe haba kugeza ku baturage amazi meza, kubaka inganda zibyaza umusaruro ibyo bahinga Kandi zigamije no kubaha akazi nk’inganda zitunganya ifu ya Kawunga y’ibigori, urwenga ikigage cya kinyarwanda gihiye n’ikidasembuye, urwenga inzoga ihiye ya Likeri yitwa Ingufu Gin ltd, ibikorwa byo kubaka umuhanda wa Ruyenzi-Gihara, ibitaro by’amaso n’ibindi byinshi bigamije kuziba icyuho cyashoboraga guterwa na Covid 19 yari yaje itunguye abanyarwanda n’isi yose muri rusange.

Agira ati “ntitwabura kuvuga uruhare rugaragara abafatanyabikorwa ARDEE KUBAHO na CARITAS Rwanda bagize mu gutunganya imiyoboro y’amazi bagamije kuyageza ku baturage bo muri Ngamba no mu bindi bice bitandukanye hagamijwe ahanini kubafasha kunywa no gukoresha amazi meza kugira ngo barangwe n’ubuzima buzira umuze. Umushoramari Kandi nawe wujuje uruganda rukomeye rwa INGUFU Gin, ku Ruyenzi twasanze ruzadufasha guca burundu inzoga z’inkorano abantu bamwe bapfaga kwinywera uko bishakiye zikabagiraho ingaruka zikomeye harimo n’urugomo n’ubusinzi, akaba yaragaragaye nk’umufatanyabikorwa mwiza na cyane ko yatanze akazi kenshi ku baturage bacu n’abandi Kandi b’abafatanyabikorwa benshi beza bakaba ari abo gushimirwa igihe cyose.”

Bwana Tuyizere Thadee avuga ko ubusanzwe Akarere ka Kamonyi kagizwe n’ibice bibiri bikomeye bibumbatiye ubukungu n’umusaruro utubutse mu baturage birimo igice cy’Amajyepfo kizwi ku izina ry’Amayaga agizwe na Nyarubaka, Mugina, igice gito cya Rugarika na Nyamiyaga ahazwiho kwera ibiribwa by’amoko yose Kandi umusaruro ukaza ushimishije. Igice cya Amajyaruguru nacyo kikaba kiganjemo umusaruro w’amabuye y’agaciro aboneka muri Kayenzi na Ngamba ibice bisigaye byitwa Iby’umujyi bya Runda, ikindi gice cya Rugarika na Musambira bikabonekamo cyane umusaruro w’inanasi n’ikawa.

Bwana Tuyizere Thadee Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Kamonyi

Akomeza avuga ko kugira ngo abaturage babashe Kugera ku musaruro ushimishije bagerageza gukorera mu ma Koperative ibituma bahuriza umusaruro hamwe bityo bigatuma bagurisha ibyo bejeje ku giciro kinogeye buri umwe. Kandi ngo abaturage bahagurukiye gutura mu midugudu ku buryo igera Kuri 135 iri gutunganywa icishwamo imihanda inakatwamo ibibanza kugira ngo izaturwemo yujuje ibisabwa byose.

Ku bigendanye n’ingufu z’amashanyarazi avuga ko abatuye Kamonyi bamaze kuwubona kuri 45,6% akavuga ko iri ijanisha rikaba ritari hasi ngo hagereranyijwe n’uko umuriro watangiye Kugera neza muri Kamonyi mu 2010, ibitanga ikizere ko mu 2024 bazaba bageze ku kigereranyo cyo hejuru hagendewe kuri gahunda ya Nyakubahwa Prezida wa Repubulika ivuga ko buri muntu wese agomba kuba afite amashanyarazi iwe muri uriya mwaka.

Ku bigendanye n’amazi meza nayo ubuyobozi buvuga ko amaze kugezwa ku baturage ku kigereranyo cya 78,2% hakaba ngo hari ikizere cy’uko mu bihe bya vuba amazi azaba agera ku bantu benshi kurushaho na cyane ko hari umuyoboro w’amazi uri gukurwa kuri Nyabarongo kugira ngo hongerewe ingano yari asanzwe akoreshwa muri Kamonyi muri rusange. Abafatanyabikorwa nk’uko byavuzwe haruguru bakaba bari kugira uruhare rugaragara mu kugeza ku baturage amazi meza.

Ku bigendanye n’uburyo abaturage bakomeje kwitabira gahunda yo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza mituwele, Bwana Tuyizere Thadee avuga ko umwaka ushize ubwitabire bwari buri kuri 99% kino gihe bukaba bumaze kugera kuri 89,6% ibitanga ikizere ko mu mezi abiri baraba bageze ku 100% kubera ko hari gukorwa ubukangurambaga buhagije.

Agira ati “turi gushishikariza abaturage bacu gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza mbere y’uko ihinga n’itangira ry’amashuri bigera kugira ngo mu gihe bazaba bahugiye muri ibyo bindi bazabe baramaze gushyira ku ruhande iby’ubwisungane bityo igihe bashatse kwivuza bage bagenda bemye.”

Chris Hotel ifasha abatemberera mu Karere Ka Kamonyi kuruhuka

Ku bigendanye no kwirinda no Gukumira icyorezo cya Covid 19, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi avuga ko abaturage ashinzwe bakoze ibishoboka byose bubahiriza amabwiriza yose agendanye no kurwanya no Gukumira Covid 19 babifashijwemo n’urubyiriko rw’abakorerabushake, abo mu nzego z’ibanze n’abashinzwe umutekano ndetse n’abanyamadini agashima ko hamaze gukingirwa hafi 20% by’abaturage b’Akarere ka Kamonyi ahitezwe ko uko inkingo zizagenda ziboneka hazakingirwa umubare wisumbuyeho mu buryo buri ku kigero cyo hejuru kurushaho.

Ahakorera Uruganda Ingufu Gin Ltd, umufatanyabikorwa w’imena w’Akarere Ka Kamonyi

Ku birebana n’ibikorwa by’inteko z’abaturage zongeye gusubukura ibikorwa byazo nyuma y’igihe cyari gishize bitewe ahanini n’icyorezo cya Covid 19 cyari cyahagaritse ibintu byinshi Bwana Tuyizere Thadee avuga ko ari ibintu byashimishishe abaturage cyane kubera ko babibona nk’uburyo bwiza bwo kunywanisha abaturage n’Abayobozi babo ubusabane bwari bwarakozwe mu nkokora n’ubukana bukabije bwa Covid 19 bityo agasaba abaturage kudapfusha ubusa amahirwe babonye, bakajya bagaragaza ibibazo, ibyifuzo n’ibitekerezo muri izo nteko abayobozi nabo bakabunganira bagerageza kubafasha kubonera umuti uhamye ibibazo byabo bityo agahamya ko nta kabuza bizashoboka bikagerwaho neza maze abayobozi n’abayoborwa ubusabane bugahoraho buri gihe ntawishisha undi.

Asoza avuga ko n’ubwo Akarere ka Kamonyi kamaze kugera kuri byinshi byo kwishimirwa abababazwa cyane n’abayobozi ko hari ibyo batabasha kubonera ibisubizo uko bikwiriye ahanini bitewe n’ingengo y’imari iba idashobora ngusubiza ibikenewe byose nko kugeza ku baturage amazi n’amashanyarazi uko babyifuza, gukora ibiraro n’amateme mu bice byose bikenewe, ariko akizera ko ku bufatanye bw,abafatanyabikorwa n’abaturage ubwabo ibibazo nk’ibyo byose bizagenda bibonerwa umuti gahoro gahoro uko ingengo y’imari izagenda yiyongera.

Intego y’Abesamihigo ni ugutwara ibikombe igihe cyose

Ashimira cyane Leta y’u Rwanda uburyo ikomeje gufasha abaturage bakingirwa icyorezo cya Covid 19 no kubashyiriraho ingamba zihamye zibafasha kuyisezerera no kuyirwanya burundu. Agashimira abaturage n’abafatanyabikorwa bakora amanywa n’ijoro kugira ngo Akarere ka Kamonyi gaharanire buri gihe kuza mu myanya ya mbere mu mihigo y’ibikorerwa abagatuye.

Akarere ka Kamonyi ubusanzwe abagatuye bazwi ku izina ry’Abesamihigo ba Kamonyi, ni kamwe mu Turere 8 tugize Intara y’Amajyepfo. Ni Akarere Kari mu marembo y’Umujyi wa Kigali ku binjira n’abasohoka mu Ntara y’Amajyepfo. Gatuwe n’abaturage kagera ku bihumbi 400, kagizwe n’imirenge 12, Utugari 59 n’Imidigudu 317. Iburasirazuba bwayo hari Akarere ka Nyarugenge, Rulindo n’igice gito cya Gakenke. Iburengerazuba hari igice gito cya Muhanga n’igice gito cya Ruhango, amajyaruguru hari igice gito cya Muhanga n’ikindi cya Gakenke mu majyepfo igahana urubibi n’Akarere ka Bugesera n’ikindi gice gito cya Ruhango.

ibiro by’Akarere Ka Gasabo

Ni Akarere Kari kwihuta cyane mu majyambere y’inganda, Amahoteri n’ama Restaurant, amashuri, amavuriro n’ibitaro, ubuhinzi n’ubworozi byose byubakiye ku bufatanye bw’Ubuyobozi, abaturage n’abafatanyabikorwa b’Akarere muri rusange.

Previous Post

Ambasaderi W’U Rwanda Muri Amerika Yagiriye Inama Abategura Miss Rwanda

Next Post

Bugesera : Aborozi bahawe urwuri na Perezida wa Repubulika ku ishyamba rya Gako baramutabaza ngo arubagarurize nyuma y’uko rubohojwe n’abifite

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Bugesera : Aborozi bahawe urwuri na Perezida wa Repubulika  ku ishyamba rya Gako baramutabaza ngo arubagarurize  nyuma y’uko rubohojwe n’abifite

Bugesera : Aborozi bahawe urwuri na Perezida wa Repubulika ku ishyamba rya Gako baramutabaza ngo arubagarurize nyuma y'uko rubohojwe n'abifite

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA