Ubuyobozi bw’Ishuri rya COLLEGE DOCTRINA VITAE riherereye mu murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, haruguru gato yo kuri 15, riramenyesha ababyeyi bose bifuza kuzana abana babo kwiga kuri icyo kigo, ko amasomo y’umwaka 2022-2022 yatangiye kandi hakaba hakiri imyanya mu mashami atandukanye ariyo : MPC(Maths Physics Computer), MCE(Maths Computer Economics), MEG(Maths Economics Geography, Accouting na Tronc commun(S1,S2,S3)
Hari kandi Primary na Nursery biri ku cyicaro gikuru cy’ishuri I Ndera, ndetse no m’Umurenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana
Muri DOCTRINA VITAE bacumbikira abanyeshuri b’ibitsina byombi, bakaba bafite ubushobozi bwo kuryamisha abarenga 600 baryamye neza. Abiga bataha nabo bahabwa imodoka zibacyura mu buryo bworoheje.
DOCTRINA VITAE ni ishuri ritanga ubumenyi ku baryigamo bose ikanagira abarimu b’Inzobere.
Abifuza kuza kwandikisha abana babo mwahamagara kuri 0785700146, 0788652049, 0781111868, 0781111 930
Mwihutire kuzana abana banyu muri DOCTRINA VITAE imyanya itarabashirana.