Perezida Kagame yinjije abasaga 624 mu gisirikare ku ipeti rya ‘sous-lieutenant’
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yatanze ipeti rya sous-lieutenant ku basore n’inkumi 624 barangije amasomo yabo...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yatanze ipeti rya sous-lieutenant ku basore n’inkumi 624 barangije amasomo yabo...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, yatangaje ko gusoza icyumweru cy’icyunamo, biteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu, bikazabera ahantu hamwe hazirikanwa abanyapolitiki...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Bushinwa, Kimonyo James, yavuze ko igihugu cye kidashobora kugira uruhande kibogamiraho hagati ya Leta Zunze Ubumwe...
Perezida w'Umutwe w'Abadepite, Mukabalisa Donatille, yasabye urubyiruko kuzirikana ibyo u Rwanda rwagezeho mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge n’ubudaheranwa no guharanira ko...
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ateganya kugirira uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Uganda guhera tariki ya 15 Mata 2024. Minisiteri...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel, gufungwa imyaka itatu n’amezi atandatu n’ihazabu ya miliyoni 36Frw. Ni nyuma...
Mu murenge wa Masaka, mu Karere ka Kicukiro, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Mata 2024, abaturage bibutse ku...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Mata 2024, mu Murenge wa Nyarugunga, habaye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Mata 2024, mu Murenge wa Kicukiro, habaye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30...
© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA
© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA









