• Latest
Gicumbi : Abagera kuri 625  batahanye ingamba zo guteza imbere igihugu bagendeye ku bumenyi inama n’impanuro nziza bakuye muri Kaminuza ya UTAB

Gicumbi : Abagera kuri 625 batahanye ingamba zo guteza imbere igihugu bagendeye ku bumenyi inama n’impanuro nziza bakuye muri Kaminuza ya UTAB

August 20, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Gicumbi : Abagera kuri 625 batahanye ingamba zo guteza imbere igihugu bagendeye ku bumenyi inama n’impanuro nziza bakuye muri Kaminuza ya UTAB

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
August 20, 2021
in izindi nkuru
0
Gicumbi : Abagera kuri 625  batahanye ingamba zo guteza imbere igihugu bagendeye ku bumenyi inama n’impanuro nziza bakuye muri Kaminuza ya UTAB
0
SHARES
535
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Abanyeshuri 625  barimo  335 b’igitsinagore na 290 b’abagabo, nibo barangije muri Kaminuza y’ikoranabuhanga n’ubugeni UTAB iherereye mu Karere ka Gicumbi Intara y’Amajyaruguru. Umuhango wabaye kuri uyu wa 18 Kanama 2021 mu buryo bw’ikoranabuhanga, hari abahagarariye bagezi babo, Ubuyobozi bwa Kaminuza n’ Abarezi, imbere ya Nyiricyubahiro Umushumba wa Diyosezi ya Byumba Nzakamwita Servilien ari nawe uyihagarariye imbere y’Amategeko.

Byari ibyishimo bikomeye ku banyeshuri basoje amasomo yabo,  ku barezi  ndetse no ku buyobozi bwa Kaminuza muri rusange,  bitewe ahanini n’uburyo amasomo  yakurikiranywe mu bihe bigoranye bya Covid19, nta kizere gihari cyo kuyasoza,  nyamara bakabasha gutsinda  ku kigero cyo hejuru,  ibyatumye Umunyeshuri wo muri buri shami watsinze neza kurusha abandi agenerwa agahimbazamusyi k’ibihembo byagiye bitangwa n’abafatanyabikorwa b’imena ba UTAB barimo Sina Gerard Urwibutso Nyirangarama, Cogebank, Skol n’abandi benshi bashimishwa n’ireme ry’uburezi riri k’urwego rwo hejuru ritangirwa muri iyo Kaminuza nk’uko Ubuyobozi bwayo bubivuga.

Umuyobozi wa kamiuza ya UTAB Dr Ndahayo Fidele, ashimira cyane abanyeshiri bo mu mashami atandukanye babonye   impamyabumenyi zabo kubera umwete n’ubushake bagaragaje mu gihe cyose bamaze bakurikirana amasomo muri Kaminuza ya UTAB maze abaha ubutumwa bwo kugenda bagashyira  mu bikorwa ibyo bize, na cyane ko amasomo bize ari akenewe ku isoko ry’umurimo hanze ahangaha mu gihugu no hanze yacyo, bitewe n’uko intego ya UTAB ari ukwigisha abantu ibibafasha  guhangana ku isoko ry’umurimo no kumenya kuwihangira  bikaba iby’akarusho.

Agira ati “ibi ni ibyishimo bikomeye, haba ku banyeshuri, ababyeyi, abarezi n’Ubuyobozi bwa Kaminuza muri rusange. Ni ibyishimo kuko Amasomo yatanzwe mu bihe bigoye bya Covid 19, ariko Imana yabidufashijemo abanyeshuri babasha bakurikirana neza amasomo baranayatsinda.

Mu by’ukuri twishimiye na none ko uyu muhango ugenze neza hifashishijwe ikoranabuhanga. Gusa birumvikana ko tutabura kubabazwa  n’uko abarangije amasomo batabashije kuza ku kigo  bose  kubera nyine  ingamba zo gukumira ubwandu bwa Covid 19.

Cyakora na none ikiza twashima,  ni uko  bose babashije gukurikirana umuhango  wose uko wagenze kandi byarangiye neza muri rusange kubera ko abasoje uko ari 625 bakurikiranaga urutonde rw’amazina yabo uko yasomwaga n’abayobora amashami bigamo.”

Umuyobozi wa kamiuza ya UTAB Dr Ndahayo Fidele, ashimira cyane abanyeshiri bo mu mashami atandukanye babonye   impamyabumenyi

Dr Sindayigaya avuga ko n’ubwo abo abanyeshuri  bakurikiranye amasomo mu bihe bigoranye bya Covid 19,  bitababujije gutsinda neza ariyo mpamvu abashimira cyane ubwitange umurava n’ikinyabupfura bagaragagaje mu bihe byose bamaze bakurikirana amasomo.

Avuga ko abanyeshuri bose bahawe impamyabumenyi ari 625 bari mu mashami 17 atandukanye, bigishwa n’abarimu bagera kuri 80 hiyongereyeho abagize inzego z’ubuyobozi na Technic bagerakuri 50.

Akomeza avuga ko  nk’ubuyobozi bwa Kaminuza ya UTAB, basaba abarangije kujya kubabera aba Ambasaderi beza mu mirimo itandukanye bazashingwa na cyane ko igihugu kibatezeho byinshi bitewe ahanini n’ubumenyi bwihariye bakuye muri UTAB.

Ni muri urwo rwego asoza abasaba kutazatatira igihango bagahesha  ishema n’agaciro Kaminuza ya UTAB yabareze, bagakora neza imirimo bashinzwe ari nako banarushaho kwiyungura ubumenyi mu byo bazaba bakora byose.

Dr Ntibiringirwa Olivier, ni umuyobozi w’ishami ry’Imbonezamubano, icungamutungo n’iterambere (Dean of the Facurity of Social Sciences, Management and Development Studies(SSMDS) yishimira cyane kuba babashije guhesha abanyeshuri babo 625 Impamyabumenyi by’umwihariko mu ishami ayoboye hakaba harimo 299 bose, bityo bikaba ari akarusho kuri we.

Agira ati “Ni ishema rikomeye cyane kuba mu bihe bikomeye nk’ibi bya Covid tubasha kubona umubare w’abanyeshuri 625 basoza amasomo kaandi baranayatsinze ku kigero cyo kwishimirwa.

Mu by’ukuri abanyeshuri bari barabaye nk’abacika inteke kubera iki cyorezo cya Covid cyagendaga gihindagura ibintu, ariko bashyizeho umuhate babasha kwiga  neza none bakaba babonye impampamya bumenyi zabo ni ibyo kwishimirwa.”

Dr Ntibiringirwa Olivier, umuyobozi w’ishami ry’Imbonezamubano

Dr Ntibiringirwa Olivier avuga ko kwigisha umunyeshuri akarangiza neza maze akabona impamyaumenyi, ari nko kwibaruka umwana mushya m’umuryango ariyo mpamvu  ashishikariza abasoje amasomo bose, abasaba kuzarangwa n’umwete mu kazi bazakora, bakagira ikinyabupfura, bakamenya kubana neza n’abo bazakorana nk’uko babitorejwe muri UTAB.

Avuga ko umuntu atagizwe n’ubumenyi gusa bw’ishuri, ahubwo ko iyo ufite Diplome ubivanga n’ubwnge karemano ari nabyo bigufasha kubaho no kubanira neza abo mubana n’abo mukorana.

Yishimira cyane ko ishami ahagarariye ryarangijemo abagera kuri 299 babifashijwemo n’abarimu 17 b’inararibonye mu kazi barimo 12 bahoraho na 5 badahoraho.

Asoza ashimira abantu bose bagize uruhare kugira ngo haboneke umubare mwinshi w’abarangije amasomo barimo abarimu bagenzi be, Ubuyobozi bwa Kaminuza, Diyosezi ya Byumba na Ministeri y’Uburezi muri rusange.

Bamwe mu banyeshuri nabo basoje amasomo muri Kaminuza ya UTAB baganiriye n’ikinyamakuru igisabo  bakaba baragaragaje cyane uburyo bishimira cyane kuba bageze ku urwego rwo gusoza amasomo ya Kaminuza,  bakaba ngo biteguye kujya gutanga umusanzu n’umuganda wobo mu kubaka igihugu bifashishije ubumenyi n’ubuhanga bitandukanye bakuye muri Kaminuza yabo bashimira cyane. Bagasaba bagenzi babo basigaye ku ntebe y’ishuri nabo gushyiraho akabo bakiga neza uko bikwiriye kugira ngo nabo mu bihe biri imbere,  bazabashe gusoza amasomo mu buryo bworoshye.

Umushumba wa Diyosezi Gatorika ya Byumba Nyiricyubahiro Musenyeri  Nzakamwita Servilien, Umushyitsi Mukuru akaba ari nawe uhagarariye kaminuza ya UTAB m’urwego rw’amategeko, yishimira cyane  ko Kaminuza yabo ibashije kugera ku gikorwa cyo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri b’ikiciro cya 10, kubera ko Covid 19 yari yarakomeje kuba inzitizi y’icyo gikorwa.

Agira ati “ni ibyo kwishimirwa, tukanashimira Inama y’igihugu ishinzwe amashuri makuru na za Kaminuza HEC yasuzumye igasanga abanyeshuri bacu bakwiriye kubona impamyabumenyi  mu buryo bukwiriye.

Mu by’ukuri hari benshi baba barasoje amasomo mu bihe bishize bakomeje gutegereza bihanganye none uyu munsi  ngaha urageze barazibonye. Ni ibyo kwishimirwa tukanashimira Imana yabidufashijemo, tugashimira kandi abarezi n’Ubyobozi bwa Kaminuza umwete n’umurava bagaragaje mu kwigisha neza nk’uko babisanganywe tukaba tubonye umusaruro w’abantu 625 bafite ubushobozi bwo gukorera igihugu mu mirimo itandukanye ya buri munsi bashingwa ndetse n’iyo bakwihangira ubwabo bakurikije ibo bize.”

Musenyeri Nzakamwita Servilien, avuga ko ashimishwa no kumva hari abantu benshi barangije muri Kaminuza ya UTAB, bakaba bari gukora neza mu mirimo igihugu cyagiye kibashinga bityo akavuga ko abasoje amasomo kuri uyu munsi,  nabo bahawe ubutumwa bwo kuzaba Intwararumuri, bakaba Intore, bakaba itara rimurikira abo bazakorana bose hagamjwe gutanga umusaruro w’ibyo bazaba bakora mu buzima butandukanye.

Agira ati “ibikorwa byiza bazagaragaza mu kazi kabo, nibyo bizahesha ishema Kaminuza barangirijeho amasomo, bityo bizatuma Abayobozi n’abarimu  bumva ko bakoze neza ibyo basabwaga  igihe babonye ko  abo bigishije bari kwera imbuto n’umusaruro mu kazi barimo, kaba ako mu buyobozi bwite bw’igihugu, mu burezi, mu buhinzi, mu ikoranabuhanga n’ibindi.”

Uhagarariye UTAB mu mategeko n’Umuvugizi wayo, Musenyeri Nzakamwita Servilien, yasabye abanyeshuri kugenda gitore

Asoza  ashimira cyane Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame uburyo ashyigikira ko habaho ireme nyaryo mu burezi bw’u Rwanda afasha amashuri makuru na za Kaminuza na UTAB irimo mu kubona ibikenewe byose kugira ngo uburezi bukomeze kuba ku isonga.

Kaminuza ya UTAB, ni imwe muri za Kaminuza zigenga zikorera mu Rwanda, ikaba ari iya Kiliziya Gatolika.

Iherereye mu Karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru. Yatangiye ibikorwa byayo kuwa 26 Mutarama 2006 yitwa IPB (Institut Polytecnique de Byumba, iza guhindura izina ryayo kuwa 20 Ukuboza 2015 yitwa UTAB (University of Technology and Arts of Byumba).

Kaminuza ya UTAB muri kino gihe ikaba ifite amashami atatu akubiyemo ibyiciro 17 by’amasomo atandukanye.

Hari ishami ry’Imbonezamubano, icungamutungo n’iterambere(Facurty of Social Sciences, Management and Development Studies (SSMDS), igizwe n’amasomo ya Accounting, Entrepreneurship and Cooperatize Management, Microfinance, Rural Development, Social Work. Anthropology.

Hari kandi ishami ry’Uburezi rikubiyemo Economics-History, English-Kinyarwanda, English-Kiswahili, Frensh-English, Biology-Geography, Mathematics-Biology, Mathemathics-Computer Science, Mathematics-Geography.

Hakaba n’ishami ry’Ubuhinzi imicungire y’ibidukikije n’iby’ingufu z’imirasire,  higishwamo Agribusiness, Animal Production, Agro-forestry, Crop Production, Management of Forest Plantation and Natural Ecosystems Renewable Energy.

Ikiciro cy’Abanyeshi cyahawe impamyabumenyi kuri uyu wa18 Kanama 2021 kigizwe n’abanyeshuri 625 kikaba ari icya 10 gisoje mu myaka 15 Kaminuza ya UTAB imaze ishinzwe aho abamaze kuyirangizamo ari 4826 naho abakurikiranaga amasomo mu mwaka wa 2020-2021 bakaba bari 4158.

Abagiye barangiza muri kaminuza ya UTAB,  bakaba bari mu mirimo itandukanye yubaka igihugu, aho bakomeje kugaragaza ubuhanga n’ubushobozi mu byo bakora nk’uko Ubuyobozi bwa Kaminuza ya UTAB bwabareze bukaba bunakurikiranira  amakuru yabo hafi  bubivuga.

SINA Gerard to set Nyirangarama products on international standards in 2020  – IREME NEWS – Amakuru Mpamo
Sina Gerard Nyirangarama, umwe mu baterankunga b’uyu muhango yahembye ababaye abanyeshuri bitwaye neza
Skol ni umufatanyabikorwa wa UTAB yafashije guhemba ababaye aba mbere
Welcome to COGEBANQUE Internet Banking!
COGEBANk nayo yafashije gutanga ibihembo abitwaye neza kurusha abandi

Abanyeshuri bitwaye neza bahawe n’ibihembo birimo no kwemererwa imenyerezamwuga

Amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 yubahirizwaga mu muhango wa ‘Graduation’ muri UTAB

Hategekimana Jean Pierre, wavuze ahagarariye abandi, yagaragaje ko banyuze muri byinshi kandi bigoye kubera icyorezo cya Covid-19

Aba banyeshuri bashimiwe ubwitange bagaragaje, bakiga mu bihe bigoye bya Covid-19

Ubuyobozi bwa Kaminuza bwasabye abanyeshuri guharanira ishema rya kaminuza bizemo

Ubuyobozi bwagaragaje ko kwigisha mu gihe cya Covid-19 bitari byoroshye

Umuyobozi w’icyubahiro wa UTAB, Ivan Wulffaert, yasabye abanyeshuri guhora iteka baharanira guhindura ubuzima

Amafoto: IGIHE na IGISABO

Previous Post

Gicumbi : Abasoje amasomo muri UTAB bifurijwe kuzahirwa mu byo bazakora byose

Next Post

Umuyobozi Wa Airtel Muri Afurika Yahembwe Nka Rwiyemezamirimo W’Umwaka

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Umuyobozi Wa Airtel Muri Afurika Yahembwe Nka Rwiyemezamirimo W’Umwaka

Umuyobozi Wa Airtel Muri Afurika Yahembwe Nka Rwiyemezamirimo W’Umwaka

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA