Mineduc yatangaje ko mu bizamini bisoza amashuri yisumbuye abanyeshuri batsinze hejuru ya 90%.
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Ukuboza 2022 yatangaje amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye ivuga ko...
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Ukuboza 2022 yatangaje amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye ivuga ko...
Mu ntangiriro z’iki cyumweru, Perezida Kagame yahawe igihembo cya 2022 cy’umuyobozi wa Afurika wabaye intangarugero mu guhangana n’icyorezo cya Covid-19.Iki...
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda avuga ku busabe bwa Amerika ko Paul Rusesabagina arekurwa yavuze ko 'nta uzadukanga' ku byemezo...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye Dr Nibishaka Emmanuel wahoze ari Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Imiyoborere, RGB, igifungo cy’imyaka itanu ariko...
Polisi y’u Rwanda iravuga ko hakenewe ubworoherane hagati y’abashoferi n’abanyamaguru mu muhanda kugira ngo hahashywe impanuka zo mu muhanda. Ibi...
Kuri uyu wa Gatatu, u Bwongereza bwasabye Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo guhagarika gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, ndetse n’ubwicanyi...
Mu kiganiro yatanze mu nama y’iminsi itatu iteraniye i Washington muri Amerika, ikaba ihuje ubuyobozi bwa Amerika n’abayobozi b’ibihugu bya...
Minisitiri w’Ingabo Maj Gen Albert Murasira yatangaje ko u Rwanda rumaze kohereza abasirikare 73,731 mu butumwa bw’amahoro mu mahanga, batanze...
Ni mu muhango wahurije hamwe abarwanashyaka basaga 450 muri kongere ya 8 y’Ishyaka riharanira Ukwishyira ukizana mu Rwanda PL, kuri...
Ni igikorwa bashimira Umushinga Ingobyi Activity uterwa inkunga na IntraHeath International uruhare wagize muri urwo rugamba rwo kugabanya impfu z’abana...
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA










