• Latest
Gisagara:  Uwarokotse Jenoside 1994 amaze imyaka 27 asaba gusanirwa  inzu none  igiye kumugwaho

Gisagara: Uwarokotse Jenoside 1994 amaze imyaka 27 asaba gusanirwa inzu none igiye kumugwaho

March 26, 2024
Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

August 27, 2026
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

August 22, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

    Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

    Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Gisagara: Uwarokotse Jenoside 1994 amaze imyaka 27 asaba gusanirwa inzu none igiye kumugwaho

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
March 26, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imiyoborere, Ubuzima
0
Gisagara:  Uwarokotse Jenoside 1994 amaze imyaka 27 asaba gusanirwa  inzu none  igiye kumugwaho
0
SHARES
264
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni Umukecuru w’imyaka 74  Mukamazimpaka Constance, utuye mu Murenge wa NDORA, Akagari ka MUKANDE umudugudu wa BUGARAMA, Akarere ka GISAGARA, uvuga ko kuva mu 1996 yasabye ubuyobozi bw’inzego z’ibanze kuba bwamusanira inzu, ariko buterera ngo agati mu ryinyo,  akaba arara hanze iyo imvura iguye, atinya ko inzu yamugwa hejuru. 

Avugana ikiniga n’agahinda kenshi, umukecuru Mukamazimpaka, warokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 wo mu Karere ka Gisagara, avuga ko amazu ashaje batuyemo bayubakiwe na PAM bakimara kurokoka.

Amaze imyaka 27 asaba gusanirwa inzu none igiye kumugwaho

Cyakora kubera ko zitari zikomeye neza, mu 1996 FARG biciye mu buyobozi bw’inzego z’ibanze, yatangiye kujya izibasanira, gusa ngo bageraga ku nzu ye bakayisimbuka, bigizwemo uruhare n’ubahagarariye RUHAMANYA Patrice ndetse n’Ubuyobozi bw’Akagari ka Mukande n’Umurenge wa Ndora, bose ngo bagendaga basanira abantu hakoreshejwe icyenewabo na Ruswa.

Agira ati “ Umubyeyi Nyakubahwa Paul Kagame niwe wankuye mu gihuru aho nari nihishe, nyuma y’uko imiryango yanjye yose bari baramaze kuyitsemba. Muri kino gihe mbabazwa no kuba maze imyaka 27 ntakambira ubuyobozi bw’inzego z’ibanze ngo bunsanire iyi nzu mubona igiye kungwaho. Abayobozi bose natakambiye banyimye amatwi, ariko buriya ahari inzu nimara kungwa hejuru napfuye, nibwo abo bayobozi bazibuka ko nanjye nari umuntu nkabo.”

Aha ni imbere munzu hose hararangaye

Avuga ko inzu za bagenzi be bubakiriwe rimwe, zo zimaze kuvugururwa inshuro ebyiri zose ari nako babahindurira ibisenge, bagakuraho amategura babashyiriraho amabati, ariko we ngo ntiyumva na gato icyo bamuhora, mu gihe abenshi basanirwa barimo n’ubahagarariye RUHAMANYA Patrice kandi bagifite imbaraga, nyamara we w’umukecuru agatereranwa ako kageni.

Abajijwe niba nta nzego z’ubuyobozi zindi zaba zizi ikibazo cye cyo kuba mu nzu igiye kumuhirimaho, avuga ko kuva ku mudugudu kugera ku murenge wabo wa Ndora, bose ikibazo bakizi, bakaba ngo bahora bamubwira ko ari kuri Listi y’abazasanirwa, umwaka ugashira undi ugataha, kuva muri 1996 kugeza uyu munsi agitakamba.

Avuga ko iyo imvura iguye ari ku manywa, agerageza kujya kugama mu baturanyi, ariko ngo iyo ari nijoro, ntashobora gukinguza abantu, ahubwo ngo areba aho yihengeka mu nguni y’inzu yitwikiriye ibyenda n’ibifuka bishaje, imvura yose ikamunyagirira muri iyo nzu irangaye hejuru, yagira Imana ngo akabona ihise inzu itamusandariyeho, bityo akibaza uzamutabara, akamukiza uwo muruho bikamuyobera.

Iyo imvura igiye yikinga muri ibi bindi n’amajerekani agahisha umutwe gusa

Agira ati “Muzambwirire Umubyeyi wacu Nyakubahwa Paul Kagame, muti {Umukecuru warokoye n’ingabo zawe z’Inkotanyi, ko atagira aho akinga umusaya}. Muzamumbwirire, mumunsabire kandi ko yamfasha nkubakirwa inzu, cyane abo natakambiye bose banyimye amatwi.”

Uhagarariye abacitse ku Icumu mu mudugudu wa BUGARAMA, utungwa urutoki rwo kuba yihishe inyuma yo gutuma umukecuru Mukamazimpaka adasanirwa inzu ye, imyaka 27 ikaba ishize abundabunda, avug a ko nta ruhare yagize ngo uwo mukecuru adasanirwa inzu ye kuko n’iye itigeze isanwa na gato.

Utwana tw’uduturanyi nitwo tumucanira muziko ariko naho haba hatohejwe n’umuvu w’imvura igwa mu nzu

Agira ati “Nta ruhare mbifitemo kugira ngo adasanirwa. Nanjye ntabwo bansaniye, muzaze murebe. Ni abantu batandatu basaniye gusa, dutegereje twese ko byazatugeraho.”

Avuga ko kuva amazu yubakwa na PAM, babasaniye inshuro imwe gusa ngo bategereje ko bazongera kubafasha.

N’ubwo bwose Ruhamanya ahakana gutya, ikinyamakuru IGISABO cyageze ku nzu ye iri mu gace bubakiwemo muri Bugarama, kibona neza ko we yasanwe inzu inavuguruye neza, n’ubwo bwose igisakaje amategura.

Avuga ko basaniwe inshuro imwe gusa, ariko abaturanyi bose ba Mukamazimpaka, bahamya ko ubuyobozi bwabasaniye inshuro ebyiri, bikaragazwa n’ubwiza bw’amazu menshi amukikije, nyamara iye igiye guhirima akaba ahora arara hanze, ari guhunga imvura ijoro ryose.

Abandi bacitse ku icumu barasaniwe amazu yabo barimo na Ruhamanya Patrice ubahagarariye

UBUYOBOZI BUVUGA IKI KU KIBAZO CYA MUKAMAZIMPAKA CONSTANCE UMAZE IMYAKA 27 ASABA GUSANIRWA INZU?

Nyuma y’uko Umukecuru Mukamazimpaka ashinja ubahagarariye mu mudugudu Ruhamanya Patrice nawe wacitse ku icumu, gutuma adasanirwa nk’abandi nyamara we yarasaniwe kandi agifite imbaraga, twashatse kubaza Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Mukande Marc Mutuganyi, nawe ushinjwa kudakemura ikibazo cy’uwo mukecuru ariko telefoni ye ntiyadukundira.

Aratakambira Umukuru w’igihugu Nyakubahwa Paul Kagame

Umunyamabanga nshingwabkorwa w’Umurenge wa Ndora Theogene Nsanzimana, avuga ko ikibazo cya Mukamazimpaka Constance atakizi ngo ni ubwa mbere acyumvise.

Cyakora ngo kimwe n’abandi banyarwanda, uwo mukecuru nawe agomba ngo gutura mu nzu itunganyije, bityo avuga ko agiye kubikurikirana nawe agafashwa.

Abajijwe icyaba cyarabuze kugira ngo umukecuru nk’uwo w’imyaka 74 arinde iyo amara imyaka 27 atakamba ko inzu igiye kumugwaho ntatabarwe, nk’umuyobozi nyamara ntabimenye, agira ati “ntabwo twabimenye rwose. Ubwo tubimenye cyakora yihangane turabikemura.”

Abwiwe ko umukecuru yasiragiye kenshi ku murenge ushinzwe imibereho myiza ntamwakire, nabwo Gitifu avuga ko byanze bikunze iyo bigera kuri uwo muyobozi nawe, nka Gitifu byari kumugeraho, cyakora ngo bagiye gushaka uko bamugenderera bamufashe.

Yatakambiye inzego z’ibanze ngo asanirwe inzu araheba akomeje kunyagirwa biratuma atakamba

Kubera ko ari ikibazo cyagombye gukemurwa vuba ngo Uyu mukecuru ugenda atakira abantu bose akarengane yagize, twahamgaye Umuyobozi w’Akarere ka Gisagara Jerome Rutaburingoga, kugira ngo atubwire icyo bashobora gufasha byihuse uyu mukecuru umaze imyaka 27 yose yarabuze ubufasha , ntiyabashije kwitaba.

Gusa mu butumwa bugufi yohererejwe, asubiza avuga ko ari kumwe n’abashyitsi ko twavugisha Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umrenge wa Ndora nyiri ukubura ubufasha aherereyemo.

Ikibazo cy’abantu batishoboye bavuga ko iyo bagannye inzego z’ibanze zibatererana, gikomeje kuvugwa henshi mu gihugu.

Gusa gahunda ya Leta ni uko buri muturage wese yakagombye kubaho neza kandi heza.

Byaba bibaje umukecuru Mukamazimpaka w’imyaka 74, akomeje gutakambira Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara ngo asanirwe inzu akabura uwamutabara mu myaka 27 yose.

Isaha n’isaha umukecuru avuga ko inzu izamugwaho

Ubwanditsi

Previous Post

Sitting volleyball: U Rwanda rwatangiye nabi imikino y’igikombe cy’isi.

Next Post

Perezida Kagame yageneye ubutumwa abashaka guha u Rwanda amasomo ya demokarasi

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Perezida Kagame yageneye ubutumwa abashaka guha u Rwanda amasomo ya demokarasi

Perezida Kagame yageneye ubutumwa abashaka guha u Rwanda amasomo ya demokarasi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

0
Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

August 27, 2026
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026

Recent News

Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

August 27, 2026
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

Museveni yatashye uruganda rwa miliyoni 125$ rwongereye ingufu za Uganda mu gukora ibyuma

August 27, 2026
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA