• Latest
Ibyo mwamenya ku Uruganda rukora ikinyobwa cya Gorilla Power Gin na bombo ya Ndi Umunyarwanda (Yego Manufacturers LTD)

Ibyo mwamenya ku Uruganda rukora ikinyobwa cya Gorilla Power Gin na bombo ya Ndi Umunyarwanda (Yego Manufacturers LTD)

September 4, 2021
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Ibyo mwamenya ku Uruganda rukora ikinyobwa cya Gorilla Power Gin na bombo ya Ndi Umunyarwanda (Yego Manufacturers LTD)

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
September 4, 2021
in izindi nkuru, Ubukungu
0
Ibyo mwamenya ku Uruganda rukora ikinyobwa cya Gorilla Power Gin na bombo ya Ndi Umunyarwanda (Yego Manufacturers LTD)
0
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Yego Manufacturers LTD, ni uruganda Nyarwanda ruherereye mu murenge wa Gahanga, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali,  rukaba arirwo rukora ikinyobwa gikunzwe na benshi  kitwa Gorilla Power Gin ndetse na Bombo za Ndi umunyarwanda zikunzwe n’abatari bake by’umwihariko abakiri bato, bakanakora n’ibinyobwa bidasembuye nabyo bikunzwe ku isoko ry’igihugu cyose.

Bwana Mahagarara Alexis, Umuyobozi Mukuru akaba na nyiri uruganda Yego Manufacturers, aganira n’ikinyamakuru Igisabo.rw avuga ko m’urwego rwo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda uruganda ahagarariye,  mubisanzwe rukora rukanatunganya ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye by’imitobe  hiyongereyeho Bombo za Ndi umunyarwanda, rukaba rwaratangiye imirimo yarwo muri 2011, hagamijwe ahanini kwiteza imbere nka nyiri uruganda n’umuryango,  Guteza imbere agace ruherereyemo harwanywa ubushomeri no kuzamura igihugu cy’u Rwanda muri rusange.

Agira ati “Dushinga uruganda Yego Manufacturers Ltd,  twari tugamije gushaka uburyo bwo kwiteza imbere mu bikorwa by’amajyambere bitandukanye by’umuryango tunagamije inyungu z’igihe kirambye birumvikana, Twifuzaga kuzamura agace uruganda ruherereyemo ka Gahanga muri Kicukiro na cyane ko abakozi hafi ya bose dukoresha ari abaho,  bakaba babasha kubona umushahara ubafasha nabo kwiteza imbere ubwabo n’imiryango yabo.”

Ikinyobwa kidasembuye gikorwa na Yego Manufacturers Ltd

Kubirebana no kuzamura igihugu muri rusange, tukaba twishyura neza  imisoro isabwa  igera nko  kuri Miliyoni 300 buri kwezi byumvikane ko Uruganda Yego Manufacturers intego zarwo ziri kugenda zitanga umusaruro nyawo kandi ushimishije uko bigomba.

Bwana Mahagarara,  avuga ko gushinga uruganda bisaba ibintu byinshi no kwitanga mu buryo bwose, cyakora ngo iyo urushinze ugakora neza kandi ubikunze unabishyize ku umutima nta kabuza ngo  umusaruro ukenewe uraboneka ndetse ukanasagura.

Avuga ko ibyo bakora byose muri Yego Manufacturers babifitiye isoko mu gihugu hose hakaba hari guteganywa uburyo bwo kwagura amarembo ibyo bakora bikanagezwa mu bihugu by’abaturanyi, ariko ngo mu minsi ya vuba hakazaba hari ama Depo i Rubavu na Rusizi kubera ko umusaruro w’uurganda ukomeje kuba mwinshi kandi ibinyibwa byabo bikaba bikunzwe binakenewe ku isoko na benshi.

Asoza ashimira Leta y’u Rwanda uburyo ikomeje gushyigikira inganda n’ibikorerwa mu Rwanda muri rusange, ibituma nabo nk’abikorera barushaho gukorana  ishyaka baterwa no kumva ko Leta yabo ibabaye hafi.

Avuga ko muri rusange nta ngorane nyinshi bakunze guhura nazo mu kazi ka buri munsi,  uretse na none  icyorezo cya Covid 19 cyashubije ibintu byinshi nyuma,  cyane cyane ibigendanye n’ibinyobwa kubera ko utubari tumaze umwaka n’igice dufunze.

Ikindi avuga n’ik’ibikoresho byifashishwa mu gukora ibinyobwa batumiza hanze muri rusange, bikaba bibageraho bihenze ahanini bitewe n’imisoro iri hejuru cyane.

Cyakora,  akizera neza  ko uko ibihe bizagenda biba byiza imisoro nayo izagabanuka  bagakora babona urwunguko rwinshi mu buryo bwifuzwa.

Bwana Alexis Mahagarara, Umuyobozi Mukuru akaba na Nyiri Uruganda Yego Manufacturers Ltd

Ushinzwe Ubuyobozi bw’uruganda (Executive Director Officer)  Yannick Hagenimana, avuga ko uruganda Yego Manufacturers ari uruganda rwaje rukenewe mu Rwanda kubera ko ibinyobwa bakora byose byaba ibihiye n’ibidasembuye by’imitobe na Bombo zirimo Ndi Umunyarwanda, byose  bikunzwe ku isoko ibituna buri Ntara n’Uturere bagiramo ababahagarariye,  kugira ngo abakiliya benshi babone ibikorwa n’uruganda rwabo hafi yabo biboroheye.

Agira ati “ubusanzwe,  Uruganda ubwo rwatangiraga imirimo  imirimo yarwo muri 2011, rwabanje kujya rukora ibinyobwa bidasembuye (Juices), aho dukora amoko atatu ariyo Yego Juice ya 350 ml  ikaba ikoze muri Mango, Yego Juice 500 ml  nayo ya Mango ndetse na Yego Juice ya 500 ml ikoze muri Apple.

Uretse ibi binyobwa by’imitobe bikunzwe n’abantu benshi mu gihugu, Bwana Yannick Hagenimana,  avuga ko Yego Manufacturers ariyo ikora ikanatunganya Bombo za Ndi Umunyarwanda zimaze igihe zigeze ku isoko aho zakiranywe na yombi n’abanyarwanda benshi cyane urubyiruko.

Agira ati “Bombo dukora nazo zirimo amoko ane atandukanye ariyo : Ndi Umunyarwanda Lolipop, Ndi Umunyarwanda Sweets, Inkorora Sweets  na  Fruit drops Sweets.“

Nyuma y’ibi binyobwa byose  by’imitobe byaje bikenewe  bikaba binakunzwe na benshi, Bwana Eric Hagenimana, avuga ko hahise hakurikiraho ibinyobwa bihiye, nabyobikoranwa ubuhanga kubera ko bafite ngo abakozi babifitemo ubuhanga n’ ubunararibonye,

Bwana Yannick Hagenimana, Umuyobozi uhoraho w’Uruganda

Ari byo : Gorilla Power Gin  ya 200 ml,  Gorilla Power Gin ya 250 ml ndetse  na  Leyon Vodka Super Star ya 200 ml.

Akomeza avuga ko ubusanzwe  buri munsi bakora ama Litiro arenga ibihubmi 4500 y’ibinyobwa bisembuye, ahanini ngo bitewe n’uko bafite imashine n’ibyuma bizitunganya zigezweho kandi zifite ubushobozi buri hejuru mu gukora neza kandi vuba

Ikindi avuga ni uko uruganda Yego Manufacturers,  rufite abakozi bagera kuri 40 bahoraho  kandi bahembwa neza uko bikwiriye   bakanahemberwa ku gihe, ari nako batangirwa imisanzuy’ubwiteganyirize kino gihe ndetse bakaba bari gukangurirwa n’ubuyobozi no gutanga imisanzu mu Kigega Ejo Heza.

Bombo za Ndi Umunyarwanda zikorerwa muri Yego Manufacturers Ltd

Bwana Bruno Irankunda nawe ni Umuyobozi wungirije w’uruganda Yego Manufacturers Ltd (Assistance Executive Director) akaba ashinzwe n’abakozi.

Yishimira cyane kuba akora mu ruganda rukomeye kandi rufite ibyangombwa byose bikenerwa mu kazi ka buri munsi.

Avuga ko nk’umuntu ushinzwe abakozi abashishikariza gukorana umwete kugira ngo umusaruro w’uruganda ukenewe m’ubyukuri uboneke uko bikwiriye,  bityo nabo babone umushahara ubabereye.

Agira ati “Twishimira cyane  ko hano mu kazi dukora,  abakozi dufashwe neza n’Ubuyobozi bwacu. Duhembwa neza kandi tugahembewa igihe ari nako duteganyirizwa dutangirwa imisanzu y’abakozi muri RSSB ndetse tukanahabwa ifunguro rya saa sita.

Muri rusange abakozi ba hano iyo binjiye bapimwa  umuriro, bakanakaraba amazi meza n’isabune ndetse tukanacuga neza imikorere yabo mu kazi kugira ngo hatagira ushukwa n’inzoga biriwe bakoramo hakagira usomaho,  ibyatuma yica akazi bityo ntatange umusaruro yari yitezweho uko bikwiriye.”

Bwana Irankunda Bruno yishimira na none ko abakozi ashinzwe bakorana umurava bakanagaragaza ubuhanga n’ubunararibonye ibituma ibinyobwa byaba ibihiye, iby’imitobe na Bombo z’amoko yose bakora,  byose bigera ku isoko bigakundwa n’abantu bose kubera ubwiza n’uburyohe babisangana.

Avuga ko m’urwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid 19 abakozi bose bakorera uruganda bamaze gukingirwa ndetse no mu kazi ngo bakaba bagenda  basimburana mu byiciro,  kugira ngo hakore bakeya bashobora kwirinda uko bikwiye.

Asoza abasaba abakozi bagenzi be gukomeza kurangwa n’ishyaka n’umurava mu kazi bakora kugira ngo haboneke umusaruro utubutse w’uruganda  bityo n’Ubuyobozi bukuru bwarwo buge bubagenera agahimbaza mushyi, gatubutse bahereye kubikorwa byakozwe.

Bruno Irankunda Umuyobozi wungirije akaba ashinzwe n’abakozi b’Uruganda Yego Manufacturers Ltd

Uruganda rwa Yego Manufacturers Ltd,  ni uruganda rumaze kuba Ikitegererezo mu Rwanda, rukaba rutunganya ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye by’imitobe y’imbuto ndetse na Bombo z’amoko atandukanye harimo izwi nka Ndi Umunyarwanda.

Ni Uruganda ruherereye i Gahanga mu Karee ka Kicukiro , umujyi wa Kigali, mu Cyanya cyahariwe Inganda ku muhanda munini werekeza mu Karere ka Bugesera

Abifuza kurangura no gukorana n’uruganda Yego Manufacturers, bashobora guhamagara kuri +250787750621 cyngwa +250788293973 bagahabwa ibisobanuro birambuye.

Amoko atandukanye y’inzoga nka Gorilla na Leyon zifite ibanga zihariye mu buryohe
Ibinyobwa biba bibitse neza mu bikoresho byabugenewe
Imashini zigezweho zifashishwa n’abakozi b’impuguke mu gukora ibinyobwa bigezweho
Inyubako z’uruganda
Previous Post

Minisitiri Biruta yakiriye Ambasaderi Versmessen guhagararira u Bubiligi mu Rwanda

Next Post

Hari abari gukekwaho gusimbura Busingye muri Minijust

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Hari abari gukekwaho gusimbura Busingye muri Minijust

Hari abari gukekwaho gusimbura Busingye muri Minijust

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA