• Latest
Huye : Regina Pacis School of Tumba mu isura nshya yo kwimakaza uburezi buzira kujorwa

Huye : Regina Pacis School of Tumba mu isura nshya yo kwimakaza uburezi buzira kujorwa

January 22, 2021
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021
Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

February 24, 2021
Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

February 23, 2021
Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

February 22, 2021
Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

February 22, 2021
Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

February 22, 2021
Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

February 22, 2021
Abanyamakuru bahize abandi mu gukoresha neza ikinyarwanda bashimiwe

Abanyamakuru bahize abandi mu gukoresha neza ikinyarwanda bashimiwe

February 22, 2021
Nyagatare-Rukomo: Gukora inzoga zitujuje ubuziranenge byatumye abihanirwa

Nyagatare-Rukomo: Gukora inzoga zitujuje ubuziranenge byatumye abihanirwa

February 22, 2021
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Va ku  giti jya ku k’umurongo

    Va ku giti jya ku k’umurongo

    The Legend of Zelda: Breath of the Wild gameplay on the Nintendo Switch

    Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

    macOS Sierra review: Mac users get a modest update this year

    Hands on: Samsung Galaxy A5 2017 review

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19  muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19 muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje

    Indwara zikomeye zari zarazengereje abantu zabonewe igisubizo

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Va ku  giti jya ku k’umurongo

    Va ku giti jya ku k’umurongo

    The Legend of Zelda: Breath of the Wild gameplay on the Nintendo Switch

    Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

    macOS Sierra review: Mac users get a modest update this year

    Hands on: Samsung Galaxy A5 2017 review

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19  muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19 muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje

    Indwara zikomeye zari zarazengereje abantu zabonewe igisubizo

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubumenyi(Science)

Huye : Regina Pacis School of Tumba mu isura nshya yo kwimakaza uburezi buzira kujorwa

Eric NDAYISABA by Eric NDAYISABA
January 22, 2021
in Ubumenyi(Science)
0
Huye : Regina Pacis School of Tumba mu isura nshya yo kwimakaza uburezi buzira kujorwa
0
SHARES
74
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Regina Pacis School of Tumba ni ishuri riherereye mu Karere ka Huye,umurenge wa Tumba kikaba cyigisha abana mu byiciro bitandukanye,ni ukuvuga icyiciro rusange (o’level) ndetse n’icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye (A’ level) mu mashami ya LEG,MCB na MCE.

kugeza ubu kino kigo gifite abanyeshuri bagera  kuri 618,iki kigo mu myaka yatambutse,ireme ry’uburezi ntabwo ryari rihagaze neza,ariko aho hagiriyeho ubuyobozi bushya burangajwe imbere na Muhorakeye Isabelle kubera impinduka nziza bwazanye byatumye amanota aheruka y’ibizamini bya leta Regina Pacis School of Tumba iza mu bigo bitanu byitwaye neza ku rwego rw’Akarere ka Huye.

Regina Pacis School OF Tumba ubu ni ikigo gihagaze neza mu mitsindire y’abanyeshuri

Igihe umuyobozi mushya ariweMadamu Muhorakeye Isabelle yatangiraga kuyobora kino kigo hari benshi bitashimishije kuko hari abarimu bari baramenyereye kwikorera uko bishakiye bigatuma ikigo nta musaruro kigira, mu byibanze uyu muyobozi yakoze ni ukwimakaza ireme ry’uburezi.

Muhorakeye Isabelle yagize ati’’ nkigera mu kigo cya Regina Pacis School of Tumba nahuye n’ibigeragezo bitandukanye bitewe na bamwe mu batari bishimiye impinduka,kandi nari mfite inshingano itoroshye yo kuzamura urwego rw’imitsindire rwari ruri hasi cyane,byansabaga guhindura byinshi kugirango iyo ntego igerweho ku bw’inyungu z’abana b’abanyarwanda.

Umuyobozi wa Regina Pacis School of Tumba yemeza ko azakora uko ashoboye kugirango bakomeze guha ubumenye bukwiye ku bana bahiga

Mu kumenya neza uko ubu ikigo gihagaze nyuma y’imbogamizi zitandukanye,Ikinyamakuru Igisabo twaganiriye na bamwe mu barimu bakora muri kino kigo maze tuganira na Mwalimu Kamariza Theodette akaba anahagarariye imyitwarire muri kino kigo, yagize ati’’ubuyobozi bwacu bufite intego yo kuzamura ireme ry’uburezi mu kigo,ibyo byatumye hariho ababifata nko kubavunisha,batangira ku mera nk’abacikamo ibice,ariko kubufatanye bw’ikigo n’izindi nzego ibyo bibazo byagiye bishakirwa ibisubizo mu buryo butandukanye.

Uyu mwarimu kandi yadutangarije ko ibyagiye bisohoka mu Binyamakuru bimwe byabaga bigambiriye guca intege ubuyobozi kandi bifite ababiri inyuma, ariko ubuyobozi bwakomeje gushyira imbaraga hamwe n’abafite imyumvire yo kubaka ubushobozi bw’abana b’abanyarwanda maze ibibazo bigenda bikemuka kandi bidahungabanyije imyigire myiza y’umwana.

Kamariza Theodette umwarimu wigisha muri Regina Pacis School of Tumba yemeza ko bazafasha ubuyobozi bw’ikigo mu kwesa imihigo biyemeje

Umuyobozi wa Regina Pacis School of Tumba kandi aboneraho gushimira ubuyobozi bw’akarere kuba bwaragize ubushishozi ndetse bukabagira inama, bukabafasha no gukemura bimwe mu bibazo byashoboraga guha isura mbi ikigo.

Ubuyobozi bwiki kigo bwiyemeje ko ubu icyo bashyize imbere ari ugukomeza guteza imbere uburezi bufite ireme no gusigasira ubuzima bw’abanyeshuri babakangurira gukomeza kwirinda icyorezo cya covid 19.

Mu kigo hari ibigega bibafasha gufata amazi y’imvura bashobora kwiyambaza asanzwe yabuze, bikabarinda n’isuri

kugeza ubu ikigo cy’amashuri cya Regina Pacis School of Tumba kiri mu bigo byiza yaba imbere n’inyuma, kandi abana bo muri kino kigo aho baboneye ubuyobozi bushya bubakangurira kwiga bashyizeho imwete nabo batangiye kwigirira ikizere nkuko twabitangarijwe na Uwera umwe mu bana biga mri kino kigo,yagize ati ” Directrice akigera hano yatubwiye ko adakunda umunyeshuri w’umuswa kandi buri mwana wese ashyizemo umwete yaba umuhanga,ibyo byatumye natwe twumva ko twabishobora dutangira kwiga cyane kandi twizeye ko tuzatsinda neza nkuko tubisabwa n’umuyobozi w’ikigo.

Abanyeshuri ba Regina Pacis School of Tumba nabo biyemeje kwiga bashyizeho umwete

Uretse imitsindire yatangiye kuzamuka, iki kigo kimakaza umuco w’isuku, kuko iyo ugeze muri Regina Pacis School of Tumba usanga ikigo gikeye imbere n’inyuma. mu rwego rwo guhangana n’icyorezo cya covid 19, umuntu wese winjiye mu kigo abanza gupimwa umuriro, akandikwa mu gitabo cyabugenewe ndetse agakaraba neza intoki akabona kwemererwa kuba yasaba serivise, ibi kandi byamaze kuba umuco ku banyeshuri bose biga muri Regina Pacis School of Tumba nkuko babibwiye umunyamakuru w’igisabo.rw.

Ikigo gifite isuku imbere n’inyuma

Ubuyobozi bwa Regina Pacis School of Tumba bwemeza ko buzakomeza gukora uko bushoboye kugirango abana biga muri kino kigo bakomeze kwiyongera mu bumenyi, mu kinyabupfura no kugira indangagaciro z’umuco nyarwanda.

Kugeza ubu akarere ka Huye kari mu turere twambere twitwaye neza mu mihigo y’umwaka wahise kakaba kizeye kutazatakaza umwanya mwiza bagize ahubwo baharanira kujya imbere. by’umwihariko Umurenge wa Tumba aho Regina Pacis School of Tumba iherereye ni umurenge ufite ibikorwa by’iterambere bitandukanye.

ingamba zo guhangana na covid 19 zikomeje kubahirizwa mu kigo cya Regina Pacis School of Tumba, ndetse n’ikoranabuhanga ryarimakajwe

By’umwihariko muri uno murenge wa Tumba kuwa 07/01/2021 hatashye ibikorwa by’iterambere bitandukanye byubatswe ku bufatanye n’abafatanyabikorwa, iki gikorwa kitabiriwe n’umuyobozi w’intara y’amajyepfo Madamu Kayitesi Alice ari kumwe n’umuyobozi w’Akarere ka Huye Sebutege Ange.

Umuyobozi w’Intara y’amajyepfo arikumwe n’umuyobozi w’akarere batashye ibikorwa bitandukanye mu murenge wa Tumba

ibikorwa byatashye muri uno Murenge harimo inyubako y’ishuri ry’imyuga rya TVET Rango ryubatswe ku bufatanye n’aba Salesiens de Don Bosco, hatashywe kandi isoko rya kijyambere ryubatswe mu kagali ka Cyimana, rikaba ryarubatswe n’abakomoka mu murenge wa Tumba.

Mu bikorwa remezo byatashywe harimo n’amashuri agezweho

Muri uno Murenge kandi hatashywe inyubako ya G+1 igizwe n’ibyumba 10 byubatswe n’ishyirahamwe ry’ababyeyi 20 bashinze APEC Ikibondo,rikaba ari ishuri ryigenga. hatashwe na none kandi inyubako yubatswe na EDEN Temple International mu Kagali ka Cyarwa ikaba ikorerwamo n’ivuriro ryo ku rwego rwibanze(health post).

Hatashywe ibikorwa bitandukanye by’iterambere mu murenge wa Tumba

ibi bikorwa byose ni ibiza bisanga ikigo cya Regina Pacis School of Tumba nacyo cy’ubukombe kandi kikaba cyarahasesekaye mu 2007, ibi rero bikaba ari amahirwe y’abatuye mu murenge wa Tumba ndetse niyo bihana imbibi.akaba ariyo mpamvu dukwiye kwimakaza ibyiza tumaze kugeraho kuko nibyo gutaka birahari.

inkuru ya : NDAYISABA Eric

Contact: 0782511443

Previous Post

Yvan Holla na N Tzyo bashyize hanze indirimbo bise “Closer”

Next Post

Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje

Eric NDAYISABA

Eric NDAYISABA

Next Post
Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje

Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Nyagatare: Sinamenye Albert yahembwe na SNER(syndicat national des enseingant au Rwanda nk’umwarimu wahize abandi mu mwaka wa 2020

Nyagatare: Sinamenye Albert yahembwe na SNER(syndicat national des enseingant au Rwanda nk’umwarimu wahize abandi mu mwaka wa 2020

October 3, 2020
Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.

Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.

October 5, 2020
Rukomo: Umuhanzi Pastor Cyomoro umenyerewe muri Film Nyarwanda ubu yinjiye no mu muziki uhimbaza imana kandi ahagaze neza

Rukomo: Umuhanzi Pastor Cyomoro umenyerewe muri Film Nyarwanda ubu yinjiye no mu muziki uhimbaza imana kandi ahagaze neza

October 3, 2020
Inchars Construction Group ltd igisubizo ku bifuza gutunga inyubako nziza zubakanye ubuhanga

Inchars Construction Group ltd igisubizo ku bifuza gutunga inyubako nziza zubakanye ubuhanga

January 18, 2021

Hello world!

1
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

0

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0

CS:GO ELeague Major pools and tournament schedule announced

0
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021

Recent News

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2020 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER powered by ~Morgan

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2020 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER powered by ~Morgan