• Latest
Abafite Ubumuga bwo mu mutwe ntibumva impamvu batagira uburenganzira bwo kubona Akazi

Abafite Ubumuga bwo mu mutwe ntibumva impamvu batagira uburenganzira bwo kubona Akazi

October 14, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Abafite Ubumuga bwo mu mutwe ntibumva impamvu batagira uburenganzira bwo kubona Akazi

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
October 14, 2021
in izindi nkuru
0
Abafite Ubumuga bwo mu mutwe ntibumva impamvu batagira uburenganzira bwo kubona Akazi
0
SHARES
249
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni amagambo atangazwa n’abamwe mu bavuriwe mu kigo kita ku bafite ubumuga bwo mu mutwe cya Ndera CARAES bakaza gusubizwa mu buzima busanzwe bamaze gukira, ariko bikaba ngo bibagoye kubona akazi bitewe na Sosiyeti na n’ubu ngo itabagirira ikizere yitwaje ko bigeze kurwara, mu gihe nyamara ubushakashatsi bugaragaza ko 20% by’abanyarwanda Miliyoni 13, bahwanye na Miliyoni 2 na 800(2,800,000) bagendana ubumuga bwo mu mutwe batabizi, bityo bakavuga ko kuba abenshi muri izo miliyoni ebyiri zisaga bari mu kazi, ntacyabuza ko n’abakize bashobora gukora akazi akariko kose kandi neza.

Furere Nkubiri Charles Umuyobozi wa CARAES Ndera na Rene STOCKMAN uyobora Umuryango w’Abafurere b’Urukundo ku isi


Mu muhango wo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo kuzirikana abafite ubumuga bwo mu mutwe wizihirijwe n’ibitaro byita bikanavura abafite ubumuga bwo mu mutwe bya Ndera(Neuro-Psychiatric CARAES Ndera) kuri uyu wa mbere Tariki ya 11 ukwakira 2021, hagaragajwe bimwe mu bihangano byagiye bikorwa n’abamwe mu bafite ubumuga bwo mu mutwe ndetse hanerekanwa na bimwe mubikoresho bikoreshwa mu kazi ka buri munsi mu kuvura no kwita kubafite uburwayi bwo mu mutwe bagana ibyo bitaro, Umuhango wari uyobowe n’Umuyobozi w’ibyo bitaro Frere Nkubiri Charles, Wari kumwe n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango w’Abafurere b’Urukundo ku Isi Rene STOCKMAN, ari nabo bayobora ibyo bitaro bya CARAES bya Ndera mu Rwanda wari waje kwifatanya n’abanyarwanda muri icyo gikorwa..
Uwayezu Yvonne, Ni umwe mu bakize uburwayi bwo mu mutwe nyuma yo kugana ibitaro bya Ndera akitabwaho mu gihe cy’imyaka itanu yose.


Agira ati “ nafashwe n’uburwayi bwo m’umutwe mu mwaka wa 1997 ndaremba mu buryo bukomeye. Gusa abantu baje kungeza kuri ibi bitaro nshima cyane banyitaho, bankorera ibishoboka byose nyuma y’imyaka itanu ntaha nkize neza, aho nahise njya gukomeza amashui y’isumbuye ndarangiza, nkaba mfite impamyabumenyi yanjye kandi Imana ibimfashijemo ndi kwitegura no gukomeza nkajya muri Kaminuza kugira ngo niyungure ubumenyi kurushaho.


Avuga y’uko mu by’ukuri mbere y’uko afatwa yararaga arota nabi, abona abantu bapfuye n’indi myuka mibi yose, ariko ngo aho avuriwe yarakize ubu akaba ngo ameze neza nta kibi yiyumvamo kindi.


Avuga ko kandi ko ubusanzwe, iyo ufite uburwayi bwo mu mutwe, ariko ukihagararaho ntiwihebe ngo wihe akato, n’abandi ngo icyo gihe barabikubahira, ariyo mpamvu nawe nyuma yo gukira ngo yiteguye no kujya muri Kaminuza kugira ngo yiyungure ubumenyi busumbyeho bityo azakomeze gufatanya n’abandi banyarwanda kubaka igihugu.

Asoza yibaza impamvu yabishisha abantu bahuye n’uburwayi bwo mu mutwe bigatuma batabaha akazi. Avuga ko bagombye gukora uko bashoboye bakabagirira ikizere na cyane ko nyuma y’ubwo burwayi ubuzima bukomeza nk’uko bisanzwe.

Uwayezu Yvonne amaze gukira yize amashuri y’isumbuye ari kwitegura kujya muri Kaminuza


Avuga ko kuba uburwayi bwe bwaramenyekanye mbere agahita yivuza byamufashije cyane, n’ubwo yabanje kujya atinya imiti ndetse hakaba hari n’abamuhaga akato bigatuma aremba cyane kubera ko yabonaga yatereranywe.


Undi nawe ushimira ibitaro bya CARAES bya Ndera uburyo byamwitayeho mu burwayi bwo mu mutwe yahuye nabwo igihe kirekire, maze akitabwaho n’abaganga b’inzobere zaho agakira, ni Haragirimana Claver Umuyobozi w’ishyirahamwe nyarwanda ry’abantu bakize uburwayi bwo mu mutwe, ishyirahamwe bashinze bafatanyije n’abarwaza.


Agira ati “ tujya gushinga iri shyirahamwe twabonaga kandi tunababajwe n’uburyo umuntu yavaga mu bitaro abantu bakamuteragirana, ndetse agasanga yarirukanwe ku kazi yakoraga ndetse n’uwagaragaje ko abifitiye ubushobozi bakakamwima, bitwaje ko yarwaye uburwayi bwo mu mutwe.Ni ibibazo bikomeye kuko usanga n’uwari ufite umugore asanga yaramucitse nawe avuga ko atabana n’umusazi.
Cyakora nyuma yo guhuza imbaraga n’abarwaza, dufite abanyamuryango basaga ibihumbi bitatu(3000) mu Turere 23 tw’igihugu, ari ko mu minsi mike n’utundi dusigaye 7 tuzaba twatugezemo, kugira ngo duhurize hamwe imbaraga n’abagenzi bacu biyo natwe duharanire kubaka igihugu cyacu kuko turabishoboye.”


Bwana Haragirimana, avuga ko aho bishyiriye hamwe bagaharanira Uburenganzira bwabo, cyane ko abenshi mubagize ishyirahamwe, ari bantu bize kandi bafite ubushobozi bwo gukora imirimo itandukanye, ubu bamwe muri Sosiyete y’aho batuye batangiye kubagirira ikizere ku buryo banatanga ibitekerezo ndetse bakanagira n’ijambo mu nzego zifata ibyemezo.


Gusa kimwe na mugenzi we anenga abiha guha akato abantu bakize uburwayi bwo mu mutwe, bakanga kubagirira ikizere ngo bahabwe akazi nk’abandi, ko uwo muco mubi bagomba kuwureka, cyane ko uwahuye n’uburwayi bwo mumutwe iyo avuwe neza akira kandi akaba agomba kugirirwa ikizere, akabona ibyo abandi bose bagiraho uburenganzira, birimo nko kubona akazi kandi keza, kagendanye n’ubushobozi bwe birumvikana.


Agira ati “ jyewe ngaya abantu baha akato uwahuye n’uburwayi bwo mu twe bakanga kumugirira ikizere ngo ahabwe akazi bakirengagiza ko ubushakashatsi bwagaragaje ko 5% by’abanyarwanda bagendana uburwayi bwo mu mutwe byerekana ko ari hafi Miliyoni 2800. Niba abivuje n’abafashe imiti ari ibihumbi 200 gusa, byerekana ko miliyoni 2600 abenshi, bari mukazi gasanzwe kandi nabo bafite uburwayi bwo mu mutwe batabizi badashaka kwivuza. Kuki abo bantu bashobora gukora akazi bakagashobora ari abarwayi bataranabona imiti nkanswe twebwe twakize burundu.”


Bwana Haragirimana Claver, avuga ko ishyirahamwe ryabo rimaze kugarurira ikizere bamwe mubahabwaga akato n’imiryango cyangwa abavandimwe gito, aho babajyanaga ngo kwa muganga bakabata mu nzira batinya ko abantu bamenya ko barwaje indwara yo mu mutwe.
Bishimira cyane ko abatereranwa kino gihe, iyo bamenyekanye muri ubwo buryo ngo bitabwaho n’ishyirahamwe ryabo, bakajyanwa kwa muganga bityo bagakurikiranwa bakanahabwa n’ibyangombwa bibafasha muri ubwo burwayi.

Haragirimana Claver wakize Uburwayi bwo mu mutwe aratanga impanuro


Uyu ni umuhango wari ugamije kwizihiza Umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana no kwita ku bafite uburwayi bwo mu mutwe by’umwihariko ibitaro bya Ndera, bikaba biwizihiza buri mwaka bagamije ahanini kwifatanya na bamwe mu bagiye baharwarira bagakira maze bagasubizwa mu buzima busanzwe, ari nako bakomeza gukangurira abantu kwivuza no kwisuzumisha neza ku bagenda bagaragaraho ibimenyetso bigendanye n’ubwo burwayi, na cyane ko iyo bukurikiranwe ngo hakiri kare ubwo burwayi bwo mu mutwe burakira maze nyiri ukurwara agasubira mu buzima busanzwe yahozemo, ndetse kino gihe ngo abenshi bakaba bahindukamo n’abajyanama mu ihungabana ry’ababagana, na cyane ko abenshi muribo baba bafite ubunararibonye buhagije.


Ikigo kita kikanavura abafite uburwayi bwo mu mutwe(Neuro-Psychiatric) by’i Ndera kijihije uyu munsi Mpuzamahanga wahariwe abafite uburwayi bwo mu mutwe, ni ikigo cyashinzwe mu Rwanda n’Umuryango w’Abafurere b’Urukundo Freres de la Charites mu mwaka wa 1968, ukaba ari Umuryango w’Abafurere bafite ibikorwa byinshi byihariye ku isi yose ibyinshi bikaba byiganjemo ibirebana no gufasha abanyantege nke n’abarwayi.

Previous Post

Batandatu RIB yafunze barimo n’uwahoze mu buyobozi bw’Ishyaka rya Ingabire Victoire

Next Post

Bari gukangurirwa kumenya ibigendanye n’inkoni yera ko ari ryo jisho ry’abafite ubumuga bwo kutabona

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Bari gukangurirwa kumenya ibigendanye n’inkoni yera ko ari ryo jisho ry’abafite ubumuga bwo kutabona

Bari gukangurirwa kumenya ibigendanye n'inkoni yera ko ari ryo jisho ry'abafite ubumuga bwo kutabona

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA