• Latest
Ibiganiro byahuzaga RDC n’abahanganye nayo byasubitswe kubera kwikanga abantu batazwi

Ibiganiro byahuzaga RDC n’abahanganye nayo byasubitswe kubera kwikanga abantu batazwi

December 3, 2022
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Ibiganiro byahuzaga RDC n’abahanganye nayo byasubitswe kubera kwikanga abantu batazwi

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
December 3, 2022
in Amakuru, Kwisi hose(world), POLITIKE
0
Ibiganiro byahuzaga RDC n’abahanganye nayo byasubitswe kubera kwikanga abantu batazwi
0
SHARES
100
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Umwuka si mwiza mu cyumba cya hotel Safari Park Hotel i Nairobi, ahahuriye imitwe yitwaje intwaro yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Kane ibiganiro byasubitswe igitaraganya, ubwo ababirimo bikangaga bamwe mu bantu babyitabiriye.

Ni ibiganiro bihurije hamwe imitwe yitwaje intwaro ikorera mu ntara za Kivu y’Amajyaruguru, Kivu y’Amajyepfo, Ituri, Maniema na Tanganyika. Ntabwo irimo M23 nubwo ari yo iteye ubwoba cyane Leta ya Congo.

Mu cyumba cy’ibiganiro hari hahuriyemo abantu bagera kuri 350, barimo abagera muri 50 bahagarariye iyo mitwe.

Amakuru avuga ko bijya gucika, byaje kugaragara ko mu bitabiriye ibiganiro harimo abantu badafite inshingano zizwi cyangwa icyo bahagarariye kigaragara, babonye ibyangombwa bibemerera kwinjira mu mishyikirano.

Ni mu gihe Perezidansi ya Congo yo yavuze ko amalisiti y’abantu bagombaga kwitabira ibiganiro n’inzego bahagarariye haba perezidansi ubwayo, imitwe yitwaje intwaro n’abayobozi batandukanye barimo ab’imiryago itari iya leta, yakozwe ndetse akagenzurwa mbere y’ibiganiro.

Nyamara ngo “Abo bantu batazwi bijyanye i Nairobi mu buryo butamenyekanye.”

Byabaye ngombwa ko habaho guhagarika imirimo igitaraganya kugira ngo hagenzurwe amalisiti n’icyo buri wese ahagarariye.

Ibintu byarushijeho kubamo urujijo ubwo itsinda rya Leta ya Kinshasa “ryagiraga amakenga ku myitwarire n’ibikorwa by’itsinda ryafashaga mu bijyanye no gusemura.”

Ni uburyo bwifashishwa cyane kuko nk’umuhuza muri ibi bibazo, Uhuru Kenyatta, avuga Icyongereza n’Igiswahili, mu gihe muri RDC bakoresha Igifaransa n’Igiswahili bivanze, n’Ilingala.

Mu igenzura, Kinshasa ivuga ko yabonye “ibikoresho bifitanye isano n’igihugu cy’abaturanyi kitarebwa n’ibiganiro.”

Icyo gihe ngo Prof. Serge Tshibangu uhagarariye Leta ya Kinshasa yasabye ko uburyo bakoreshaga busenywa, “ibyo bikoresho bigasimbuzwa ibindi biturutse i Kinshasa.”

Hanzuwe ko nyuma yo gukemura ibyo, ibiganiro bisubukurwa kuri uyu wa Gatanu.

Bamwe mu banye-Congo baje kuvuga ko ibyo bikoresho byifashishwaga mu gusemura byavuye mu Rwanda, ndetse ko byoherezaga mu Rwanda ako kanya amajwi yose ahavugirwa.https://platform.twitter.com/embed/Tweet.html?creatorScreenName=igihe&dnt=false&embedId=twitter-widget-0&features=eyJ0ZndfdGltZWxpbmVfbGlzdCI6eyJidWNrZXQiOlsibGlua3RyLmVlIiwidHIuZWUiLCJ0ZXJyYS5jb20uYnIiLCJ3d3cubGlua3RyLmVlIiwid3d3LnRyLmVlIiwid3d3LnRlcnJhLmNvbS5iciJdLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X2hvcml6b25fdGltZWxpbmVfMTIwMzQiOnsiYnVja2V0IjoidHJlYXRtZW50IiwidmVyc2lvbiI6bnVsbH0sInRmd190d2VldF9lZGl0X2JhY2tlbmQiOnsiYnVja2V0Ijoib24iLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3JlZnNyY19zZXNzaW9uIjp7ImJ1Y2tldCI6Im9uIiwidmVyc2lvbiI6bnVsbH0sInRmd19zaG93X2J1c2luZXNzX3ZlcmlmaWVkX2JhZGdlIjp7ImJ1Y2tldCI6Im9mZiIsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfY2hpbl9waWxsc18xNDc0MSI6eyJidWNrZXQiOiJjb2xvcl9pY29ucyIsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfdHdlZXRfcmVzdWx0X21pZ3JhdGlvbl8xMzk3OSI6eyJidWNrZXQiOiJ0d2VldF9yZXN1bHQiLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3NlbnNpdGl2ZV9tZWRpYV9pbnRlcnN0aXRpYWxfMTM5NjMiOnsiYnVja2V0IjoiaW50ZXJzdGl0aWFsIiwidmVyc2lvbiI6bnVsbH0sInRmd19leHBlcmltZW50c19jb29raWVfZXhwaXJhdGlvbiI6eyJidWNrZXQiOjEyMDk2MDAsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfZHVwbGljYXRlX3NjcmliZXNfdG9fc2V0dGluZ3MiOnsiYnVja2V0Ijoib24iLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3ZpZGVvX2hsc19keW5hbWljX21hbmlmZXN0c18xNTA4MiI6eyJidWNrZXQiOiJ0cnVlX2JpdHJhdGUiLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3Nob3dfYmx1ZV92ZXJpZmllZF9iYWRnZSI6eyJidWNrZXQiOiJvbiIsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfdHdlZXRfZWRpdF9mcm9udGVuZCI6eyJidWNrZXQiOiJvbiIsInZlcnNpb24iOm51bGx9fQ%3D%3D&frame=false&hideCard=false&hideThread=false&id=1598342604894228481&lang=en&origin=https%3A%2F%2Figihe.com%2Famakuru%2Fmuri-afurika%2Farticle%2Fuhuru-kenyatta-yatangaje-ko-imitwe-yose-yitwaje-intwaro-muri-rdc-yemeye&sessionId=408a8267a333686d4fd3afd742a050a5b710e877&siteScreenName=igihe&theme=light&widgetsVersion=a3525f077c700%3A1667415560940&width=550px

Abanyamulenge bivanye mu biganiro rugikubita

Mu gihe ibiganiro byari bicyisugaya, Abanyamulenge baje gutangaza ko bafashe icyemezo cyo kwivana mu biganiro, nyuma y’uko umutwe wa Maï-Maï wari umaze kugaba igitero ku baturage bagenzi babo i Minembwe.

Mu ibaruwa bandikiye umuhuza Uhuru Kenyatta, Abanyamulenge bavuze ko bagenzi babo barindwi bishwe naho 10 bagakomereka, mu duce twa Gakangara, Muliza na Biziba, mu gitero bagabweho n’ihuriro rya za Maï-Maï Maï-Maï Bishambuke, Yakutumba, Ilunga Rusesema ifatanyije n’abarwanyi ba RED Tabara ikomoka mu Burundi, mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki 30 Ugushyingo 2022.

Icyo gihe ibiganiro by’i Nairobi byari birimbanyije.

Itangazo itsinda ry’Abanyamulenge ryasohoye rigira riti “Mu gihe ibiganiro bya Nairobi byari bitangiye twizeye ko hagiye kuboneka amahoro, abanzi b’amahoro bahisemo kubidobya bakoresheje uburyo bwose bushoboka. Abagabye ibitero uyu munsi barimo bamwe bahagarariwe mu biganiro i Nairobi, bagaragaje ko batari mu rugendo rugamije amahoro.”

Ni mu gihe uyu muryango mugari w’Abanyamulenge nawo washinze umutwe witwaje intwaro wiswe Twirwaneho, kubera ibitero byinshi wakomeje kugabwaho, ugashinja Leta kurebera.https://platform.twitter.com/embed/Tweet.html?creatorScreenName=igihe&dnt=false&embedId=twitter-widget-1&features=eyJ0ZndfdGltZWxpbmVfbGlzdCI6eyJidWNrZXQiOlsibGlua3RyLmVlIiwidHIuZWUiLCJ0ZXJyYS5jb20uYnIiLCJ3d3cubGlua3RyLmVlIiwid3d3LnRyLmVlIiwid3d3LnRlcnJhLmNvbS5iciJdLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X2hvcml6b25fdGltZWxpbmVfMTIwMzQiOnsiYnVja2V0IjoidHJlYXRtZW50IiwidmVyc2lvbiI6bnVsbH0sInRmd190d2VldF9lZGl0X2JhY2tlbmQiOnsiYnVja2V0Ijoib24iLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3JlZnNyY19zZXNzaW9uIjp7ImJ1Y2tldCI6Im9uIiwidmVyc2lvbiI6bnVsbH0sInRmd19zaG93X2J1c2luZXNzX3ZlcmlmaWVkX2JhZGdlIjp7ImJ1Y2tldCI6Im9mZiIsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfY2hpbl9waWxsc18xNDc0MSI6eyJidWNrZXQiOiJjb2xvcl9pY29ucyIsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfdHdlZXRfcmVzdWx0X21pZ3JhdGlvbl8xMzk3OSI6eyJidWNrZXQiOiJ0d2VldF9yZXN1bHQiLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3NlbnNpdGl2ZV9tZWRpYV9pbnRlcnN0aXRpYWxfMTM5NjMiOnsiYnVja2V0IjoiaW50ZXJzdGl0aWFsIiwidmVyc2lvbiI6bnVsbH0sInRmd19leHBlcmltZW50c19jb29raWVfZXhwaXJhdGlvbiI6eyJidWNrZXQiOjEyMDk2MDAsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfZHVwbGljYXRlX3NjcmliZXNfdG9fc2V0dGluZ3MiOnsiYnVja2V0Ijoib24iLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3ZpZGVvX2hsc19keW5hbWljX21hbmlmZXN0c18xNTA4MiI6eyJidWNrZXQiOiJ0cnVlX2JpdHJhdGUiLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3Nob3dfYmx1ZV92ZXJpZmllZF9iYWRnZSI6eyJidWNrZXQiOiJvbiIsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfdHdlZXRfZWRpdF9mcm9udGVuZCI6eyJidWNrZXQiOiJvbiIsInZlcnNpb24iOm51bGx9fQ%3D%3D&frame=false&hideCard=false&hideThread=false&id=1598321942167277570&lang=en&origin=https%3A%2F%2Figihe.com%2Famakuru%2Fmuri-afurika%2Farticle%2Fuhuru-kenyatta-yatangaje-ko-imitwe-yose-yitwaje-intwaro-muri-rdc-yemeye&sessionId=408a8267a333686d4fd3afd742a050a5b710e877&siteScreenName=igihe&theme=light&widgetsVersion=a3525f077c700%3A1667415560940&width=550px

Ihurizo mu migendekere y’ibiganiro

Mu biganiro byabaye ku wa Gatatu, umuhuza Uhuru Kenyatta yabanje gusaba imitwe yitwaje intwaro kumworohereza akazi, ikamufasha kureba icyakorwa ngo amahoro ahinde.

Yaje kubwira abanyamakuru ko byasabye umwanya ngo bafungure imitima yabo, buri wese asobanure uko we ubwe cyangwa umutwe ahagarariye ubona ikibazo.

Yakomeje ati “Bamaze kunyemerera ko biteguye gushyira intwaro hasi. Ariko bambwiye impamvu yabateye gufata intwaro, kandi ko bifuza amahoro arambye nibaramuka bashyize intwaro hasi. Icyo nishimira ni uko nta mutwe n’umwe wahakanye ko utashyira intwaro hasi.”

Icyakora, Kenyatta yavuze ko iyi mitwe hari ibyo isaba bigomba gukorwa mbere yo gushyira intwaro hasi, nubwo atatangaje ibyo aribyo.

Ingingo igoye ni uko basobanura ko impamvu bafashe intwaro ari uko ingabo za Leta zananiwe kubacungira umutekano, kandi ubwo bushobozi ntiziteze kubwubaka mu ijoro rimwe.

Mu mvugo za Leta ya Congo, yakomeje gufata ibibazo byayo nk’aho ibishorwamo n’u Rwanda, ku buryo n’intambara irimo ubu, ngo yatewe n’u Rwanda runyuze muri M23.

Ni imvugo icyo gihugu gikoresha cyitwaje ko ngo u Rwanda rwihisha muri uyu mutekano muke rugamije kwiba amabuye y’agaciro ya Congo.

Ni na yo ntero Uhuru asa n’urimo gukoresha mu buryo buziguye.

Ubwo yafunguraga ibiganiro byo ku wa Gatatu, yavuze mu Kiswahili ati “Nyinyi sio watu ambao munapenda vita, ni vita mumeletewa. Ni kweli ama sio ukweli? Wakongomani ni watu wa amani.”

Mu kinyarwanda, ni nko kuvuga ngo “Ntabwo muri abantu bakunda intambara, ni intambara mwashowemo. Ni ukuri cyangwa si ukuri? Abanye-Congo ni abanyamahoro.”

Ku yindi nshuro, Uhuru yavuze ko intambara abanye-Congo banyuzemo mu myaka 20 ishigiye ku bihugu by’amahanga bizihishamo bikiba Congo, nk’uko The East African yabyanditse nyuma y’inama.

Yagize ati “Nubwo ububabare buturuka ku bugizi bwa nabi mwakorewe bushobora kuba bukabije mu myaka 20 ishize kuko ubuzima bwatakaye, inyamaswa zikibwa n’amabuye y’agaciro akibwa n’ibihugu by’amahanga byishimiye guteza amakimbirane mu gihe byiba amabuye y’agaciro yanyu, bigatuma abana banyu badashobora kujya ku ishuri, ba mama banyu badashobora kubyarira mu bitaro, reka tugire umutima ubabarira maze twemere gushyira hamwe tuzane amahoro arambye mu karere”.

Ni ingingo u Rwanda rwakomeje kugaragaza ko gushakira ibibazo ku bandi bitazabikemura, ko ahubwo RDC ikwiye kwisuzuma, igakemura ibyagenze nabi idashatse urwitwazo.

Amarenga ya Kenyatta asa no gusabira ibiganiro FDLR

Mu biganiro bya Nairobi, umutwe wa M23 ntiwatumiwe, nubwo mu biganiro bya mbere wagiyeyo ariko ugasohoka bitaragiye kubera ko imirwano yari yubuye.

Ni umutwe nyamara ubu ufite ibice bya Bunagana, Rutshuru na Kiwanja, wari umaze iminsi uhagaritse imirwano, ariko yongeye kubura ku buryo yo n’Ingabo za FARDC bitana ba mwana ku washotoye undi.

Kenyatta yavuze ko hagendewe mu biganiro bya Luanda, M23 igomba gushyira intwaro hasi mbere y’uko yakirwa mu mishyikirano nk’abandi, ibintu yo idakozwa kuko iriho bitewe n’amasezerano menshi yasinyanye na Leta ya Kinshasa, ntiyubahirize.

Keyatta yagize ati “Kugeza biriya bikozwe, M23 ntabwo ishobora kwitabira ibi biganiro. Ibi biganiro birimo kubaho biritabirwa n’imitwe yemeye gushyira intwaro hasi igahagarika intambara.”

Prof Tshibangu yaje kuvuga ko badashobora kuganira n’umutwe udashaka ibiganiro.

Yakomeje ati “Nta mbabazi zizabaho kuri aba bantu. Nta huriro rizabaho riduhuza n’imitwe ikomoka mu mahanga. Igomba gushyira intwaro hasi igataha iwabo. Nta biganiro nabo bizabaho; ahubwo ibikorwa bya gisirikare bikwiye kubatangizwaho.”

Imitwe ikomoka mu mahanga iri muri RDC yakunze kuvugwa ni FDLR ifite isano mu Rwanda, RED Tabara yo mu Burundi na ADF muri Uganda.

Bamwe mu bayobozi ba Congo bakunze kuvuga ko M23 ari Abanyarwanda, nubwo ku nshuro ya mbere, mu biganiro biheruka kubera i Luanda Congo yemeye ko ari abaturage bayo, ahubwo ibasaba kureka imirwano bagasubira muri Sabyinyo, ku ruhande rwa RDC.

Muri kwa gukomeza kwegeka ibibazo ku bandi, Kenyatta yavuze ko iyi mitwe yo mu mahanga ikwiye kujya kuganira n’ubuyobozi bw’iwabo.

Yagize ati “Ntabwo twifuza ko RDC yaba igihugu ibindi biza kurwaniramo. Imitwe yitwaje intwaro yo mu mahanga ishyire intwaro hasi itahe iwabo, ijye kuganira na Guverinoma zaho nk’uko abanye-Congo baganira n’iyabo.”https://platform.twitter.com/embed/Tweet.html?creatorScreenName=igihe&dnt=false&embedId=twitter-widget-2&features=eyJ0ZndfdGltZWxpbmVfbGlzdCI6eyJidWNrZXQiOlsibGlua3RyLmVlIiwidHIuZWUiLCJ0ZXJyYS5jb20uYnIiLCJ3d3cubGlua3RyLmVlIiwid3d3LnRyLmVlIiwid3d3LnRlcnJhLmNvbS5iciJdLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X2hvcml6b25fdGltZWxpbmVfMTIwMzQiOnsiYnVja2V0IjoidHJlYXRtZW50IiwidmVyc2lvbiI6bnVsbH0sInRmd190d2VldF9lZGl0X2JhY2tlbmQiOnsiYnVja2V0Ijoib24iLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3JlZnNyY19zZXNzaW9uIjp7ImJ1Y2tldCI6Im9uIiwidmVyc2lvbiI6bnVsbH0sInRmd19zaG93X2J1c2luZXNzX3ZlcmlmaWVkX2JhZGdlIjp7ImJ1Y2tldCI6Im9mZiIsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfY2hpbl9waWxsc18xNDc0MSI6eyJidWNrZXQiOiJjb2xvcl9pY29ucyIsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfdHdlZXRfcmVzdWx0X21pZ3JhdGlvbl8xMzk3OSI6eyJidWNrZXQiOiJ0d2VldF9yZXN1bHQiLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3NlbnNpdGl2ZV9tZWRpYV9pbnRlcnN0aXRpYWxfMTM5NjMiOnsiYnVja2V0IjoiaW50ZXJzdGl0aWFsIiwidmVyc2lvbiI6bnVsbH0sInRmd19leHBlcmltZW50c19jb29raWVfZXhwaXJhdGlvbiI6eyJidWNrZXQiOjEyMDk2MDAsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfZHVwbGljYXRlX3NjcmliZXNfdG9fc2V0dGluZ3MiOnsiYnVja2V0Ijoib24iLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3ZpZGVvX2hsc19keW5hbWljX21hbmlmZXN0c18xNTA4MiI6eyJidWNrZXQiOiJ0cnVlX2JpdHJhdGUiLCJ2ZXJzaW9uIjpudWxsfSwidGZ3X3Nob3dfYmx1ZV92ZXJpZmllZF9iYWRnZSI6eyJidWNrZXQiOiJvbiIsInZlcnNpb24iOm51bGx9LCJ0ZndfdHdlZXRfZWRpdF9mcm9udGVuZCI6eyJidWNrZXQiOiJvbiIsInZlcnNpb24iOm51bGx9fQ%3D%3D&frame=false&hideCard=false&hideThread=false&id=1598211369211691008&lang=en&origin=https%3A%2F%2Figihe.com%2Famakuru%2Fmuri-afurika%2Farticle%2Fuhuru-kenyatta-yatangaje-ko-imitwe-yose-yitwaje-intwaro-muri-rdc-yemeye&sessionId=408a8267a333686d4fd3afd742a050a5b710e877&siteScreenName=igihe&theme=light&widgetsVersion=a3525f077c700%3A1667415560940&width=550px

U Rwanda rweruye ko rudashobora kuganira n’umutwe wa FDLR, bitandukanye n’imitwe Congo irimo kuganira nayo.

Mu gihe indi ari imitwe yo muri Congo yegura intwaro kubera ko Leta ya Congo idashobora kubarinda cyangwa kubera izindi nyuma za politiki n’ubukungu, FDLR yo yashinzwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bagomba kugezwa imbere y’ubutabera.

Mu minsi ya mbere y’iyi biganiro, abasesenguzi bavuga ko Kenyatta arimo kwitwara nk’umuntu ufite izindi nyungu ashaka kurengera anyuze mu kwiyoroshya akagendera mu murongo wa Leta ya Congo, kurusha kwerura agakanda ahari ikibyimba, agamije umuti w’ikibazo cy’umutekano muke.

Ni inyungu benshi bahuza n’ubucuruzi abashoramari b’abanya-Kenya bafiye muri RDC muri iki gihe kandi Kenyatta afitemo ukuboko, ku buryo kugira ngo busagambe agomba kubereka ko bari kumwe muri ibi bihe bashaka kwikoma u Rwanda.

Ni ibikorwa kandi abasesenguzi basanga ari urwitwazo ku butegetsi bwa Tshisekedi bwananiwe kuyobora igihugu, ndetse burimo gushaka impamvu yo gusubika amatora azaba mu 2023.

Kugaragaza ko ikibazo cy’abanye-Congo giterwa n’abandi bishobora kutazana amahoro bavuga ko bashaka, ahubwo imitwe yitwaje itwaro igakomeza kwiyongera, mu gihe n’ubu ibarirwa mu 130.Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya ni we muhuza uhagarariye EAC mu biganiro byo gushakira amahoro Uburasirazuba bwa RDC

Previous Post

Abatishoboye 590 batangiwe Ubwisungane mu kwivuza n’uruganda rwa SKOL rukorera mu Nzove

Next Post

Prince kid yasabwe kurongora Miss Elsa

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Prince kid yasabwe kurongora Miss Elsa

Prince kid yasabwe kurongora Miss Elsa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA