Agasozi ko mu murenge wa Shangi gakomeje gushya nta wagatwitse
Mu Murenge wa Shangi mu Karere ka Nyamasheke, hari umusozi ukomeje kuvamo umuriro ntawawucanye nta n’igishirira cyahaguye, ku buryo byashyize...
Mu Murenge wa Shangi mu Karere ka Nyamasheke, hari umusozi ukomeje kuvamo umuriro ntawawucanye nta n’igishirira cyahaguye, ku buryo byashyize...
Abanyarwanda n’inshuti zabo baba muri Ethiopia bizihije ku nshuro ya 29 Umunsi Mukuru wo Kwibohora mu gikorwa cyabereye muri Sheraton...
Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusaba ibihugu by'i Burayi koherereza ubutabera bw'u Rwanda abakurikiranyweho ibyaha bitandukanye babihungiyemo, bitaba ibyo inkiko z'ibyo...
Kuri uyu wa Mbere, abasirikare n'abapolisi b'u Rwanda bahagurutse mu Rwanda berekeza mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique aho...
Iteka umuntu iyo agiye kugura ikintu cyangwa serivisi hagaruka ijambo ubuziranenge ndetse ni kenshi twumva ibikorerwa ahanana mu gihugu runaka...
Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima kigaragaza ko 68% y’abana bakivuka kugera kubafite imyaka 7 y'amavuko ari bo bamaze gukingirwa imbasa muri gahunda...
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Nyakanga 2023, Perezida Paul Kagame yagiranye inama n’inzego z’umutekano z’u Rwanda. Perezida Kagame yagiranye...
Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Belén Calvo Uyarra, yagaragaje ko ibihugu binyamuryango ahagarariye i Kigali bishyigikiye inzira y’ibiganiro bidaheza impande...
Umugabo w’imyaka 39 yafatiwe mu Karere ka Rubavu, ari gushakira umukiliya moteri y’imodoka akekwaho kwibira i Nyabugogo mu Mujyi wa...
Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Nyakanga, yakiriye mu biro bye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda,...
© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA
© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA









