• Latest
BRD yashyize mu bikorwa ibyo gucanira abatishoboye muri gahunda ya CanaChallenge

BRD yashyize mu bikorwa ibyo gucanira abatishoboye muri gahunda ya CanaChallenge

December 23, 2021
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

BRD yashyize mu bikorwa ibyo gucanira abatishoboye muri gahunda ya CanaChallenge

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
December 23, 2021
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, izindi nkuru
0
BRD yashyize mu bikorwa ibyo gucanira abatishoboye muri gahunda ya CanaChallenge
0
SHARES
557
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko kuwa 16 Ukuboza 2021, Banki y’u Rwanda y’ Iterambere itangirije uburyo bushya bwiswe CanaChallenge, bugamije gufasha abaturage bakennye babarizwa mu cyiciro cy’Ubudehe kubona amashanyarazi y’imirasire, kuri uyu wa 21 Ukuboza 2021, isezerano ryayo ryatangiye gushyirwa mu bikorwa, umuhango w’Ikubitiro wo gucanira abo baturage ukaba watangiriye mu Karere ka Rulindo.

Uwo muhango wo gutangira gucanira bamwe mu baturage babarizwa mu kiciro cy 1 cy’Ubudehe nk’uko Umushinga wa CanaChallenge ubivuga watangiriye mu Murenge wa Masoro, Akagari ka Shengampiri, Umudugudu wa Nyabinyoni mu Karere ka Rulindo ahacaniwe ku ikubitiro Imiryango 5.

Madame Alida Ikuzwe,uhagarariye Ishami rishinzwe Ingufu z’amashayarazi y’imirasire n’ay’umurongo mugari muri BRD, avuga ko Isezerano n’umuhigo bahize byo gufasha abaturage bari mu kiciro cya 1 cy’Ubudehe kubona amashanyarazi,  babitangiye neza muri gahunda ya Leta y’uko buri muturage wese agomba kuba yagezweho n’amashanyarazi muri 2024.

Madame Alida Ikuzwe avuga ko bashyigikiye gahunda ya Leta yo kuba buri muturage yabonye amashanayarazi mu 2024

Agira ati “Dutangiye igikorwa cyo gucanira imiryango iri mu Kiciro cya 1 cy’Ubudehe kugira ngo dukomeze kubahiriza gahunda ya Leta y’u Rwanda yihaye y’uko buri muturage agomba kuba yagezweho n’ingufu z’amashanyarazi muri 2024, aho  52% ari azaturuka ku murongo mugari, andi ya 48% akaba ari azaturuka ku mirasire ari nayo twiyemeje kugeza ku miryango ibihumbi 10 ikennye kurusha indi, umuturage azahabwa itara rifite agaciro cy’iibihumbi 115, BRD  ikazamwishyurira ibihumbi 100, abafatanyabikorwa bandi tukaba tubasaba kudufasha kwishyurira bariya baturage Miliyoni 150 zirenga kuyo BRD izatanga ahwanye na Miliyari 1 y’amanyarwanda.”

Madame Alida, avuga ko bizera ko abafatanyabikorwa barimo ibigo by’ubucuruzi, ibya Leta n’abikorera muri rusange bazabafasha kubona ariya miliyoni 150  ni ukuvuga inkunga y’ibihumbi 15 ku muntu kugira ngo igikorwa cyatangijwe,  biteganyijwe ko kizasozwa mu mpera za Werurwe 2022 kizasozwe neza kigeze ku Umusaruro ukwiriye.

 Asaba abaturage bahawe amashanyarazi kuyafata neza  batayasesagura kugira ngo azabagirire akamaro cyane ko aje kubakura mu kizima n’ubwigunge bwo kutagira urumuri rukomoka ku mashanyarazi.

Avuga ko uyu mushinga wo gucanira abatishoboye watangiye muri 2019 ufute gahunda y’imyaka 5,  ukaba wari ugamije ahanini gufasha abakene bo mu kiciro cya 1 kugeza ku cya 3 muri Gahunda ya Cana uhendukiwe, aho abaturage bagomba kugana ibigo by’imari na Sacco,  kugira ngo babone uruhare rwabo rwo kongera kuyo BRD ibatangira. Muri kino gihe cyakora,  CanaChallenge ikazafata abo mu kiciro cya 1 gusa cyane ko byagaragaye ko nta bundi bushobozi na buke baba bafite.  Ubuyobozi bwa BRD, bukavuga ko   gahunda y’ibyiciro 2 bisigaye nayo izagumaho, abo bagenerwa bikorwa bakazajya  biyishyurira ibihumbi 15 uko bisanzwe,  bifashishije ibigo by’imari na Sacco, BRD nayo ikabatangire andi ibihumbi 100.

Madame Alida, avuga ko mu miryango ibihumbi 450 iteganijwe kuba yacaniwe muri 2024,  muribo imiryango irenga ibihumbi 90 ikaba yaramaze gucanirwa muri gahunda ya Cana Uhendukiwe yafataga ibiciro bitatu, mu gihe  CanaChallenge  igamije  gucanira abandi ibihumbi 10  bo mu kiciro cya 1 gusa, bikazakorwa mu mezi 3, Akavuga ko bizakorwa nko gutanga Ubunani kuri iriya miryango itishoboye kuko nta faranga na rimwe izishyura.

Nyirahabimana w’imyaka 32, umwe  mubagize  imiryango 5 yahahwe amashanyarazi na BRD, avuga ko mu byukuri ari ubwa mbere agiye kurara munzu irimo amashanyarazi, akaba ashima cyane BRD yayabagejejeho,  by’Umwihariko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika  Paul Kagame udahwema kubagezaho ibyiza byose bifuza.

Nyirahabimana yishimiye kurara mu nzu irimo amashanyarazi bwa mbere

Agira ati”Ibi ni ibyishimo byinshi jye n’umuryango wanjye  n’abaturanyi kuba duhawe amashanyarazi,  twishimiye ko tuvuye mu bwigunge cyane ko ari ubwa mbere tugiye kuba mu nzu icaniwe. Twishimiye ko tuzacuranga Radiyo, tukabasha no kubona umuriro wa Telefoni, mu gihe twakoraga ibirometero byinshi tugiye gushaka umuriro wayo bikatuvuna cyane.”

Grace Umuhoza Umukozi w’Umurenge wari uhagarariye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Masoro, avuga ko  nk’Ubuyobozi bw’umurenge bashimiye cyane Banki y’Iterambere BRD yahisemo gutangiriza igikorwa cyayo mu murenge wabo.

Agira ati”n’ubundi twari dusanzwe dufashwa na BRD mu buryo bwa Nkunganire. Dushimiye cyane ubu buryo bwo gufasha abo mu kiciro cya mbere cyane ko dufite benshi,  tukizera tudashidikanya ko bose amahirwe azabagerho, bityo natwe tukaba dusaba abaturage kuzayafata neza kugira ngo azabagirire akamaro uko babyifuza.”

Umuhoza Grace avuga ko nk’umurenge bishimiye igikorwa cya BRD

Madame Alida avuga ko igikorwa bakoze kuri uyu wa kabiri  Tariki ya 21 Ukuboza 2021,  bagifashijwemo n’abakozi ba BRD ubwabo kugirango haboneke biriya  bihumbi 15 ari yo agomba kuba uruhare rw’umuturage, akishimira ko  hamaze kuboneka inkunga izafasha byibura imiryango byibura 160, nyuma yabyo bakaba basababa ibindi bigo n’abikorera,  gushyiraho akabo kugirango ya miryango ibihumbi 10 igomba gufashwa kubona amashanyarazi y’imirasire muri iki gikorwa, izatangirwe inyongera ituma igiciro cy’umurasire kigera ku muturage.

Asoza amenyesha abantu bose ko mu minsi mike,  bazamenyeshwa Nomero za Konti, MoMo na Airtel Monney bizajya bishyirwaho iyo nkunga.

Avuga ko mu gutanga amashanyarazi y’imirasire bagendera akenshi kuri Raporo  y’inzego z’ibanze, bityo abakene bose  bari mu kiciro cya mbere bo mu mudugudu watoranyijwe  bakaba bose bagerwaho n’izo ngufu ntawe ucikanwe

Ikindi avuga ni uko iyi gahunda ya CanaChallenge izagera mu gihugu hose, ndetse na Cana Uhendukiwe ikazakomeza kubaho kugeza muri 2024,  bitavuze ko niba hari  imiryango izasigara  nyuma ya 2024, nayo itazakomeza ikawugezwaho na nyuma yaho.

Banki y’u Rwanda y’Iterambere BRD, isanzwe ikorana n’ibigo by’imari na m’ama Banki.

 Muri kino gihe BRD,  ikaba iri gufasha abakene kugerwaho n’ingufu z’amashanyarazi biciye muri gahunda ya CanaChallenge.

BRD ni Banki imaze kuba ubukombe kuko yatangiye ibikorwa byayo mu 1967.

Igikorwa cyatangiye cyo gufasha imiryango ikennye yo mu kiciro cya mbere  cy’ubudehe cyo kugezwaho Ingufu z’amashanyarazi kikaba giteganyijwe ko kizasozwa mu mpera za Werurwe 2022 .

Edouard Niyonkuru

Previous Post

Ntibisanzwe! Umugore yahisemo gukorana ubukwe n’igiti bakazabana ubuziraherezo

Next Post

Abantu 16 bakomerekejwe na grenade i Bujumbura

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Abantu 16 bakomerekejwe na grenade i Bujumbura

Abantu 16 bakomerekejwe na grenade i Bujumbura

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA