• Latest
Nyanza : Umuturage avuga ko Ubuyobozi butamufasha kubona inzira igana aho yubakiye abaturage ishuri

Nyanza : Umuturage avuga ko Ubuyobozi butamufasha kubona inzira igana aho yubakiye abaturage ishuri

March 31, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Nyanza : Umuturage avuga ko Ubuyobozi butamufasha kubona inzira igana aho yubakiye abaturage ishuri

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
March 31, 2025
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Uburezi, Ubutabera
0
Nyanza : Umuturage avuga ko Ubuyobozi butamufasha kubona inzira igana aho yubakiye abaturage ishuri
0
SHARES
452
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Uwitwa Uwamwezi Marie Claire warokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 mu Murenge wa Muyira, Akagari ka Nyamiyaga Umudugudu wa Nzovi mu Karere ka Nyanza, avuga ko amaze imyaka irenga itatu asaba inzira yamufasha kugeza ibikoresho aho yubatse inyubako yateganyije ko yaba ishuri ry’ikiburamwaka, cyane ko  ababyeyi baho ngo bakora urugendo bajyana abana ku ishuri. Cyakora Umuyobozi w’Umudugudu Rwagatore Narcisse ngo yamwimye inzira, yiyambaje Umuyobozi w’Akarere Ntazinda Erasme nawe ntiyabimufashamo.

Uwamwezi Marie Claire, avuga ko kubera kuba wenyine no guhura n’Uburwayi bwa hato na hato, yahisemo gutanga inzu yari yarubakiwe i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, aza kubona umugiraneza umwongerera ubushobozi ahitamo kujya kubaka ku ivuko iwabo, maze ahitamo kubaka ishuri ry’ikiburamwaka, kugira ngo nawe atange umusanzu wo kubaka igihugu cye afasha abana kwigira hafi, ariko azitirwa no kubura inzira ihagera.

Agira ati “Kubera uburwayi nkunda guhura nabwo kenshi, nahisemo kuza kuba ku ivuko nibwo nubatse ishuri, ngira ngo n’unganire ababyeyi bajyana abana kwiga kure y’aho batuye. Ishuri nararyujuje ndetse na NESA baransuye bantegeka ibyo nakongeraho. Gusa mfite ikibazo cy’umuhanda uhagera, cyane ko umuturanyi wanjye Rwagatore Narcisse ari nawe Mudugudu,  namusabye ko yamfasha kubona inzira igera kuri iryo shuri ambera ibamba. Niyambaje ubuyobozi bw’Umurenge n’Akarere ka Nyanza, Meya Ntazinda ubwe araza. Mudugudu yemeye ko we na mugenzi we Kagemanyi Ignace begeranye bazampa inzira ya M18 kuri M4 nkishyura ibihumbi 500 ariko nyabahaye baranga.”

Uwamwezi Marie Claire yabuze uwamufasha kubona umuhanda ujya ku ishuri rye

Avuga ko amaze kubona ko amafaranga bayanze, yasabye Meya ko yahabwa inzira yahahoze umuhanda abaturage baje guhingamo ugasibama.

Ashimangira ko iyo nzira ayihawe ko yajya inafasha n’abandi baturage baturanye batagira umuhanda, ukaba wanafasha imiryango y’abantu 10 bawuturiye aribo: Ntagungira Ildephonse, Nkuriyingoma, Uwimana Francine, Uwamwezi Marie Claire, Sesonga Venuste, Uwamahoro Chantal, Mukankundiye fortune, Kagemanyi Ignace, umuryango wa Pio Mugabo n’abandi.

Aba bose ngo umuhanda awuhawe wabafasha mu migendanire, bitandukanye cyane n’ibyo Meya Ntazinda na Mudugudu ngo bavuga ko ari igikorwa cye bwite. 

Ubu butaka bwahoze ari umuhanda wavaga ku rusengero rw’Abadiventiste ugahuza ingo nyinshi aha niho yifuza ko bamushakiraho umuhanda

Akomeza avuga ko iby’uwo muhanda yifuje ko waca aho wahoze cyera, Meya Ntazinda yamuhakaniye ko bitashoboka kuko ngo byasaba gusenyera abaturage, kandi ibyo yubaka ari ibye ku giti cye, bitabarirwa mu bikorwa rusange.

Yibaza impamvu ubuyobozi bumutererana ako kageni, mu gihe aho abasaba hahoze inzira rusange, bigatuma umushinga w’ishuri yari azaniye abaturage udindira ngo si igikorwa rusange.

Ku rundi ruhande, avuga ko n’ubwo bwose yubatse iryo shuri, akaba yimwa inzira yo kurigeraho, ngo yanahuye n’ibindi bibazo byinshi  ubwo yubakaga.

Ishuri ryaruzuye abura umuhanda urigeraho

Avuga ko yakomeje kujya aterwa n’abantu bagasenya inkuta z’igipangu ndetse n’ibirahure by’amadirisha n’inzugi by’ishuri bakamenagura, yakwiyambaza Mudugudu ngo amukorere raporo ajyana kuri RIB, ngo hashakishwe abamwangiriza  akamwangira.

Asaba inzego bireba ko zamurenganura agahabwa inzira yatuma abasha kugeza ibikoresho ku ishuri ari kubakira abaturage, ibyatuma n’abazajya barigana bose babasha kuhagera mu buryo bworoshye.

Ikindi avuga ni uko kuba Mudugudu yaranze kumuha inzira mu rubibi rwe, ubuyobozi bw’Akarere bwamufasha kubona iyo asaba yahoze inyura hafi y’ishuri rye, cyane ko Itorero ry’Abadivantiste ngo ryegereye aho hantu ryamwemereye ko inzira bazayimuha.

Ahamya ko undi muturage nawe wubatse muri iyo nzira, yemera kumuha inzira, akazitirwa n’uko icyo gice naho Mudugudu Rwagatore Narcisse ahafite ibikorwa, ariyo nayo mpamvu ngo Meya   yabimushyigikiyemo avuga ko batakwimura ibikorwa by’abaturage.

Ubwo yaramaze kubaka igipangu cy’ishuri abagizi ba nabi baragihiritse

Ikinyamakuru IGISABO kiganira n’Umuyobozi w’umudugudu wa Nzovi, Rwagatore Narcisse, akaba n’umuturanyi wa Uwamwezi, yabajijwe impamvu adaha inzira umuntu uri kubazanira iterambere mu gace batuyemo, avuga ko atimanye inzira, ahubwo ko bamaze kuyimwemerera n’abayobozi bahari, mu minsi mike ngo babona yabashyize mu itangazamakuru. Gusa ngo biteguye kuyimuha niyubahiriza amasezerano bagiranye.

Agira ati “Nta nzira twamwimye. Ubuyobozi bwaraje habaho ubwumvikane ko twazamuha njye na mugenzi wanjye, inzira ya M18 kuri M4 akishyura ibihumbi 500. Kuva icyo gihe nta mafaranga yazanye ahubwo yatujyanye mu itangazamakuru, avuga ko tumwanga turi abantu batari beza. Rwose ni umuturanyi ntitwakwishimira ko abura uko atunganya ibikorwa bye azaze tumuhe inzira.”

Abajijwe icyakoroha, ari ukumuha inzira ku isambu yabo cyangwa se guhabwa ahahoze inzira cyera hahinguka ku ishuri rye, avuga ko iyo nzira yindi avuga, yari umuhora w’inka wabayeho mu myaka y’1970.

Asobanura ko abaturage bahahinze, barahubaka, cyakora ngo akomeje kuhifuza naho bashaka uburyo bamwumvikanisha n’abahatuye nabwo akagira icyo yigomwa.

Yifuza ko bamuha inzira igera ku ishuri ariko yarayibuze

Abajijwe impamvu Uwamwezi aterwa yamutakira nk’umuyobozi ntamutabare, byibura ngo akore raporo y’ibyabaye, avuga ko abeshyerwa ko ntawamutabaje ngo areke kumwitaba.

Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Ntazinda Erasme nawe ushinjwa n’Uwamwezi Marie Claire kugira ubushake buke bwo kumufasha kubona inzira igera ku ishuri yubakiye abaturage, avuga ko ntako Ubuyobozi bw’Akarere butakoze ngo bumuhuze n’abaturage bagombaga kumuha inzira, kubwe akaba ngo yarazi ko byanarangiye.

Agira ati “Nibyo koko Uwamwezi Marie Claire yaratwitabaje avuga ko afite igikorwa kigendanye n’ishuri ko ashaka inzira ihagera. Inzego zitandukanye zarahageze, abaturanyi bemera kumuha inzira nawe akishyura ubwo butaka ahawe. Twari tuzi ko byarangiye cyane ko bagiranye amasezerano yihuse yakozwe mu gihe gito. Niba bitarakunze ubwo twakurikirana tugasaba impande zombi ko zashyira mu bikorwa ibyo bari bemeranyijeho.”

Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Ntazinda Erasme arashinjwa kudafasha umuturage we

Ku birebana n’indi nzira Uwamwezi yifuza, cyane ko avuga ko yahoze ari nyabagendwa abaturage bakayigabiza, Meya Ntazinda asubiramo amagambo ya Mudugudu Rwagatore ko aho hantu nta nzira yahabaye ko hahoze ari umuhora w’Inka cyera, hakaba ngo hataboneka uburyo bwo kwimura abahatuye kandi ari igikorwa cy’umuntu ku giti cye.

Abajijwe icyo bafasha Uwamwezi, nk’umuturage ushaka kwiteza imbere akazamura n’agace atuyemo yubaka ishuri, avuga ko agiye kubeshya yavuga ko hari ubushobozi bamubonera.

Avuga ko nta gikorwa kitavuye mu byemezo bya Njyanama, ngo kuba Uwamwezi yarubatse atabagejejeho umushinga w’ibyo agiye gukora,  Akarere ngo ni kanini, ku buryo uwajya wese ashaka kuzana ibikorwa bye ku giti cye ntiyabonerwa ubufasha bwa Leta.

N’ubwo bwose Meya Ntazida avuga ko ibyo Uwamwezi akora atari igikorwa rusange,  Uwamwezi  avuga ko aramutse ahawe inzira asaba iturutse ahahoze umuhanda bita ko wari umuhora w’inka, nta kabuza ngo ibyo yiyemeje byo kuzamura agace atuyemo yubaka ishuri yabikora, maze ababyeyi bakoraga urugendo rwa kure bajyana abana ku ishuri, bakabasha kwigira hafi mu buryo buboroheye.

Umwe mu baturage baturanye na Uwamwezi Marie Claire bigaragaraga ko ari umubyeyi ukiri muto, yavuze ko atumva uburyo abayobozi bamutererana kandi yarabahaye akazi, mu gihe aho batuye nta kindi gikorwaremezo gihari cyabaha amafaranga.

Imbere y’ubuyobozi abaturanyi bemeye kumuha inzira nyuma barabyanga ngo yavuganye n’itangazamakuru

Undi muturage nawe yashinje ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza kudatega amatwi abaturage.

Ashinja cyane Meya Ntazinda, kuba yarategetse ko bashyira ikigega cy’amazi mu muhanda rwagati bacagamo ari nko guhimana.

Asobanura ko hari umuntu wari ukomeye uvuka muri ako gace, iyo inshuti n’abavandimwe ngo basuye uwo muryango, bibasaba gusiga imodoka munsi y’ikigega bakagenda n’amaguru, bitewe n’ifungwa ry’uwo muhanda washoboraga no kugera ku ishuri rya Uwamwezi.

Kuri ibi by’ikigega cyafunze Umuhanda, Meya ntazinda ahakana ko nta ruhare yabigizemo, WASAC ngo niyo imenya aho ishyira ibikorwa byayo kandi ngo cyubatswe cyera ataranayobora Akarereka Nyanza.

Ni kenshi abaturage bidogera abayobozi babo, babashinja kutabakemurira ibibazo baba babagejejeho.

Uwamwezi  Marie Claire, avuga ko igihe yatangiriye gutakamba asaba gufashwa ngo yubake ishuri rye ritangire, ngo iyo haramukaba  harabayeho ubushake bw’abo yatakiye, abana benshi baba baratangiye kwiga.

Asaba ubuyobozi kumufasha nta yandi mananiza, cyane ko yasigaye wenyine, akaba akeneye uwamwumva akamwuganira mu bitekerezo no mu bikorwa afite byo kuzamura igihugu.  

Previous Post

Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

Next Post

Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y'imikino na Siporo mu Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA