Ubuyobozi n’abakozi ba Sina gerard/ Ets Urwibutso ikorera mu karere ka Rulindo kuri Nyirangarama ikaba ikora ibiribwa n’ibinyobwa by’amoko atandukanye, bifatanyije na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda na Madamu we, Abandi bayobozi bakuru b’igihugu, abahagarariye ibihugu byabo n’imiryango mpuzamahanga mu Rwanda n’abanyarwanda bose muri rusange muri kino gihe cyo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Kwibuka twiyubaka, dukomeza kurwanya icyorezo cya COVID 19.

