• Latest
Mu burezi :  Menya ibanga ishuri rya Authentic Internationl  Academy  bakoresha kugira ngo bagire abarimu n’abanyeshuri b’indashyikirwa

Mu burezi : Menya ibanga ishuri rya Authentic Internationl Academy bakoresha kugira ngo bagire abarimu n’abanyeshuri b’indashyikirwa

October 10, 2021
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Mu burezi : Menya ibanga ishuri rya Authentic Internationl Academy bakoresha kugira ngo bagire abarimu n’abanyeshuri b’indashyikirwa

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
October 10, 2021
in izindi nkuru
0
Mu burezi :  Menya ibanga ishuri rya Authentic Internationl  Academy  bakoresha kugira ngo bagire abarimu n’abanyeshuri b’indashyikirwa
0
SHARES
895
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe mu mwaka wa 2018,  Ikigo cya Gikristo  gishingiye ku burere n’Indangagaciro za Gikrsto, Authentic International Academy ryegukanye umwanya wa mbere  ku mugabane wose w’Afurika n’umwanya wa kane ku isi  mu irushanwa mpuzamahanga ryari ryateguwe n’umushinga w’Abongereza witwa Teachman to Fish, naho muri uyu mwaka w’Amashuri 2020-2021  Umwarimu wabo Bauduin Jean Bosco  akegukana   umwanya wa mbere mu gihugu  cyose mu barimu bigisha amashuri y’isumbuye mu bihembo byatanzwe na Ministeri y’uburezi kuwa 05 Ukwakira 2021, Ubuyobozi bw’ishuri  burasobanura ibanga ryifashishwa kugira ngo intsinzi nk’iyo ikomeze yimakazwe.

Umuyobozi w’Ishuri rya Aunthentic Interntional Academy Tuyizere Jean  Baptiste avuga ko ibanga rikoreshwa kugira ngo ikigo cyabo gikomeze kuza ku isonga akenshi bishingira ku ireme ryiza ry’uburezi rihatangirwa rishingiye ku mpinduka z’ubuhanga n’uburezi bwuzuye.

Agira ati ” ntawabivuga ngo abirangize kubera ko n’ubusanzwe impinduka zuzuye zijyanye n’uburezi bufite intego aribyo dushingiraho mu  amasomo twigisha abana.

Aya masomo tuyahuza n’ibimenyetso bitatu by’ingenzi aribyo , Umutwe, Umutima n’Ikiganza. Umutwe ubusanzwe tuwugereranya n’uburezi butanga ubumenyi bw’agaciro ariko kandi bushingiye ku ndagagaciro z’Ijambo ry’Imana n’Umuco.

Umutima nawo tukawufata nkumuntu w’Umukiranutsi urangwa n’uburere bwiza, w’inyangamugayo kandi nawe urangwa n’indangagaciro za Gikristo.

Ku bigendanye n’ikiganza nacyo kikagereranywa n’uwiga amasomo ye agahuza ibyo yari asanzwe azi n’ibyo yize byose,  ariko kandi nabyo bigaherekezwa na za ndagagaciro za Gikristo.

 Muri make twavuga ko Umutwe, Umutima n’Ibiganza ari uburezi butanga ubumenyi bwubakiye ku ijambo ry’Imana kugirango niba wize icyo gifaransa cyangwa icyongereza, imibare ubumenyamuntu ubivangemo n’ubukiranutsi.

Avuga ko Authentic Interntional Academy ryashinzwe mu 2010, bigendeye ku buhanuzi bw”Intumwa y’Imana Apotre  Paul Gitwaza wari ugamije gushyigikira no gutera inkunga uburezi bw’u Rwanda maze akariha intego yo kuzagira ubumenyi nyabwo kandi bunashingiye ku ndagagaciro z’Ijambo ry’Imana, umuco, n’ubukiranutsi. 

Bwana Tuyizere Jean Baptista avuga ko kuba ishuri abereye Umuyobozi rikomeje kuza mu myanya ya mbere  nta gitangaje kirimo,  kubera ko bafite abarimu bafite ubumenyi buhagije n’ubunararibonye mu byo bigisha, bakagira abana baza kwiga banafite intego yo gukurikira amasomo neza kandi  bagamije no kuyatsinda mu muburyo bwose.

Ku bigendanye n’ubudasa Ishuri rya Authentic International Academy, Bwana Tuyizere avuga ko ishyaka n’ubutwari batabigaragaje muri uyu mwaka wonyine kuko muri 2018, bitabiriye irushanwa mpuzamahanga ryari ryateguwe n’ikigo cyo mu Bwongereza”Teachman to Fish”, kigamije guteza imbere uburezi bw’abana biga mu mashuri y’isumbuye bagamije ahanini kureba uko umwana ukiri  ku ntebe y’ishuri babyaza umusaruro amasomo yiga akayabyaza umusaruro.

Avuga ko iryo rushanwa ryitabiriwe n’ibigo by’amashuri ibihumbi 9 (9000 Etablissements), muri Afurika hitabiriye ibihumbi 5 (5000) mu gihe mu Rwanda hari hitabiriye ibigo 273 maze nyuma y’ipiganwa, aho Abanyeshuri be bari berekanye uburyo bakora isabune y’isuku y’amazi, bakerekana n’uburyo bayamamaza, babashije gufata umwanya wa kane mu urwego rw’isi, ku urwego rw’Afurika baza ku mwanya wa mbere ndetse no mu bigo byavuye mu Rwanda ishuri ryabo riba ariryo riza ku isonga.

Tuyizere yishimira ko mu gutanga igihembo ku urwego rw’Afurika, ibihembo byaje  gutangirwa mu Rwanda umuhango ukaba waranabereye muri Aunthentic International Academy ku Kicukio ibintu ngo byashimishije abarezi, n’Ubuyobozi bw’ishuri by’umwihariko.

Nyuma y’uko Authentic International Academy kandi  ibashije kwitwara neza muri ayo marushanwa mpuzamahanga yari agenewe abanyeshuri muri 2019, Ministeri y’Uburezi  ibinyujije mu kigo cyayo gishinzwe uburezi cya REB yashizeho amarushanwa yo kureba uko ibigo by’amashuri  byubahirizaga integanyanyigisho nshya yari imaze gusohoka “calculum”, maze mu isuzuma ngo ryakozwe Authentic International Academy n’ubundi ibasha kuza  muri batanu ba mbere aho Umuyobozi w’Ikigo Bwana Tuyizere Jean Baptista ubwe yakiriye igihembo nk’Umuyobozi washyize mu bikorwa neza iyo nteganyagisho uko bigomba.

Asoza avuga ko muri uyu mwaka wa 2020-2021, intego yo gutsinda yakomeje kuba Intego,  aho umwarimu Bauduin Jean Bosco yongeye guhesha ishema ikigo cyabo ubwo yazaga ku mwanya wa mbere mu urwego rw’igihugu mu bigo by’amashuri y’isumbuye y’igenga.  Ni nyuma y’uko hakozwe isuzumwa ry’uko umwarimu yabaga yigisha, uko yafashije abanyeshuri be gukurikirana amasomo mu gihe cya Guma murugo no mu bihe byakurikiyeho, uko abyaza umusaruro amasomo yigisha, uko abana n’abandi  baba abo bakorana, abo yigisha, abamuyobora n’ibindi.

Agira ati ” ntabwo ibyishimo byarangiriye kuri Bauduin Jean Bosco gusa,  kubera ko n’umwarimu wabaye uwa mbere mu urwego rw’umujyi wa Kigali mu kiciro cy’amashuri abanza ari uwa Authantic Inernational Academy hano ku kicukiro, mu gihe na none uwabaye uwa mbere ku urwego rw’igihugu ikiciro cy’amashuri abanza nawe ari uwacu wigisha ku ishami rya Nyagatare kuko dufite amashami menshi mu gihugu.”

Avuga ko ibi byose biri kugerwaho byo kwishimirwa na benshi,  nta kindi babikesha kitari ukurangwa n’Indagagaciro za Gikristo no gutanga Ubumenyi n’uburere bifite intego,  bagendeye ku ibanga bihaye banagenderaho rigereranywa n’umutwe, umutima n’ikiganza.

Bwana Tuyizere Jean Baptiste Umuyobozi wa Authentic International Academy

Muri make Bwana Tuyizere Jean Baptiste,  avuga ko nta rindi banga bakoresha bitari ugukunda umurimo w’uburezi bahisemo bagendera kuri gahunda za Leta,   Guhitamo abarimu bujuje indangagaciro zisabwa kandi bafite ubumenyi n’uburambe, Kugira abana bakurikira neza amasomo kandi nabo bafite intego yo gutsinda kandi ngo bazakomereza muri uwo murongo ibihe byose ntibateze gutezuka.

Urugero rwa hafi  Bwana tuyizere atanga,  ni uko abana bose bakoze ibizamini bya Leta muri uyu mwaka w’Amashuri 2020-2021,  abo mu mwaka w’amashuri abanza muwa gatandatu,   hafi ya bose batsinze bari mu kiciro cya 1.  Naho abo mu mwaka wa 3 mu mashuri y’isumbuye, abenshi nabo bakaba baraje mu kiciro cya 1 uretse bake babonetse mu kiciro cya 2.

Avuga ko uburezi iyo wamaze kubwubakira ku Ndangagaciro ibyo ushaka byose ngo ubigeraho.

avuga kandi  ko kuba isi ya kino gihe iri kugenda ihura n’ibibazo, atari ukubera ko  ibuze abahanga bashoboye barahari ngo icyo babura ni Indagagaciro,  bakaba bafite icyuho mu bumenyi bazi.

Agira ati ” birababaje kubona uwize ubugenge n’ubutabire aho yabibyaje ibigirira akamaro abaturage, ahubwo ahitamo gukora ibitwaro bibarimbura. Hari n’ikindi  kubona  nk’abantu bize  na none iby’imari n’ubukungu  aho kugira ngo ubumenyi bwabyo babukoresheje bateza imbere ubukungu bw’isi, ahubwo bo bahitamo kwiba no kunyereza imitungo bashinzwe.

 Birabaje kubona abize iby’ubwiza, gutaka n’imirimbo,  aho ibyo byose babikoresheje ngo batoze abantu kwambara no kubaho neza, ahubwo birirwa bambaye ubusa banakina imikino y’urukozasoni.

 Abize imbonezamubano, aho nabo batoje abantu kubana neza mu ngo nibo zubatswe,  usanga hari umaze gutandukana n’abo bashakanye barenze bane.

 ibyo byose usanga muri rusange ari ukutagira indangagaciro muribo z’ibyo bize bakagombye kubamo Intangarugero.”

Bwana Tuyizere, asaba abo bakorana gukomera ku ibanga bagahora baharanira gutsinda imyaka yose uko izagenda ikurikirana kubera ko imihigo ikomeje kandi ngo irakomeye.

Asaba ababyeyi gukomeza gushyira igitsure ku bana bakiga bashyizeho umwete kandi banakomeza kurangwa n’ikinyabupfura ku buryo ngo ibyabaye mu mwaka w’amashuri ushize aho abana bacaga amakayi ngo bamaze kwiga, bagatera amabuye abarimu bakangiza n’ibikoresho by’ikigo ngo ntibikagaruke ukundi,  ahubwo agasaba ko hahore haharanirwa kugira abana barangwa n’Indagagaciro na kirazira bityo u Rwanda  ruzaragwe abana b’abahanga bafite intego yo kurwubaka no kuruteza imbere ibihe byose.

Bwana Baudouin Jean Bosco Umwarimu w’Indashyikirwa ku rwego rw’igihugu. yishimira igihembo yahawe na Ministeri y’Uburezi ariko akishima cyane kurushaho iby’uko yagihawe agikwiriye,  kubera ahanini ireme ry’uburezi ritangirwa ku ishuri abereyeho umurezi rya Authentic Inernational Academy.

Agira ati “maze imyaka irindwi nkora kuri kino kigo cya Aunthentic International Academy aho nigisha isomo ry’ikoranabuhanga  mu banyeshuri ndetse nkanafasha ikigo muri ICT mu bikorwa byabo bya buri munsi.

Mu by’ukuri iki gihembo nahawe  cyaranshimishije kuko nazamutse ku urwego rw’Akarere ndi uwa mbere ku manota 86%, ku urwego rw’umujyi wa Kigali nabwo nza ndi uwa mbere ngira 85,5% ndetse no mu urwego rw’igihugu cyose,  nabwo mba uwa mbere ntsinze abantu 20 twahatanaga bavuye mu mpande zitandukanye,   ngira 80% nkaba narahembwe Moto nshya, Mudasobwa ifite agaciro cy’ibihumbi 500 ndetse n’impamayabumenyi ifite agaciro ko hejuru.”

Bwana Baudouin,  avuga ko ibanga yakoresheje nta rindi bitari ukugira intumbero y’uburezi buhamye agendera ku nteganyanyigisho y’amashuri Leta yabahaye, kugendana n’ibihe kandi ashingiye ku ikoranabuhanga maze  byose akabikora abikunze kandi agamije no guteza imbere abo yigisha.

Bwana Baudouin J.Bosco Umwarimu w’ikoranabuhanga Indashyikirwa mu barimu ku Urwego rw’igihugu

Avuga ko mu udushya yashimiwe muri rusange,  harimo kuba yarabashije gukora isabune y’isuku yafashije abanyeshuri n’abarezi kugira isuku ihagije mu bihe bitari byoroshye bya Covid 19.

Kuba yarabashije kugura ibyuma by’ikoranabuhanga ku giti cye byafashije abanyeshuri gukurikirana amasomo yose ku buryo Porogaramu zose bazisoje nta cyuho na gito kibayemo.

asoza vuga ko intego afite mu bihe biri imbere ari ugukomeza gutsinda kandi akazubahiriza amabwiriza ya Ministeri y’uburezi abasaba gukora cyane kurushaho,  ku buryo  aho yakoraga amasaha abiri,  azajya ahakora amasaha  ane ndetse  akaba adateze no kuzaryama ngo asinzire ahubo ko azakomeza guteza imbere ikoranabuhanga anaritoza kurushaho abo ashinzwe kurera.

Asaba bagenzi be basangiye umwuga wo kurerera u Rwanda, gukomeza kwigisha batadohoka kandi baharanira gutanga ireme ry’uburezi rishyitse, ari nako bakoresha ikoranabuhanga cyane  banaritoza abo barera.

Abakangurira kandi  kugana ikigo cy’imari bashyiriweho cya Sacco,  bagafata inguzanyo yabafasha kwiteza imbere mu bikorwa bindi byakunganira umurimo w’uburezi bakora kandi  bazabigeraho nibaramuka  babishyiramo umwete.

Ikigo cy’Amashuri cya Authentic International Academy, ni Ikigo cya Gikristo  gishingiye ku ndangagaciro za Gikristo, kikaba giharanira uburezi bugira impinduka cyangwa impinduka zuzuye kubabuhabwa.

Gifite amasomo atangwa mu byiciro bitatu bitandukanye ari ibyo : ikiciro cy’amashuri y’inshuke Nussary, Ikiciro cy’amashuri abanza Primary, N’ikiciro cy’amashuri y’isumbuye kugera mu mwaka wa gatatu aricyo bita o’Lever.

Ni Ikigo cy’ikitegererezo mu Rwanda,  giherereye mu Karere ka kicukiro, Umurenge wa  Niboye, Akagari ka Niboye, Umudugudu wa Gatare munsi neza ya Paruwasi Gatolika ya Kicukiro.

Umuyobozi wa Authentic International Academy Tuyizere J.Baptista yishimira ibihembo bahawe
Bwana Tuyizere Jean Baptiste Umuyobozi wa Authentic International Academy
Baudouin J.Bosco yishimira Moto yahembwe
Ministiri w’uburezi Dr Uwamariya Valentine niwe watanze ibihembo
Abanyeshuru bigishwa n’imyuga

Abifuza  kugana kuri iri shuri no kwandikisha abazahiga  muri uyu mwaka mushya w’amashuri wa 2021-2022, mwahamagara kuri 0782085761 mukakirwa neza.

Previous Post

Ikibazo cy’ihungabana mu bana gikomeje guhangayikisha isi yose

Next Post

Amajyepfo : Abatuye mu Karere ka Kamonyi ntibumva impamvu bakuwe mu mijyi iri gutera imbere yunganira Kigali

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Amajyepfo :  Abatuye mu Karere ka Kamonyi  ntibumva impamvu bakuwe mu mijyi  iri gutera imbere yunganira Kigali

Amajyepfo : Abatuye mu Karere ka Kamonyi ntibumva impamvu bakuwe mu mijyi iri gutera imbere yunganira Kigali

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA