• Latest
Ibigo by’amashuri byagerageje gukomeza gusigasira ireme ry’uburezi mu gihe cya covid 19 n’ibanga byakoresheje

Ibigo by’amashuri byagerageje gukomeza gusigasira ireme ry’uburezi mu gihe cya covid 19 n’ibanga byakoresheje

April 5, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubumenyi(Science)

Ibigo by’amashuri byagerageje gukomeza gusigasira ireme ry’uburezi mu gihe cya covid 19 n’ibanga byakoresheje

admin by admin
April 5, 2021
in Ubumenyi(Science)
0
Ibigo by’amashuri byagerageje gukomeza gusigasira ireme ry’uburezi mu gihe cya covid 19 n’ibanga byakoresheje
0
SHARES
351
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Covis 19 yagize ingaruka ku bikorwa byose ariko bigeze ku burezi birahuhuka dore ko hashize hafi amezi umunani ibikorwa byose by’uburezi byarahagaze, ibi bikaba byarateye impungenge ababyeyi ndetse n’abanyeshuri benshi bazinukwa kwiga tutirengagije ko hari n’abahuye n’ingaruka zitandukanye bigatuma batabasha gusubira ku ishuri ubwo amasomo yasubukurwaga.

Muri ino nkuru tugiye kugaruka ku bigo by’amashuri byagerageje guhangana n’izi ngaruka ndetse abanyeshuri babyo bakaba batarigeze basubira inyuma cyangwa ngo bananirwe kurangiza gahunda uko yari iteganyijwe.

Ikinyamakuru igisabo gikora inkuru zisesengura uburezi, cyagerageje kugera mu bice bitandukanye by’igihugu. Maze gisura ibigo by’amashuri bitari bicye hagamijwe kumenya uko ireme ry’uburezi rihagaze ndetse no kumenya ingamba zafashwe kugirango umwaka utazaba imfabusa ku banyeshuri nyuma yuko hari hashize amezi asaga 8 abana batiga.uru rutonde ruragaragaza ibigo 10 byagerageje guhangana n’ingaruka za covid 19 ku banyeshuri babyigamo, ibi ntibivuze ko hatari n’ibindi ariko ibi ni bimwe mu byakozweho ubusesenguzi n’ikinyamakuru cyanyu. Ibi ni ibigo byigenge ubutaha tukazabagezaho ibya leta.

Ibi bigo by’amashuri bikaba byarakoze iyo bwabaga ku girango abana bahiga bakomeze kubona amasomo nk’ibisanzwe ndetse bakomeza no gukurikirana abanyeshuri aho bari bari mu rugo, ibi bikaba byararinze abana kujya mu bindi bishuko ndetse no kudasubira inyuma mu masomo yabo.

Mu rwego rwo kubafasha gukomeza gukurikirana amasomo neza, ibi bigo byitabiriye gukoresha ikoranabuhanga, abarezi bakajya boherereza abana amasomo bagomba kwiga umunsi ku munsi, aho byari ngombwa bimwe muri ibi bigo byiyambaje itangazamakuru nk’uburyo bwiza bwo kugera kuri bonshi, ndetse hari n’ibigo byashyizeho amaterevisiyo akorera kuri murandasi(youtube channel) kugirango bifashe abana gukomeza kwiga nk’abari kumwe na mwarimu.

Bwana Hamza Numan umuyobozi wa New Explorers Girls Academy (NEGA) ishuri riherereye mu karere ka Bugesera umurenge wa Gashora yatangaje ko ibanga rikomeye bakoresheje kugirango abana badasubira inyuma,ndetse babafashe kubarinda ibishuko bitandukanya bashobora guhura nabyo kubera kuba batari ku ishuri.

Iki kigo hamwe n’ibindi turi bugarukeho muri ino nkuru bikaba bikaba bifite umwihariko wo kuba abana babo batarigeze basubira inyuma ndetse kugeza ubu amasomo bagombaga kwiga bakaba barayabonye bakoresheje ubuhanga butandukanye.

IBYO BIGO NI IBI BIKURIKIRA

International school of kigali: iri shuri ni ubukombe kuko rifite umwihariko wo kuba ryigisha ku rwego mpuzamahanga, rikaba ari rimwe muyagerageje gufasha abana mu gihe cya covid 19 ndetse kugeza ubu abanyeshuri bakaba bari ku rwego bari bariho mbere y’icyorezo.

International School of Kigali kimwe mu bigo by’ubukombe mu Rwanda

2. Kigali International Community School

iri ni ishuri mpuzamahanga rizwiho gukoresha ikoranabuhanga mu myigishirize yaryo, rikaba riri mu bigo byagaragaje ubushobozi bwo guhangana n’ingaruka za covid 19, nsetse gikomez gusigasira ireme ry’uburezi ku buryo abanyeshuri bahiga batigeze basubira inyuma nkuko ibindi bigo bikomeje kugaragaza ihungabana ry’uburezi.

Kigali International Community School nacyo ni ikigo cyahanganye n’ingaruka za covid 19

3. White Dove Girls School

iri shuri riherereye mu mujyi wa Kigali rikaba rifite umwihariko wo kwita ku burezi bw’umwana w’umukobwa naryo ni rimwe mu mashuri y’ikitegererezo mu gukoresha ikoranabuhanga no gusigasira ireme ry’uburezi by’umwihariko muri bino bihe bya covid 19

White Dove Girls School rimwe mu mashuri akunzwe mu mujyi wa Kigali

4. Wellspring Academy: iri shuri mpuzamahanga riherereye mu karere ka Gasabo , mu kagari ka Nyarutarama, rika ari ikimenywa bose kubera ubushobozi bw’abarimu baryigishamo, ariko by’umwihariko rikaba ari rimwe mu mashuri atarigeze agira ikibazo gikomeye cyane kubijyanye n’imyigire kuko ryitabaje ikoranabuhanga abana bahiga bagakomeza gukurikirana amasomo yabo, kugeza ubu abanyeshuri bakaba abari ku rwego rushimishije.

5. NEGA (New Explorers Girls Academy). iri shuri riherereye mu karere ka Bugesera, mu murenge wa Gashora, rikaba rifite umwihariko wo kubi ryita ku burezi bw’umwana w’umukobwa, iri shuri ni rimwe mu mashuri yo hanze ya kigali ryagerageje gukurikirana abanyeshuri mu gihe cya covid 19, kugeza ubu abanyeshuri biga muri kino kigo bakaba bemeza ko nta kibazo bigeze bagira kandi kugeza ubu amasomo yose bakaba barayabonye nkuko byari biteganyijwe.

NEGA ni kimwe mu bigo by’amashuri, riri hanze ya Kigali rikaba rikoresha ikoranabuhanga mu myigishirize yaryo

6. King David Academy: ni ishuri ryigenga riherereye mu karere ka kicukiro, umurenge wa Nyarugunga mu kagari ka Nonko, rikaba rizwiho kugira abanyeshuri b’abahanga, mu gihe cya covid 19 iki kigo cyagerageje kwiyambaza ikoranabuhanga bituma abanyeshuri babo bakomeza amasomo nta mbogamizi, ibi bikaba byemezwa n’abanyeshuri bahiga ndetse na bwana William umwe mu bayobozi muri kino kigo.

Muri King David Academy ikoranabuhanga ni imwe mu ntwaro biyambaje kugirango babashe kurangiza gahunda nkuko yari iteganyijwe

7. Green Hills Academy : iki kigo kizwi cyane mu Rwanda nka kimwe mu bigo mpuzamahanga bikomeye mu Gihugu dore ko cyigwamwo n’abana bava mu bihugu bitandukanye, ubwo icyorezo cya covid 19 cyageraga mu Rwanda, iri shuri ni rimwe mu ryitabaje ikoranabuhanga kugirango abanyeshuri bahiga bakomeze gukurikirana amasomo yabo kandi bikaba byaranatanze umusaruro ufatika nkuko byemezwa n’abanyeshuri bahiga.

Ikoranabuhanga ryafashije ikigo cya Green Hills Gukomeza gufasha abanyeshuri bahiga (photo archive before covid )

8. Riviera High School: iri shuri riri mu karere ka Gasabo, rikaba ari ishuri mpuzamahanga ryigisha ku rwego mpuzamahanga, rikaba rizwiho kugira abanyeshuri b’abahanga mu masomo ya science , mu gihe cya covid 19 abanyeshuri bahiga bafashijwe gukomeza amasomo yabo biyambaje ikoranabuhanga. bikaba byaratanze umusaruro ushimishije

Riviera High School ababyeyi bayikundira ko izirikana oiterambere ry’abanyeshuri igihe cyose

9. NU-Vision high School: ishuri riherereye i Kabuga mu karere ka Gasabo, rikaba rifite ibyiciro byose by’amashuri ndetse rikagira umwihariko wo kugira abarimu b’abahanga mu gutoza abana gukoresha neza indimi z’amahanga, iri shuri rikaba riri muri bimwe mu bigo byishatsemo ibisubizo mu gihe cya covid 19, kuko abanyeshuri bahiga bakomeje gufashwa n’abarimu hiyambajwe ikoranabuhanga. ibi bikaba byaratanze umusaruro ufatika.

Nu- Vision high school ifite abanyeshuri mu byiciro byose kandi bose bakaba bafashwa kwiga hifashishijwe ikoranabuhanga

10. blooming buds school: iri shuri riherereye mu murenge wa Kacyiru hafi y’ibitaro byitiriwe umwami faisal , rikaba ari ishuri mpuzamahanga, kimwe n’andi mashuri akomeye naryo mu gihe cya covid 19 rikaba ryaragerageje kuba hafi y’abana biyambaje ikoranabuhanga, ibyo bikaba byaratumye abanyeshuri bakomeza amasomo yabo nk’ibisanzwe kandi bibarinda gusubira inyuma.

Blooming buds school ni ishuri mpuzamahanga rifite umwihariko wo kwigisha abana indimi z’amahanga

tubibutse ko ibi ari bimwe mu bigo by’amashuri Igisabo.rw cyakoreyeho igerageza ryuko ireme ry’uburezi rihagaze, ndetse no kumenya aho gahunda igeze ugereranyije n’igihe abana batakaje kubera covid 19. mu nkuru zacu zitaha tuzabagezaho uko bihagaze mu bigo bya leta. tukaba tubararikira no kuzajya mu kurikirana n’ibigo byagaragaje ubugwari bwo kutagira icyo bifasha abana, ndetse n’ibigo bikiri inyuma muri gahunda yo gufasha abanyeshuri. tugambiriye gushima no kunenga kugirango dushyire umusanzu wacu mu guteza imbere ireme ry’uburezi kandi ibitameze neza bikosorwe, ibihagaze neza byubakirweho mu gukomeza gusigasira ireme ry’uburezi ryifuzwa.

Inkuru ya : Ndayisaba Eric

Tel: 0782511443

Email: ndayisabaeric501@gmail.com

Twitter: NDAYERICUS

Previous Post

Mastercard foundation concerts support on Rwandan SMEs

Next Post

Uruganda Sogongera ltd: Ubutumwa bujyanye n’ibihe byo kwibuka 27.

admin

admin

Next Post
Uruganda Sogongera ltd: Ubutumwa bujyanye n’ibihe byo kwibuka 27.

Uruganda Sogongera ltd: Ubutumwa bujyanye n’ibihe byo kwibuka 27.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA