• Latest
Akarengane :  MTN Rwanda kuki itaryozwa igihombo ikomeje guteza abakiliya bayo?

Akarengane : MTN Rwanda kuki itaryozwa igihombo ikomeje guteza abakiliya bayo?

October 6, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Akarengane : MTN Rwanda kuki itaryozwa igihombo ikomeje guteza abakiliya bayo?

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
October 6, 2021
in izindi nkuru
0
Akarengane :  MTN Rwanda kuki itaryozwa igihombo ikomeje guteza abakiliya bayo?
0
SHARES
334
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Aya ni amagambo ari kugarukwaho n’Abakiliya batandukanye basanzwe bakoresha umurongo mugari w’Itumanaho wa MTN Rwanda bavuga ko niba ntagikozwe ngo iyi Sosiyeti inoze kurushaho Servise zayo zikomeje guhombya abayiyobotse ko bidatinze, bashobora kuyicikaho bakayoboka ahandi habanogeye.


Mu minsi mike ishize nibwo ikinyamakuru igisabo cyahuye n’umushoferi wavaga mu Ntara y’Amajyaruguru ageze i Remera, ari kuganyira bagenzi be ibimubayeho, ubwo yari agiye kunywesha kuri Station ya Essence akishyura akoresheje Mo Mo Pay maze akamara iminota irenga 30 yose Message y’amafaranga yohereje ibihumbi 30(30,000 Frw) batarayibona akigira inama yo kujya gukoresha Ikarita ya Banki ye ngo abikuze andi, bityo abone uko yishyura Essence y’abandi akomeze urugendo rwe, kubera ko uburyo bwa MTN bwari bumaze kumutenguha.


Avuga ko ubwo yari amaze kwishyura ayo akuye kuri Banki, aribwo yabonye Message ya ya mafaranga ya Mo Mo pay ibashije kugera ku mukiliya, abasabye kuyamusubiza bamubwira ko bitakunda kubera ko ataribo bafite uburenganzira bwo kubikuza kuri Konti ya Station amafaranga yamaze kuyigeraho, ahubwo byazamusaba kugaruka kunywa indi Essence undi munsi.


Agira “ ati igihe kirageze ngo RURA amwe muri y’Amande izajya ica ikigo runaka gitanga Servise zibangamiye Abakiliya, kugira ngo ibyo bahombye byose babisubizwe mfatiye ku urugero rw’ibyambayeho biturutse kuri Connexion za MTN zantengushye mu buryo ntari niteze nkishyura ikiguzi cya Essence inshuro ebyiri.
None se nk’ubu ko amahirwe yanjye ari uko nari mfite ayandi mafaranga make yasigaye kuri Banki, ko nari maze kwishyura inshuro ebyiri zose Essence, abana banjye bo bagombaga kurarira iki mu by’ukuri ?”


Uyu mushoferi, wabwiraga bagenzi be ibyamubayeho byo kwishyura Essence inshuro ebyiri, bivuye kuri Connexion nke ya MTN yanarinze gutegereza iminota 30 yose amafaranga yishyuye atarabasha kugera ku mukiliya we, avuga ko ku giti cye, ikizere yamaze kugitakariza iyo Sosiyee y’itumanaho, kubera ko n’ubusanzwe bitari bimubayeho ubwa mbere.


Avuga ko bikunze kumubaho kenshi nk’iyo ahamagara Shebuja agahita amukupa amubwira ko batari kumvikana mu ijwi, kubera ikibazo cya Connexion.


Undi mugenzi we wari umaze kumva agahinda kuwishyuye Essence inshuro ebyiri yaramwihanganishije cyane, amubwira ko we yamaze kubyakira kubera ko amafaranga MTN yaba yari imaze kumuhombya, atabona uburyo yayabara ngo ni menshi cyane bitewe ahanini n’uko iyo ahamagaye abakiliya bakorana akazi ku bucuruzi, Telefoni ye ikunze kwihagarika batabashije kumvikana na gato.


Uyu musore bigaragara ko ari mu kigero cy’imyaka 25, avuga ko ubusanzwe akora umurimo wo kugemurira bimwe mu bigo by’amashuri ibiribwa ku isoko rya Shebuja yatsindiye.


Uyu musore yifatiye cyane nawe mu gahanga Sosiyeti ya MTN, avuga ko niba itisubiyeho ngo ikore neza kurusha uburyo iri gukora uyu munsi, Abakiliya bayo nta kabuza bashobora kuyicikaho bidatinze bakiyobokera indi mirongo ikorera mu Rwanda.


Avuga ko ko ku giti cye, buri munsi ngo yirirwa atukana n’Umukoresha we amusaba guhagarara ahirengeye hari Connexion kugira ngo babashe kumvikana, kubera ko ahanini telefone ye iba iri kuvuga ishiririza ijwi ntiryumvikane bikarangira ivuyeho burundu.


Nta bwo ari aba bagabo babiri bonyine bavuga ku mikorere idahwitse ya MTN, kubera ko n’umwe mu basore batanga Servise yayo ya M.Money n’ama unutes, yashinje abakozi bayo bakorera ku Ishami rya Remera gutanga Service mbi ku bakiliya bayo, yewe no kuri urwo rubyiruko rubacururiza Service.


Avuga ko mu by’ukuri abakozi ba MTN basigaye babirukana ngo badacururiza hafi y’iryo shami, kubera ko hari umukozi ukomeye wa MTN nawe ngo uhacururiza nk’ibyo bakora, ku buryo kenshi ngo Aba Securites birirwa babaragiye babirukana bagira ngo uwo m mukozi wa MTN abe ariwe wicururiza imbere mu nzu.
Nta bwo ari abakorera mu mujyi wa Kigali bonyine kandi, bavuga nabi Services za MTN ko zibatenguha kenshi, kubera ko n’abo mu bice bitandukanye by’icyaro bavuga ko basigaye baramaze kwemera akaje kubera ko basanga nta kundi byagenda. Gusa bavuga ko batangiye kureka gukoresha Simukadi zayo.


Urugero rwa hafi ni urw’umugore ukomoka mu Karere Rutsiro nawe uherutse gutangariza ikinyamakuru igisabo ko rwose mu gace batuyemo, gahana urubibi n’umurenge ngo wa Kivumu nta Raison na nkeya ya MTN bajya babona hafi ya bose.


Avuga ko bahisemo kwikoreshereza Umurongo wa Aitel-Tigo kubera ko yaba ariyo ngo ibaha service neza uko babyifuza.
Undi mugabo nawe uri mu kigero cy’imyaka 50 utuye mu Karere ka Bugesera hafi y’umupaka w’u Rwanda n’u Burundi, yavuze ko MTN yabahemukiye kenshi mu buryo bugaragara bitewe n’uko bahamagara kenshi Telefoni yabo ikivanaho batabashije kumvikana n’uwo bahamagara.
Bakavuga ko nabo muri ino minsi basigaye bakoresha Umurongo wa Aitel-Tigo n’uwabaturanyi bo mu kindi gihugu kiri mu majyepfo y’u Rwanda bikagenda neza kurushaho..


Hari abandi baturage ikinyamakuru igisabo cyabashije kuvugana nabo bakomoka mu Karere ka Karongi ahitwa mu Gasenyi, n’abo mu Karere ka Kirehe no muri Gisagara, icyo bahurizaho hafi ya bose ni uko babazwa n’uburyo Babura Connexion ya MTN umunsi wose ukaba washira batabashije kuvugana n’abo bashaka, nyamara ngo isaha baguriyeho amasegonda yo gukoresha yagera, bagahita bayatwara kandi nta cyo bayakoresheje na kimwe.


Aba baturage nabo bakaba bibazaza niba nta buryo bwazashyirwaho n’ababishinzwe bwo kubishyuriza ibihombo MTN ikomeje kubateza.
Ikindi na none abandi bantu benshi bakomeje guhurizaho ni uburyo bwo gukoresha Internet ya MTN, nabwo bavuga ko Connexion isigaye igenda gake gashoboka, ku buryo bahisemo kuyoboka internet z’iyindi mirongo, kubera ko no gufungura inkuru ngo yaje kuri Facebook cyangwa Twetter, hakoreshejwe internet ya MTN nabyo ngo byaba bisigaye ari inzozi.


Bamwe mu bakora akazi k’itangazamakuru nabo baganiriye n’ikinyamakuru igisabo muri iyi minsi, bavuga ko ibyo kuvugisha abantu kuri Telefoni bifashishije umurongo wa MTN nk’iyo bari gukora “Interview” byaba ngo bikomeje kubagora, bityo nabo bakavuga ko bahisemo kubyihorera bagakoresha ubundi buryo aho bahamagara Umuyobozi ngo runaka cyangwa umuturage, bigacika gurika batamubwiye icyo bamuhamagariraga.


Abandi nabo bavuga kuri Services zitanoze za MTN ni abayishinja kutabasubiza imirongo yabo bakoreshaga hagashira igihe idakora ku mpamvu runaka. Bavuga ko iyo bagiye muri MTN basanga Simukadi yabo yaratanzwe, cyangwa se idakoreshwa mu gihe nyamara benshi mu bo bavuganaga, baba bagitunze inomero y’iyo mirongo yafunzwe, babaza abakozi ba MTN ngo bagasubiza ko nta buryo bwo kuyibasubiza bushoboka.


Ubwo ikinyamakuru cyavugishaga bamwe mu bayobozi muri MTN bashinzwe amakuru muri icyo kigo bigoranye, cyane ko uwo twahamagaraga wese yaduhaga undi, nawe akongera kudusubiza uwamuduhaye, bigatwara igihe cy’iminsi itanu.
Gusa uwitwa Eugene Gakwerere bicishijwe kuri Email ya ndabaga.shumbusho@mtn.com, yemera ko Ikigo cya RURA cyabahaye igihe ntarengwa cyo kuba bakemuye ibibazo by’itumanaho byagaragajwe mu mujyi wa Kigali bitarenze kuwa 30/10/2021 ndetse no kutarenza kuwa 30/11/2021 bakaba ngo bari gutunganya neza ibyo basabwe hongerwa iminara n’ibindi bikoresho nkenerwa.


kubirebana na MoMo Pay Bwana Gakwerere Eugene, mu butumwa bwe, yemera ko ikibazo cya Connexion zayo nacyo kigihari, gusa agasaba imbabazi abashobora kuba baragizweho ingaruka n’icyo kibazo, akabamenyesha kiri gushakirwa umuti urambye.
Kubirebana na Internet itihuta, avuga ko ahanini byaba bikunze guterwa n’ibintu bitatu ribyo : aho Umufatabuguzi aherereye mu gihe umuyoboro afatiraho waba wagize ikibazo. Kuba umurongo akoresha uriho umubare munini w’abafatabuguzi barikuyikoresha. Icya gatatu kikaba ubushobozi bw’igikoresho cy’ikoranabuhanga uwo mufatabuguzi yaba akoresha.


Ikinyamakuru igisabo cyagerageje kuvugisha ababishinzwe mu kigo cy’igihugu gishinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro RURA ariko nacyo mu minsi itanu yose tugerageza kubashaka no kubavugisha, ntibabashije kugira icyo badutangarize kerekeranye na Raporo baba bamaze kubona y’aho Ikigo cya MTN cyaba kigeze gikemura ibibazo bya Connexion bikomeje kugaragazwa n’abafatabuguzi bayo nk’uko babisabwe mu minsi ishize.
Ibyari byo byose n’ubwo bamwe mu bayobozi muri MTN bagerageza gusobobanura aho bageze bubahiriza ibyifuzo bya RURA byo gukemura ibibazo bafitanye n’abafatabuguzi babo, byaramuka bidakunze bagacibwa amande, Abantu benshi bakomeje kwinubira imikorere ya MTN bakayisaba ko yahindura imikorere cyangwa se bakayicika bakayoboka indi mirongo y’itumanaho.


Ikindi benshi bakomeje kwibaza na none, ni ikigendanye nuzabishyura igihombo bakomeje guterwa n’iyo mikorere idahwitse y’icyo kigo, haba mu guhamagara ntibumvikane neza n’abo bashaka, kubitsa cyangwa kubikuza bikanaga cyane mu masaha ya nimugoroba, kwishyura hakoreshjwe uburyo bwa MoMo Pay cyangwa se gukoresha Internet umunsi ugashira ntacyo bagezeho bitewe na Connexion ya ntayo.

Previous Post

Kigali : IPRC yatangije amarushanwa mu rwego rw’igihugu y’ubumenyingiro

Next Post

Kamonyi : Common Market Company Ltd ya Bishenyi yarahiriye guca burundu umubyigano w’imodoka mu Mujyi wa Kigali

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Kamonyi : Common Market Company Ltd ya Bishenyi yarahiriye guca burundu umubyigano w’imodoka mu Mujyi wa Kigali

Kamonyi : Common Market Company Ltd ya Bishenyi yarahiriye guca burundu umubyigano w’imodoka mu Mujyi wa Kigali

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA