Guma mu rugo yari imaze iminsi yubahirizwa mu mujyi wa Kigali n’uturere umunani yasubitswe, ingendo hagati y’umujyi wa Kigali n’utundi turere ukuyemo imirenge iri muri guma mu rugo nazo zirakomorerwa. KURIKIRA IBYEMEZO BYOSE HANO: