• Latest
Kirehe: Yagiye kwicisha umugore we inyundo aho gufatwa Polisi  ifunga uwo mugore

Kirehe: Yagiye kwicisha umugore we inyundo aho gufatwa Polisi ifunga uwo mugore

June 21, 2023
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Kirehe: Yagiye kwicisha umugore we inyundo aho gufatwa Polisi ifunga uwo mugore

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
June 21, 2023
in Amakuru
0
Kirehe: Yagiye kwicisha umugore we inyundo aho gufatwa Polisi  ifunga uwo mugore
0
SHARES
394
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni ibyabereye mu Karere ka Kirehe Umurenge wa Nasho, Akagari ka Rubirizi, Umudugudu wa Murindi, mu ijoro ryo kuwa 17 Kamena 2023, aho umugabo Ntakaziraho Daniel,  bivugwa ko amaze igihe atoteza umugore we Mukeshimana Julienne, yafashe inyundo ngo amwase mu mutwe amwice, ahungira mu cyumba arakinga, umugabo yica urugi ashaka kumusangayo rumukomeretsa gato ku gahanga, uhagarariye Polisi muri uwo murenge  ahita ajya gufunga uwo mugore.

Bene gutanga amakuru bagahamya ko ari akagambane kakozwe ngo umugore afungwe bitewe ahanini n’ubucuti nyiri ugushaka kwica afitanye n’abayobozi bo muri ako gace barimo n’uhagaraye Polisi mu murenge.

UKO IKIBAZO GITEYE

Uyu muryango uri kurangwamo amakimbirane ashobora no gukururira umugore Mukeshimana urupfu inzego zibishinzwe zidatabaye, abaturanyi bavugwa ko barwaje umwana indwara igihe kirekire nyamara aza kuvurwa n’umwe mu bavuzi gakondo ubifitemo uburambe aza gukira neza akomeza amasomo ye nk’abandi.

Kubere ko nyiri ukuvura ngo asanzwe ari n’umunyamasengesho byatumye rimwe na rimwe nyina w’umwana ajya kwifatanya n’abandi gushima Imana.

Ntakaziraho Daniel  bikavugwa ko yagezeho abuza umugore gukomeza kujya gusengera aho hantu, avuga ko badahuje ubwoko, atari abizerwa nk’abantu ngo baturutse hanze ndetse ngo akavuga ko n’umugore we yamwibeshyeho kuba ari umunya Gisaka nawe atakimufitiye icyizere.

AMASHUSHO AGENDANYE N’INKURU:

Abaturanyi bakavuga ko amakimbirane yatangiye muri ubwo buryo,  umugore akarega umugabo we ingengabitekerezo, nyamara ubuyobozi yisunze ntibubihe agaciro, bigatuma ahora akubitwa  ntatabarwe.

Madame MUKESHIMANA umuturanyi wa hafi w’uyu muryango banasengera hamwe agira ati “Uyu mugabo Daniyeri ahoza umugore we ku nkeke, kandi arangwa n’ingengabitekerezo y’ivangura. Ntitwumva impamvu ubuyobozi bukomeje gukingira ikibaba umuntu uri gushaka kwica umugore we, ahubwo akaba igitambo.

Mukeshimana, Umuturanyi w’umuryango ushinja Ntakaziraho gushaka kwica umugore we

Uyu Mukeshimana uzi neza iby’abaturanyi be, avuga ko Ntakaziraho mu kwezi kwa kane yanze kwifatanya n’abandi bacuruzi mu gikorwa cyo gutegura Kwibuka 29 akinga amazu ahasiga abazamu aragenda, umuryango we awicisha inzara, ahindukiye ubuyobozi bw’Umurenge, Polisi na RIB ntibabimubaza kandi bari bararegewe.

Ku bigendanye no kuba Mukeshimana Julienne afunze, umuturanyi we avuga ko bitumvikana na gatoya, kuba barashatse kumwica avuye gusura musaza we, yari amaze yo umunsi umwe, mu gihe umugabo yamaze hafi ukwezi yarahunze urugo,  yaza abayobozi ntibamubaze iyo yari yarazimiriye kandi bararegewe.

Agira ati “Turifuza ko  umuturanyi wacu afungurwa agasanga abana, hagakorwa anketi ku ngengabitekerezo y’urwango iri mu mugabo we, byaba ngombwa bakaganirizwa bakagirwa inama yo kubana mu mahoro.”

Ntakaziraho Daniyeri ushinjwa gushaka kwica umugore akitanguranywa akamufungisha, ahakana ibyo ashinjwa byose.

Avuga ko ibiri kuba  ari akagambane agirirwa n’abanyamasengesho basengana n’umugore we.

Agira ati “umugore twari tubanye neza, ariko abo basengana baramushuka bakamubwira kunyanga ku buryo nanjye byamaze kundenga nkaba narigeze no guhunga urugo.”

Ntakaziraho Daniel arashinjwa gushaka kwica umugore we, uwo ashaka kwica akaba ari we ufungwa

Abajijwe iby’inyundo yari agiye kumukubita Imana igakinga ukuboko agahitamo kwitanguranwa, afungisha uwo yari agiye kwica  arabiahkana, akavuga ko umugore ariwe wazanye inkoni akamukubita.

Abajijwe iby’ubucuti afitanye n’abayobozi byatumye banamufasha gufunga umugore bizwi neza ko arengana, nabyo arabihakana akavuga ko nta n’umuyobozi ajya avugana nawe

Uyu Ntakaziraho ahakana ibi byose,  mu gihe nyamara ashinjwa na benshi,  ko agenda yigamba ko nta wa mushobora, akaba ngo agomba kumvisha umugore kugeza ubwo aretse kujya gusenga mu bantu baturutse hanze y’igihugu.

Umunyambanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nasho  Emmanuel Nsengimana, ahakana ibivugwa ko baba bakingira ikibaba Ntakaziraho Daniel.

Avuga ko  ahubwo bene gushyamirana babarirwa mu miryango 34 bafite bizwi neza ko ibana mu makimbirane mu murenge ayoboye.

Agira ati “Ni umuryango uhora mu mahane n’intonganya twawugiriye inama kenshi ndetse nabo mu miryago yabo bashyiraho akabo.”

Abajijwe impamvu bafunze umugore wari ugiye kwicwa aho gufunga umugabo, avuga ko batabajwe n’umugabo wavugaga ko akubiswe n’umugore, Ubugenzacyaha ngo buri kubikurikirana umwanzuro uzafatwa bakazawumenya.

Abajijwe niba mbere yo gufata umugore barabanje gukora anketi kugira ngo badahohotera uwari ugiye kwicwa, avuga ko bakiriye uwareze gusa.

N’ubwo bwose uyu muyobozi avuga ko bakiriye ikirego cy’uwakubiswe, ikinyamakuru igisabo ubwo cyageraga mu muryango wa Ntakaziraho cyasanze nta gikomere na gito afite, uretse akantu kari ku gahanga gasa no gusharaturwa n’urwara, ibivugwa ko ari urugi rwamukozeho ari gushaka kujya kwica umugore we,  aho yafashwe Comanda wa Polisi  S/SGT Ruziraguhunga akaza agatwara umugore.

Nsengimana Emmanuel, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ntasho bivugwa ko akingira ikibaba Ntakaziraho

Abatanze  makuru bose bagashinja uyu mupolisi kuba afitanye ubucuti bwihariye na nyiri ugufungisha umugore, aho yivugira ko ashaka kumvisha umugore usuzugura umugabo we.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’i Burasirazuba SP Hamdun Twagirayezu, avuga ko iby’ifungwa ry’uyu mugore wari ugiye gukubitwa inyundo ntacyo arabimenyaho

Ngoma: Bamwibye Miliyoni Frw 2.5 Yiteguraga Kujyana Kuri Banki - Taarifa
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’i Burasirazuba, SP Hamdun Twagirayezu agiye gukurikirana ikibazo cya Mukeshimana n’umugabo we Ntakaziraho

yabwiye ikinyamakuru igisabo ko agiye kubikurikirana akagira icyo atangaza. Yongeye guhamagarwa avuga ko Umupolisi uyobora Stasiyo ifunze uwo mugore ntacyo aramubwira kugeza ubwo hasohoka iyi nkuru.

Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe Bruno Rangira ubwo yahamagarwaga n’umunyamakuru ngo agire icyo vuga ku makimbirane akomeje kuvugwa mu miryango mu Karere ayoboye, ntiyabashije kugira icyo atangaza, kuko yavuze ko ari mu nama.

The New Times (Rwanda) on Twitter: "Bruno Rangira is the new mayor of  Kirehe district. Rangira has been working as advisor to the mayor, City of  Kigali. https://t.co/j25tFAVVCq" / Twitter
Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe, Bruno Rangira arasabwa gukurikirana ikibazo cy’amakimbirane

Muri rusange abaganiriye n’ikinyamakuru igisabo hafi ya bose, basaba abayobozi bo mu ngeri zitandukanye  kureka kwirengagiza nkana gukurikirana ikibazo cy’amakimbirane arangwa mu ngo muri kino gihe, bikaba bimaze gufata intera ndende.

Bashinja cyane ubuyobozi bw’Umurenge wa Nasho kwigira ntibindeba ku kibazo cya Mukeshimaan Jeanine wahohotewe n’umugabo usanzwe ngo unarangwa n’ingabitekerezo y’urwango no gutoteza umugore, aho kumufata bagafunga umugore.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe n’zindi nzego bireba barasabwa n’abaturage muri rusange, gukurikiranira hafi iki kibazo cy’amakimbirane akururwa na Ntakaziraho maraso atarameneka nkuko biherutse kuba mu gace kegereye Nasho ka Kabare, aho  umugabo aherutse kwica abana be batatu n’umugore none Ntakaziraho akaba ngo gukingirwa ikibaba n’abakamuryoje ibikorwa bye bigayitse.

Abaturage bari baje kureba ibyabaye
Inzu y’ubucuruzi Ntakaziraho yahejemo umugore we

Ubwanditsi

Previous Post

Bugesera : Ninde uzatabara Abuzukuru ba Rwerekana batagira aho barara n’uburyo bakwiga yarasize ibibanza 100 n’amazu arenga 20

Next Post

Kirehe: Bikomeje kuba urujijo ibya Mukeshimana Julienne wafungishijwe n’uwari ugiye kumwica

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Kirehe: Bikomeje kuba urujijo ibya Mukeshimana Julienne wafungishijwe n’uwari ugiye kumwica

Kirehe: Bikomeje kuba urujijo ibya Mukeshimana Julienne wafungishijwe n'uwari ugiye kumwica

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA