• Latest
Gisagara:  Uwarokotse Jenoside 1994 amaze imyaka 27 asaba gusanirwa  inzu none  igiye kumugwaho

Gisagara: Uwarokotse Jenoside 1994 amaze imyaka 27 asaba gusanirwa inzu none igiye kumugwaho

March 26, 2024
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Gisagara: Uwarokotse Jenoside 1994 amaze imyaka 27 asaba gusanirwa inzu none igiye kumugwaho

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
March 26, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imiyoborere, Ubuzima
0
Gisagara:  Uwarokotse Jenoside 1994 amaze imyaka 27 asaba gusanirwa  inzu none  igiye kumugwaho
0
SHARES
247
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni Umukecuru w’imyaka 74  Mukamazimpaka Constance, utuye mu Murenge wa NDORA, Akagari ka MUKANDE umudugudu wa BUGARAMA, Akarere ka GISAGARA, uvuga ko kuva mu 1996 yasabye ubuyobozi bw’inzego z’ibanze kuba bwamusanira inzu, ariko buterera ngo agati mu ryinyo,  akaba arara hanze iyo imvura iguye, atinya ko inzu yamugwa hejuru. 

Avugana ikiniga n’agahinda kenshi, umukecuru Mukamazimpaka, warokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 wo mu Karere ka Gisagara, avuga ko amazu ashaje batuyemo bayubakiwe na PAM bakimara kurokoka.

Amaze imyaka 27 asaba gusanirwa inzu none igiye kumugwaho

Cyakora kubera ko zitari zikomeye neza, mu 1996 FARG biciye mu buyobozi bw’inzego z’ibanze, yatangiye kujya izibasanira, gusa ngo bageraga ku nzu ye bakayisimbuka, bigizwemo uruhare n’ubahagarariye RUHAMANYA Patrice ndetse n’Ubuyobozi bw’Akagari ka Mukande n’Umurenge wa Ndora, bose ngo bagendaga basanira abantu hakoreshejwe icyenewabo na Ruswa.

Agira ati “ Umubyeyi Nyakubahwa Paul Kagame niwe wankuye mu gihuru aho nari nihishe, nyuma y’uko imiryango yanjye yose bari baramaze kuyitsemba. Muri kino gihe mbabazwa no kuba maze imyaka 27 ntakambira ubuyobozi bw’inzego z’ibanze ngo bunsanire iyi nzu mubona igiye kungwaho. Abayobozi bose natakambiye banyimye amatwi, ariko buriya ahari inzu nimara kungwa hejuru napfuye, nibwo abo bayobozi bazibuka ko nanjye nari umuntu nkabo.”

Aha ni imbere munzu hose hararangaye

Avuga ko inzu za bagenzi be bubakiriwe rimwe, zo zimaze kuvugururwa inshuro ebyiri zose ari nako babahindurira ibisenge, bagakuraho amategura babashyiriraho amabati, ariko we ngo ntiyumva na gato icyo bamuhora, mu gihe abenshi basanirwa barimo n’ubahagarariye RUHAMANYA Patrice kandi bagifite imbaraga, nyamara we w’umukecuru agatereranwa ako kageni.

Abajijwe niba nta nzego z’ubuyobozi zindi zaba zizi ikibazo cye cyo kuba mu nzu igiye kumuhirimaho, avuga ko kuva ku mudugudu kugera ku murenge wabo wa Ndora, bose ikibazo bakizi, bakaba ngo bahora bamubwira ko ari kuri Listi y’abazasanirwa, umwaka ugashira undi ugataha, kuva muri 1996 kugeza uyu munsi agitakamba.

Avuga ko iyo imvura iguye ari ku manywa, agerageza kujya kugama mu baturanyi, ariko ngo iyo ari nijoro, ntashobora gukinguza abantu, ahubwo ngo areba aho yihengeka mu nguni y’inzu yitwikiriye ibyenda n’ibifuka bishaje, imvura yose ikamunyagirira muri iyo nzu irangaye hejuru, yagira Imana ngo akabona ihise inzu itamusandariyeho, bityo akibaza uzamutabara, akamukiza uwo muruho bikamuyobera.

Iyo imvura igiye yikinga muri ibi bindi n’amajerekani agahisha umutwe gusa

Agira ati “Muzambwirire Umubyeyi wacu Nyakubahwa Paul Kagame, muti {Umukecuru warokoye n’ingabo zawe z’Inkotanyi, ko atagira aho akinga umusaya}. Muzamumbwirire, mumunsabire kandi ko yamfasha nkubakirwa inzu, cyane abo natakambiye bose banyimye amatwi.”

Uhagarariye abacitse ku Icumu mu mudugudu wa BUGARAMA, utungwa urutoki rwo kuba yihishe inyuma yo gutuma umukecuru Mukamazimpaka adasanirwa inzu ye, imyaka 27 ikaba ishize abundabunda, avug a ko nta ruhare yagize ngo uwo mukecuru adasanirwa inzu ye kuko n’iye itigeze isanwa na gato.

Utwana tw’uduturanyi nitwo tumucanira muziko ariko naho haba hatohejwe n’umuvu w’imvura igwa mu nzu

Agira ati “Nta ruhare mbifitemo kugira ngo adasanirwa. Nanjye ntabwo bansaniye, muzaze murebe. Ni abantu batandatu basaniye gusa, dutegereje twese ko byazatugeraho.”

Avuga ko kuva amazu yubakwa na PAM, babasaniye inshuro imwe gusa ngo bategereje ko bazongera kubafasha.

N’ubwo bwose Ruhamanya ahakana gutya, ikinyamakuru IGISABO cyageze ku nzu ye iri mu gace bubakiwemo muri Bugarama, kibona neza ko we yasanwe inzu inavuguruye neza, n’ubwo bwose igisakaje amategura.

Avuga ko basaniwe inshuro imwe gusa, ariko abaturanyi bose ba Mukamazimpaka, bahamya ko ubuyobozi bwabasaniye inshuro ebyiri, bikaragazwa n’ubwiza bw’amazu menshi amukikije, nyamara iye igiye guhirima akaba ahora arara hanze, ari guhunga imvura ijoro ryose.

Abandi bacitse ku icumu barasaniwe amazu yabo barimo na Ruhamanya Patrice ubahagarariye

UBUYOBOZI BUVUGA IKI KU KIBAZO CYA MUKAMAZIMPAKA CONSTANCE UMAZE IMYAKA 27 ASABA GUSANIRWA INZU?

Nyuma y’uko Umukecuru Mukamazimpaka ashinja ubahagarariye mu mudugudu Ruhamanya Patrice nawe wacitse ku icumu, gutuma adasanirwa nk’abandi nyamara we yarasaniwe kandi agifite imbaraga, twashatse kubaza Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Mukande Marc Mutuganyi, nawe ushinjwa kudakemura ikibazo cy’uwo mukecuru ariko telefoni ye ntiyadukundira.

Aratakambira Umukuru w’igihugu Nyakubahwa Paul Kagame

Umunyamabanga nshingwabkorwa w’Umurenge wa Ndora Theogene Nsanzimana, avuga ko ikibazo cya Mukamazimpaka Constance atakizi ngo ni ubwa mbere acyumvise.

Cyakora ngo kimwe n’abandi banyarwanda, uwo mukecuru nawe agomba ngo gutura mu nzu itunganyije, bityo avuga ko agiye kubikurikirana nawe agafashwa.

Abajijwe icyaba cyarabuze kugira ngo umukecuru nk’uwo w’imyaka 74 arinde iyo amara imyaka 27 atakamba ko inzu igiye kumugwaho ntatabarwe, nk’umuyobozi nyamara ntabimenye, agira ati “ntabwo twabimenye rwose. Ubwo tubimenye cyakora yihangane turabikemura.”

Abwiwe ko umukecuru yasiragiye kenshi ku murenge ushinzwe imibereho myiza ntamwakire, nabwo Gitifu avuga ko byanze bikunze iyo bigera kuri uwo muyobozi nawe, nka Gitifu byari kumugeraho, cyakora ngo bagiye gushaka uko bamugenderera bamufashe.

Yatakambiye inzego z’ibanze ngo asanirwe inzu araheba akomeje kunyagirwa biratuma atakamba

Kubera ko ari ikibazo cyagombye gukemurwa vuba ngo Uyu mukecuru ugenda atakira abantu bose akarengane yagize, twahamgaye Umuyobozi w’Akarere ka Gisagara Jerome Rutaburingoga, kugira ngo atubwire icyo bashobora gufasha byihuse uyu mukecuru umaze imyaka 27 yose yarabuze ubufasha , ntiyabashije kwitaba.

Gusa mu butumwa bugufi yohererejwe, asubiza avuga ko ari kumwe n’abashyitsi ko twavugisha Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umrenge wa Ndora nyiri ukubura ubufasha aherereyemo.

Ikibazo cy’abantu batishoboye bavuga ko iyo bagannye inzego z’ibanze zibatererana, gikomeje kuvugwa henshi mu gihugu.

Gusa gahunda ya Leta ni uko buri muturage wese yakagombye kubaho neza kandi heza.

Byaba bibaje umukecuru Mukamazimpaka w’imyaka 74, akomeje gutakambira Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara ngo asanirwe inzu akabura uwamutabara mu myaka 27 yose.

Isaha n’isaha umukecuru avuga ko inzu izamugwaho

Ubwanditsi

Previous Post

Sitting volleyball: U Rwanda rwatangiye nabi imikino y’igikombe cy’isi.

Next Post

Perezida Kagame yageneye ubutumwa abashaka guha u Rwanda amasomo ya demokarasi

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Perezida Kagame yageneye ubutumwa abashaka guha u Rwanda amasomo ya demokarasi

Perezida Kagame yageneye ubutumwa abashaka guha u Rwanda amasomo ya demokarasi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA