• Latest
Perezida Kagame yavuze ko  Abanyarwanda baba mu mahanga bagomba kumenya ko nubwo bava mu Rwanda rwo ruzabagumamo.

Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda baba mu mahanga bagomba kumenya ko nubwo bava mu Rwanda rwo ruzabagumamo.

March 11, 2024
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026
Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

September 9, 2026
Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

September 9, 2026
Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

September 9, 2026
Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

September 9, 2026
5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

September 9, 2026
Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

September 9, 2026
Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

September 9, 2026
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

    Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

    5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

    5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

    Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

    5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

    5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru POLITIKE

Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda baba mu mahanga bagomba kumenya ko nubwo bava mu Rwanda rwo ruzabagumamo.

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
March 11, 2024
in POLITIKE
0
Perezida Kagame yavuze ko  Abanyarwanda baba mu mahanga bagomba kumenya ko nubwo bava mu Rwanda rwo ruzabagumamo.
0
SHARES
87
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko Rwanda Day, ijya gushyirwaho mu 2010 kwari ukugira ngo Abanyarwanda bari mu bice bitandukanye by’Isi bakomeze kugirana umubano wa hafi n’abo basize mu gihugu cy’inkomoko, ashimangira ko Abanyarwanda baba mu mahanga bagomba kumenya ko nubwo bava mu Rwanda rwo ruzabagumamo.

Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa 3 Mutarama 2024, mu ijambo yagejeje ku bihumbi by’Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bitabiriye Rwanda Day 2024 yabereye i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Perezida Kagame ati “Uko wava mu Rwanda kose ukajya aho ushaka, ntabwo u Rwanda rukuvamo, rugumana nawe. Birashoboka ko iyo ugumanye na rwo mu buryo runaka, ari byiza kuri twese. Ni byiza ku Rwanda ni byiza kuri wowe ndetse birashoboka.”

Umukuru w’Igihugu yagaragaje ko iyi ari yo mpamvu buri gihe iyo abonye umwanya, hategurwa ibi birori bya Rwanda Day, agaragaza ko byagiye bibera mu bice bitandukanye birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada u Burayi n’ahandi, ndetse ashimangira ko bizakomeza gutegurwa.

Perezida Kagame yeretse abitabiriye Rwanda Day 2024 ko nyuma y’imyaka 30 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, abenshi bari bitabiriye Rwanda Day, muri ibyo bihe bari bafite imyaka iri hafi cyangwa irengaho gato kuri 30, akagaragaza ko ibyo bibafasha kumva neza ko ejo hazaza h’u Rwanda n’Abanyarwanda hari mu biganza byabo.

Perezida Kagame kandi yahaye umukoro urubyiruko rw’u Rwanda, arwereka ko ari rwo igihugu cyishingikirijeho ndetse kirwizeramo ubushobozi, ndetse kikumva ko rwarezwe mu buryo buzagira umumaro kandi bugashyira u Rwanda aho rukwiriye kuba.

Ati “Ni inshingano zanyu, ayo ni amahitamo mugomba gukora kandi ntabwo nzi impamvu mutahitamo neza.”

Yashimiye abantu bari mu nzego zitandukanye zaba iz’ubucuruzi, iza politike, mu miryango nyobokamana n’izindi, ku byo bakoze ndetse bari gukora biteza imbere igihugu, ariko abibutsa ko bagomba kumenya ko hari ibindi byinshi byiza biri imbere bagomba kugeraho.

Ati “Ni iby’agaciro kuba turi hano. Turabashimira ku byo mwakoze n’ibyo muri gukora, tukanabasaba gukora byinshi. Kubasaba gukora byinshi si ugutesha agaciro ibyo mwakoze ahubwo ni ukuri kw’ibihe turimo ndetse n’ibyo dutegerejweho.”

Uretse guhuza Abanyarwanda, kubafasha kutibagirwa igihugu cy’inkomoko, Rwanda Day yagize uruhare rukomeye cyane kuko yatumye Abanyarwanda baba mu mahanga bongera amafaranga bohereza mu Rwanda umunsi ku wundi.

Kuva mu 2000 kugeza mu 2005 Abanyarwanda baba mu mahanga bohereje hagati ya miliyoni 3,6$ na miliyoni 8,6$, mu myaka ine yakurikiyeho ava kuri miliyoni 25$ agera kuri miliyoni 98,2$, mu 2010 bohereza miliyoni 65$ mu gihe mu 2017 bohereza miliyoni 176$.

Uyu musaruro wakomeje kwiyongera aho hagati ya 2018 na 2019 Abanyarwanda baba mu mahanga bohereje miliyoni 253$ mu 2021 bohereza miliyoni 377 $, mu mwaka wakurikiyeho zigera kuri miliyoni 444$, mu gihe mu mwaka washize amafaranga yoherezwa mu gihugu bikozwe n’Abanyarwanda baba mu mahanga yageze kuri miliyoni 470$.Perezida Kagame yahanuye urubyiruko arwereka ko ari rwo igihugu gitezeho ejo heza hacyoPerezida Kagame yibukije Abanyarwanda baba mu mahanga ko bagomba guhora batekereza ku gihugu cy’inkomokoPerezida Kagame yashimiye abo mu nzego zitandukanye ku muhati bakomeje kugaragaza ku iterambere ry’igihuguPerezida Kagame yagaragaje ko ibyabaye ku Rwanda mu myaka 30 ishize bitakongera kuba uko byagenda kose

Previous Post

Inkuba yakubise u Rwanda ntizongera kurukubita ukundi- Perezida Kagame

Next Post

Taylor Swift, Miley Cyrus, SZA na Billie Eilish bari mu begukanye ibihembo bikuru mu birori bya 2024 Grammy Awards.

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Taylor Swift, Miley Cyrus, SZA na Billie Eilish bari mu begukanye ibihembo bikuru mu birori bya 2024 Grammy Awards.

Taylor Swift, Miley Cyrus, SZA na Billie Eilish bari mu begukanye ibihembo bikuru mu birori bya 2024 Grammy Awards.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

0
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026
Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

September 9, 2026
Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

September 9, 2026
Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

September 9, 2026

Recent News

Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026
Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

September 9, 2026
Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

September 9, 2026
Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

September 9, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026
Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

September 9, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA