• Latest
Dore Impamvu umwana wawe agomba kwiga muri Mother Mary International School Complex  ikigo kirera abanyabwenge mpuzamahanga b’ejo hazaza

Dore Impamvu umwana wawe agomba kwiga muri Mother Mary International School Complex ikigo kirera abanyabwenge mpuzamahanga b’ejo hazaza

May 18, 2021
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubumenyi(Science)

Dore Impamvu umwana wawe agomba kwiga muri Mother Mary International School Complex ikigo kirera abanyabwenge mpuzamahanga b’ejo hazaza

admin by admin
May 18, 2021
in Ubumenyi(Science)
0
Dore Impamvu umwana wawe agomba kwiga muri Mother Mary International School Complex  ikigo kirera abanyabwenge mpuzamahanga b’ejo hazaza
0
SHARES
689
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe hari ababyeyi bajya bibaza aho babona ibigo bitanga amasomo yategurira abana babo kugira ubumenyi mpuzamahanga bikabagora, abahisemo kurereshereza muri  Mother Mary International School Complex bivugwa ko bashimishwa ni uko isi yose igiye kuzabona abanyabwenge bazayiteza imbere bifashishije ubumenyi n’ubushobozi bahakura.

Mother Mary International School Complex ni rimwe mu mashuri ntangarugero

Nyuma y’uko Ikinyamakuru igisabo cyumvise izo mpungenge za bamwe mu babyeyi bifuza aho bajyana abana heza kandi hizewe,  cyabonye amakuru meza y’uko hari ikigo mpuzamahanga cyujuje ibisabwa byose byifuzwa n’ababyeyi, Ikinyamakuru Igisabo.rw cyageze ku kigo Mother Mary International Complex gihereree mu Karere ka Gasabo umurenge wa Kimironko mu mujyi wa Kigali, maze Bwana Jean Damascene Baziruwihoreye Umwarimu akaba n’Umuyobozi ushinzwe amasomo (Prefet Des Etudes) muri icyo kigo,  atubwira birambuye ubudasa n’akarusho ikigo abereye umwe mu bayobozi,  kirusha ahandi hose ahereye ku ireme ry’uburezi mpuzamahanga batanga,  aho batsindisha abana hafi ya bose bahiga ku kigero cyo hejuru maze umwana wese uharangije akaba,  aba afite uburenganzira bwo gukingurirwa imiryango muri za Kaminuza zose zo ku isi ntakindi cyemezo arinze gusabwa.

Bwana Jean Damascene Baziruwihoreye Umwarimu akaba n’Umuyobozi ushinzwe amasomo yemeza ko ishuri ryiyemeje gutanga ubumenyi bujyanye n’uburere

Agira ati “iki ni ikigo mpuzamahanga cyitwa Mother Mary International School Complex kikaba giherereye mu Mujyi wa Kigali, Akarere ka Gasabo, Umurenge wa Kimironko. Ni ikigo cy’amashuli gifite umwihariko wo kwigisha mu buryo bwa Cambridge amasomo mpuzamahanga ku buryo umwana wese  uhiga aba ari umunyeshuri w’umuhanga,  kandi wigirira ikizere mu byo akora byose.  akarusho ni uko  uwo mwana,  aba azi kuvuga neza indimi mpuzamahanga arizo, Icyongereza, Igifaransa, Igiswahili tutaretse n’Ikinyarwanda ururimi kavukire,  birumvikana kandi byose akabivuga akanabyandika adategwa.”

Bwana Jean Damascenne,  avuga ko ishuli ryabo Mother Mary International School Complex, rimaze imyaka 15 rirerera u Rwanda cyane ko  ryafunguye imiryango mu mwaka wa 2006.  Kuva icyo gihe abana n’ababyeyi  ngo bagiye bagaragaza ubwitabire bwo gukunda iryo shuli ku buryo muri iyo myaka abanyeshuri bikubye inshuro 45% zose.

Abanyeshuri bo muri Mother Mary International School Complex bigana umuhate

Agira ati “dufungura twatangiranye abana 20 gusa, ababyeyi bamaze kubona intego  n’ibyiza by’ishuli ryacu,  bakomeje kurigana ari benshi mu gihe gito tuba twakiriye abarenga 200, ubukurikiyeho bikuba kabiri kino gihe nkubwira dufite abarenga 900 mu byiciro byose,  kandi buri mwaka niko hagenda harangiza benshi tukanakira abandi benshi kubera nyine Progarame z’amasomo yacu ziteguwe neza. Turangwa no kugira abarimu b’abahanga kandi b’inararibonye, Discipline utasanga ahandi, ibyo  byose bigatuma abenshi babishingiraho bakatugana bishimye   mu byiciro byose kuva mu mashuli y’incuke, abanza n’ay’isumbuye uko ibyo byiciro byose tubifite.”

Ishuri ryatangiye rifite abana bacye ariko uyu munsi rifite inyubako zihagije kandi zigezweho zibasha kwakira abanyeshuri benshi

Tugarutse ku byiciro  by’amashuli bibarizwa muri Mother Mary International School Complex n’amasomo ahatangirwa nk’uko Bwana Jean Damascenne abisobanura, muri iki kigo hatangirwa amasomo mu byiciro bitatu bikurikira;

Hari amashuri y’inshuke (Nursery) agabanyijemo imyaka itatu: Nursery ya 1, Nursery ya 2 ndetse na Nursery  ya3.

 Muri iki cyiciro cy’abana b’incuke,  abanyeshuri bakaba bakurikirana amasomo yabo mu rurimi rw’Igifaransa .

Abanyeshuri biga muri kino kigo batojwe kwirinda covid 19, mbere yo kwinjira mu kigo, ubanza kumenyeshwa amabwiriza yo guhangana na covid 19

Iyo umwana asoje muri iki kiciro cy’amashuri y’inshuke  ahita akomereza amasomo ye mu nzego (Stages) kuva kuri Stage  ya1 kugera kuri stage 12. Ahangaha bakaba bakurikirana  amasomo yabo mu ndimi zose zavuzwe haruguru, bakiga neza bakayakurikira mu buryo bwa Cambridge  (Cambridge Program) bakaba  ngo bakurikirana neza ibyo biga kandi bakabitsinda ku kigero cyo hejuru.

Baziruwihanganye Jean Damascenne,  avuga mu bindi ababyeyi bakundira ikigo cyabo bituma basigaye bazana abana ari benshi ngo ni  uburere bwiza buvanze na Discipline n’indagagaciro Values baha abana bagamije  byazabayobora bikabaherekeza mu buzima bwabo bwose. Akandi karusho bakundira Mother Mery International School Complex ni muburyo abahiga bahabwa amafunguro ateguye neza bahabwa saa yine irya mu gitondo na saa saba iry’amanywa.

Bwana  Jean Damascenne,  asoza asaba ababyifuza bose kuzana abana babo muri Mother Mary International School Complex kubera ko ari ikigo mpuzamahanga cyo kwizerwa, ari yo mpamvu kigwaho n’abana baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku isi,  ku buryo  abanyamahanga ngi iyo baje gukorera mu Rwanda bafite abana bageze mu gihe cyo kwiga,  usanga bihutira kubaririza Mother Mary International School Complex,  aho yaba iherereye cyane  baba barayibwiwe bakiri mu mayira,  ko nta handi abana babo baziga hatari muri iryo shuli ryuzujuje ibisabwa byose ngo umwana akurikirane amasomo mpuzamahanga kandi mu ndimi zose mpuzamahanga zikoreshwa na bose.

 Akavuga ko mu byukuri  bene gushinga icyo kigo, uburyo bakunda uburezi kandi banabwitangiye,   mu bihe biri mbere hari na gahunda bafite yo kuzashyiraho na Kaminuza mpuzamahanga abanyeshuli babo nabandi babyifuza bazajya bakomerezamo amasomo  batarinze kwambuka I Mahanga.

Ibyiza n’ubumenyi butangirwa muri Mother Mary International School Complex, bishimangirwa na none na Bwana Habiyaremye Jean d’Amour  umurezi kuri iki kigo, akaba yigisha imibare n’Ubugenge mu mwaka wa Stage ya 8.

Bwana Habiyaremye Jean d’Amour umwarimu wigisha muri Mother Mary International School Complex, yemeza ko icyo bashyira imbere ari uguha ubumenyi n’uburere abanyeshuri bigisha

Avuga ko ibanga bafite kuri kiriya kigo ribafasha kugira ngo abana bamenye ubwenge kandi batsinde ku  urwego rwo hejuru,  ari uko babanza kumenya umwana neza kuva kubuzima bwe bw’uko abayeho mu muryango aturukamo,  bityo bikabafasha kumukurikirana bamuzi bazi n’uko bagomba kumwigisha  uko bikwiriye.

 Agira, ati “Ikintu cya mbere ni ukumenya umwana wigisha n’ imbaraga ze,  bityo buri gihe tukaba dufite amakuru ye,  bikadufasha kumwigisha neza nawe agatsinda. Ntiwakwigisha umwana utazi ibibazo yaba afite mu muryango icyo gihe byakugora.  Ariko dufatanyije n’ababyeyi babibutsa ubwabo gusubiramo amasomo neza,  bidutera imbaraga natwe tukabigisha dushyizeho umwete, tubategurira kuzaba abayobozi b’isi bo mubihe bizaza, kubera ko ubushobozi bwo kubibategurira tubufite.”

Abana biga muri kino kigo bagira n’umwanya wo kwidagadura , dore ko bafite ibibuga bigezweho

Habiyaremye  avuga ko ashimishwa n’uko mu bihe bya Covid 19 byari bikomeye mu minsi ishize,   abanyeshuri babo batahagaritse amasomo yabo kubera ko bakomeje kuyakurikira ku ikoranabuhanga bitewe n’uko Mother Mary International School  Complex ifite ibikoresho by’ikorana buhanga  byiza,  kandi bihagije byabafashashije kuyakurikirana nta nkomyi.

Aha niho Habiyaremye, ahera asaba abana gukomeza kurangwa n’umwete wo kwiga amasomo yose bahabwa,  kuko  bagize amahirwe yo kwiga ku kigo kibaha ubumenyi bwose bifuza buzabafasha kuba abagabo n’abagore beza mu bihe biri imbere barangwa n’ubwenge n’ubuhanga buzabambutsa imipaka yose y’isi  badategwa.

Asoza asaba n’abarezi bagenzi basangiye umwuga gukomeza gutanga amasomo neza uko bikwiriye,  bubahiriza gahunda zose uko zagenwe kugira ngo umusaruro ushimishije bakomeje kubona mu bana barera ukomeze wiyongere,  bityo bakomeze guterwa ishema no kurerera igihugu n’amahanga urubyiruko rufite ubuhanga n’ubumenyi mpuzamahanga muri byose.

Umwe mu bana barererwaiki kigo cya Mother Mary School International Complex Niyoyita Jules Arthur wiga mu mwaka wa 1 w’isumbuye,  ni ukuvuga Stage ya 7.  Ashimangira ibivugwa n’abamukuriye,  ko kuba yarahisemo kwiga kuri Mother Mary International  School Complex, ari amahirwe menshi cyane,  aho avuga ko amaze imyaka 4  yose aza ku mwanya wa mbere n’amanota ari hagati ya 80 na 90%.

Niyoyita Jules Arthur umwana wiga muri iki kigo afite ubuhanga bwo gusobanurira umunyamakuru ibyo amubajije byose

Agira ati “ iki ni ikigo cyiza cyane gitanga amasomo agezweho kuko badutegurira kuziyubaka tunitegura kubaho ejo heza. Abarezi baduha  kwisanzura, tukiga muri neza  muri za Groupe Tukanarya neza.

Muri kino gihe, tukaba turi kwiga neza kugira ngo amasomo amwe namwe atararangiye neza muri Covid 19 asozwe neza. Ndashaka kuzaba umuganga ubaga,  kugira ngo nzafashe isi kubaho neza.

Ndasaba abana bagenzi banjye kugira ngo bige neza batarangara icyo batumva neza babaze  abarimu bisanzuye babasobanurire,  kuko mu by’ukuri baradukunda bityo dutsinde neza amasomo. Mu bihe biri imbere iyi isi yacu iradukeneye kugira ngo tuyifashe kubaho neza no gutera imbere kurushaho.”

Mother Mary International School Complex rifite isomero rifite ibitabo bihagije

Uyu mwana ushimira Mother Mary  International School Complex, mu myaka ye 12, ababazwa n’uko yumva ko abaganga b’inzobere bakiri bake mu Rwanda no ku isi muri rusange, bityo akaba yifuza kuzaba muganga ushinzwe kubaga abarwayi,  kandi ngo akurikije ubwenge ari gukura aho yiga azabigeraho nta kabuza.

Ikigo Mother Mary  International International Complex, Ni ikigo gitanga amasomo mpuzamahanga,  kikaba gikunzwe kubera ubumenyi n’ubuhanga abahiga n’abarangiza bagaragaza. Giherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kimironko hafi y’ibitaro bya Kibagabaga.

Abashaka Ibindi bisobanuro babariza kuri telefoni igendanwa 0788424775, 0782226870

ANDI MAFOTO AGARAGAZA IKIGO

E.Niyonkuru

Previous Post

Coronavirus new variants increase cases,deaths

Next Post

UK returns $5.8m stolen by ex-Nigerian governor James Ibori

admin

admin

Next Post
UK returns $5.8m stolen by ex-Nigerian governor  James Ibori

UK returns $5.8m stolen by ex-Nigerian governor James Ibori

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

0
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026

Recent News

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA