
V/President wa IBUKA Rwigamba Serge yatangaje ko Jenoside ar’icyaha kibasira inyoko muntu ki kaba gifite ukocyitwa haba mu mategeko mpuzamahanga cyagwa mu mategeko yo mu Rwanda, itegeko rihana icyaha cya jenoside ryagiyeho ku wa 30 Gicurasi 1996, amategeko ahana ibyaha icyo gihe u Rwanda rwicyo gihe rutagifatanga nk’icyaha kuko izo leta zateguye zikanashyira mubikorwa Jenoside sizo zaringutora itegeko rihana ibyaha byibasiye inyoko muntu bakoranga icyo gihe.
Tuvuze na botwibuka uy’umunsi turibuka imbaranga bari bafite mubikorwa by’ubucurunzi ndetse na bakora ubucurunzi bari basazwe bafite mu muryango n’igikorwa cyiremereye kuko gihuza abantu bose mu mateka yose yabayeho ubucuruzi n’ikintu gihuza bantu muri rusange ibimenyetso birahari ubwo Jenoside yakorwaga imirimo yose yarahangaze ariko abakoranga ubucuruzi no muri Jenoside barakoraga, hano mu isoko rya Nyarugenge Interahamwe zamaraga kwica abantu zingasahura ibyo zasahuranga ibyo zitajyanaga murugo zabizananga mu isiko zikabicuruza.
Inshutiraguma Esperance aganira n’itangazamakuru yavuze ko nkuko twabigaraje abagize uruhare runini mugutegura jenoside yakorewe abatutsi no kuyishyigikira mubikorwa mukubafasha m’uburyo bwose. kuko iyo batabona ubufasha bwa abacurunzi cyagwa ubwari bwo bwose gutengura jenoside byari kubangora cyagwa ntibe, uy”umunsi rero dufite ubuyobozi bwiza umutekano ikindi dufite iterambere binyuze mubikorwa remezo inganda, imihanda, imiturirwa, n’ibindi byinshi.

Akomeza agira ati “ntabwo tuzahwema na rimwe kuvuga ko ducyeneye kumenya amakuru y’ahantu hari imibiri. ariko mubikorwa dukora by’ubumwe n’ubudaheranwa hari ibikorwa tujya tujyira byo gusura muri Gereza, ejo hari igikorwa cyo kwibuka muri gereza ubwo ni uburyo bumwe na bumwe kuribo hari abatanga amakuru yahari ibyobo cyagw aho ba bacyeka ko hari imibiri rimwe na rimwe iyo tugiyeyo turayibona. tuyikurayo takayishyingura mu cyubahiro.”
Kandi mubigaro dukora bitandukanye biduhuza n’abaturage cyane ko harimo abaragije ibihano abo rero rimwe na rimwe hari gihe batanga amakuru. tukabasha kubona imibiri, hara cyari imibiri myinshi cyane itarashyingurwa mu cyubahiro, dukoresha ibiganiro bisazwe tugakorana na bantu fugiye ibyo byaha na funguwe ku bufatanye n’amatorero ndetse n’abikorera tugerangeza kubaganiriza kugirango ahoba batatanze amakuru ba bashe kuyatanga, tuboneho gurasaba aba bafite ayo makuru kwegera ubuyobozi bumwegereye angataga amakuru.

Umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera
mu Karere ka Nyarugenge (PSF Nyarugenge)
kivenge john yabwi itangazamakuru ko Kwibuka n’inshingano zaburi munyaRwanda wese aturi ukuvugango kwibaka n’ibya bantu runaka ubu n’inshingano iyo igikorwa cyabaye inshingano rero n’icyu muntu wese, natwe twuvaga ko tugomba kugikora, icyindi nuko tumaze imyaka 30 ducuruza turibenshi abandi bagiriyemo hangati ariko ni ugutekereza mu myaka 30 ishize mu micururize yacu muri urwo rungendo ntanikindi kintu twakora kirenzeho.
Ejo kuwa 5 ni mugoroba twasuye intwaza dusura abacitsi kw’icumu batishoboye bu bakiwe na Leta Nyarurenzi mu Murenge wa Magerangere turabasura barishima cyane ndetse abacuruzi bahavanye igitekerezo cyuko bazasubirayo bakabasura bamwe batekereza ko bazajya kubatwarira abana hari na biyemeje ko buri biriro byose bibaye bazajya ba boherereza imodoka zizajya zibazana muri byo birori.


Alex RUKUNDO