• Latest

UBUREZI : Indangagaciro z’Umuco Nyarwanda intego nshya y’Ishuri Mother Mary International School Complex ritangiranye mu masomo ya 2021-2022

September 7, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru y'ingenzi

UBUREZI : Indangagaciro z’Umuco Nyarwanda intego nshya y’Ishuri Mother Mary International School Complex ritangiranye mu masomo ya 2021-2022

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
September 7, 2021
in Amakuru y'ingenzi
0
0
SHARES
607
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gutangiza umwaka w’amashuri 2021-2022  kuri uyu wa mbere tariki ya 06 Nzeri 2021, Ubuyobozi bukuru bw’ishuri  mpuzamahanga Mother Mary Inernational School complex riherereye mu Karere ka Gasabo,  buvuga ko mu masomo basanzwe batanga bongereyeho uyu mwaka irigendanye n’umuco nyarwanda,  kugira ngo abana bige banatsinde amasomo yose mpuzamahanga ariko kandi banasigasira umuco nyarwanda ubumbiyemo  Indangagaciro zo gukunda igihugu cyababyaye iby’ahandi bikaza ari inyongera.

Bwana Rwabigwi Cyprien Umurezi akaba  Umuyobozi mukuru w’inama y’ubutegetsi n’umwe mu batangije ikigo Mother Mary International School Complex, avuga ko Umuco nyarwanda n’uw’Afurika muri rusange byigaruriwe ukaba wugarijwe n’indi mico y’amahanga ariyo mpamvu ugomba gusegasirwa ugatozwa abakiri bato bagakurana nawo, maze ibyo biga mu bumenyi butandukanye bikaza biwunganira.

Abanyeshuri bigira mu nyubako zigezweho

Agira ati “Ubusanzwe umuco usobanura ibintu byinshi. Hari umuco ushingiye ku bumenyi rusange, umuco ushingiye kubyo twigishwa, ariko umuco w’igihugu ubwacyo niwo ugomba kuza ku isonga kubera ko   ikigo  cyangwa igihugu kitagira umuco kiba cyataye umwimerere wacyo. Muby’ukuri birababaje, kubona abana b’iki gihe usanga babaje ari abo kwitabwaho kubera ko batagiha umuco wabo agaciro iyo, rwose  ntibacyubaha, ntibakigisha inama abakuru, muri make bakora ibyo bishakiye, bahereye kubyo bavoma hanze byitwa ko bigezweho.

Ni ngombwa rero ko nk’ababyeyi n’abarezi muri rusange twabakurikiranira hafi tukabafasha kuwumenya, tukabasha gukunda igihugu cyabo by’ukuri kugira ngo hato tutarangara maze wa muco turirimba buri gihe ukazasigara ari igishushungwe.”

Bwana  Rwabigwi  akomeza avuga   ko muri Mother Mary International Shcool Complex bafashe iya mbere mu gushyigikira no gusegasira umuco nyarwanda, bakaba barashyizeho amasaha atandukanye yo kuvuga neza ikinyarwanda,  bashyiraho umuntu ushinzwe by’umwihariko kwigisha indimi, ndetse hajyaho n’uzaba ushinzwe kwigisaha kubyina no guhamiriza bya Kinyarwanda, bityo abana  bose bagatozwa kuba Intore.

Avuga ko n’ubwo abana biga kuri Mother Mary International School Complex havanzemo n’abanyamahanga benshi,  igishimishije ngo ari uko nabo bakunda u Rwanda n’umuco warwo, ibyiza birenzeho abanyarwanda basabwa bikaba kwereka abanyamahanga urugero rwiza rw’uko bakunda bakanateza imbere umuco w’u Rwanda bahereye ku rurimi kavukire n’ibindi.

Asoza asaba abanyeshuri bashinzwe,  gukomeza kwiga neza amasomo uko bikwiriye bakanayatsinda uko yakabaye, ari nako barushaho gusegasira umuco w’u Rwanda banafata neza ibidukikije biri mu kigo bigaho cyane ko nabyo biri mubihindura igihugu kuba cyiza, mbere ya byose ariko  bakanamenya kubaha Imana no kugira ndangagaciro zose ziranga umuntu nyawe.

Asaba abarezi  nabo ba Mother Mary International School Complex, gukomeza gutanga umusaruro ushimishije bigisha abana neza uko bikwiriye amasomo yose, hiyongereyeho birumvikana irigendanye n’umuco w’u Rwanda  na cyane ko igihugu ngo kitagira umuco kizima, bityo  Mother Mary international School Complex ikomeze kuba ku isonga mu kurerera igihugu n’andi mahanga nk’uko bisanzwe hanahyigikirwa kurushaho umuco wo kubaha Imana n’Umubyeyi Bikiramariya nk’uko   biri mu ntego z’ibanze z’ikigo cyabo kuva cyashingwa.

Bwana Rwabigwi Cyprien Umurezi akaba n’umwe mu batangije Mother Mary International School Complex

Ubwo ikinyamakuru Igisabo.rw cyageraga kuri iri shuri mpuzamahanga ry’ikitegererezo riherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kimironko, mu mujyi wa Kigali Mother Marry International School Complex,  twasahanze umubare mwinshi w’ababyeyi bari bazindutse basiganwa n’amasaha ngo  hato imyanya bandikishamo abana itabashirana ari nako abasanzwe baharereshereza bazanaga nabo abana ari benshi kugira ngo batangirire ku gihe amasomo y’umwaka mushya w’amashuri

Innocent Uwizeye,  ni umubyeyi wahisemo  kurereshereza abana be bose ku kigo cya Mother Mary International School Complex kuko ahafite abana be batatu baharererwa,  hakaba hari umwe urangije ikiciro cy’amashuri y’isumbuye, undi ari mu mwaka wa kane wayo, undi akaba  agaze mu wa gatandatu ubanza.

Yishimira cyane uburere n’ubumenyi  butangirwa kuri icyo kigo yahisemo we n’abagenzi be,  bafatanyije kuharereshereza maze agasaba abatari bahazi kuhazana abana babo ari benshi maze nabo bakirebera itandukanyirizo risumbye ahandi hose batekerezaga.

Agira ati “iki ni ikigo kiza cyane cyujuje ibyangombwa byose bigendanye n’indanga gaciro mu burezi. Umwana wanjye mukuru araharangije na barumuna be babiri  niho bari kwiga. Ndakubwiza ukuri umwana wigiye hano nta n’ahandi yazongera gutekereza.

Dushima ko ari ikigo cy’Abakristu. Bakaba bafite umuco wo gusenga no gutoza abana imico myiza, ikiyongereyeho bakigisha neza, bakanafata  abana bacu neza  ku buryo  bari kwifuza ko hagombye no kujyaho  Kaminuza y’ishuri ryabo bakajya bayikomerezamo batiriwe bajya gushakiriza ahandi.”

Innocent Uwizeye, umubyeyi wahisemo kurereshereza abana be bose ku kigo cya Mother Mary International School Complex

Umuyobozi  ushinzwe amasomo muri Mother Mary International  School Complex,  Baziruwihoreye Jean Damascene avuga ko batangiye umwaka w’amashuri neza wa 2021-2022,  bakaba bari kwakira abana basanzwe bahiga  nk’uko bagiye bimukira mu myaka mishya yisumbuye batsindiye kwinjiramo,  ndetse n’abashyashya bakaba bari kuza ari benshi ku buryo bakeka ko badashobora kubabonera imyanya bose  uko babyifuza,  n’ubwo bwose  bagerageje kwagura ikigo bongeraho izindi nyubako,  kugira ngo basubize ibibazo by’ababyeyi benshi baba bifuza kuzana abana ku kigo cyabo , ahanini bakurikiye ireme  ry’uburezi ryiza rihatangirwa.

Agira ati “Amasomo atangiye neza kuva mu kiburamwaka kugeza mu kiciriro cya ay’isumbuye. Turi kwakira abasanzwe biga, aho tubafasha kubona imyanya mishya baba bimukiyemo ndetse n’abashya tukaba turi kubakira bikababiri kugenda neza. Abanyeshuri turi kubasobanurira kandi intego nshya y’ikigo kihaye yo kugendera ku ndanga gaciro z’umuco nyarwand ndetse n’uwa kinya Afurika kugira ngo abana barerwa be kujya bakomeza kwizirika cyane kubyo hanze kurusha iby’iwabo.

Hano abana bazajya basobanurirwa byinshi bigaragaza mu muco nyarwanda n’uwa Afurika muri rusange,  tugasaba ababyeyi nabo gufasha abo bana kumenya umuco nyawanda, barushaho kubereka bimwe mu bikoresho nk’imbehe, isekuru n’ibindi byifashishwa mu rugo iwacu kugi ra ngo nabyo bajye babimenya.”

Bwana Baziruwihorera ashimangira ko Mother Mary School International Complex ikomeje kuza ku isonga mu gutanga uburere bwishimirwa na benshi ariyo mpamvu bari kwakira abanyeshuri benshi.

Avuga ko mukwitegura kwakira neza abana no kubaha ubumenyi bukwiriye, abarezi babo bakababamaze igihe bari guhugurwa muri byinshi  kugira ngo biyungure ubumenyi mubyo bigisha no mu buryo bwo gutanga amasomo (Methodology).

Avuga ko abana bo mu kiburamwaka bakurikirana amasomo yabo mu gifaransa, bagera mu mashuri abanza kugeza mu yisumbuye bakayakurikirana mu rurimi rw’icyongereza ariko bakanagira amasaha atanu y’igifaransa ku buryo umwana arangiza,  avuga neza izo ndimi, hiyongereyeho n’ikinyarwanda na cyo gihabwa amasaha ahagije.

Ni muri urwo rwego asaba abana gukomeza kurangwa n’ikinyabupfura bakurikirana amasomo yabo neza uko bikwiriye, barangwa kenshi no kugira ishyaka   ryo gutsinda neza amasomo uko bikwiriye.

Asoza asaba abarimu kwigisha neza amasomo uko bisanzwe kugira ngo ikigo cyabo gikomeze kuba ku isonga mu gutanga ireme ry’uburezi nyabwo ari nako bakomeza kurangwa n’indagaciro z’umuco w’u Rwanda.

Baziruwihoreye Jean Damascene, Umuyobozi  ushinzwe amasomo muri Mother Marry International  School Complex

Inshuti Anriette Dorcas,  ni umwarimu wigisha amasomo y’ururimi rw’igifaransa muri Mother Mary International  School Complex. Yishimira ko abana babo bigisha bakunze ururimi rw’igifaransa ku buryo kuba biga bakavuga indimi zikoreshwa na benshi ku isi z’Icyongereza n’igifaransa, babifata nk’amahirwe menshi  barusha abandi babikesha ikigo cy’intangarugero  bigaho.

Avuga ko abana bigisha babaha imyitozo myinsi yo kwandika no kuvuga  neza igifaransa,  bakayikora neza bashishikaye na cyane ko ubusanzwe ikigo cya Mother Mary International School Complex,  kibarizwaho abana b’abahanga biga kandi bazi neza icyabazanye bityo agasaba ababyeyi gukomeza kuza kuharereshereza ari benshi kugira ngo abana bahabwe uburezi buhamye kandi bufite ireme, aho bizwi neza ko barangiza bazi  ibyo bize, haba mu bumenyi rusange no mu ndimi mpuzamhanga zikoreshwa na bose.

Isheja Endza Aniella, ni umwana muto wiga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza. Avuga ko yishimiye cyane kuba yiga kuri Mother Mary International School Complex, ikigo yizera adashidikanya   kuzakura ubumenyi buzamufasha muri byinshi mu buzima bwe bwose.

Avuga ko yagiye abona benshi  baharangije bagakomeza muri Kaminuza bafite amanota  zo mu mahanga zikomeye, bityo nawe intego afite ikaba ari iyo  kwiga neza,  akaba yifuza kuzaba umuntu utwara indege unazi  n’iby’ubumenyi bw’ikirere.

Isheja Endza Aniella yiga muri Grade 6

Uyu mwana ibyo yishimira ko yahisemo kwiga muri Mother Mary International School Complex, kubera ubumenyi n’indagagaciro ziranga umuco nyarwanda Aniella,  abihurizaho na mugenzi we Kayumba Priscilla uri mu mwaka wa gatandatu w’amashuri y’isumbuye,  ushimangira ko bafite amahirwe menshi yo kuba barahisemo kwiga ku kigo cyiza gifite abarimu b’abahanga n’Ubuyobozi bubafasha kugira imico myiza ya Gikristu no kurangwa n’indangagaciro zishingiye ku umuco ibibafasha kwiga neza bakarangiza ari abahanga kurusha abandi.

Kayumba Priscilla yiga muri Grade 10

Ikigo cya Mother Mary International School Complex ni ishuri mpuzamahanga ry’ikitegererezo rikomeje kuza mu myanya y’imbere mu gutanga ireme ry’uburezi rishimwa na bose.

Ni ikigo gitanga amasomo agendeye kuri gahunda mpuzamahanga ya Cambridge.

 Ni ikigo kigendera ku Ndanga gaciro za Gikristu no ku muco nyarwanda nk’uko Ubuyobozi bukuru  bwacyo bubisobanura mu buryo burambuye.

Ni ishuri  ryatangiye imirimo yaryo mu 2006,  rivuye ku izina rya Petits Poussins ryari risanganywe. Muri kino gihe rikaba rifite abana baharererwa basaga 1000  mu byiciro bitatu, aribyo Ikiburamwaka, amashuri abanza ndetse n’ayisumbuye.

 Giherereye mu Karere Ka Gasabo, Umurenge wa Kimironko m’ Umujyi wa Kigali hafi neza y’ibitaro bya Kibagabaga.

 Abifuza kuhazana abana babo kugira ngo bahabwe amasomo abereye umwana w’umunyarwanda kandi w’umuhanga,  mwahamagara kuri +250788 424775 na +250782226870

Abanyeshuri bose bahabwa amafunguro ya mugitondo na Saa Sita
Isomero ry’Ikigo
Iki kigo gikurikiriza ingamba zo kwirinda icyorezo cya Covid19
Previous Post

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bakuru batanu

Next Post

Mamady Doumbouya: Umugabo Wahiritse Perezida Condé Ni Muntu KI?

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Mamady Doumbouya: Umugabo Wahiritse Perezida Condé Ni Muntu KI?

Mamady Doumbouya: Umugabo Wahiritse Perezida Condé Ni Muntu KI?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA