• Latest
Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

November 13, 2020
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021
Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

February 24, 2021
Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

February 23, 2021
Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

February 22, 2021
Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

February 22, 2021
Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

February 22, 2021
Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

February 22, 2021
Abanyamakuru bahize abandi mu gukoresha neza ikinyarwanda bashimiwe

Abanyamakuru bahize abandi mu gukoresha neza ikinyarwanda bashimiwe

February 22, 2021
Nyagatare-Rukomo: Gukora inzoga zitujuje ubuziranenge byatumye abihanirwa

Nyagatare-Rukomo: Gukora inzoga zitujuje ubuziranenge byatumye abihanirwa

February 22, 2021
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Va ku  giti jya ku k’umurongo

    Va ku giti jya ku k’umurongo

    The Legend of Zelda: Breath of the Wild gameplay on the Nintendo Switch

    Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

    macOS Sierra review: Mac users get a modest update this year

    Hands on: Samsung Galaxy A5 2017 review

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19  muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19 muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje

    Indwara zikomeye zari zarazengereje abantu zabonewe igisubizo

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Uburezi: Ecole Primaire st Ignace mu ngamba shya z’isubukurwa ry’amashuri mu mujyi wa Kigali

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Ubu ushobora guhinga igihe cyose ,SOCOSE yabaye igisubizo ku bahinzi na za koperative zabo

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Gatsibo: imirenge 6 yo muri Gatsibo yabonye amazi meza

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Diplome zizatangwa muri uno mwaka aho ntizizaba nka kwakwimurwa kwiswe Merci Mudidi?

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Va ku  giti jya ku k’umurongo

    Va ku giti jya ku k’umurongo

    The Legend of Zelda: Breath of the Wild gameplay on the Nintendo Switch

    Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

    macOS Sierra review: Mac users get a modest update this year

    Hands on: Samsung Galaxy A5 2017 review

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Miss Rwanda 2021: nimero abahatanira ikamba rya miss Rwanda 2021 bazajya batoreraho zamenyekanye

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa,  AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Kigali: Kapiteni w’amavubi nyuma yo gutera ivi yahise asezerana imbere y’amategeko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Umupira uzakinwa guhera muri 1/8 cya UEFA Champions League ya 2020/21ufite umwihariko

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

    Nari narahagaritse kureba umupira: Perezida Paul Kagame aganira n’abagize ikipe y’igihugu ‘’Amavubi’’

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19  muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Nyagatare:Hagiye kongerwa ubukangurambaga bwo kwirinda Covid 19 muri kaminuza i Nyagatare. V/Mayor Murekatete Juliet.

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Airtel-Rwanda ikomeje kudabagiza abakiriya bayo, bazajya bahamagara imirongo yose bisanzuye

    Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje

    Indwara zikomeye zari zarazengereje abantu zabonewe igisubizo

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Tanzania: ibyo kwakira urukingo rwa Covid 19 ntibabikozwa

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    Ibikomeje kwibazwa ku ngamba zifatwa zo kurwanya Covid19, bamwe bati Leta ireke abantu Bakore

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Amashuri abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali yafunzwe

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 15 cyasohotse

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Sina Gerard Nyirangarama yishimiye Misa y’umuganura yasomwe na Cardinal Antoine Kambanda

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Abanyamakuru bakomeje kongererwa ubumenyi Ku mikoreshereze ya Telefoni mu itangazamakuru

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

    Abagore babiri bafatanywe udupfunyika 6.500 tw’urumogi mu karere ka Musanze

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru y'ingenzi

Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

Eric NDAYISABA by Eric NDAYISABA
November 13, 2020
in Amakuru y'ingenzi
0
Col.Byabagamba yasabiwe gufungwa cy’imyaka itatu na miliyoni 2 Frw

Col.Tom Byabangamba

0
SHARES
17
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ubushinjacyaha bwasabiye Col. Tom Byabagamba guhanishwa igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya 2.000.000 Frw ku cyaha cyo kwiba telefone n’indahuzo yayo akurikiranyweho.

Kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2020 nibwo Byabagamba ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku cyaha cy’Ubujura yongeye kwitaba urukiko. Ni iburanisha ryakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga nk’uko byari byagenze mu riheruka, aho Byabagamba yaburanaga ari muri Gereza ya Gisirikare i Kanombe aho afungiye mu gihe urukiko rwo rwari ku Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro.

Umushinjacyaha yavuze ko bashingiye ku itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri rusange, Byabagamba yari akwiye guhanishwa igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu n’ihazabu ya 1.000.000 Frw, ariko ngo kuko ari isubiracyaha ndetse akaba yanaburanye ahakana icyaha, yamusabiye igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya 2.000.000 Frw.

Ubushinjacyaha bwari buhagarariwe na Nshimiyimana Michel, bwatangiye bwerekana ibimenyetso bishinja Byabagamba iki cyaha cy’ubujura, harimo inyandikomvugo y’abasirikare bamusatse muri gereza bakamusangana iyi telefone n’indahuzo yayo.

Ubushinjacyaha kandi bwahamije ko ikindi gikomeza iki cyaha ari uko Byabagamba yibye iyi telefone kugira ngo imufashe mu mugambi we wo gutoroka gereza kuko ngo atari kubigeraho adafite itumanaho, bityo ngo akaba ari ibintu yari yagambiriye kwiba iyi telefone.

Ati “Ntabwo byari gushoboka ko atoroka gereza adafite itumanaho, kubifata nk’akantu koroshye rero ni ukwirengagiza, rero guhuza ibijyanye no gushaka gutoroka gereza no kwiba iyi telefone, murumva ko bifitanye isano ya hafi cyane.”

Ubwunganizi bwa Tom Byabagamba, bwari bugizwe na Me Gakunzi Musore Valery na Me Ntare Paul bwavuze ko Byabagamba adakwiye kuba akurikiranywaho iki cyaha cy’ubujura bwa telefone kuko nta wigeze agaragaza ko ari iye cyangwa ko yayibwe, ndetse ngo n’abatangabuhamya nta n’umwe wavuze ko yigeze amubona ayiba.

Abunganizi be kandi bakomeje bavuga ko kuba Byabagamba yarafatanywe telefone muri gereza bidakwiye kuba icyaha, kuko ngo n’ubwo gutunga telefone muri gereza bitemewe ariko bitahinduka icyaha, byongeye kandi ngo yahawe ibihano by’imyitwarire na gereza, bityo ngo ntakwiye kugarurwa mu rubanza ku bw’icyo cyaha.

Kuri ibi ubushinjacyaha bwavuze ko abunganizi ba Byabagamba bashobora kuba birengagije nkana icyo itegeko rivuga ko nta na rimwe ihame ry’imyitwarire rishobora gukurikizwa hafatwa ibyemezo by’izindi nzego runaka.

Umushinjacyaha yavuze ko ibi batagomba kubyitiranya, ko ari ihame ry’imyitwarire n’urubanza mpanabyaha, yagize ati “nk’uko utavanga amazi n’amavuta, niko utavanga ibi”.

Umushinjacyaha kandi yavuze ko abatangabuhamya koko batabonye Byabagamba yiba telefone ariko avuga ko bamufatanye igihanga, ndetse na we ubwe mu nyandiko yasinyeho yiyemereye ko yafashe iriya telefone aho yari icometse mu rukiko akayijyana.

Umushinjacyaha kandi yagarutse ku byavuzwe n’ubwunganizi bwa Byabagamba ko kuba nta waregeye ko yibwe iyo telefone bikwiye kugaragaza ko nta cyaha cyabayeho, avuga ko itegeko ridateganya ko uwibwe atanga ikirego kugira ngo bibone kwitwa icyaha.

Tom Byabagamba n’abamwunganira bageze aho babwira urukiko ko umushinjacyaha, Nshimiyimana Michel, nta bubasha yahawe n’Umushinjacyaha Mukuru bwo kuza kuburana uru rubanza, kuko n’ibaruwa imwemerera yageze muri “system” saa yine zarenze iburana ryatangiye, kandi ngo ikaba yerekana ko urubanza yagombaga kuburana ari rwo muri Nyarugenge atari muri Kicukiro.

Umushinjacyaha we yasubije avuga ko uburenganzira yabuhawe mbere ndetse ko bashobora kureba muri “system” bakabibona neza.

Umucamanza yijeje uruhande rwa Byabagamba ko bagiye gusuzuma iyo nzitizi, ariko avuga ko bitatuma basubika urubanza.

Nyuma y’uko impande zombi zagendaga zisubizanya kuri buri ngingo, ubushinjacayaha bwasabiye Tom Byabagamba guhanishwa igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya 2.000.000 Frw.

Tom Byabagamba n’abamwunganira bavuze ko kuba yarafatanywe iyi telefone atari ikimenyetso cy’uko yayibye bityo ko ntacyo bavuga kuri ibyo ubushinjacyaha bwamusabiye, kuko ngo Tom Byabagamba nta cyaha yakoze bityo adakwiye gusabirwa ibihano.

Byabagamba yasoje agaruka ku manza zindi yaburanyemo, aho yavuze ko ngo hari ubwo inyandiko zagiye zihindurwa, avuga ko no muri uru atakwizera ibyanditswe kugeza abyiboneye n’amaso ye akabisinya

Ati “Igihe cyose ntarasoma ibyo umwanditsi w’urukiko yandikaga ngo mbisinye, ntabwo nakwemeza ko ari byo”.

Iburanisha ryasojwe ahagana saa cyenda urubanza rukaba ruzasomwa ku itariki ya 24 Ugushyingo 2020, saa munani z’amanywa.Byabagamba aregwa icyaha cy’ubujura bwa telefoni. Aha ni ku itariki ya 13 Ukwakira ubwo yari yitabye urukiko

Previous Post

Finland: Doddy Uwihirwe umunyarwanda uba irwotamasimbi akomeje gushimisha abakunzi b’umuziki Nyarwanda

Next Post

Arizona lawyer drops President Trump-campaign ballot-lawsuit

Eric NDAYISABA

Eric NDAYISABA

Next Post
Arizona lawyer drops President Trump-campaign ballot-lawsuit

Arizona lawyer drops President Trump-campaign ballot-lawsuit

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Nyagatare: Sinamenye Albert yahembwe na SNER(syndicat national des enseingant au Rwanda nk’umwarimu wahize abandi mu mwaka wa 2020

Nyagatare: Sinamenye Albert yahembwe na SNER(syndicat national des enseingant au Rwanda nk’umwarimu wahize abandi mu mwaka wa 2020

October 3, 2020
Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.

Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.

October 5, 2020
Rukomo: Umuhanzi Pastor Cyomoro umenyerewe muri Film Nyarwanda ubu yinjiye no mu muziki uhimbaza imana kandi ahagaze neza

Rukomo: Umuhanzi Pastor Cyomoro umenyerewe muri Film Nyarwanda ubu yinjiye no mu muziki uhimbaza imana kandi ahagaze neza

October 3, 2020
Inchars Construction Group ltd igisubizo ku bifuza gutunga inyubako nziza zubakanye ubuhanga

Inchars Construction Group ltd igisubizo ku bifuza gutunga inyubako nziza zubakanye ubuhanga

January 18, 2021

Hello world!

1
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

0

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0

CS:GO ELeague Major pools and tournament schedule announced

0
Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021

Recent News

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu akurikiranyweho gusambanya abana babiri yigishaga

February 27, 2021
Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

Dosiye ya Idamange igiye kuregerwa urukiko

February 27, 2021

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

Amafaranga yaduhaye twari tuyakeneye cyane! Ishimwe ry’abakinnyi b’Amavubi kuri Perezida Kagame

February 27, 2021
U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

U Rwanda rumaze gufata ibipimo bya Coronavirus birenga miliyoni mu mezi 12

February 27, 2021
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2020 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER powered by ~Morgan

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2020 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER powered by ~Morgan