• Latest
Hari ibanga Umurenge wa Remera wisangije mu guhashya Covid 19 burundu

Hari ibanga Umurenge wa Remera wisangije mu guhashya Covid 19 burundu

February 7, 2022
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Hari ibanga Umurenge wa Remera wisangije mu guhashya Covid 19 burundu

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
February 7, 2022
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Ubukungu
0
Hari ibanga Umurenge wa Remera wisangije mu guhashya Covid 19 burundu
0
SHARES
547
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe icyorezo cya Covid 19 kigenda gihashywa mu mpande zitandukanye z’igihugu, Umurenge wa Remera wo mu Karere ka Gasabo Umujyi wa Kigali, Ubuyobozi bwawo buvuga ko ingamba zihamye bashyizeho zirimo gushyira muri buri kagari n’ahahurirwa n’abantu benshi abaganga bo gukingira no gupima abatarabikora n’abishimangiza, nta kabuza bizasoswa vuba itakirangwa muri uwo murenge wabo.

Umuyobozi w’Umurenge wa Remera Karamuzi Godfrey, avuga ko hafashwe ingamba zihariye zo guhashya no gukumira burundu Icyorezo cya Covid 19 hashyirwaho abaganga bashinzwe gukingira no gupima muri buri kagari kagize umurenge, no mu bindi bice bisanzwe bihuriramo abantu benshi, ibi bitanga icyizere ko nta kabuza igikorwa nk’icyo kizasozwa ari nta muntu utagezweho n’urukingo mu murenge wa Remera.

  • Bwana Karamuzi Godfrey Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Remera

Agira ati “twifashishije Indangururamajwi (Megaphone), buri mudugudu wacu ufite Umukangurambaga ukangurira abaturage batarikingiza n’abagomba guhabwa urukingo rwo gushimangira rwa gatatu kugana ahari kubera icyo gikorwa hose. 

Mu byukuri twakoze ibishoboka byose twegereza abaganga n’ababafasha mu gushyira muri System ibyakozwe muri buri kagari, n’ahandi hose hakunze guhurirwa n’abantu benshi kugira ngo buri wese ubikeneye agerweho n’urukingo bitamusabye urugendo rwa kure.”

Avuga ko muri buri kagari bafite umuganga nko muri Rukiri ya 1, mu Ruturusu, Nyarutarama, Nyabisindu, kuri Petit Stade, Gare ya Remera, Gisimenti hose ngo hagamijwe ko nta muturage n’umwe wacikanwa n’urukingo, na cyane ko rwagaragaje ko rwongera ku buryo buhagije Ubudahangarwa bw’umubiri mu kurwanya ukugerwaho n’ingaruka za Covid 19.

Ikindi avuga Bwana Karamuzi Godfrey, ni uko mu baturage ibihumbi 33 (33,000) by’abatuye Umurenge wa Remera muribo abagera kuri 24,014 bahwanye na 73%, bamaze gukingirwa,  bityo akizera adashidikanya ko ibikorwa by’ikingira bari gushyiramo imbaraga bizasozwa vuba 27% basigaye nta n’umwe udakingiwe.

Avuga ko ikibazo bakunze guhura nacyo nk’Umurenge wo mu mujyi, ari abaturage bawinjiramo buri munsi baje gushaka imibereho, barimo na bamwe baba batarikingiza, ndetse  n’abandi bawusohokamo mu buryo butandukanye, ibyo byose ngo  bigatuma gufata umubare w’abamaze gukingirwa n’abasigaye bigorana.

Avuga ku bindi bikorwa bisanzwe bikorerwa mu murenge wa Remera bigamije iterambere, agira ati “Mubyukuri Umurenge wa Remera, ni Umurenge wiganjemo ibikorwa by’ubucuruzi n’ibindi bikorwa bitandukanye by’iterambere nk’amahoteli yo mu rwego rwa mbere n’aciriritse, Amashuri mu byiciro bitandukanye, Amavuriro n’Ibitaro, Ibigo bya Leta n’iibndi.

Ku bigendanye no kurwanya akajagari, Bwana Karamuzi avuga ko icyo bashyize imbere,ari ukugira umujyi uteye imbere kandi ukeye unanogeye abawugana n’abawutuye nk’uko babikangurirwa buri gihe n’Inzego z’Ubuyobozi zibakuriye nk’Umujyi wa Kigali n’Akarere muri rusange.

Agira ati “Ntituzihanganira na gato mu murenge wa Remera abashaka kubaka uko bishakiye mu kajagari kuko batagifite umwanya na muto mu Mujyi wa Kigali. 

Tumaze iminsi dukumira bamwe mu bitwaje iki cyorezo cya Covid, bakubaka utujagari, nko muri Nyabisindu ndetse hari n’abanyamahanga twabonye bashatse kongera inyubako bakoreramo hariya kuri Stade Amahoro batabifitiye ibyangombwa tubikuraho babyakira nabi  ariko nta kundi byagombaga kugenda, n’ubwo atari abanyarwanda, bagomba nabo kugendera ku mategeko nk’abandi.

Avuga ko abantu bagomba gufatira ku rugero rwa Kangondo kuko byatumye Abayobozi n’abandi bose bireba bafunguka mu mutwe, kubera ko abari bahatuye ngo hafi ya bose, ari abari barakuwe mu kajagari ko ku Kimicanga, bahawe mafaranga ngo y’ingurane maze baragenda bahanga akandi Kajagari muri Kangondo, ariyo mpamvu mu gushaka kuhabimura Leta yaborohereje ikabubakira amacumbi agezweho i Busanza,  kugira ngo batazimukira ahandi bakahakora akajagari, bikazajya bikomeza bityo nk’umukino w’abana. Ku birebana n’imibereho myiza muri rusange, Bwana Karamuzi Godfrey, avuga ko mu murenge wa Remera bihaye intego yo gufasha abasaga 4328 kujya mu bwizigame bwa Ejo heza, kugira ngo bizigamire ari nako kandi bateganyiriza ibihe bizaza, ubwo bazaba bageze mu zabukuru, bityo bikababera akabando k’iminsi bazasindagiriraho.

Ni muri urwo rwego avuga ko nko mu mwaka ushize wa 2021, bari bafite intego bahawe n’Umujyi wa Kigali yo kwinjiza Miliyoni 20 (20,000,000) yo muri iyo gahunda, bakaba barabigezeho ku gipimo cy’100% , naho mu mwaka wa 2022 ku ngengo y’imari yatangiye mu kwezi kwa karindwi 2021, intego ihari ikaba ari iyo  kugeza kuri Miliyoni 30 (30,000,000).

Avuga ko aya miliyoni 30,  agomba kwishyurwa mu bihembwe 4 by’umwaka w’ingengo y’imari,  aho mu gihebwe cya 1 cyo kuva mu kwezi kwa 7 kugeza mukwa 10/2021 gahunda kwari ukwinjiza Miliyoni 6 (6,000,000Frw), nyamara ngo hishyuwe 6,420,058 Frw bingana n’107%  ku musanzu w’abantu 815, mu gihe igihembwe cya 2 cyo kuva mu kwa 10 kugeza mu kwa 12/2021 intego kwari ukwinjiza 8,000,000 Frw, hakaza gutangwa 7,258,678 Frw bingana na 91% ku baturage 1223 bari bateganyijwe. Kugabanuka gato bikaba ngo byaratewe n’uko haje kubamo Guma murugo.

Muri rusange Bwana Karambizi Godfrey, avuga ko akurikije uburyo imisanzu yitabiriwe gutangwa mu bihembwe 2 bishize, nta kabuza no mu bindi 2 bisigaye ngo amafaranga azatangwa uko bigomba cyane ko igihembwe cya 3 hateganyije kuzinjizwa 8,000,000 ku baturage 1,223 bazizigamira naho mu gihembwe cya 3 hakazazigamwa 8,000,000 ku baturage 1,067.

Muri make abazizigamira muri Ejo heza mu mwaka wa 2022  bose hamwe  bakazaba ari 4,328.

Bwana Karamuzi Godfrey, avuga ko igihe cyose abanyarwanda benshi bakwitabira kugira ubwizigame muri Ejo heza, nta kabuza byazatanga umusaruro ushimishije na cyane ko icyizere cyo kubaho ku munyarwanda ari imyaka 68 mu gihe mbere y’1994 cyari hasi cyane.

Ikindi avuga ni uko Ubwishingizi mu bigo bisanzwe mbere y’uko Ejo heza iza byari 7% byonyine bakazigama 6% kino gihe ukuzigama bikaba biri gutera imbere.

Agira ati “kugira ngo tugere kuri iyi ntego ya Ejo Heza dushishikariza kenshi abakora imirimo itandukanyea aribo abacuruzi, abafundi, abayedi, abakozi bo mu ngo n’abandi bose babishoboye kwizigamira.

Avuga ko kwizigamira atari agahato, ariko ko byaba byiza bikozwe na buri wese kugira ngo hato hatazagira uba umuzigo kuri Leta muri cya gihe cy’amasaziro na cyane ko buri muturage uri mu cyiciro cya mbere n’icya 2 bishyura 1250 buri kwezi Leta ikabongereraho 15000 muyo baba batanze umwaka wose, naho mu kiciro cya 3 bagatanga 1500 ku kwezi, Leta ikabishyurira 50% ku mwaka yayo baba batanze, abo mu kiciro cya 4 bakishyura 6000 mu kwezi cyakora Leta ikaba nta nyongera bo ibashyiriraho.

Bwana Karamuzi Godfrey, ashima cyane  abaturage  b’Umurenge wa Remera ayoboye, umurava n’umwete bisanzwe bibaranga mu kazi kabo ka buri munsi, bikaba byaratumye babasha no kwiyubakira icumbi rya Polisi ikorera mu murenge wabo.

Ku birebana n’ingorane baba bahura nazo m’Umurenge wa Remera muri rusange, avuga ko harimo icyorezo cya Covid 19 cyakomeje gusubiza inyuma ibintu byose, no kuba Remera ari Umurenge uri mu marembo y’umujyi, bityo ugacumbikira abakora ibikorwa bitandukanye batanahuje imyumvire kuri gahunda ziba ziteganyijwe. Gusa  umuhate wo gukora kugira go ibintu byose bigende neza kandi bitange umusaruro uko bikwiriye ngo urahari.

Bwana Karamuzi Geodfrey avuga ko amaze imyaka 16 ari mu buyobozi bw’inzego z’ibanze, yabanje murenge wa Bwisige mu Karere ka Gicumbi, naho mu mujyi wa Kigali yakoze mu murenge wa Nduba, Kimironko, Kacyiru, Kimihurura na Remera ayoboye kino gihe.

  • Abaturage barakomeza kwitabira kwikingiza COVID-19

Asoza avuga ko mu bayobozi bayoboye Umujyi wa Kigali afatira ikitegerezo kuri Bwana Mutsindashyaka Theoneste ngo waharaniraga guca no kurwanya akajagari mu murwa mukuru, bityo nawe akaba ngo yarabigize intego mu kugaca mu murenge ashinzwe kandi ngo azabigeraho afatanyije n’abo bayoborana n’ubushake bw’abaturage.

Umurenge wa Remera ni umwe mu mirenge 15 igize Akarere ka Gasabo, mu mujyi wa Kigali, utuwe n’abaturage bagera ku bihumbi 33, ikagira Utugari 4, Imidugudu 26, n’amasibo 246.

Previous Post

Imodoka ya Musenyeri Bahujimihigo yagonze umuntu wari ku igare arapfa

Next Post

Gasabo : Koperative y’aba Motari CO.D.M.G hari byinshi yakwigirwaho

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Gasabo :  Koperative y’aba Motari CO.D.M.G hari byinshi yakwigirwaho

Gasabo : Koperative y’aba Motari CO.D.M.G hari byinshi yakwigirwaho

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA