• Latest
Kirehe: Yagiye kwicisha umugore we inyundo aho gufatwa Polisi  ifunga uwo mugore

Kirehe: Yagiye kwicisha umugore we inyundo aho gufatwa Polisi ifunga uwo mugore

June 21, 2023
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

August 22, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Kirehe: Yagiye kwicisha umugore we inyundo aho gufatwa Polisi ifunga uwo mugore

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
June 21, 2023
in Amakuru
0
Kirehe: Yagiye kwicisha umugore we inyundo aho gufatwa Polisi  ifunga uwo mugore
0
SHARES
397
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni ibyabereye mu Karere ka Kirehe Umurenge wa Nasho, Akagari ka Rubirizi, Umudugudu wa Murindi, mu ijoro ryo kuwa 17 Kamena 2023, aho umugabo Ntakaziraho Daniel,  bivugwa ko amaze igihe atoteza umugore we Mukeshimana Julienne, yafashe inyundo ngo amwase mu mutwe amwice, ahungira mu cyumba arakinga, umugabo yica urugi ashaka kumusangayo rumukomeretsa gato ku gahanga, uhagarariye Polisi muri uwo murenge  ahita ajya gufunga uwo mugore.

Bene gutanga amakuru bagahamya ko ari akagambane kakozwe ngo umugore afungwe bitewe ahanini n’ubucuti nyiri ugushaka kwica afitanye n’abayobozi bo muri ako gace barimo n’uhagaraye Polisi mu murenge.

UKO IKIBAZO GITEYE

Uyu muryango uri kurangwamo amakimbirane ashobora no gukururira umugore Mukeshimana urupfu inzego zibishinzwe zidatabaye, abaturanyi bavugwa ko barwaje umwana indwara igihe kirekire nyamara aza kuvurwa n’umwe mu bavuzi gakondo ubifitemo uburambe aza gukira neza akomeza amasomo ye nk’abandi.

Kubere ko nyiri ukuvura ngo asanzwe ari n’umunyamasengesho byatumye rimwe na rimwe nyina w’umwana ajya kwifatanya n’abandi gushima Imana.

Ntakaziraho Daniel  bikavugwa ko yagezeho abuza umugore gukomeza kujya gusengera aho hantu, avuga ko badahuje ubwoko, atari abizerwa nk’abantu ngo baturutse hanze ndetse ngo akavuga ko n’umugore we yamwibeshyeho kuba ari umunya Gisaka nawe atakimufitiye icyizere.

AMASHUSHO AGENDANYE N’INKURU:

Abaturanyi bakavuga ko amakimbirane yatangiye muri ubwo buryo,  umugore akarega umugabo we ingengabitekerezo, nyamara ubuyobozi yisunze ntibubihe agaciro, bigatuma ahora akubitwa  ntatabarwe.

Madame MUKESHIMANA umuturanyi wa hafi w’uyu muryango banasengera hamwe agira ati “Uyu mugabo Daniyeri ahoza umugore we ku nkeke, kandi arangwa n’ingengabitekerezo y’ivangura. Ntitwumva impamvu ubuyobozi bukomeje gukingira ikibaba umuntu uri gushaka kwica umugore we, ahubwo akaba igitambo.

Mukeshimana, Umuturanyi w’umuryango ushinja Ntakaziraho gushaka kwica umugore we

Uyu Mukeshimana uzi neza iby’abaturanyi be, avuga ko Ntakaziraho mu kwezi kwa kane yanze kwifatanya n’abandi bacuruzi mu gikorwa cyo gutegura Kwibuka 29 akinga amazu ahasiga abazamu aragenda, umuryango we awicisha inzara, ahindukiye ubuyobozi bw’Umurenge, Polisi na RIB ntibabimubaza kandi bari bararegewe.

Ku bigendanye no kuba Mukeshimana Julienne afunze, umuturanyi we avuga ko bitumvikana na gatoya, kuba barashatse kumwica avuye gusura musaza we, yari amaze yo umunsi umwe, mu gihe umugabo yamaze hafi ukwezi yarahunze urugo,  yaza abayobozi ntibamubaze iyo yari yarazimiriye kandi bararegewe.

Agira ati “Turifuza ko  umuturanyi wacu afungurwa agasanga abana, hagakorwa anketi ku ngengabitekerezo y’urwango iri mu mugabo we, byaba ngombwa bakaganirizwa bakagirwa inama yo kubana mu mahoro.”

Ntakaziraho Daniyeri ushinjwa gushaka kwica umugore akitanguranywa akamufungisha, ahakana ibyo ashinjwa byose.

Avuga ko ibiri kuba  ari akagambane agirirwa n’abanyamasengesho basengana n’umugore we.

Agira ati “umugore twari tubanye neza, ariko abo basengana baramushuka bakamubwira kunyanga ku buryo nanjye byamaze kundenga nkaba narigeze no guhunga urugo.”

Ntakaziraho Daniel arashinjwa gushaka kwica umugore we, uwo ashaka kwica akaba ari we ufungwa

Abajijwe iby’inyundo yari agiye kumukubita Imana igakinga ukuboko agahitamo kwitanguranwa, afungisha uwo yari agiye kwica  arabiahkana, akavuga ko umugore ariwe wazanye inkoni akamukubita.

Abajijwe iby’ubucuti afitanye n’abayobozi byatumye banamufasha gufunga umugore bizwi neza ko arengana, nabyo arabihakana akavuga ko nta n’umuyobozi ajya avugana nawe

Uyu Ntakaziraho ahakana ibi byose,  mu gihe nyamara ashinjwa na benshi,  ko agenda yigamba ko nta wa mushobora, akaba ngo agomba kumvisha umugore kugeza ubwo aretse kujya gusenga mu bantu baturutse hanze y’igihugu.

Umunyambanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nasho  Emmanuel Nsengimana, ahakana ibivugwa ko baba bakingira ikibaba Ntakaziraho Daniel.

Avuga ko  ahubwo bene gushyamirana babarirwa mu miryango 34 bafite bizwi neza ko ibana mu makimbirane mu murenge ayoboye.

Agira ati “Ni umuryango uhora mu mahane n’intonganya twawugiriye inama kenshi ndetse nabo mu miryago yabo bashyiraho akabo.”

Abajijwe impamvu bafunze umugore wari ugiye kwicwa aho gufunga umugabo, avuga ko batabajwe n’umugabo wavugaga ko akubiswe n’umugore, Ubugenzacyaha ngo buri kubikurikirana umwanzuro uzafatwa bakazawumenya.

Abajijwe niba mbere yo gufata umugore barabanje gukora anketi kugira ngo badahohotera uwari ugiye kwicwa, avuga ko bakiriye uwareze gusa.

N’ubwo bwose uyu muyobozi avuga ko bakiriye ikirego cy’uwakubiswe, ikinyamakuru igisabo ubwo cyageraga mu muryango wa Ntakaziraho cyasanze nta gikomere na gito afite, uretse akantu kari ku gahanga gasa no gusharaturwa n’urwara, ibivugwa ko ari urugi rwamukozeho ari gushaka kujya kwica umugore we,  aho yafashwe Comanda wa Polisi  S/SGT Ruziraguhunga akaza agatwara umugore.

Nsengimana Emmanuel, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ntasho bivugwa ko akingira ikibaba Ntakaziraho

Abatanze  makuru bose bagashinja uyu mupolisi kuba afitanye ubucuti bwihariye na nyiri ugufungisha umugore, aho yivugira ko ashaka kumvisha umugore usuzugura umugabo we.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’i Burasirazuba SP Hamdun Twagirayezu, avuga ko iby’ifungwa ry’uyu mugore wari ugiye gukubitwa inyundo ntacyo arabimenyaho

Ngoma: Bamwibye Miliyoni Frw 2.5 Yiteguraga Kujyana Kuri Banki - Taarifa
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’i Burasirazuba, SP Hamdun Twagirayezu agiye gukurikirana ikibazo cya Mukeshimana n’umugabo we Ntakaziraho

yabwiye ikinyamakuru igisabo ko agiye kubikurikirana akagira icyo atangaza. Yongeye guhamagarwa avuga ko Umupolisi uyobora Stasiyo ifunze uwo mugore ntacyo aramubwira kugeza ubwo hasohoka iyi nkuru.

Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe Bruno Rangira ubwo yahamagarwaga n’umunyamakuru ngo agire icyo vuga ku makimbirane akomeje kuvugwa mu miryango mu Karere ayoboye, ntiyabashije kugira icyo atangaza, kuko yavuze ko ari mu nama.

The New Times (Rwanda) on Twitter: "Bruno Rangira is the new mayor of  Kirehe district. Rangira has been working as advisor to the mayor, City of  Kigali. https://t.co/j25tFAVVCq" / Twitter
Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe, Bruno Rangira arasabwa gukurikirana ikibazo cy’amakimbirane

Muri rusange abaganiriye n’ikinyamakuru igisabo hafi ya bose, basaba abayobozi bo mu ngeri zitandukanye  kureka kwirengagiza nkana gukurikirana ikibazo cy’amakimbirane arangwa mu ngo muri kino gihe, bikaba bimaze gufata intera ndende.

Bashinja cyane ubuyobozi bw’Umurenge wa Nasho kwigira ntibindeba ku kibazo cya Mukeshimaan Jeanine wahohotewe n’umugabo usanzwe ngo unarangwa n’ingabitekerezo y’urwango no gutoteza umugore, aho kumufata bagafunga umugore.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe n’zindi nzego bireba barasabwa n’abaturage muri rusange, gukurikiranira hafi iki kibazo cy’amakimbirane akururwa na Ntakaziraho maraso atarameneka nkuko biherutse kuba mu gace kegereye Nasho ka Kabare, aho  umugabo aherutse kwica abana be batatu n’umugore none Ntakaziraho akaba ngo gukingirwa ikibaba n’abakamuryoje ibikorwa bye bigayitse.

Abaturage bari baje kureba ibyabaye
Inzu y’ubucuruzi Ntakaziraho yahejemo umugore we

Ubwanditsi

Previous Post

Bugesera : Ninde uzatabara Abuzukuru ba Rwerekana batagira aho barara n’uburyo bakwiga yarasize ibibanza 100 n’amazu arenga 20

Next Post

Kirehe: Bikomeje kuba urujijo ibya Mukeshimana Julienne wafungishijwe n’uwari ugiye kumwica

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Kirehe: Bikomeje kuba urujijo ibya Mukeshimana Julienne wafungishijwe n’uwari ugiye kumwica

Kirehe: Bikomeje kuba urujijo ibya Mukeshimana Julienne wafungishijwe n'uwari ugiye kumwica

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

0
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026

Recent News

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA