• Latest

Karenge: Uruganda isanganizabagabo ltd ruri ku isonga mu gutunganya inzoga zikundwa na benshi

October 9, 2020
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

July 20, 2026
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026
Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

July 11, 2026
Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

July 11, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

July 13, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

    Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

    ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

    Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

    Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

    ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

    Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubukungu

Karenge: Uruganda isanganizabagabo ltd ruri ku isonga mu gutunganya inzoga zikundwa na benshi

admin by admin
October 9, 2020
in Ubukungu
0
0
SHARES
598
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe igihugu cyacu gikomeje gukangurira abanyarwanda umuco wo kwihangira umurimo,uruganda Isanganizabagabo Ltd ruherereye mu Karere ka Rwamagana Umurenge wa Karenge rwiyemeje gutunganya inzoga nziza zizatuma abanyarwanda babona ibyo kunywa bifite umwimerere w’iwacu I Rwanda kandi byujuje ubuziranenge.

Uruganda Isanganizabagabo ltd rutunganya inzoga ziri mu moko atatu ,hakaba harimo inzoga yitwa Tuzane ifite umwimerere wo gukorwa mu mutobe w’ibitoki kuburyo iyingiyi iryohera abasanzwe bakunda inzoga idafite ibyo bongeyemo,

Tuzane inzoga yengwa n’Isanganizabagabo ltd ikaba ikundwa na benshi kubera uburyohe bwayo

uru ruganda kandi rutunganya inzoga yitwa Indatwa iyi ngiyi ikaba inywebwa n’ingeri zose kandi ibihe byose kuko itagira impumuro ibangamye cyangwa ngo itere amavunane kuko nayo ifite ibanga ryo kuba ikozwe mu mutobe w’ibitoki ndetse n’imbetezi z’umwimerere ziva mu masaka.

Indatwa nayo ni inzoga nziza ikorwa n’Isanganizabagabo Ltd

Isanganizabagabo Ltd batunganya  inzoga yitwa Soma Wumve iyi ikaba ari inkangaza y’umwimerere iryohera abakunda agahiye ndetse ikaba yanakoreshwa mubifiza kuyisanganiza ababasanga mu misango bakaba basusuruka bari gusabana.

Soma Wumve ni inzoga iberanye n’ibirori nayo ikaba yengerwa mu ruganda Isanganizabagabo

Bwana SHYAKA ROGER umukozi muri runo ruganda akaba ashinzwe umusaruro n’ubuziranenge bw’inzoga zengerwa muri uru ruganda yemeza ko biyemeje gukora inzoga izafasha abakunzi b’urwagwa kubona inzoga nziza kandi yujuje ubuziranenge inafite umwimerere w’inzoga gakondo,Roger yemeza ko bafite ibikoresho bihagije bibafasha gutunganya inzoga kandi bafite n’abakozi  b’inzobere mugutunganya inzoga ,ibyo bikaba bibafasha gukora ibyo kunywa bikunzwe na benshi,uyu mukozi ushinzwe umusaruro atangaza ko bafashe ingamba zo gukurikirana inzoga bohereza ku isoko birinda ko hari uwabiyitirira akaba yakora inzoga zitujuje ubuziranenge ugasanga izina ryabo rihangirikiye,innocent agira ati’’inzoga yose twohereje ku isoko iba ifite icyo bita batch number idufasha kumenya niba koko yarakorewe iwacu,ndetse dusigarana urugero twareberaho kugirango tumenye niba koko nta watwiganye ibyo bikaba bidufasha gukurikirana inzoga zacu igihe ziri ku isoko.

Bwana Habyarimana Pascal umuyobozi mukuru w’uruganda Isanganizabagabo Ltd atangaza ko yashinze uru ruganda agambiriye kwiteza imbere no kongerera agaciro urutoki,ariko kubera imikorere myiza uru ruganda rwahaye abatari bacye akazi ndetse rubasha no gutanga akazi kubari batagafite ariko by’akarusho abaturage babonye isoko ry’umusaruro wabo(ibitoki).

Kubera icyorezo cya Covid 19 bwana Pascal atangaza ko nabo bahuye n’igihombo bitewe no kuba abakiriya baragabanutse ndetse n’imikorere ikaba yaragiye ibangamirwa n’ingamba zo kurwanya icyorezo cya Covid 19. Gusa kuri Pascal agira ati’’uko biri kose tugomba gufata ingamba zituma duhangana n’icyorezo kuko icya mbere ni ubuzima,gusa aboneraho gusaba ko Leta ikwiye kubafasha mu buryo bushoboka yaba mu kuborohereza mu misoro ndetse no kubahuza n’ibigo by’imari kugirango abafite amadeni boroherezwe kubasha kwishyura amadeni.

Bwana Pascal asaba inzego bireba ko bagerageza bagakora ibishoboka byose kugirango hakemuke ikibazo cy’amacupa kuko kugeza ubu bibagora kuyabona ndetse nayo babonye akaza ari mabi ku buryo ameneka ubusa,kuri benshi batarabona imashini zibafasha gutunganya umusaruro basaba leta ko yabafasha kubasha kubona izo mashini mu buryo buboroheye ndetse byaba ngombwa leta ikaba yabunganira aho bishoboka.

Bwana Habyarimana Pascal umuyobozi mukuru w’uruganda Isanganizabagabo Ltd

Iyi nkuru twayikusanyije mu gihe hamaze iminsi hagaragara ibibazo by’inzoga zitujuje ubuziranenge ndetse zimwe zigahitana abazinyweye,bikaba bikwiriye ko amahuriro y’abenzi akwiye kwegera abanyamuryango bayo bagahana inama ndetse no kungurana ubumenyi kugirango bakomeze kugira imikorere ihamye nkuko uruganda Isanganizabagabo ltd rwabyiyemeje,ikindi Leta ikwiye kunganira abanyenganda ntoya n’Iziciriritse kuborohereza no kubafasha kubasha kubona imashini zigezweho zibafasha gutunganya ibyo kunywa mu buryo bujyanye n’icyerekezo,mu gihe kwihangira umurimo bikomeje kuba intero ikwiriye kwikirizwa na benshi ubu abenzi bo mu Ntara y’Iburasirazuba bamaze gushyiraho ihuriro ribafasha gukorera hamwe,kungurana ibitekerezo,gusangira ubumenyi ndetse no kugirana inama aho biri ngombwa nkuko bitangazwa n’umuyobozi w’ihuriro ry’abenzi mu Ntara y’iburasirazuba Bwana Aimable Ntihabose.

Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ibikorerwa iwacu tukaba twizeza abasomyi  bacu ko mu minsi iri imbere tuzabatembereza inganda zitandukanye mu buryo bw’amashusho kugirango mubashe kwirebera aho kwihangira umurimo kandi hubahirizwa ubuziranenge bigeze.

Inkuru ya: NDAYISABA Eric

Contact: 0782511443

Email: ndayisabaeric501@gmail.com

Twitter: NDAYERICUS

Previous Post

Mukura Victory Sport yabonye umutoza mushya

Next Post

Nyakariro: Uruganda Irebere Wumve rutunganya inzoga yitwa Intsinzi, ruzirikana ibyo abanyarwanda bakunda

admin

admin

Next Post
Nyakariro: Uruganda Irebere Wumve rutunganya inzoga yitwa Intsinzi, ruzirikana ibyo abanyarwanda bakunda

Nyakariro: Uruganda Irebere Wumve rutunganya inzoga yitwa Intsinzi, ruzirikana ibyo abanyarwanda bakunda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

0
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026

Recent News

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA