• Latest
Bugesera : Aborozi bahawe urwuri na Perezida wa Repubulika  ku ishyamba rya Gako baramutabaza ngo arubagarurize  nyuma y’uko rubohojwe n’abifite

Bugesera : Abibumbiye muri Koperative HORANINKA BUGESERA barasaba Komite yatowe kubagaruriza umutungo wa Miliyoni 130 warigishijwe n’abo basimbuye

September 28, 2021
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Bugesera : Abibumbiye muri Koperative HORANINKA BUGESERA barasaba Komite yatowe kubagaruriza umutungo wa Miliyoni 130 warigishijwe n’abo basimbuye

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
September 28, 2021
in izindi nkuru
0
Bugesera : Aborozi bahawe urwuri na Perezida wa Repubulika  ku ishyamba rya Gako baramutabaza ngo arubagarurize  nyuma y’uko rubohojwe n’abifite
0
SHARES
245
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe hari hamaze iminsi abagize Koperative y’Aborozi bahoze baragira ku gasozi bakaza guhabwa urwuri ku Ishyamba rya Gako na Prezida wa Repubulika, bidogera Komite yari ibayoboye kuva muri 2016 ko yabaririye umutungo ndetse na Komite y’agateganyo yari iyobowe na Jean Bosco Kwizera, ko ntacyo ivuyeho ikemuye ngo ibe igaruje uwo mutungo, barasaba Komite nshya yatowe kuri iki cyumweru Tariki ya 26 Nzeri 2021iyobowe na. Bwana Mpezamihigo Thomas.guhita ibagaruriza uwo mutungo nk’uko byagaragajwe na Raporo y’igenzura rya RCA.

MU nama idasanzwe yateraniye mu mujyi wa Nyamta kuri iki cyumweru Tariki ya 26 Nzeri 2017 ihuje abanyamuryango bagera kuri 60 ba Koperative Horaninka Bugesera, abanyamuryango bayo basoje batora umuyobozi wayo mushya Mpezamihigo Thomas na komite zizamufasha, kugira ngo basimbure Ndayambaje Samuel na Komite ye bashinjwe inshuro nyinshi kunyereza umutungo w’abanyamuryango haba ku migabane yagiye itangwa ndetse n’amashyamba yatemwe mu rwuri bahawe agatemwamo inkwi ngo zagurisijwe akayabo yose ariko akaburirwa irengero.

Abanyamuryango baganiriye n’ikinyamakuru igisabo nyuma y’uko inama isojwe kuko uwari uyoboye Koperative Jean Bosco Kwizera by’agateganyo yari yavuze ko nta munyamakuru yemerera kwinjira, bishimiye cyane ko hagiyeho ubuyobozi bushya bityo bakabusaba kutazagwa mu mutego nk’uwa Komite icyuye igihe yabayobozanyije igitugu no kubima ijambo ku migendekere n’imicungire ya Koperative yabo.

Aborozi hafi ya bose basaba Komite nshya yatowe guhita itumiza abanyamuryango vuba kugira ngo havugutwe umuti w’ibibazo by’uruhuri Komite yari iyobowe n’uwitwa Ndayambaje Samuel n’uwamusimbuye by’agateganyo Jean Bosco Kwizera, cyane ko byavugwaga ko ari abo mu miryango bityo bagasaba ko Koperative igaruka mo umwuka mwiza nkuko bayishinze ari cyo bagamije.

Umuyobozi watorewe kuyobora Koperative Horaninka Bugesera.Mpezamihigo Thomas,  avuga ko yishimiye  cyane ikizere yagiriwe n’abanyamuryango maze nawe abemerera kuzakorana nabo neza agendeye kubyifuzo n’ibitekerezo by’abanyamuryango.

Agira ati « menyereye gukorana na ma Koperative kandi nabaye umworozi kuva cyera. Ndabizeza ubufatanye busesuye cyane ko abagiye inama Imana ibasanga.»

Abajijwe niba yiteguye gufasha aborozi bagenzi be kugaruza umutungo uvugwa ko wanyerejwe na Komiite basimbuye, avuga ko mu minsi ya vuba azatumira abanyamuryango kandi ngo yanabibabwiye ubwo yavugaga imigabo n’imigambi ye  ku migendekere n’imikorere mishya ya Koperative icyo kibazo nacyo kikazaganirirwaho.

Gusa avuga ko byumvikana ko kuba ikibazo kiri mu maboko ya RCA nk’urwego rw’igihugu rushinzwe amakoperative rukaba rubakuriye ko byaba byiza hategerejwe umwanzuro cyane ko bavuga ko byahawe RIB.

Agira ati « icyo nshyize imbere ni ugaharanira inyungu z’abanyamuryango nk’uko bangiriye ikizere kandi ndahamya ko tuzabigeraho dufatanyieje. Niba hari amakosa yabaye birumvikana tugomba guharanira ko atazasubira tukagendera ku mategeko ya Koperave n’ay’igihugu muri rusange kandi tuzabigereraho dufatanyije.

Uyu muyobozi na Komite ye, bagiyeho nyuma y’igiheKoperative Horaninka Bugesera hari hamaze igihe harimo Bombori bombori isaba ko umutungo ugera kuri Miliyoni 130 bavuga ko wanyereje Komite yari iyobowe na Ndayambaje Samuel ubutabera bwabafasha kuwugarura , bakanashinja ndetse  na Komite y’agateganyo nayo yakuweho, kuba mu myaka 2 yamaze ntacyo yakoze kugira ngo igaruze uwo mutungo,  ahubwo ngo yasaga n’ibakingira ikibaba  nta cyo ibavugaho.

Ikinyamakuru Igisabo gifite Kopi ya Raporo y’igenzura ryakozwe na RCA, ahagaragazwa amazina y’abanyamuryango binjijwe muri Koperative mu buryo butazwi, abatanze imigabane irenze iy’abandi kubera ko buri munyamuryango yagombaga gutanga umugabane wa 225,000 ariko kuri urwo rutonde hagaragaraho abatanze arenga Miliyoni,  ayo nayo akaba ngo atazwi aho yagiye ashyirwa kuri Konti ya Kopeative.

Umwe mubari bayoboye imigendekere myiza y’inama n’amatora MC yishimiye igikwa cy’amatora cyabaye,  avuga ko yizera ko umwuka mwiza mu banyamuryango ugaruka kandi agahamya ko kiriya gihombo kivugwa nta kigaragaza ko amafaranga yariwe na Komite kuri we,  ngo hari hakwiriye irindi genzura rishya.

Gusa agashima ko Company ya Gako Meat yaje kubafasha mu buryo bw’ishoramari, abanyamuryago batumvaga neza imikorere yayo uwaje ayihagarariye  akabayabasobanuriye birambuye ibikorwa byayo n’akamaro izabagirira hatezwa imbere ubworozi bw’inka zitanga inyama.

Uyu munyamuryango ariko ku cyo kutizera igenzura rya RCA, ntahuza na benshi mu banyamuryango, kuko bahamya ko n’impapuro zimwe z’umutungo zitagaragara ndetse bagahamya ko n’ibimenyetso   bari gukomeza gushingiraho,  Komite y’agateganyo ya… ishobora kuba yarabirigitishije cyane ko ngo yari yagiriyeho kubakingira ikibaba nta kindi.

 Kubera izo mpamvu,  bagasaba ko RCA na RIB bafatanyije na Komite nshya bakomeza bagakurikirana abariye umutungo wa Koperative bitaba ibyo ngo bazakomeza biyambaze inzego nkuru z’igihugu.

Icyagaragaye ni uko bamwe mu banyamuryango ba Koperative birinda kuvugana n’umunyamakuru ngo bagire icyo batangaza kigendanye n’imikorere ya Koperative n’ibiyivugwamo, bikavugwa ko icyo gice kiganjemo abinjiye muri Koperative mu buryo butemewe bakanatanga n’umugabane munini usumbye uw’abandi,  hakabaho n’igice kigendera ku mahame ya Koperative kinashaka ko umutungo wanyerejwe ugarurwa.

 Abo mu gice gishaka ko imitungo igaruzwa kikavuga ko kibonwa nk’abanzi ba Koperative kandi mu byukuri ngo aribo bari mukuri. Aba nabo bakaba ari benshi n’ubwo kuvugisha umunyamakuru bamusaba kutagaragaza amazina n’amafoto.

Ikindi cyagaragaye ni uko Komite y’agateganyo yari iriho iyobowe na Jean Bosco Kwizera nayo idashaka kugira icyo itangaza na gito mu itangazamakuru,  benshi bakayishinja ko ntacyo yabagejejeho na gito mu myaka 2 ahubwo ko nayo yakorerwa ubugenzuzi bwihuse hakarebwa ibyo isize yangije nk’uko byakorewe iya Ndayambaje samuel nawe utajya ushaka kuvugana n’itangazamakuru.

Ibyari byo byose Umuyobozi mushya wa Koperative Horaninka Bugesera Mpezamihigo Thomas, yijeje abamugiriye ikizere ko ashaka ubwiyunge n’imikoranire myiza muri Koperative,  akizeza abamugiriye ikizera ko afatanyije na bagenzi be bagiriwe ikizere hamwe,  bagiye gushyiraho akabo bagaharanira iterambere rya Koperative bagendeye ku bitekerezo by’abanyamuryango, inama z’ubuyobozi bw’Akarere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Amakoperative RCA.

Koperative Horaninka Bugesera ni Koperative imaze imyaka 5 ishinzwe n’aborozi baragiraga ku gasozi no mu ishyamba rya Gisirikari ry’i Gako bakaza guhabwa urwuri mu murenge wa Kamabuye Akarere ka Bugesera ku gice gito cy’ishyamba rya Gisirikare rya Gako.

 Abagize iyi Koperative bagasaba Ubuyobozi bushya bamaze gutora kubafasha no gutuma buri wese agira ijambo muri Koperative kandi umutungo bivugwa ko wanyerejwe na Komite icyuye igihe ugasubizwa kuri Konti ya Koperative n’abayanereje  nta yandi mananiza.

Bategereje uwabatumije bararambirwa
Nyuma yo gutegereza Perezida wa Koperative Kwizera Jean Bosco amasaha 7 bemeye gukoreshwa inama badapimwe COVID19
Previous Post

Bugesera : Sunrise Guest House iri mu mujyi wa Nyamata icyerekezo cya Vision 2050 mu ishoramari ribereye

Next Post

“Gukomeza kurinda abategarugori n’abana b’abakobwa bibe intego ya buri wese” Ministiri Gatabazi

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
“Gukomeza kurinda abategarugori n’abana b’abakobwa bibe intego ya buri wese” Ministiri Gatabazi

"Gukomeza kurinda abategarugori n'abana b'abakobwa bibe intego ya buri wese" Ministiri Gatabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA