Kicukiro hagaragaye Sitoki y’Inzoga za Amstel Bock zinjira mu buryo bwa Forode na Magendu
Amakuru aturuka mu murenge wa Niboyi, Akagari ka Niboyi, Umudugudu wa Tare, Akarere ka Kicukiro munsi gato y’ahahoze hagurishirizwa imodoka...
Amakuru aturuka mu murenge wa Niboyi, Akagari ka Niboyi, Umudugudu wa Tare, Akarere ka Kicukiro munsi gato y’ahahoze hagurishirizwa imodoka...
Gen Willson Mbasu Mbadi wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yahererekanyije ububasha na Gen Muhoozi Kainerugaba, uherutse kumusimbura. Ku...
Ibiro bishinzwe itumanaho muri Guverinoma ya Gaza iyobowe na Hamas, byatangaje ko Abanya-Palestine 18 bapfuye ubwo barimo bagerageza kujya gufata...
Ni urugendo rwayagejeje i Kigali saa sita n’iminota 45, rusoza imikino Amavubi yari yagiye gukina mu rwego rw’amatariki agenwa n’Impuzamashyirahamwe...
Perezida Paul Kagame yashimye Bassirou Diomaye Faye watorewe kuyobora Sénégal ndetse n’abaturage b’iki gihugu, kubera uko bitwaye kugira ngo habeho...
Ubuyobozi bwa BPR Bank Plc bwatangaje ko mu mwaka wa 2023 binjije inyungu ingana na miliyari 37.9 Frw mbere yo...
Mu urwego rwo gusobanura mu buryo burambuye uko Ishoramari ry’Ikigo cy’Ubwiteganyirize RSSB rihagaze, Ubuyobozi bukuru bwayo buvuga ko ryashyizwemo imbaraga...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko mu mwaka ushize yahamagaye kuri Telefoni mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi agamije kumubaza impamvu...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abatekereza ko u Rwanda rwivanga mu bibazo bya Congo rushyigikira M23 ko bibeshya, ahubwo...
Ku munsi w’ejo abanyeshuri basaga 268 bashoje amasomo mu Ishuri ry’Imyuga n’Ubumenyingiro rya KETHA (Kigali Excellence Tourism & Hospitality Academy)...
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA









