• Latest
Bugesera :  Umuhinzi wabigize umwuga  Shyaka  yiyemeje kuzamura Akarere yifashishije ubuhinzi  bwe bwa Kijyambere

Bugesera : Umuhinzi wabigize umwuga Shyaka yiyemeje kuzamura Akarere yifashishije ubuhinzi bwe bwa Kijyambere

March 9, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubukungu

Bugesera : Umuhinzi wabigize umwuga Shyaka yiyemeje kuzamura Akarere yifashishije ubuhinzi bwe bwa Kijyambere

admin by admin
March 9, 2021
in Ubukungu
0
Bugesera :  Umuhinzi wabigize umwuga  Shyaka  yiyemeje kuzamura Akarere yifashishije ubuhinzi  bwe bwa Kijyambere
0
SHARES
632
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Yitwa Bakunda Shyaka Williams, akaba yarashoye imbaragaze ze zose muguteza imbere ubuhinzi n’ubworozi  m’umurenge wa Gashora hafi y’ikiyaga cya Mirayi agamije ahanini gutanga urugero rwiza kubashaka kujya m’umwuga ubuhinzi n’ubworozi by’umwuga bagacika guhingira kurya gusa.

Bakunda Shyaka Williams ni umuhinzi mworozi w’umwuga. zimwe mu mbuto ahinga

Bwana Bakunda Shyaka William, aganira n’ikinyamakuru igisabo ku cyumweru tariki ya 07 Gashyantare 2021, yadutambagije imirima ye ihinzemo imbuto n’ibiribwa by’amoko bitandukanye ndetse n’ibiraro yororeramo amatungo,  akaba  yari aherekejwe n’abashyitsi benshi,  bavuye mu mahanga ya kure bagenzwaga no gusura ibikorwa bye by’indashyikirwa amaze kugeraho.

Bakunda Shyaka Williams, akora ubuhinzi bugezweho aho akuramo umusaruro umufasha kwiteza imbere

Bwana Shyaka,  kuko abaturage baho akorera ariryo zina bazi, avuga ko ibikorwa bye by’ubuhinzi n’ubworozi,  abikorera kuri hegitari 15, akaba amaze imyaka itanu atangiriye icyo gikorwa mu m’umurenge wa Gashora, aho yiyemeje  guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi bya kijyambere,  agamije ahanini no gutungwa nabwo,  bitari bimwe bya cyera umuntu yahingira ga kurya gusa akazarinda asaza.

Agira ati “Ubu ni ubuhinzi n’ubworozi bya kijyambere nahisemo ngamije guhaza miliyoni 12 z’abantu batuye u Rwanda kandi ndashamya ko nzabigeraho kuko mfite abantu benshi banshyigikiye bifuza ko umuntu yahinga cyangwa akorora akaba yahinduka umukire akijijwe nabyo.”

Bakunda Shyaka Williams akora n’ubworozi bugezweho kugirango byunganirane n’ubuhinzi

Avuga ko hari benshi batangiye kuza kwifatanya nawe,  nyuma yaho baboneye ko ari guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi atanga urugero rw’abifatanyije nawe,  mugutubura ubworozi bw’inkoko mu gihe gito bakaba bafite  izirenga ibihumbi icumi(10,000 Chickens) uretse izo nkoko akaba yoroye ingurube za kijyambere n’ihene byose by’ubwoko bwatoranyijwe binogeye ijisho.

Bakunda Shyaka Williams akora ubworozi bw’inkoko bubereye ijisho

Bwana Shyaka avuga ko bibabaje kubona u Rwanda rutaragera aho rwihaza ku mbuto,  bikarusaba kuzitumiza hanze.

 Avuga ko yiyemeje gutubura imbuto z’imyembe, amavoka, amaronji, urutoki n’ibindi nk,inyanya n’amashu  byose mu buryo bwa kijyambere kugira ngo ibyo gushakira ibiribwa n’imbuto mu mahanga bizabe umugani mu bihe biri imbere cyane azaba afite umusaruro uhagije yaranabitoje abantu benshi mu gihugu hose.

Agira ati “ndahamya ko nidushyiramo imbaraga mu gihugu cyacu,  tukitabira no guhinga kijyambere byanze bikunze ubuhinzi n’ubworozi dukora nitubigira  ibyumwuga, tugafumbira ibihingwa byacu uko bikwiriye tubirinda indwara , ibyonnyi ari nako dukurikiza inama z’abashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu gihugu,  nta kabuza igihugu cyacu kizatengamara,  ibyo kujya guhahira hanze ibiribwa  n’imbuto bizasigara ari umugani.”

Bwana Shyaka,  avuga ko n’ubwo asanzwe  afite akandi kazi kamwinjiriza i Kigali,  ko mu myaka itanu amaze ashoye imari mu buhinzi n’ubworozi bye mu Bugesera byamwinjirije ifaranga ritubutse.

ubuhinzi n’ubworozi bikorwa na Bakunda Shyaka Williams bimwinjiriza agatubutse

Avuga ko yishimira ko yatangiye ashyiramo amafaranga ye menshi,  ariko ngo kino gihe ibikorwa birimo,  nibyo byiyishyura mu kazi ka buri munsi kandi agasagura ayo akoresha indi mirimo itandukanye.  Bityo agahamya ko mu minsi itaha bizarushaho kumugendekera neza nkuko yatangiye umushinga abyifuza.

Ubwo twamusuraga kandi twamusanganye abashyitsi benshi b’abanyamahanga bariba je gusura bikorwa bye.

 Abuga ko  ari abakiliya be,  bo mu bikorwa bya Hotel asanzwe akorera i Kigali,  bari bifuje kujya kuruhukira mu Busitani bw’umurima we,  kuko bari barabibonye ku mafoto y’imbuga zitandukanye,  bigatuma bagira amatsiko yo kwigirayo.

 Avuga ko yabatembereje mu mirima ye baranyurwa,  ndetse banamuha n’ibitekerezo by’uko azakomeza gukora kugirango birusheho kuba byiza.

Agira ati “aba ni abakiliya banjye muri Hoteli mfite mu mujyi wa Kigali.  Bifuje kuza gusura ibikorwa byanjye bakaba  bishimye, ku buryo bansabye kuhanoza neza bakajya baharukira kenshi. Kandi koko niyo gahunda mfite. Mu busitani bw’iyi mirima tugiye kuhubaka amazu yo kuruhukiramo, abantu nibadusura tubatekere ibiribwa byeze hano, bagere ku mazi bafate akayaga nibaruha,  baruhukire hano barye ibyeze hano banazatahire igihe bashakiye.”

Avuga ko yifuza guhuza ubuhinzi n’ubworozi bye n’ubukerarugendo “Tourism”,  kugirango ibikorwa bye bibe ishoramari rirerire,  ku buryo bugaragara kandi ngo abantu benshi biteguye kubimushyigikiramo.

Ubuhinzi n’ubworozi bya Bakunda Shyaka Williams butuma asurwa n’abanyamahanga batari bake

Bwana Shyaka,  yishimira ko ibikorwa byose yakoze yabishoyemo amafaranga ye nta nguzanyo arinze gukenera, agahamya konta gihindutse ibihe bimukundiye,  umushinga we uziyungura kandi akarushaho  gutanga akazi ku bantu benshi.

Kubirebana no guteza imbere abaturage bo mu gace akoreramo ka Gashora, Shyaka avuga ko afite abakozi  60 bahoraho bashinzwe guhinga no gutunganya imirima, kandi ngo mugihe cy’ihinga n’isarura bashyiramo n’abandi benshi,  bityo bakabasha kubona ibyo kurya no kwishyura ubwisungane mukwivuza mu buryo bworoshye.

Kubirebana n’ingorane ubuhinzi bwa kijyambere Shyaka yahuye nazo,  avuga ko bagize igihombo gikabije ku gihingwa cy’imyembe,  aho Toni 25 zose zapfuye kubera kubura imiti bitewe n’igihe cya Guma murugo yatewe na Covid 19,  bityo ntabashe kugera mu Bugesera bikaba byaramuhombeje agera kuri 12,500,000 Frw kuko Toni imwe y’imyembe ari 500,000Frw.

Nubwo Covid 19 yamusubije inyuma ariko ntiyacitse intege

Agira ati “nyumay,izo miliyoni zose mu myembe, twari dufite n’amahoteli twagemuriraga ibiribwa, imboga n’imbuto nabo ntibakoraga, tubura isoko tubigurisha ahandi kuri make.  Twari twiteze na ya nama ya CHOGM ngo tuzabone isoko nabyo ntibyakunda. Muri make twarahombye,  ariko ntitwacitse intege n’ubu turacyakomeza gukora ibyiza biri imbere.”

Asoza ikiganiro cye  Bwana Shyaka,  ashimira abantu bakomeje kumugira inama mu bikorwa bye by’ubuhinzi n’ubworozi bya kijyambere yahisemo barimo Sina Gerard Nyirangarama wamusuye,  akemera kuzajya azana abanyeshuli be kwigira kubikorwa bye by’indahyikirwa ari gukorera mu Bugesera.

Asaba Leta gukomeza gushishikariza urubyiruko gushora imbaraga zabo, mu buhinzi  n’ubworozi bya kijyambere. Bakabigira umwuga,  kuko ari akazi keza gatanga inyungu  ariko kandi bigasaba kuba ukunda ubuhinzi cyangwa ubworozi  ngo utabikunda warumbya rimwe ugacika intege ntukomeze.

Aho Bakunda Shyaka Williams akorera ubuhinzi n’ubworozi bya kijyambere haba hari umutekano uhagije uutuma nta wakwangiza ibikorwa bye

Bakunda Shyaka Williams  washyize imbaraga mu buhinzi n’ubworozi bya Kijyambere mu Bugesera,  ni umuhinzi ukiri muto mu myaka ye 36, asaba urubyiruko kuza kumufasha kugira ngo bazamure igihugu cy’u Rwanda  bihaza kubiribwa by’imbuto,  imboga n’ibikomoka ku matungo bitabaye ngombwa ko bitumizwa mu mahanga.

ANDI MAFOTO AGARAGAZA IBIKORWA BY’UBUHINZI N’UBWOROZI BYA Bakunda Shyaka Williams.

Ubuhinzi n’ubworozi bya Shyaka, biherereye hafi y’ikiyaga nyaburanga cya Mirayi

E.Niyonkuru

Previous Post

Ubuzima: ufite indwara za kuzahaje? Dore inkuru nziza ku buzima bwawe

Next Post

Umunyamakuru yafungiwe bitunguranye mu isomwa ry’urubanza rwa Idamange

admin

admin

Next Post
Umunyamakuru yafungiwe bitunguranye mu isomwa ry’urubanza rwa Idamange

Umunyamakuru yafungiwe bitunguranye mu isomwa ry’urubanza rwa Idamange

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA