• Latest
Bugesera-Gashora : Gukorera mu mucyo no Gukorera hamwe niyo nkingi ifasha umurenge wa Gashora mu kwesa imihigo.

Bugesera-Gashora : Gukorera mu mucyo no Gukorera hamwe niyo nkingi ifasha umurenge wa Gashora mu kwesa imihigo.

January 21, 2021
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021
Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

February 24, 2021
Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

February 23, 2021
Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

February 22, 2021
Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

February 22, 2021
Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

February 22, 2021
Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

February 22, 2021
Abanyamakuru bahize abandi mu gukoresha neza ikinyarwanda bashimiwe

Abanyamakuru bahize abandi mu gukoresha neza ikinyarwanda bashimiwe

February 22, 2021
Nyagatare-Rukomo: Gukora inzoga zitujuje ubuziranenge byatumye abihanirwa

Nyagatare-Rukomo: Gukora inzoga zitujuje ubuziranenge byatumye abihanirwa

February 22, 2021
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Va ku  giti jya ku k’umurongo

    Va ku giti jya ku k’umurongo

    The Legend of Zelda: Breath of the Wild gameplay on the Nintendo Switch

    Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

    macOS Sierra review: Mac users get a modest update this year

    Hands on: Samsung Galaxy A5 2017 review

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19  muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19 muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje

    Indwara zikomeye zari zarazengereje abantu zabonewe igisubizo

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Va ku  giti jya ku k’umurongo

    Va ku giti jya ku k’umurongo

    The Legend of Zelda: Breath of the Wild gameplay on the Nintendo Switch

    Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

    macOS Sierra review: Mac users get a modest update this year

    Hands on: Samsung Galaxy A5 2017 review

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19  muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19 muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje

    Indwara zikomeye zari zarazengereje abantu zabonewe igisubizo

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubukungu

Bugesera-Gashora : Gukorera mu mucyo no Gukorera hamwe niyo nkingi ifasha umurenge wa Gashora mu kwesa imihigo.

Eric NDAYISABA by Eric NDAYISABA
January 21, 2021
in Ubukungu
0
Bugesera-Gashora : Gukorera mu mucyo no Gukorera hamwe niyo nkingi ifasha umurenge wa Gashora mu kwesa imihigo.
0
SHARES
87
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ntawabuza ushaka kuvuga,icyangombwa ni ugukora neza inshingano wahawe’’ni amagambo atangazwa na Kadafi Aimable umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gashora,avuga ko yatangajwe cyane n’ibyavuzwe bagambiriye guca integer ubuyobozi,kandi ibyiza bamaze kugeraho byigaragaza.

Uyu muyobozi ibi yabitangaje nyuma y’amagambo adafite ukuri yavugaga ko umuyobozi w’umurenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera ko yaba adakorana neza n’abayobozi b’inzego z’ibanze.

Ikinyamakuru Igisabo cyasuye uyu murenge maze umuyobozi wayo Kadafi Aimable avuguruza cyane ibyo bihuha bigamije gusenya no guha isura mbi ubuyobozi bw’uyu murenge,uyu muyobozi yagize ati’’ nta kibazo na kimwe mfitanye nabo tuyoborana ndetse n’abaturage ubwabo sinshobora kugirana nabo ikibazo kuko nibo batumye turi hano.

Kadafi Aimable umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gashora yemeza ko imikorere n’imikoranire aribyo bizatuma bagera ku ntego biyemeje

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gashora kandi yakomeje avuga ko ubu ikibaraje inshinga ari ugukomeza guhangana n’icyorezo cya covid 19 kugirango abaturage bagire ubuzima bwiza maze babone uko biteza imbere,maze ku bufatanye bazabashe no guhigura imihigo biyemeje.

Bwana Aimable ati’’ umurenge wa Gashora ufite byinshi byo kuvugwa bitandukanye cyane niby’abanyabinyoma n’abakunda ibihuha bavuga, mu gukeza no gutaka ibyiza bibonwa na bose yagize ati’’Dufite ibiyaga bigera kuri bine bishimisha abasura umurenge wacu, icyanya cyahariwe inganda cya kabiri giherereye hano,

Mu murenge wa Gashora hubatse icyanya cy’inganda cya kabiri, kiri muri bimwe biteza imbere uno murenge

Yakomeje agira ati’’dufite imirima myinshi myiza ihingwamo umuceri n’ibigori mu gishanga cyiza cy’Akagera tukagira n’inshuri mpuzamahanga rya RICA.

Ubuhinzi bw’umuceri n’ibigori ni bimwe mu bihingwa byera mu murenge wa Gashora, bituma abaturage bihaza mu biribwa

Muri Gashora kandi si ibyo gusa kuko ubu hubatse na Hotel zo ku rwego rwo hejuru arizo La Palise Hotel / Gashora na Mirayi Lake Hotel bifasha kwakira abagenderera akarere ka Bugesera by’umwihariko umurenge wa Gashora uherereyemo ibi byose,ibi nta wukwiye kubirengaho ngo ayobye abantu abaha amakuru atariyo adafite n’icyo yungura abanyarwanda muri rusange.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gashora amaze igihe kitagera mu mwaka,ariko imihini mishya itera amabavu abaswa bo guhinga,niyo mpamvu mu mezi agera mu munani amaze muri uno murenge yagiye ahura n’imbogamizi z’abananiwe kwakira impinduka kuko yifuzaga ko hari ibigomba guhinduka kugirango uno murenge ukomeze gutera imbere,mu minsi yashize uyu muyobozi yigeze kubeshyerwa n’umukecuru ko yamukubise,ariko ubushishozi bw’abamukuriye busanga nta kuri kubirimo nkuko nawe abyitangari.

Kadafi yemeza ko akorana neza n’inzego bafatanyije, nta muntu n’umwe baragirana ikibazo,ibi kandi bishimangirwa n’umwe mu bayobozi b’akagari waganiriye n’umunyamakuru w’igisabo,aho yagize ati’’umunyamabanga nshingwabikorwa wacu dukorana neza keretse abashatse kuzana amanyanga nibo akebura bigatuma bamwe babifata nabi ariko icyo twabonye agambiriye ni ukuzamura umurenge wacu dushingiye ku byiza tumaze kugeraho.

Kubijyanye n’imibereho y’abaturage mu murenge wa Gashora

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gashora Kadafi Aimable,avuga ko kimwe n’abandi banyarwanda muri rusange bahanganye n’icyorezo cya covid 19 bubahiriza gahunda zo ku kirwanya bitababujije gukomeza gahunda zabo zo kwiteza imbere.

Aha uyu muyobozi yagize ati’’abaturage bacu barahinga,bakorora,abenshi bibumbiye mu makoperative y’ubuhinzi bw’umuceri n’ibigori kandi babona umusaruro uhagije ubafasha mu mibereho yabo ya buri munsi.

Abanyagashora benshi bibumbiye muri koperative z’ubuhinzi,bibahesha umusaruro uhagije bagasagurira n’isoko

Ku birebana n’imihigo yihutirwa mu murenge wa Gashora,kadafi atangaza ko bari gutunganya amashuri abana bazigiramo kandi ngo biri kugenda neza, ku bindi bikorwa byo kwishimira muri uno murenge ni inganda zitandukanye ziri muri uno mu renge aho bafite uruganda rutunganya amashuka, urukora kizimyamwoto, urukora ibyuma (fer a beton) n’izindi.

Uruganda Rukora Fer a Beton narwo rwubatse mu murenge wa Gashora
Mu murenge wa Gashora inyubako z’amashuri bazigeze kure, zizafasha abana kwigira hafi kandi bisanzuye

Uyu muyobozi kandi agaragaza ko bafite ibigo byamashuri bisaga icyenda,birimo Gashora Girls School iri kurwego ruhanitse mu ireme ry’uburezi, ishuri mpuza mahanga rya RICA ryigamo abana b’abanga kandi abenshi bakaba ari abo muri Bugesera,bakaba banakoresha abakozi bagera ku 1000 bahembwa neza.

Mu murenge wa Gashora hari ibigo by’amashuri by’ikitegererezo nk’icyitwa NEGA School na Gashora Girls School

Uyu muyobozi aboneraho gushimira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika wabahaye umuhanda uhuza amajyapfo n’uburasirazuba ukaba uca mu murenge wa Gashoro,ibi bikaba byaroroheje uburyo bw’imigenderanire.

Ku kibazo cy’amazi yakunze kuba ingume mu karere ka Bugesera,kuri Kadafi ati icyo kibazo muri Gashora cyarakemutse kuko hari ikigega cyubatswe ahitwa Kanyonyomba mu murenge wa Gashora,kikaba kizagemurira indi mirenge ihaturiye.

Ku kibazo cy’amakoperative y’abahinzi b’umuceri n’ibigori gikorera mu kibaya cy’akagera wasangaga abanyamuryango binubira ko abayobozi aribo birira amafranga gusa,Bwana Kadafi yavuze ko ibyo nabyo byavugutiwe umuti hagendewe ku itegeko rigenga amakoperative mu Rwanda acunzwe neza, bityo buri mu nyamuryango akagira akagira uruhare rugaragara mu bikorwa bye.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gashoro bwana Kadafi Aimable asoza asaba abaturage bo mu murenge wa Gashora gutahiriza umugozi umwe bakirinda ibihuha byabahungabanyiriza ubukungu bamaze kugeraho,akabasaba gukorera hamwe bafatanya n’ubuyobozi bwabo, bakubahiriza ingamba zo guhangana na covid 19 kugirango gihashywe burundu.

Kadafi kandi ati’ ndifuza gukomeza gukorana na bagenzi banjye bo mu nzego z’ibanze mu rwego rwo gukomeza kuzamura imibereho myiza yabo duhagarariye.

Gashora ni umwe mu mirenge 15 igize akarere ka Bugesera, ifite imidugudu 35, utugari 5 ikaba ifite abaturage basaga ibihumbi 27, uyu murenge ukaba ukikijwe n’ibiyaga bine mu biyaga 9 bibarizwa mu karere ka Bugesera.

Gashora irakataje mu iterambere, ntawukwiye kuyobya abaturage kuko ibyiza bamaze kugeraho birivugi, imihigo irakomeye kandi irakomeje

Eduard Niyonkuru

Previous Post

USA: Perezida Joe Biden yahise ahindura zimwe mu ngingo zari zarashyizweho na Donald Trump

Next Post

Yvan Holla na N Tzyo bashyize hanze indirimbo bise “Closer”

Eric NDAYISABA

Eric NDAYISABA

Next Post
Yvan Holla na N Tzyo bashyize hanze indirimbo bise “Closer”

Yvan Holla na N Tzyo bashyize hanze indirimbo bise “Closer”

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Nyagatare: Sinamenye Albert yahembwe na SNER(syndicat national des enseingant au Rwanda nk’umwarimu wahize abandi mu mwaka wa 2020

Nyagatare: Sinamenye Albert yahembwe na SNER(syndicat national des enseingant au Rwanda nk’umwarimu wahize abandi mu mwaka wa 2020

October 3, 2020
Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.

Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.

October 5, 2020
Rukomo: Umuhanzi Pastor Cyomoro umenyerewe muri Film Nyarwanda ubu yinjiye no mu muziki uhimbaza imana kandi ahagaze neza

Rukomo: Umuhanzi Pastor Cyomoro umenyerewe muri Film Nyarwanda ubu yinjiye no mu muziki uhimbaza imana kandi ahagaze neza

October 3, 2020
Inchars Construction Group ltd igisubizo ku bifuza gutunga inyubako nziza zubakanye ubuhanga

Inchars Construction Group ltd igisubizo ku bifuza gutunga inyubako nziza zubakanye ubuhanga

January 18, 2021

Hello world!

1
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

0

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0

CS:GO ELeague Major pools and tournament schedule announced

0
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021

Recent News

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2020 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER powered by ~Morgan

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2020 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER powered by ~Morgan