Rubavu: Ikamyo yagonze ibitaro batatu bahasiga ubuzima
Ibitaro bya Gisenyi byagonzwe na Fuso yikoreye imyembe, batatu mu bari bayirimo bahita bapfa. Ni impanuka yabaye mu rukerera tariki...
Ibitaro bya Gisenyi byagonzwe na Fuso yikoreye imyembe, batatu mu bari bayirimo bahita bapfa. Ni impanuka yabaye mu rukerera tariki...
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ruswa, abaturage basabye ko gutanga amakuru kuri ruswa byashyirwa mu ikoranabuhanga ryoroshye. Ubushakashatsi bwakozwe n'urwego...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare, cyatangaje ko mu kwezi k’Ugushyingo 2022, hirya no hino mu Rwanda ibiciro ku masoko byazamutse ku...
Abasenateri bibumbiye muri Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu muri Sena, bagiranye ibiganiro na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu harebwa uruhare...
Mu ijoro ryakeye nibwo Dr. Iyamuremye yasohoye itangazo rivuga ko yeguye kubera impamvu z’uburwayi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Ni Imurikagurisha ryiswe “KIGALI SHOPPING FESTIVAL EXPO” ryateguwe ku nshuro ya mbere n’Urugaga rw’abikorera mu Rwanda PSF, rifite intego yo...
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu...
Umutoza wa Gorilla FC yaraye akubitiwe kuri Stade Regional i Nyamirambo ubwo yashinjwaga gushaka kwinjira mu rwambariro rwa Rayon Sports...
Ubushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Ngoma mu karere ka Ngoma, bwasabiye igihano cyo gufungwa burundu umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo kwica...
Umugabo wiyise umuhanuzi muri Amerika yari afite abagore barenga 20, bamwe muri bo batarageza imyaka 18, nk’uko bivugwa na FBI. ...
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA










